Perezida Ndayishimiye yasabye abahiritse ubutegetsi bwa Niger kurekura Bazoum

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye abasirikare bahiritse ubutegetsi bwa Niger kurekura nta mananiza Mohamed Bazoum wayoboraga iki gihugu kugeza tariki ya 26 Nyakanga 2023. Ni ubusabe yatanze ashingiye ku byemezo byafatiwe mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’akarere ka Afurika y’iburengerazuba, ECOWAS, yateraniye muri Nigeria kuri uyu wa 10 Kanama 2023. Aba bakuru b’ibihugu […]

Uko wanyaza umugore ahagaze mu gihe mudafite umwanya uhagije

Kunyaza umugore ni kimwe mu bituma arushaho kuruhuka no kugubwa neza mu gihe afite we n’umugabo we bafite umwanya uhagije, gusa n’iyo umwanya ari muto ushobora gukora icyo gikorwa ukurikije bimwe mu bikubiye muri iyi nkuru. Ibyitwa kunyaza mu mibonamo mpuzabitsina biba igihe umugore yishimye cyane cyangwa se atanishimye gusa akumva ko ashaka kuyasohora.Ntabwo bigombera […]

Kabuga can be sent to another country – Amb. Nduhungirehe

Rwanda’s Ambassador to the Kingdom of Holland, Olivier Nduhungirehe, announced that there is a foreign country that can accept Kabuga FĂ©licien and live there. It was after he was temporarily released based on the decision taken by the United Nations Court (located in the Netherlands) at the appeal level on August 7, 2023. Kabuga is […]

Le Rwanda va ouvrir une mission diplomatique en Jordanie

f3gadfuxwaa8mdo.jpg

Le ministère rwandais des Affaires Ă©trangères et de la CoopĂ©ration internationale a annoncĂ© son intention d’ouvrir une mission diplomatique à  Amman, en Jordanie, afin de renforcer les relations bilatĂ©rales entre le Rwanda et la Jordanie. Le ministre, le Dr Vincent Biruta a fait la rĂ©vĂ©lation le 9 aoà»t lors de sa visite officielle de deux […]

Abanyeshuri baturutse muri Sudani basabwe kwiga Ikinyarwanda n’umuco nyarwanda

Abanyeshuri barenga 160 baje kwiga muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami ry’ubuvuzi, baturutse muri Sudani, bahawe umukoro wo kwiga ururimi rw’Ikinyarwanda n’umuco nyarwanda kugira ngo bashobore guhuza neza n’Abanyarwanda babakiriye. Aba banyeshuri bageze mu Rwanda mu cyumweru gishize, bakirwa muri kaminuza y’u Rwanda, ishami ry’ubuvuzi riherereye mu murenge wa Remera, akarere ka Gasabo. Umuyobozi wungirije muri […]

Real Madrid yagize ibyago

Ikipe ya Real Madrid igiye gutakaza igihe kirekire umunyezamu Thibaut Courtois, nyuma yo kugira imvune ikomeye. Uyu munyezamu ukomoka mu gihugu cy’u Bubiligi yavunikiye mu myitozo yo kuri uyu wa Kane, ubwo we na bagenzi be biteguraga umukino w’umunsi wa mbere wa shampiyona ya Espagne bazahuriramo na Athletic Bilbao. Real Madrid ibinyujije ku rubuga rwayo […]

Kurya ibinyomoro bishobora kwirukana amavuta mabi mu mubiri

Ibinyomoro ni zimwe mu mbuto ziribwa n’abatari bacye, aho usanga zikunda gutegurwa nyuma y’amafunguro cyangwa se na mbere y’aho.Ibinyomoro biri mu moko 3; hari ibitukura (ibi nibyo bizwi cyane mu karere duherereyemo), iby’umuhondo ndetse n’ibifite ibara rya zahabu. Bikungahaye kuri Vitamine A na carotenes biboneka cyane mu binyomoro by’umuhondo, naho iby’umutuku bibonekamo anthocyanin kurusha andi […]

Kabuga ashobora koherezwa mu kindi gihugu

Ambasaderi w’u Rwanda mu bwami bw’u Buholandi, Nduhungirehe Olivier, yatangaje ko hari igihugu cy’amahanga gishobora kwakira Kabuga FĂ©licien, akagituramo. Ni nyuma y’aho yarekurwa by’agateganyo hashingiwe ku cyemezo cyafashwe n’urukiko rw’Umuryango w’Abimbye (ruherereye mu Buholandi) ku rwego rw’ubujurire tariki ya 7 Kanama 2023. Kabuga ubu afungiwe by’agateganyo muri kasho y’yu muryango mpuzamahanga iherereye i La Haye […]

