U Rwanda rwagize icyo ruvuga kuri raporo ishinja ba Jenerali ba RDF gufasha M23

Guverinoma y’u Rwanda yanenze raporo impuguke za Loni kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziheruka gusohora zishinja Ingabo zarwo guha ubufasha inyeshyamba za M23, igaragaza ko ibogamye. Ku wa 13 Kamena ni bwo iyi raporo yasohotse. Ni raporo igaruka ku ngingo zitandukanye zerekeye umutekano wo mu burasirazuba bwa Congo Kinshasa. Aha muri Congo Kinshasa by’umwihariko […]

Tshisekedi yateganyije kwifashisha abacancuro ibihumbi mu kwikiza M23: Raporo

Raporo y’akanama k’Umuryango w’Abibumbye (UN) gashinzwe umutekano igaragaza ko ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo bwari bwarateganyije kwifashisha abacancuro 2500 kugira ngo babufashe kwikiza abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23. Iyi raporo ishingira ku makuru yakusanyijwe n’impuguke z’uyu muryango zahawe inshingano yo gukurikirana ibibazo by’umutekano muke muri RDC ivuga ko imikoranire ya Leta y’iki […]

Abajejetafaranga Elon Musk na Zuckerberg mu myiteguro yo guhondagurana

Ku mbuga nkoranyambaga nta kindi gikomeje kuvugwa uretse amakuru yakomeje gucaracara ko abaherwe babiri aribo Elon Musk na Mark Zuckerberg ngo baba biteguye kwesurana imbere ya Camera. Umwanditsi kuri Yahoo.com yanditse ko aba bombi bamaze kwemeranywa ko baziyereka abakunzi babo mu mirwanire nyuma y’uko banakomeje kwigarurira isi mu byerekeye ikoranabuhanga. Ku babonye umukinnyi w’iteramakofe Pacquiao […]

Rwanda inaanza kufanya biashara chini ya mfumo wa ushuru wa chini wa Uingereza

Rwanda imeanza biashara chini ya mpango wa ushuru wa chini wa Uingereza ambao ulianza kutumika Jumatano, Juni 21 . Mpango wa Biashara wa Nchi Zinazoendelea (DCTS) ulitangazwa mwaka wa 2022 kupunguza ushuru kwa bidhaa zinazoingia Uingereza kutoka nchi 65 zinazoendelea, ikiwa ni pamoja na Rwanda, na kurahisisha sheria za biashara ili bidhaa nyingi zifuzu. Mjini […]

Impanuro za Messi kuri MbappĂ© mbere y’uko ava muri PSG

Umunya-Argentine Lionel Messi yahaye impanuro Kylian MbappĂ©, mbere y’uko atandukana na Paris Saint-Germain yerekeza muri Inter Miami. Muri uku kwezi ni bwo Messi yatandukanye na PSG yari amaze imyaka ibiri akinira, mbere yo kwerekeza muri iriya kipe yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Messi mbere yo kuva muri iriya kipe y’i Paris, amakuru avuga […]

Kurya amashaza, umuti ku bantu bakunda gucika intege no kwiheba

Amashaza cyangwa ubushaza ni ikiribwa cy’ingirakamaro mu kurinda cyangwa kuvura indwara zitandukanye. Amashaza agizwe n’umugabane munini w’amazi hafi 80%. Amashaza afite ibyangombwa byinshi bikenura umubiri wacu harimo ibyitwa amido, isukari nke ya sakarose, amaremezo cyangwa poroteyine yo murwego rwo hejuru. Kurya amashaza yatekanywe n’ibinyampeke byuzuzanya neza kandi bigakungahaza umubiri. Mu mashaza harimo vitamini B1,B2,B6 z’ingenzi […]

Nairobi: Urubanza rwa DJ warasiwe mu kabyiniro k’Umunyarwanda rwahinduye isura

DJ Evolve yatanze ubuhamya hifashishijwe uburyo bw'amashusho

Urubanza rw’Umunyakenya Felix Olinda uzwi nka DJ Evolve warasiwe mu kabyiniro B-Club kUmunyarwanda Billy Ndengeyingoma mu myaka itatu ishize rwakomeje mu yindi sura. DJ Evolve yarashwe mu ijoro ryo ku wa 17 Mutarama 2020, ntiyahasiga ubuzima. Umudepite Paul Ongili uzwi nka Babu Owino ni we ukekwaho gushaka kwivugana Evolve icyo gihe, ariko ntafunzwe kuko yatanze […]

Le Royaume-Uni préoccupé par les violations des droits humains commises par des groupes armés comme les FDLR

L’envoyĂ©e spĂ©ciale du Royaume-Uni pour les Grands Lacs africains, Alison Thorpe, a publiĂ© une dĂ©claration à  la suite du rapport du Groupe d’experts des Nations Unies sur la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo . L’EnvoyĂ© spĂ©cial du Royaume-Uni pour les Grands Lacs remercie le Groupe d’experts des Nations Unies sur la RĂ©publique dĂ©mocratique du Congo (RDC) […]

U Bwongereza bwatangaje ko buhangayikishijwe n’ibikorwa bya FDLR

Leta y’u Bwongereza yatangaje ko ihangayikishijwe n’ibikorwa bihonyora uburenganzira bwa muntu imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR ikomeje gukorera mu burasirazuba bwa Congo. Bikubiye mu itangazo intumwa y’u Bwongereza mu karere k’ibiyaga bigari, Alison Thorpe yasohoye kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kamena. Ni nyuma ya raporo impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya […]

