Imana yambwiye ko iyi ntambara M23 irwana izarangirira i Goma: Col Kazarama

Colonel Vianney Kanyamuhanda Kazarama wahoze ari umuvugizi wa M23, yatangaje ko afite iyerekwa ry’uko intambara uriya mutwe urwanamo n’Ihuriro ry’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo izarangirira mu mujyi wa Goma, ngo kuko nyuma yo kuwufata utundi duce tuzafatwa hatabayeho imirwano. Kazarama yahishuye iby’iyerekwa rye mu kiganiro yahaye BWIZA TV. Kuri ubu imirwano ikomeje gusakiranya […]

RRA yatangaje ingano y’imisoro yakusanyije mu 2023/2024

Mu mwaka w’ingengo y’imari 2023/2024, Ikigo cy’Igihugu cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyatangaje ko imisoro yakusanyijwe ari miliyari 2,619 Frw. Byatangajwe kuri uyu wa Gatatu taliki 03 Nyakanga 2024 mu kiganiro komiseri yagiranye n’itangazamakuruaho iki kigo kivuga ko habaye izamuka rya 12% ugereranyije n’umwaka ushize. Komiseri Mukuru wa RRA, Ronald Niwenshuti, yagaragaje ko iki kigo gifite intego […]

USA: Visi Perezida Kamala Harris ashobora gusimbura umukambwe Biden

Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Kamala Harris, ari we mahitamo ya mbere Perezida Joe Biden ashobora guhitamo ngo amusimbure mu kwiyamamaza igihe yahitamo kudakomeza guhatana mu matora yo mu Gushyingo nk’uko byatangajwe na Reuters kuri uyu wa Gatatu. Reuters ivuga ko ibi ibikesha abantu bo hejuru mu gikorwa cyo kwiyamamaza kwa Biden, […]

Molan Majesty yihuje na High Vibes batitiza umurwa

Itsinda High Vibes ryahuje imbaraga n’Umuraperi ugezweho mu Rwanda, Maombe Reponse wamenyekanye ku mazina ya Molan. Nyuma y’igihe itsinda High Vibes ritigaragariza abakunzi baryo ryahuje imbaraga na Molan ugezweho mu jyana ya Rap. Molan na High Vibes bahurije hamwe bashyira hanze indirimbo bise ‘Hit’ ikaba ari imwe mu ndirimbo zigezweho mu Rwanda. Molan yubatse izina […]

Zimbabwe: Habonetse umurambo w’umuntu udafite isura n’imyanya y’ibanga yaciwe

Mu ntangiriro z’icyumweru ku wa mbere, nibwo mu gihugu cya Zimbabwe hagaragaye umurambo w’umugabo bikekwa ko yishwe n’abantu batazwi bakamubaga isura, ndetse n’imyanya y’ibanga ye bakayikata bakayijyana. Polisi yo muri iki gihugu ikaba yemeje iby’uru rupfu rw’umugabo wishwe urwagashinyaguro akaswe imyanya y’ibanga, byongeyeho amazina ye akaba ataramenyekana bitewe n’uburyo bamwangije mu isura. Biravugwa ko umubiri […]

Rita Ora yerekanye amabere mu ruhame – Amafoto

screenshot_20240703-083729_1719993849.png

Umuhanzikazi ukomoka mu Bwongereza Rita Ora yabaye igitaramo ku mbugankoranyambaga nyuma yo guseruka mu gitaramo Girls Aloud concert yambaye ikanzu ibonerana aho bimwe mu bice bye by’ibanga byari hanze. Rita Ora yiyeretse abafana be we ubwo yaserukaga yambaye ikanzu ibonerana ndetse ntiyakita no kwambara akenda k’imbere gahisha amabere kazwi nk’isutiye. Mu ijoro ryo ku wa […]

Umunyarwandakazi Umwizasate yapfiriye muri Oman

Umunyarwandakazi Umwizasate Hagira wakoraga akazi ko mu rugo muri Oman yishwe n’imodoka ubwo yari agiye guhaha. Ku wa Kabiri tariki ya 2 Nyakanga 2024 mu masaha y’umugoroba nibwo inkuru y’urupfu rwa Umwizasate yamenyekanye mu muryango we. Umwizasate yakoraga akazi ko mu rugo mu mu Mujyi wa Muscat mu gihugu cya Oman nk’uko Umuseke ubitangaza. Amakuru […]

