Mugore/Mukobwa: Ibi bintu 7 ntuzabishyire mu gitsina cyawe

Isi ya internet yuzuye “udushya” tw’ibyerekeye ubuzima bw’imyororokere, ariko bimwe muri byo bishobora guteza ibyago kurusha uko byagufasha. Abaganga bagaragaza ko hari ibintu bamwe bashyira mu gitsina bigatera ibikomere, indwara cyangwa se guhungabanya ubuzima bw’imyororokere bw’igihe kirekire. Umwenge w’igitsina (vagina) wifasha mu kwisukura kandi usaba kwitabwaho mu buryo bwiza. Iyo ushyizemo ikintu kidakwiye, ushobora guhura […]

Kera kabaye Amavubi yabonye intsinzi

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yatsinze Zimbabwe igitego 1–0 mu mukino wo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi. Nubwo Zimbabwe yari imaze gutakaza amahirwe yo gukomeza, yakinnye iri imbere y’abafana bayo benshi i Johannesburg. Abanyarwanda bari bahari bari bake, ariko batahanye ibyishimo. Igitego cyabonetse ku munota wa 39, ubwo Mugisha Gilbert yatsindaga ku mupira yahawe inyuma y’urubuga […]

Niba uri umukene ntushobora gukora umurimo w’Imana neza: Pastor Chris

Umuyobozi w’itorero Christ Embassy, Pasiteri Chris Oyakhilome wo muri Nigeria yongeye kugaragaza ko kugira ubushobozi bw’amafaranga ari ingenzi cyane mu kugira uruhare rufatika mu murimo w’Imana. Mu nyigisho aherutse gutanga, yavuze ko impano z’umwuka n’ubutumwa bwiza gusa bidahagije igihe umukristo akennye. Yavuze ko Imana itamushinga kuyobora itorero ryayo ku bantu badafite ubushobozi, yaba ku rwego […]

Israel yagabye ibitero muri Qatar

Igisirikare cya Israel (IDF), kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Nzeri cyatangaje ko cyarashe ubudahusha ku bayobozi bakuru b’umutwe wa Hamas bari i Doha muri Qatar. IDF yemeje ko yagabye iki gitero, mu itangazo yasohoye. Iri tangazo riragira riti: “IDF na ISA (Ingabo za Israel zirwanira mu kirere) bakoze igitero gihamya cyibasiye abayobozi bakuru […]

Amagambo ya Weasel kuri Sandra Teta uherutse kumugonga yatunguranye

Umuhanzi Weasel Manizo, umwe mu bagize itsinda rya Goodlyfe, yatangaje ko yababariye umugore we Sandra Teta nyuma y’uko amugongesheje imodoka ku bushake bikamuviramo kuvunika akaguru. Weasel yasobanuye ko Sandra yamugonze bidaturutse ku bushake, bigatuma agira imvune ikomeye yatumye ajyanwa mu bitaro bya Nsambya Hospital aho abaganga bamubaze, ubu akaba ari koroherwa neza. Yagize ati: “Ntabwo […]

Ingabo z’u Burundi zahungishirije Gen. Gasita i Bujumbura

GĂ©nĂ©ral de Brigade Olivier Gasita wo mu ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, biravugwa ko yamaze guhungishirizwa i Bujumbura mu Burundi. Ni nyuma y’icyumweru mu mujyi wa Uvira wa kabiri munini mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo hari imyigaragambyo ikomeye y’abarwanyi ba Wazalendo ndetse n’abaturage basabaga ko ava muri uriya mujyi. Mu Ukuboza 2024 ni […]

Kivu y’Amajyaruguru: Abarenga 70 barimo bashyingura biciwe mu gitero

Inyeshyamba zo mu mutwe w’iterabwoba wa Allied Democratic Forces (ADF), zishe abantu barenga 70 bo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. ADF yicishije aba bantu imipanga n’imbunda, mu ijoro ry’ejo ku wa Mbere tariki ya 8 rishyira kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Nzeri 2025. Ubu bwicanyi bwabereye mu mujyi muto wa […]