Umukozi wa leta mu Budage yatawe muri yombi ashinjwa guha amakuru y’ibanga u Burusiya

Umukozi wa guverinoma yafatiwe mu Budage, ashinjwa guha amakuru y’ibanga u Burusiya. Uyu mugabo yiswe gusa Thomas H hakurikijwe amategeko y’u Budage yo kubika ibanga ku buzima bwite. Ni umugabo wakoraga mu biro byita ku bikoresho bya gisirikare n’ikoranabuhanga mu itumanaho nk’uko iyi nkuru dukesha BBC ikomeza ivuga. Bivugwa ko yagiye ku bushake bwe kuri […]

Iby’amashuri y’umuhanzi Chameleone bikomeje gutera urujijo

Umuhanzi Joseph Mayanja uzwi cyane ku izina rya Jose Chameleone,bikomeje kuvugwa ko ku kuri uyu wa Kane taliki 10 Kanama 2023, yahawe impamyabumenyi ya Bachelor of Arts mu mibanire mpuzamahanga na diplomasi. Mu myaka myinshi ishize, Chameleone yifuzaga gusubira mu ishuri kugira ngo akomeze amashuri makuru yananiwe kurangiza akiri muto bitewe n’ishyaka ry’umuziki yari afite.Nyuma […]

Niger: Uwahoze ari inyeshyamba yashinze umutwe ugamije gusubiza Bazoum ku butegetsi

Rhissa Ag Boula wahoze akuriye inyeshyamba z’umutwe w’aba-Touareg, yamaze gushinga umutwe witwaje intwaro ugamije gusubiza ku butegetsi Mohamed Bazoum wahoze ari Perezida wa Niger. Ku mugoroba wo ku itariki ya 08 Kanama ni bwo Boula yatangaje ko yashinze uriya mutwe yise Conseil de la rĂ©sistance pour la RĂ©publique (CRR). Uyu wanabaye Minisitiri w’ubukerarugendo muri Guverinoma […]

RDB yateguje umuyobozi wa SDU ingaruka mbi mu gihe atasubizamo abanyamigabane birukanwe

Mukamukiga yavuze ko yirukanwe azira kugaragaza ukuri gushingiye ku mategeko

Urwego rw’igihugu rushinzwe iterambere, RDB, rwaburiye umuyobozi w’inama y’ubutegetsi y’ikigo SDU gitanga serivisi z’ubwikorezi ko nadasubiza ku rutonde rw’abanyamigabane abanyamigabane birukanwe, we na bagenzi be bazirengera ingaruka mbi zizakurikiraho. Uyu muburo ugaragara mu ibaruwa Umwanditsi Mukuru wa RDB, Kayibanda Richard, yandikiye uyu muyobozi witwa Sibomana Jovithe tariki ya 5 Kanama 2023. Tariki ya 5 Kanama […]

Burundi: Col. Nkurikiye uyobora Gereza ya Murembwe n’abandi 2 batawe muri yombi

Lt. Col. Patrice Nkurikiye wo mu Gipolisi cy’u Burundi, akaba n’Umuyobozi wa Gereza Nkuru ya Murembwe, mu Ntara ya Rumonge (mu majyepfo ashyira uburengerazuba bw’u Burundi) hamwe n’abakozi babiri bo muri serivisi z’ubucamanza muri iyi gereza batawe muri yombi. Bakurikiranweho kuba bararekuye abantu umunani bakekwaho kuba baragize uruhare mu bwicanyi bwahitanye ubuzima bw’abantu bagera ku […]

Bruce Melodie yavuze imvano y’umwiryane igitaramo cye cyateje mu banyamakuru

Umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi nka Bruce Melodie yagiranye ikiganiro n’itangazamakuru avuga imvano yo gukozanyaho hagati ye n’umunyamakuru uherutse kumugarukaho. Mu minsi ishize nibwo Bruce Melodie yakoreye igitaramo mu gihugu cy’Uburundi ariko nyuma haza gusohoka inkuru ku kinyamakuru kimwe ivuga ko yakuwe ku rubyiniro adasoje igitaramo cye ndetse ngo abuzwa kuririmba zimwe mu ndirimbo ze zakumiriwe […]

Irangamimerere ryo kuva u Rwanda rwabona ubwigenge rigiye kubikwa mu ikoranabuhanga

