Kayishema trial postponed as investigation is still ongoing

A Rwandan national wanted for genocide crimes made another brief appearance in the Cape Town Magistrates Court on Friday. Fulgence Kayishema was tracked down to a farm in Paarl in May where he has allegedly been living under an alias for years. He’s believed to have evaded arrest for more than two decades since being […]

Umunyamakuru Manirakiza arasaba abo yagiriye neza kwitura abana be

Umunyamakuru Manirakiza ThĂ©ogène ufite ikinyamakuru Ukwezi Media Group Ltd arasaba abo yagiriye neza kubizirikana, bagafasha abana be yasize ubwo yatabwaga muri yombi. Manirakiza yatawe muri yombi tariki ya 11 Ukwakira 2023, akurikiranweho kwakira ruswa y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 500 ngo adatangaza inkuru, icyaha cyaje guhinduka icyo gukangisha gusebanya. Ifungwa rye ryagizwemo uruhare n’umushoramari Nzizera Aimable […]

Cape: Kayishema ushinjwa uruhare muri jenoside yitabye urukiko na bibiliya mu ntoki

Kuri uyu wa Gatanu, Umunyarwanda ushakishwa kubera ibyaha bya jenoside yongeye kwitaba urukiko rw’ibanze rwa Cape Town. Muri Gicurasi, Fulgence Kayishema yarakurikiranwe asangwa mu isambu iherereye ahitwa Paarl aho bivugwa ko yari amaze imyaka atuye munsi y’izina. Uyu yari amaze myaka irenga makumyabiri ahunga ubutabera kuva yatangira gushakishwa n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda akurikiranweho […]

Rwanda:Abitwikira amadini bagacucura abantu utwabo akabo kagiye gushoboka

Muri iyi minsi hari abantu bakomeje kwitwikira amadini bakambura abantu ibyabo.Ni muri urwo rwego inzego za Leta zahagarukiye iki kibazo nyuma y’uko gikomeje gufata indi ntera.Mu nzego zatangaje ko zigiye gufata iya mbere mu guhagurukira iki kibazo harimo Urwego rushinzwe Imiyoborere mu Rwanda (RGB). Umuyobozi w’uru rwego, Dr Usta Kaitesi, yamaganye abitwaza Imana bahanurira abaturage […]

U Burusiya bwaburijemo igitero cya drone ku ruganda rutunganya ingufu za nikeleyeri

Abayobozi ba gisivili n’abasirikare baravuga ko igitero cya Ukraine kirimo indege zitagira abaderevu nyinshi cyahagaritswe mu mujyi wa Kurchatov mu Burusiya, ahari urugomero rw’ingufu za nikeleyeri rwa Kursk. Amakuru ataremezwa yavuze ko imwe mu ndege yangije ububiko bw’imyanda ya nikeleyeri. Ibi byabereye kuri uyu wa Kane ushize nimugoroba mu karere ka Kursk gahana imbibi na […]

Perezida Ndayishimiye arashaka ko ubukungu bw’u Burundi bushingira ku nkwavu

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, arashaka ko iterambere rusange ry’Abarundi rishingira ku bworozi bw’inkwavu kandi ko buri muturage, yaba usanzwe kugera ku bayobozi, bagomba korora byibuze eshanu. Iri bwiriza yarihaye Minisitiri w’umutekano n’iterambere, tariki ya 29 Nzeri 2023 asohora itangazo risaba abayobozi bose, ku bigo bya Leta, yewe no kuri za sitasiyo za Polisi ko […]

Iburasirazuba: Polisi yaburijemo ubujura bwa toni zisaga 1000 z’imbuto n’ifumbire

Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba yaburijemo ibikorwa bikomeye by’ubujura bwa toni zirenga 1.000 z’imbuto n’inyongeramusaruro. Ibicuruzwa bya magendu byafashwe byagurishwaga mu ntara cyangwa bikajyanwa ahantu hatandukanye. Bimwe muri ibi byari bimaze koherezwa mu bihugu by’ibituranyi, bitera impungenge ku bijyanye n’urwego ubu bucuruzi butemewe bugezeho. Umuyobozi w’igipolisi mu karere ACP Innocent Rutagarama Kanyamihigo aganira n’abaturage bo mu […]

Uganda:Igipolisi cyahawe amabwiriza yo kugarura imiti yibwa ikoherezwa mu bihugu by’ibituranyi

Umugenzuzi mukuru wa polisi muri Uganda , Martin Ochola yategetse abayobozi bose gukumira byihuse ubujura n’igurisha ry’imiti bigenewe ibigo nderabuzima bya Uganda. Ochola abinyujije ku muyobozi wa polisi ushinzwe ibikorwa wungirije umugenzuzi mukuru wa polisi —AIGP John Nuwagira, yavuze ko iki gihugu gihura n’ubujura bukabije bw’imiti bukunze kugurishwa muri DRC, muri Sudani y’Epfo ndetse no […]

Muri Sudan bikomeje kuba bibi

Imiryango itandukanye ikomeje ghunga urugomo n’imivurungano muri Sudani ahoigeze mu turere twa kure two mu majyaruguru ya Sudani y’Amajyepfo. Aba bantu barimo gukurwa mu byabo barashaka ubuhungiro mu karere imiryango itabara imbabare irimo mu rwego rwo guhangana n’ikibazo gikomeye cyo gutanga ubufasha bwihutirwa. Mu bagizweho ingaruka harimo Umjuma Achol Mut, umukecuru w’imyaka 29 wahunze urugo […]