Abagabo basoma kenshi abagore babo bituma badapfa vuba – Ubushakashatsi

Gusomana ni kimwe mu bikorwa bikomeye bigaragaza urukundo hagati y’ababikoze, ariko hari bamwe mu bagabo babifata nk’ibikabyo, cyangwa se bakabihungira kure uramutse ubabwiye ko gusomana n’abo bashakanye bishobora kurokora ubuzima bwabo. Nkuko byemejwe n’ubushakashatsi, muri iyi nkuru ya BWIZA tugiye kugaruka ku bituma abagabo basomana n’abagore babo inshuro nyinshi babaho imyaka myinshi, ndetse bagahinduka abaherwe […]

Rulindo: Umukandida wiyamamaza ku giti cye yiyemeje kuvuganira mwalimu

Janvier Nsengiyumva, Umukandida rukumbi wigenga mu matora y’abadepite, yabwiye abaturage bo mu Karere ka Rulindo ko natorwa azavuganira mwalimu akagira ihahiro ryihariye kandi azabafasha kongerera agaciro umusaruro w’ubuhinzi. Uyu mukandida yabwiye abaturage b’i Rulindo ko nagera mu nteko azavuganira umwalimu akamusabira ko yagira iguriro ryihariye nk’uko hariho iry’abashinzwe umutekano kandi ku biciro byoroheje. Nsengiyumva avuga […]

Abasirikare ba FARDC bafunzwe bazira guhunga M23 i Kanyabayonga

Abasirikare 32 bo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), bafunzwe bakurikiranweho ibyaha birimo guhunga M23 ubwo bari bahanganye na yo mu mirwano. Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 2 Nyakanga ni bwo aba basirikare batangiye kuburanishirizwa i Butembo mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ubushinjacyaha bwa gisirikare bubakurikiranyeho ibyaha birimo “guhunga umwanzi, gusesagura […]

Uganda: Umusirikare uherutse kwica bane bo mu muryango umwe yagejejwe mu rukiko

Polisi ya Mbarara iherutse guta muri yombi Private Herbertson Robert Birivumbuka, umusirikare mu ngabo zidasanzwe kabuhariwe , azira kwica abantu batanu bo mu muryango umwe barimo umwana , ingimbi ndetse n’abakuru. Ibi byabereye mu mudugudu wa Namutale, mu gace ka Kabeyingire, ahazwi nka Bwaya, mu karere ka Mayuge mu ntangiro z’uku kwezi. Umuvugizi wa Polisi […]

APR FC yisanze mu itsinda ry’ikibonobono muri Cecafa Kagame Cup

apr_fc_yisanze_mu_itsinda_rya_gatatu_kumwe_na_sports_club_villa_y_i_bugande_singida_black_stars_na_al_merreikh_beintui_yo_muri_sudan_y_epfo.jpg

Tombora y’uko amakipe azahura mu guhatanira igikombe cya CECAFA Kagame 2024 yabereye i Dar es Salaam, muri Tanzaniya yasize APR FC yisanze mu itsinda C. Iyi tombora yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Nyakanga yasize Gor Mahia yisanze mu itsinda ry’urupfu (B) ririmo amakipe nka Al Hilal (Sudani), Red Arrows (Zambiya) na Djibouti Telecom […]

Rayon Sports yasinyishije umutoza mushya

rayon_sports_yatangaje_ko_yahaye_akazi_.jpg

Ikipe ya Rayon Sports yemeje ko Mazimpaka André ko ari we mutoza mushya w’abanyezamu bayo mu mwaka w’imikino wa 2024-2025. Kuri uyu wa Gatatu nibwo ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yamaze gusinyisha uwahoze ari umuzamu wayo Mazimpaka André nk’umutoza w’abanyezamu. Rayon Sports yatangaje ko Mazimpaka André yasinye amasezerano y’umwaka umwe muri iyi kipe yambara […]

Tanzania: Icyoba ni cyose ku mpunzi z’Abarundi ziba mu nkambi ya Nduta

Abahagarariye impunzi mu nkambi ya Nduta muri Tanzania, bahamagariye impunzi kwitegura gukora amarondo nijoro kugira ngo bahangane n’imitwe y’abagabo bitwaje imbunda basigaye bitwikira ijoro bakazenguruka mu nkambi. Kuri uyu wa mbere, tariki ya 1 Nyakanga, abayobozi b’inkambi ya Nduta mu ntara ya Kigoma, bateranije abayobozi bose b’uturere maze babategeka kumenyesha impunzi ko bidatinze, bazatangira amarondo […]

