Shikama wagereranyije amagambo ya Mukuralinda n’aya Mugesera yakatiwe, acibwa n’amafaranga

Shikama Jean de Dieu wagereranyije amagambo Umuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain Mukuralinda, yavuze kuri Bannyahe n’ayo LĂ©on Mugesera yigeze kuvuga, yakatiwe igifungo cy’imyaka 10, acibwa n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda miliyoni imwe. Ni icyemezo cyafashwe n’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2023 nyuma yo guhamya Shikama icyaha cyo gupfobya jenoside yakorewe Abatutsi no […]

Zambian ex-president stripped of retirement benefits

Zambia’s government has withdrawn retirement benefits and privileges from former President Edgar Lungu following his commitment to return to Strenuous politics. Mr Lungu lost the presidency to Hakainde Hichilema in 2021, after which he announced his retirement. After six years in office, he left the country facing serious economic hardships as Africa’s most indebted nation. […]

Kayumba, ancien professeur de l’UR, condamnĂ© avec sursis dans une affaire de viol

La Haute Cour a condamnĂ© l’ancien professeur de l’UniversitĂ© du Rwanda (UR), Christopher Kayumba, à  deux ans de prison avec sursis, après l’avoir reconnu coupable de complicitĂ© dans le crime de viol. Selon le verdict du tribunal rendu le 2 novembre, il a commis le crime contre son ancienne servante. L’ancien universitaire a Ă©galement Ă©tĂ© […]

‘Sinajya ahantu bambuza kunywa urumogi’Burna Boy avuga uko yanze kujya i Dubai

Ubusanzwe amazina ye yiswe n’ababyeyi ni Damini Ogulu uzwi nka Burna Boy , akaba ari mu babica bigacika mu muziki wo muri afurika by’umwihariko mu gihugu cya Nigeria. Uyu muhanzi asanzwe atumirwa mu bitaramo bitandukanye agahabwa akayabo gusa kuri iyi nshuro ntibisanzwe bitewe n’uko yanze miliyoni 5 z’amadorali ya Amerika ngo abe yaririmbira abakunzi be […]

Abashumba b’itorero rya ADEPR basaga 75% barangije amashuri abanza gusa – RGB

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Imiyoborere mu Rwanda (RGB) cyabwiye abagize inteko ishinga amategeko, kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 1 Ugushyingo 2023, ko abarenga 75 ku ijana mu bashumba b’Itorero ry’Abapentekote mu Rwanda (ADEPR) bafite urwego rw’amashuri abanza gusa. Umuyobozi mukuru wa RGB, Usta Kaitesi, yahishuye urwego rw’ubumenyi bw’abapasiteri ba ADEPR ubwo yamurikaga raporo y’ibikorwa bya […]

Umupasitori afungiwe ko yaturishije, byaba ari akarengane: Antoine Rutayisire

Pasiteri Antoine Rutayisire wabaye Umushumba wa Paruwasi ya Remera mu itorero Angilikani aravuga ko byaba ari akarengane mu gihe hari umupasiteri wafungwa azira ko yaturishije abayoboke be. Mu kiganiro yagiriye ku muyoboro wa Nkunda Gospel, Pasiteri Rutayisire yabwiwe inkuru ya ApĂ´tre Harelimana Joseph wamenyekanye nka Yongwe ufunzwe by’agateganyo akurikiranweho icyaha cyo kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe […]

N’ukomeza kwihata imigati n’icyayi by’umurengera izi ngaruka ziragutegereje

Umugati ni ifunguro ryihariye ku bakunda kurirya haba mu gitondo cyangwa andi masaha bitewe n’uko ubishaka.Biba akarusho rero iyo uwo mugati uwufatishije icyayi ariko iyo bibaye umurengera biba ibindi bindi kuko ushobora guhura n’ingaruka nyinshi. Haba abakuze cyangwa abakiri bato, bayakoresha mu masaha ya mu gitondo cyane. Ibinyamakuru nka Medineplus na Webmd bibitangaza, hari impamvu […]