AFC/M23 yikomye imiryango mpuzamahanga ikomeje kuyibasira igahishira ibyaha bya Kinshasa

Ihuriro rya AFC/M23 yamaganye imikorere y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rihinzwe Uburenganzira bwa Muntu cyane cyane ku bijyanye na raporo rikora zitagaragaza ukuri ahubwo zisa nk’izishaka kugumisha ku butegetsi mu nzira zose ubutegetsi bwa Kinshasa. Ihuriro AFC / M23 mu itangazo ryashyize ahagaragara kuri uyu wa Mbere ushize, itariki 8 Nzeri, ryashyizweho umukono n’Umunyamabanga Uhoraho, Benjamin Mbonimpa, […]

Umutoza wa mbere yirukanwe muri Premier League

Ikipe ya Nottingham Forest yo mu Bwongereza yirukanye umutoza wayo, Nuno Espirito Santo, nyuma y’imikino itatu gusa ya shampiyona ya Premier League. Umunya-Portugal w’imyaka 51 yari amaze igihe gito asinyiye amasezerano mashya y’imyaka itatu, nyuma yo gufasha Forest kugaruka mu marushanwa ya Europa League bwa mbere mu myaka 30. Mu mwaka ushize, yayoboye ikipe ivuye […]

Tshisekedi ngo yahangayikishijwe cyane n’imyigaragambyo yo muri Uvira

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe, yatangaje ko Perezida FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo w’iki gihugu ahangayikishijwe cyane n’imyigaragambyo ikomeje kubera mu mujyi wa Uvira. Kamerhe yabitangaje ku wa Mbere, nyuma y’inama yamuhuje na Tshisekedi, Perezida wa Sena, Sama Lukonde na Minisitiri w’Intebe, Judith Suminwa Tuluka. Imyigaragambyo ikomeje kubera mu […]

Yagiye gukiza abarwana bamukubita ishoka agwa aho

Ku Cyumweru tariki ya 7 Nzeri 2025, mu Mudugudu wa Gitobe, Akagari ka Muhurire, Umurenge wa Rurenge mu Karere ka Ngoma, umusore w’imyaka 18 yapfuye akubiswe ishoka mu mutwe, ubwo yageragezaga guhagarika intambara yari iri hagati y’abasore babiri barimo na murumuna we. Abaturage baho bavuga ko abo basore babanje kunywa inzoga ari na byo byabaviriyemo […]

OrlĂ©ans: Inama y’Igihugu yashyigikiye icyemezo cy’umujyi wanze ko Zigiranyirazo ahashyingurwa

Kuri uyu wa Mbere, itariki 8 Nzeri, Inama y’Igihugu yemeje ko Protais Zigiranyirazo, muramu wa Perezida Juvenal Habyarimana, ubutegetsi bwe bwashyize mu bikorwa Jenoside yakorewe Abatutsi, atazashyingurwa muri OrlĂ©ans (Loiret), ibiha umugisha icyemezo cy’umuyobozi w’uyu mujyi, Serge Grouard, n’ubundi wari wanze ko azahashyingurwa. Nyuma yo kwangirwa na Meya Serge Grouard wavuze ko bishobora guhungabanya umutekano […]

Perezida Kagame yakiriye ba Ambasaderi bashya barimo uw’u Bufaransa (Amafoto)

Perezida Paul Kagame ku wa Mbere tariki ya 8 Nzeri, yashyikirijwe na ba Ambasaderi batandukanye impapuro zibemerera guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda. Abamushyikirije izo mpapuro ubwo yabakiraga muri Village Urugwiro barimo Casper Stenger Jensen w’ubwami bwa Denmark, Irene Vida Gala wa BrĂ©sil na AurĂ©lie Royet-Gounin w’u Bufaransa. Perezida Paul Kagame kandi yakiriye impapuro zemerera Hanan […]