RDC: Icyemezo cy’ubwenegihugu bwa Congo ubu kizajya gitangwa n’inzego z’iperereza

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 2 Nyakanga 2024, Minisitiri w’ubutabera, Constant Mutamba, mu ibaruwa yanditse, kopi yayo yageze kuri 7SUR7.CD, yashyize ahagaragara uburyo bushya bwo gutanga icyemezo cy’ubwenegihugu bwa Congo hagamijwe kurwanya icyo bise ubucengezi bukabije. Constant Mutamba yamenyesheje abaturage ba Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ko itangwa ry’iki cyemezo ubu ryashyizwe mu biganza […]

Umukobwa yakase igitsina cy’umukunzi we wanze kumurongora

umukobwa_yakase_igitsina_cy_umukunzi_we_wanze_kumurongora.jpg

Umukobwa w’umuganga yakase igitsina cy’umukunzi we mu rwego rwo kumwihoreraho kuko yanze ko babana nk’umugore n’umugabo. Iki gikorwa cy’ubunyamaswa cyabereye i Bihar mu burasirazuba bw’Ubuhinde aho umukobwa w’imyaka 25 usanzwe ari umuganga yakase igitsina cy’umukunzi we nyuma y’uko yanze kumugira umugore. Umusore wakaswe igitsina asanzwe akomoka i Madhaura. Yihutanwe igitaraganya ajyanwa mu bitaro bikuru bya […]

Amafoto: Ibyaranze ukwiyamamaza kw’abakandida depite ba FPR – Inkotanyi hirya no hino

53831498164_a993f5f533_k.jpg

Kuri uyu wa Kabiri tariki 2 Nyakanga 2024, Ibikorwa byo kwiyamamaza kw’abakandida depite b’Umuryango FPR – Inkotanyi byakomereje mu turere dutanu tw’Intara y’Amajyepfo . Mu Karere ka Muhanga hiyamamarije abakandida depite batatu barimo Kalinijabo Barthelemy, Kampororo Jeanne d’Arc na Musonera Germain. Iki gikorwa cyabereye mu Murenge wa Rongi. Mu Karere ka Nyanza hiyamamarije abakindida depite […]

Zari Hassan ayoboye urutonde rw’abagore bafite amaguru meza – Amafoto

fb_img_1655364752169-266x399.jpg

Umuherwekazi akaba n’ikimenyabose ku mbuga nkoranyambaga, Zari Hassan wamenyekanye nka The Boss Lady ayoboye urutonde rw’abagore bafite amaguru meza muri Uganda. Ikinyamakuru MBU cyandikirwa muri Uganda, cyakoze urutonde rw’abagore bafite amaguru meza akunze gukurura ab’igitsina gabo. Ni urutonde rugaragaraho abagore 10 bakomoka muri Uganda bafite amaguru meze. Urutonde: 1. Zari Hassan 2. Spice Diana 3. […]

Ibyo tuvuga si igipindi: Dr Habineza wasabye njyanama ya Ngoma kwegura

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukukije akanaba umukandida ku mwanya w’umukuru w’igihugu, Dr Frank Habineza, yanyomoje abavuga ko ibyo avuga yiyamamaza ari igipindi ndetse na we akaba azi neza ko atatsinda amatora y’umukuru w’igihugu, avuga ko iyo aza kuba atiyizeye neza atari kwiyamamaza. Ni bimwe mu byo yavugiye mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku mugoroba […]

Inkubi y’umuyaga yateje ibibazo muri Jamaica

Mu majyepfo y’uburasirazuba bwa Karayibe (Caraïbes),Inkubi y’umuyaga Beryl, yahitanye abantu 7 byitezwe ko yibasira Jamaïque hanyuma bigere no mu birwa bya Caïman kuri uyu wa Gatatu. Ni umuyaga wari ku muvuduko mwinshi urenga kilometero 252 ku isaha ndetse zishobora guteza impanuka. Uyu akaba ariwo muyaga uremereye wa mbere uri mu cyiciro cya 5 cyagaragajwe na […]