VIDEO- Dr Kayumba yakatiwe igifungo cy’imyaka 2

Urukiko Rukuru kuri uyu wa Gatatu rwakatiye Dr Kayumba Christopher wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda igifungo cy’imyaka ibiri isubitse mu gihe cy’umwaka umwe, nyuma yo kumuhamya icyaha cy’ubwinjiracyaha mu mu gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato. Muri Gashyantare uyu mwaka Dr Kayumba yari yagizwe umwere n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri iki cyaha yaregwaga, […]

Burundi: Ndayishimiye yashinje ikigo cy’igihugu cy’imisoro kwifatanya n’abanzi b’igihugu

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye aravuga ko ababazwa no kumva ashinjwa kurya ruswa kandi azi ko bikorwa n’abantu bo mu kigo cy’igihugu cy’imisoro nyuma yaho Banki y’Isi n’Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) bishinje ubutegetsi bwe kumungwa ruswa. Mu nama yagiranye kuri uyu wa Kabiri ushize n’inzego zitandukanye zirimo iza gisivili ndetse n’iz’umutekano yabereye mu Ntara ya […]

Adil aranenga abanyamahanga bakinira APR FC

Mohamed Adil Erradi watoje APR FC aranenga abakinnyi b’abanyamahanga bakinira iyi kipe, havuyemo umuzamu Pavel Ndzila ukomoka muri Repubulika ya Congo. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Radio, Adil udafite akazi muri iyi minsi yatangaje ko abanyamahanga APR FC ifite ubu barutwa n’Abanyarwanda yakinishaga. Ati: “Usibye umuzamu, abakinnyi b’abanyamahanga ba APR FC ntibarusha abakinnyi b’Abanyarwanda nari […]

Umukozi wa RICA yasabye Inteko y’Umuco kureba niba inyama z’imbwa zakongerwa mu ziribwa

Umukozi ushinzwe kugenzura isuku, ubuziranenge n’akato k’ibikomoka ku matungo mu rwego rw’igihugu rushinzwe ubugenzuzi bw’ubuziranenge, ihiganwa no kurengera umuguzi, RICA, Simbarikure Gaspard, yasabye Inteko y’Umuco kureba niba inyama z’imbwa zakongerwa mu ziribwa mu Rwanda. Tariki ya 11 Ukwakira 2023, abaturage bo mu kagari ka Ruhango, umurenge wa Gisozi mu karere ka Gasabo bafatiye mu cyuho […]

UPDF irigamba kwica benshi mu baherutse kwicira ba mukerarugendo muri pariki

Abaterabwoba bagize uruhare mu bwicanyi bwakorewe ba mukerarugendo b’abanyamahanga babiri n’umushoferi wabo w’Umugande ubwo bari muri Pariki yitiriwe Elisabeth muri Uganda bishwe. Ibi byabaye nyuma y’ibyumweru hafi bibiri bishize, ubwo ba mukerarugendo babiri, ukomoka mu Bwongereza n’undi ukomoka muri Afurika y’Epfo, hamwe n’uwari ubayoboye w’Umugande, bicwaga n’abantu bitwaje intwaro bagabye igitero ku modoka bari barimo […]

Ubwongereza bwacyeje u Rwanda ku ruhare rwagize mu gutuma abimukira babwinjiragamo bagabanuka

Leta y’Ubwongereza yashimye u Rwanda ku ruhare amasezerano bagirane yagize mu gutuma abimukira babwinjiragamo bagabagabanuka. Ibi byagarutsweho na Minisiteri y’umutekano muri iki gihugu aho ngo abimukira binjiye mu Bwongereza binyuranye n’amategeko bagabanutseho 33% ugereranyije n’umwaka ushize. Ubuyobozi bw’iki gihugu buvuga ko ibi byose byagezweho kubera amasezerano ibihugu byombi byagiranye yo kohereza abimukira mu Rwanda. Robert […]