Uwari umwana wahamijwe uruhare muri jenoside yatanze ubuhamya kuri Twahirwa

Nkurunziza Saleh wamenyekanye nka Sakade, washinjwe kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu gihe yari afite imyaka 17 y’amavuko yatanze ubuhamya kuri Twahirwa SĂ©raphin uburana ibyaha bya jenoside n’iby’intambara mu rukiko rwa rubanda rwa Brussels mu Bubiligi. Mu iburanisha ryo kuri uyu wa 26 Ukwakira 2023, Sakade yasobanuye ko mu mwaka w’1994 wabereyemo jenoside yakorewe […]

Indege z’intambara za Amerika zasenye ububiko 2 bw’intwaro muri Syria

Kuri uyu wa Gatanu, indege ebyiri z’intambara za Amerika zagabye ibitero ku bubiko bw’intwaro n’amasasu muri Syria mu rwego rwo kwihorera ku bitero byagabwe ku ngabo za Amerika n’inyeshyamba zishyigikiwe na Irani mu gihe impungenge zikomeje kwiyongera ko amakimbirane ya Israel na Hamas ashobora gukwirakwira mu Burasirazuba bwo Hagati. Pentagon yavuze ko Perezida wa Leta […]

General (Rtd) Kabarebe yatangaje ko u Rwanda rwarokoye 400 bari bagiye gucuruzwa

Gen (Rtd) Kabarebe ubwo yari imbere y'abasenateri

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga, General (Rtd) Kabarebe James, yatangaje ko muri uyu mwaka w’2023 u Rwanda rwarokoye Abanyarwanda 400 biganjemo urubyiruko bari bagiye gucuruzwa mu mahanga. Ibi yabimenyesheje kuri uyu wa 26 Ukwakira 2023 komisiyo ya Sena y’ububanyi n’amahanga, ubutwererane n’umutekano, yagenzuraga uruhare rw’Abanyarwanda baba mu mahanga mu guteza imbere igihugu. Gen […]

Slovakia yafashe icyemezo cyo guhagarika inkunga ya gisirikare yateraga Ukraine

Kuri uyu wa Kane, Minisitiri w’Intebe mushya wa Slovakia, Robert Fico, yatangaje ko guverinoma ye igiye guhagarika imfashanyo za gisirikare yahaga Ukraine, ikaba ibaye guverinoma ya mbere y’iburengerazuba yisubiyeho. Fico yabwiye abadepite ko iki gihugu “kitazongera guha intwaro Ukraine”, asubiramo amasezerano yasezeranyije mu gihe cyo kwiyamamaza kwe, ariko yavuze ko azakomeza gutanga inkunga z’ubutabazi ku […]

Jean-Luc Mélenchon yikomye u Rwanda nyuma yo guhura na Tshisekedi

Umunyapolitiki Jean-Luc MĂ©lenchon utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Bufaransa, yikomye u Rwanda arushinja gushaka guhungabanya amatora yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. MĂ©lenchon washinze akanaba umuyobozi w’ishyaka La France Insoumise, ari muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu ruzinduko ari kugirira muri iki gihugu. Ku wa Kane yakiriwe na Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi bagirana ibiganiro. […]

Byasabye ko Nimpagaritse yinjira mu Rwanda nk’umwiyahuzi, ahunga abasirikare: Ubuhamya

Nimpagaritse Sylvère wari Visi Perezida w’urukiko rurengera Itegekonshinga mu Burundi yavuze ku buryo yahunze iki gihugu mu gihe umwuka wa politiki wari mubi, ubwo mu mwaka w’2015 Nkurunziza Pierre yagaragazaga ko yifuza gukomeza kuyobora igihugu muri manda ya gatatu. Uyu munyamategeko mu buhamya yahaye ikinyamakuru Iwacu Burundi, yasobanuye ko intandaro yo guhunga kwe hamwe n’umuryango […]

Hari impungenge ko hashobora kuvuga intambara nshya hagati ya Ethiopia na Eritrea

Kuri uyu wa Kane, itariki 26 Ukwakira, Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Abiy Ahmed, yatangaje ko atazatera igihugu icyo ari cyo cyose, mu magambo agamije guhosha impungenge z’ibihugu by’ibituranyi z’uko ashobora gukoresha ingufu kugira ngo agere ku cyambu cyo ku nyanja. Ku itariki ya 13 Ukwakira, Abiy yabwiye itangazamakuru rya Leta ko Ethiopia igomba kwemeza icyo […]

Icyo RDC izakora mu gihe M23 yaba irashe kuri Goma

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yaburiye M23 ko niramuka irashe ku mujyi wa Goma ingabo zayo zizahita ziyisubiza byihuse. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’iki gihugu, Christophe Lutundula, ubwo yaganiraga n’abadipilomate bahagarariye ibihugu bitandukanye i Kinshasa. Yavuze ko “mu izina rya Perezida Tshisekedi ndetse n’iry’abaturage ba Congo, nababwira ko nihagira isasu na rimwe […]

Inyeshyamba za RSF zirigamba gufata umujyi wa 2 munini muri Sudani

Umutwe witwaje intwaro wa RSF uhanganye n’ubutegetsi bw’inzibacyuho bwa Sudan urigamba gufata umujyi wa kabiri munini muri iki gihugu, Nyala, kuri uyu wa 26 Ukwakira 2023. RSF yatangarije ku rubuga rwa X iti: “RSF yabonye intsinzi ikomeye uyu munsi, igenzura Diviziyo ya 16 y’ingabo za Sudani muri Nyaka, amajyepfo ya Darfur. Abasirikare bacu bagaragaje ukwihangana […]