Mali: Byibuze abantu 40 biganjemo abari mu bukwe bishwe n’inyeshyamba

Kuri uyu wa Kabiri ushize, abayobozi bavuze ko abantu bitwaje intwaro batamenyekanye bahitanye abantu bagera kuri 40 mu gitero cyagabwe ku mudugudu wo muri Mali rwagati yibasiwe n’ibikorwa by’inyeshyamba. Iki gitero cyagabwe ku wa Mbere mu mudugudu wa Djiguibombo mu karere ka Mopti, kamwe mu turere twinshi two mu majyaruguru ya Mali no hagati aho […]

Rayon Sports yatakaje undi mutoza

Umunya-Kenya, Webo Lawrence watoza abanyezamu b’ikipe ya Rayon Sports yamaze gutandukana nayo ku bwumvukane bwabo bombi. Uyu mutoza yatangaje ko yamaze gutandukana n’iyi kipe y’abafana benshi mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze. Mu ijoro ryo ku wa Kabiri tariki ya 2 Nyakanga 2024 nibwo uyu mutoza ukomoka muri Kenya yatangarije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga […]

Inyubako Makuza Peace Plaza yatatswe n’inkongi y’umuriro

Inzu izwi nka Makuza Peace Plaza yo mu karere ka Nyarugenge yafashwe n’inkongi y’umuriro itabarwa hakiri kare. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 3 Nyakanga 2024 nibwo inyubako ya Makuza Peace Plaza yagaragaye iri gucumba umwotse. Amakuru avuga ko Polisi y’u Rwanda, ishami rishinzwe kurwanya inkongi n’ubutabazi, iri mu bikorwa byo kuyizimya. […]

Abatabazi babiri baguye mu burasirazuba bwa Kongo

Abakozi babiri bo mu itsinda ry’abatabazi ry’amahanga rya Tearfund bishwe ubwo imodoka yabo yagabweho igitero mu burasirazuba bwa Kongo. Uyu muryango uherutse kuvuga ko ibitero byibasiye abakozi bayo ndetse n’abaturage bo mu karere ukoreramo. Icyo gitero cyabagabweho ku cyumweru nyuma y’uko imodoka z’abatabazi zigera mu mujyi wa Butembo, mu ntara ya Kivu, aho inyeshyamba zitwaje […]

Kenya: Abigaragambya batewe ibyuka biryana mu maso barushaho guteza impagarara

Amashyirahamwe aharanira uburenganzira bwa muntu muri Kenya, avuga ko kuva hadutse imyigaragambyo abantu 39 aribo bamaze kuyipfiramo. Ni imyigaragambyo ikomeje gufata indi ntera mu kwamagana umushinga w’itegeko ryo kuzamura imisoro no kuzamura ingengo y’imari reta izakoresha, mu mwaka utaha. Gusa perezida William Ruto mu kiganiro n’itangazamakuru , yavuze ko yamaze kwanzura ko uwo mushinga utagikomeje […]

Ku rubuga rwa ‘Irembo’ hagiye kujya hatangirwa icyangombwa cy’imyitwarire

Guhera taliki 08 Nyakanga 2024, ibyangombwa bimwe na bimwe bizongerwa ku byari bisanzwe bitangirwa ku rubuga Irembo. Muri ibyo byangombwa harimo icy’imyitwarire cyajyaga gitangirwa mu mudugudu. Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB , rwashyize ahagaragara itangazo rigaragaza izindi Serivisi zizajya zisabwa ku rubuga rwa Irembo. Kuri urwo rutonde harimo icyangombwa cy’imyitwarire, icyangombwa cy’imenyeka Isha ry’ibyabuze cyangwa ibyibwe, […]

Biden yifatiye ku gahanga Urukiko Rukuru ku ngingo irengera Trump ruherutse gusohora

Nyuma y’aho Urukiko Rukuru rwa Amerika, rusohoye ingingo y’uko abakuru b’igihugu cya Amerika bashobora kudakurikiranwa ku byaha bimwe na bimwe, Prezida wa Amerika Joe Biden yavuze ko iyo ngingo ishobora gutuma haba abategetsi birengangiza amategeko. Prezida Joe Biden , yanenze iyo ngingo Urukiko ruherutse gushyira hanze kuri uyu wa Mbere, avuga ko itabanje gusuzumwa . […]