Umwami Charles III yemeye amarorerwa abakoloni b’Abongereza bakoreye Abanyakenya

Umwami w’u Bwongereza, Charles III yemeye ibikorwa by’urugomo bibabaje kandi bidafite ishingiro byahitanye abantu ibihumbi by’inzirakarengane mu gihe Kenya yari iyobowe n’abakoloni b’Abongereza. Kuri uyu wa Kabiri ushize, mu birori byabereye mu ngoro y’umukuru w’igihugu i Nairobi, umwami yagaragaje ko yicujije cyane ku bikorwa byahise kandi ashimangira akamaro ko guhangana n’amateka nta buryarya n’imitima ifunguye. […]

FARDC yatangaje ko M23 idashobora kuyingeganyeza

Igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, cyatangaje ko umutwe witwaje intwaro wa M23 udashobora kukinyeganyeza mu birindiro byacyo biherereye muri teritwari ya Nyiragongo. Ibi byatangajwe n’Umuvugizi wa FARDC mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lieutenant Colonel Ndjike Guillaume Kaiko, mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa Radio Okapi. Ndjike uhamya ko M23 ari ingabo z’u Rwanda, […]

Ubudage bwemeye ko bwakoreye Tanzania Ubugome buyisaba imbabazi

Ubudage bwemeye icyaha n’ipfunwe buterwa n’amahano bwakoze muri Afurika by’umwihariko muri Tanzania mu myaka y’ubukoloni. Perezida w’iki gihugu yavuze ko atewe “isoni” n’ibikorwa by’ubugome bukabije igihugu cye cyakoreye Abanya-Tanzania mu gihe cy’ubukoloni. Mu 1900 , nibwo abarwanyi bari bibumbiye mu mutwe wa Maji Maji bigometse hanyuma abasirikare b’Abadage bicamo abagera ku 300’000.Ubu bwigomeke bwari bushingiye […]

Perezida Kagame yirukanye Dr Hitayezu muri MINECOFIN

Perezida Paul Kagame yaraye yirukanye Dr Patrick Hitayezu mu nshingano yari ashinzwe nk’Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibijyanye n’Ubukungu muri Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi. Itangazo rimwirukana Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yashyizeho umukono mu izina rya Perezida Paul Kagame, rivuga ko “yirukanywe bijyanye n’imyitwarire mibi yakomeje kwiyongera mu mirimo yari ashinzwe.” Dr Hitayezu yari Umuyobozi Mukuru ushinzwe ibijyanye […]

Depite yasabiye abakozi bahombya Leta kujyanwa mu ngando

Umudepite mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Bitunguranye Diogène, yasabiye abakozi ba Leta bakunze kugaragaraho amakosa yo guteza ibihombo kujya bajyanwa mu itorero riciye ingando kuko ngo nta rukundo ruhagije bafitiye igihugu. Ni mu gihe kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2023 Inteko Rusange y’abadepite yagezwagaho ubusesenguzi komisiyo ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’umutungo n’imari by’igihugu, PAC, yakoze […]

Gambia:Umusirikare washinjwe gushaka kwica Perezida Adama Barrow yakatiwe

Urukiko rukuru rwa Gambiya rwakatiye igifungo cy’imyaka 12 umusirikare warindaga perezida Adama Barrow nyuma y’uko ashatse kumurasira mu rusengero ubwo bari mu masengesho.Uyu musirikare yafatanywe imbunda muri Gashyantare 2017, ubwo bari mu masengesho. Muri Mutarama 2022 nibwo uwo musirikare n’abandi umunani bashinjwe ubuhemu n’ubugambanyi kubera uruhare bagize mu gikorwa cyo gushaka guhirika ubutegetsi.Barindwi, barimo abasivili […]