Tanzania: Urubanza rw’umunyapolitiki Tundu Lissu rwatangiye ruburanishwa mu muhezo

Muri Tanzaniya, urubanza rw’umuyobozi utavuga rumwe n’ubutegetsi Tundu Lissu ukurikiranyweho icyaha cy’ubuhemu, rwatangiye kuri uyu wa Mbere, itariki ya 8 Nzeri, imbere y’Urukiko Rukuru rwa Dar es Salaam, nyuma y’isubikwa ryinshi. Umuyobozi w’ishyaka Chadema, ishyaka rikomeye ritavuga rumwe n’ubutegetsi, afunzwe kuva muri Mata. Uru ni urubanza rukomeye, rubera mu muhezo, mu gihe habura ukwezi kumwe […]

Ugiye hakiri kare cyane muvandimwe: Maj. Gen Nzabamwita wasezeye Lt. Gen Kabandana

Ambasaderi w’u Rwanda mu Burusiya, Maj. Gen. Joseph Nzabamwita, yunamiye Lt. Gen Innocent Kabandana uherutse kwitaba Imana, amugaragaza nk’umwe mu bayobozi beza Igisirikare cy’u Rwanda cyagize. Ku Cyumweru tariki ya 7 Nzeri 2025, ni bwo Kabandana wabaye umuyobozi w’ibikorwa by’inzego z’umutekano z’u Rwanda i Cabo Delgado muri Mozambique yitabye Imana azize uburwayi. RDF yatangaje ko […]

Ubushinwa bwatanze ubutumwa mu kumurika ibitwaro kabombo kurubuga rwa Tiananmen i Beijing

Ubwo hizihizwaga imyaka 80 Ubushinwa butsinze Ubuyapani,umuyobozi w’Ubushinwa Xi Jinping, Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin n’umuyobozi wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un bahuriye hamwe ku nshuro yabo ya mbere ya’karasisi  gakomeye ka gisirikare kabereye i Beijing rwagati. Ni akarasisi k’isabukuru yimyaka 80 Ubushinwa butsinze Ubuyapani mu Ntambara ya Kabiri y’Isi yose aho bwerekanye ibikoresho byinshi […]

Uvira: Hagati ya FARDC na Wazalendo,ninde utegeka uyu mujyi?

Kuri uyu wa mbere tariki ya 8 Nzeri 2025, umujyi wa Uvira mu majyepfo ya Kivu wari umunsi wa karindwi wikurikiranya uyu mujyi uri mu bihe bidasanzwe byo kuba wugarijwe n’umutekano mucye yatewe n’imitwe ya Wazalendo yashyizeho imyigaragambyo no guhagarika ubuzima busanzwe mu baturage ahubwo bakayoboka inzira y’imyigaragambyo. Iyi mitwe ntikozwa no gukorana n’umuyobozi wungirije […]

Minisitiri w’Intebe w’u Bufaransa yegujwe

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 8 Nzeri, Inteko Ishinga Amategeko y’u Bufaransa yakuyeho guverinoma kubera gahunda zayo zo gukemura ikibazo cy’imyenda y’igihugu, birushaho gukomeza  ibibazo bya politiki biri guca intege ubukungu bwa kabiri mu karere ka Euro. Abadepite batoye kwirukana Minisitiri w’Intebe Francois Bayrou na guverinoma ye ku majwi 364 ku 194 y’abamushyigikiye. Perezida Emmanuel […]

Masisi: AFC/M23 na wazalendo babyukiye mu mirwano ahitwa Burora

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 9 Nzeri, haravugwa imirwano yabyutse iba, hagati y’abarwanyi ba AFC / M23 n’inyeshyamba za Wazalendo ahitwa Burora, muri Gurupoma ya Nyamaboko ya 1 (Teritwari ya Masisi) mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Nk’uko amakuru agera kuri ACTUALITE.CD aturuka muri ako gace abitangaza, ngo inyeshyamba za Wazalendo zambuwe ako gace mu […]