Umuhanzi Fizzo Mason yatanze urugero rwiza ku bandi bahanzi agendeye ku ndirimbo ze

image_2023-06-22_105434107.png

Umuhanzi Fizzo Mason uri mu bagezweho by’umwihariko mu njyana ya Hip Hop na Drill music yongeye gutanga ubutumwa akomoje ku ndirimbo ze yagiye ashyira hanze mu bihe bitandukanye. Uyu musore ubusanzwe uzwi ku mazina ye nyakuri nka Niyikiza Fidele yaganiriye na Bwiza.com avuga ko inganzo ye ayiganisha ku gutanga ubutumwa bwumvikana, bitandukanye n’ibindi bamwe mu […]

U Burusiya buravuga Ukraine yarashe ikiraro cya Chonhar cyo muri Crimea

Abayobozi b’u Burusiya baravuga ko Ukraine yibasiye ikiraro gihuza amajyepfo ya Ukraine na CrimĂ©e ikoresheje misile ziraswa mu ntera ndende zo mu Bwongereza . Ibiraro bibiri biteganye bya Chonhar byombi byangiritse ariko nta muntu wakomeretse, nk’uko byatangajwe na guverineri washyizweho n’u Burusiya muri Kherson, Vladimir Saldo. Yavuze ko bishoboka ko misile zakorewe mu Bwongereza, Storm […]

Hategekimana Philippe: Urukiko rwatesheje agaciro ibyifuzo « bigamije gutinza urubanza »

Mu gihe urubanza rwa Hategekimana Philippe, uzwi nka Biguma, mu rukiko rwa rubanda rw’i Paris, mu Bufaransa, rugana ku musozo, abamwunganira baracyazana inzitizi. Birimo nko gusaba ibyemezo by’inkiko gacaca. Ku bw’urukiko: « nta mpamvu yo gutinza urubanza! ». Biguma aregwa ibyaha bishingiye kuri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994. Ku munsi wa 27 w’iburanisha washyize akadomo ku batangabuhamya […]

Raporo y’impuguke za Loni yashinje imitwe ya Twirwaneho na Gumino gukoresha abana

Raporo itavugwaho rumwe y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye yo ku itariki 13 Kamena 2023, iravuga imitwe yitwaje intwaro hafi ya yose ikorera muri Kivu y’Amajyepfo irimo Twirwaneho na Gumino, yagiye ikoresha abana bari munsi y’imyaka 18 mu mirwano cyangwa mu yindi mirimo . Izi mpuguke zivuga ko zakusanyije ibimenyetso byemeza ikoreshwa ry’abana mu mitwe itandukanye ya Mai-Mai, […]

Abagize ubuyobozi bwa M23, politiki n’igisirikare, mu mboni z’impuguke za Loni

Muri raporo ya nyuma y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasohowe ku itariki 13 Kamena, haravugwamo ko izi mpuguke zakomeje kubona amakuru ku bantu bazwiho kuba mu buyobozi bwa M23 haba ku rwego rwa politiki n’igisirikare, aho zagaragaje amazina ndetse n’inshingano za buri muntu muri uyu mutwe nubwo hari aho zigera zigashidikanya […]

Ese impuzankano isa n’iya RDF ni ikimenyetso simusiga cy’uko u Rwanda rufasha M23?

Impuzankano ya batatu ntisa n'igaragara mu ifoto yo hejuru

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) n’amahanga akomeye bikomeje gushinja u Rwanda kohereza ingabo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru kugira ngo zifashe umutwe witwaje intwaro wa M23 wubuye imirwano kuva mu mpera zumwaka w2021. Ni ibirego byatangiye mu ntangiriro z’umwaka ushize, ariko rwo rubitera utwatsi kenshi. Raporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye yasohowe n’akanama gashinzwe […]

Urukundo rwa Tyga na Avril Lavigne rwabaye nk’umuriro w,amashara

Umuraperi Tyga uherutse gutandukana n,umuhanzikazi Avril Lavigne urukundo rwabo rwagereranyijwe n,umuriro w,amashara waka ugahita uzima. Aba bombi byatangajwe ko batandukanye nyuma yo kumara amezi hafi ane bakundana.Ni nyuma y,uko nanone Lavigne yari amaze igihe yaratandukanye na Mod Sun bagiye bashwana bakajya biyunga bya hato na hato. Tyga na Lavigne urukundo rwabo rwagiye rurangwa no kugaragara […]

Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado mu mikoranire na ADF

Umutwe w’iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda, byatangajwe ko ufitanye imikoranire n’indi mitwe itandukanye irimo n’uwa Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah umaze igihe mu ngabo z’u Rwanda. Ni ibyatangajwe n’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, muri raporo nshya zasohoye ku wa 13 Kamena. Kuva muri Nyakanga 2021 u Rwanda rwohereje Ingabo muri Mozambique, […]

Rwamagana: Par defaut, les femmes adoptent le planning familial en cachette

Dans le district de Rwamagana, province de l’Est, de nombreuses femmes musulmanes pratiquent la planification familiale à  l’insu de leurs maris polygames. Après la seconde Ă©pouse, certains pères sont nĂ©gligĂ©s dans la prise en charge des enfants et les femmes ont recours à  la planification pour assumer correctement leurs responsabilitĂ©s. Rwamagana est une nouvelle ville […]