Amakuru ajyanye n’irangamimerere ryo kuva u Rwanda rwabona ubwigenge, ndetse n’andi yose yari akibitse mu nyandiko ziri mu mirenge yo hirya no hino mu Rwanda agiye gutangira kubikwa mu buryo bw’ikoranabuhanga bigizwemo uruhare n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ikoranabuhanga mu Itumanaho n’Isakazabumenyi (RISA). Ni umushinga witezweho kuzorohereza ibarurishamibare no kugera ku makuru mu nyandiko yari asanzwe abitse […]

Gasabo: Barasaba ko amategeko yirengagizwa ku mugabo uvugwaho kwicisha umwana ishoka

Abatuye mu mudugudu wa Nyakabungo, akagari ka Gasanze, umurenge wa Nduba mu karere ka Gasabo barasaba ko umugabo witwa Bunani Pascal wireze kwicisha ishoka umukobwa w’imyaka 13 wabyawe n’umugore we ko na we yarasirwa mu ruhame. Uyu mukobwa witwa Agasaro Mwizerwa Promesse yapfuye mu rukerera rwo ku wa 9 Kanama 2023. Bivugwa ko Bunani ukekwa […]

KNC yarahiriye gushyira ku karubanda ‘ubwambure bwa Rayon Sports’

Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles ‘KNC’, yateguje Rayon Sports kuzayambika ubusa ubwo izaba yahuye n’ikipe ye mu mukino ufungura shampiyona. KNC yahaye integuza Rayon Sports kuri uyu wa Gatatu, nyuma y’umukino wa gicuti Gasogi United yari imaze gutsindamo Sunrise FC igitego 1-0. Ku wa Gatanu tariki ya 18 Kanama ni bwo Gasogi United […]

Kim Jong un yirukanye umuyobozi w’igisirikare anasaba kwitegura intambara

np_file_221145.jpg

Kuri uyu wa Kane, Ibiro Ntaramakuru bya Leta muri Koreya ya Ruguru, KCNA, byatangaje ko Umuyobozi wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un, yirukanye ku mirimo ye umuyobozi w’igisirikare anasaba ko hakorwa imyiteguro myinshi y’intambara, kongera ingufu mu ntwaro, ndetse no kwagura imyitozo ya gisirikare. Amakuru aravuga ko Kim yabivugiye mu nama ya Komisiyo Nkuru […]

Utah: Umugabo wari umaze iminsi atera ubwoba Perezida Biden yishwe na FBI

Umugabo washyize iterabwoba kuri Perezida Joe Biden hamwe n’abandi bayobozi abinyujije kuri interineti yarasiwe mu gitero cya FBI arapfa kuri uyu wa Gatatu, itariki 9 Kanama 2023. Abakozi ba FBI ngo bageragezaga gushyikiriza uyu witwa Craig Robertson icyemezo cyo kumuta muri yombi bamusanze iwe muri Utah, amasaha make mbere y’uruzinduko ruteganijwe rwa Joe Biden muri […]

Kandida perezida mu gihugu cya Equateur yiciwe mu gikorwa cyo kwiyamamaza

skynews-fernando-villavicencio_6245974.jpg

Umukandida ku mwanya wa perezida muri Equateur, Fernando Villavicencio, wakunze kunenga cyane ruswa ndetse n’ibyaha byateguwe, kuri uyu wa Gatatu, itariki 9 Kanama, yiciwe mu gikorwa cyo kwiyamamaza, nk’uko byatangajwe n’abayobozi, mu gihe ubugizi bwa nabi bwinshi muri iki gihugu bushinjwa abacuruza ibiyobyabwenge. Ibitangazamakuru byaho byavuze ko amasasu agera kuri 30 yarashwe mu gikorwa cyabereye […]

Museveni yahaye gasopo Banki y’Isi yakupiye Uganda inkunga iyihora abatinganyi

Perezida Yoweri Kaguta Museveni yahaye gasopo Banki y’Isi, ayimenyesha ko Uganda ifite ubushobozi bwo kwiteza imbere bidasabye inkunga z’uwo ari we wese. Banki y’Isi Perezida Museveni yasubizaga, iheruka guhagarika inkunga yatangaga ku mishinga itandukanye muri Uganda, nyuma yo gushinja iki gihugu gukomeza guhonyora uburenganzira bwa muntu. Ni nyuma y’itegeko Uganda iheruka kwemeza rihana abaryamana bahuje […]