Suwede: Umugabo uvuka i Nyamasheke yahamijwe kwica umugore we uvuka i Rusizi

unnamed-609-99938.jpg

Urukiko rwo muri Suwede ku wa Gatanu tariki 22 Nyakanga 2022, rwahanishije igifungo cya burundu ndetse akirukanwa ku butaka bw’icyo gihugu uwitwa Uwizeye Uwizeye Jean Damascène, uvuka mu Karere ka Nyamasheke, nyuma yo gusanga ahamwa n’icyaha cyo kwica umugore we, Ingabire uvuka mu Karere ka Rusizi. Uwizeye w’imyaka 38, yatawe muri yombi mu Gushyingo 2021 […]

Perezida Kagame yaganiriye na Mahamadou Issoufou wigeze kuyobora Niger

fywjiqswyaaxl3n.jpg

Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, kuri uyu wa Gatandatu tariki 23 Nyakanga 2022, yagiranye ibiganiro n’uwahoze ari Perezida wa Niger, Mahamadou Issoufou, uri mu Rwanda mu nama mpuzamahanga ku kubungabunga ibyanya bikomye muri Afrika (APAC). Mouhamadou Issoufou, ari mu bayobozi Perezida Kagame yakiriye ku gicamunsi cyo ku wa Gatanu, bari baherekejwe n’abandi bo ku ruhande […]

Impunzi z’Abarundi mu nkambi ya Kibondo zirashakishwa hasi hejuru

Impunzi z’Aburundi ziri mu nkambi ya Kibondo muri Tanzania ziratabaza UNHCR kubwo guhigwa bukware na polisi y’iki gihugu izicyura ku gahato. Izi mpunzi z’Abarundi zimaze igihe zarahungiye muri Tanzania kubera umutekano muke n’intambara biri mu gihugu cyabo, zihangayikishijwe nuko Leta ya Tanzania iri kubacyura mu gihugu cyabo cy’amavuko ku ngufu Mu mezi atandatu ashize impunzi […]

Gen Nzabamwita na Gen Nyakarundi baba baherutse i Kinshasa mu ibanga

Hari amakuru avuga ko u Rwanda ruherutse kohereza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bamwe mu bahanga mu bijyanye n’iperereza bagiye kugaragariza iki gihugu, ibimenyetso byerekana ko bamwe mu bayobozi baho bakorana na FDLR. Ikinyamakuru Africa Intelligence gikora inkuru zicukumbuye muri Afurika kiremeza ko u Rwanda rwohereje abakuriye iperereza muri Congo bagiye kwereka bagenzi babo […]

Students at GiraICT Limited

Students – Job Advert GiraICT Limited is an IT solution company based in Rwanda. The company recently introduced eShuri, a learning mobile application for teachers & students. On eShuri, we provide full online STEM programme and robotics programming courses where one can have the latest course and study at his pace from basics to advanced […]

Rwamagana: Umugabo yihakanye Frw asaga ibihumbi 80 yafashwe agiye kubitsa

Umugabo witwa Habirora Anaclet w’imyaka 30, yfatanwe Amafaranga y’u Rwanda 82,000 by’amahimbano ubwo yari agiye kuyabitsa ku mu-agent mu Karere ka Rwamagana, mu Murenge wa Muhazi, Akagari ka Nyarusange, Umudugudu wa Pulaje. Umuvugzi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, SP Hamdun Twizeyimana, yavuze ko uyu Habirora yafashwe ubwo yari agiye kubitsa aya mafaranga ku mukozi wa […]

Abadepite bamurikiwe uko akato gahabwa abafite virusi ya SIDA gahagaze mu Rwanda

Urugaga rw’abafite virusi itera SIDA kuri uyu wa 22 Nyakanga 2022, ruri kumurikira abadepite bagize komisiyo y’imibereho myiza y’abaturage, ubushakashatsi rwakoze ku kato gahabwa abafite iyi virusi. Ubu bushakashatsi bwakorewe ku bantu 938 barimo abafite virusi itera SIDA, abakora akazi ko kwicuruza, n’abaryamana ari ab’igitsina kimwe. Ubu bushakatsi bugaragaza ko akato gahabwa abafite iyi virusi […]

Somalia still interested in joining EAC

Somalia has renewed interest in joining the East African Community (EAC), cementing the desire of President Hassan Sheikh Mohamud to stabilise ties with neighbours. President Mohamud, who won the presidential polls in May, was in Arusha on Thursday as a special guest to attend the 21st Ordinary Summit of the EAC Heads of State. And […]

Sadio Mane yahigitse Mendy, Mo Salah nk’umukinnyi w’umwaka ku mugabane wa Afurika

Umunya-Senegale ukinira ikipe yo mu Budage, Sadio Mane, niwe watowe nk’umukinnyi w’umupira w’amaguru wahize abandi ku mugabane wa Afurika, ahigitse Umunya-Misiri, Mohammed Salah ukinira Liverpool na mwenewabo, Edouardy Mendy, umunyezamu wa Chelsea. Ni igihembo yaherewe i Rabat muri Maroc mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane, bikaba ari no ku nshuro ya Kabiri acyegukanye. Mane […]

Metallurgist at RUTONGO Mines Ltd

JOB ADVERTISEMENT Who we Are: Rutongo Mines Ltd is a Tin Mining Company, situated in Masoro Sector, Rulindo District, Northern Province. The Management of Rutongo Mines Ltd informs the public that it is recruiting Competent, Qualified and Experienced staff for the following position: Metallurgist (1 Position) Position/Job Title: Metallurgist Job Grade: D1 Department : Technical […]

M23 ivuga ko abarimo FDLR bagiye kuyigabaho ibitero simusiga

M23 yatangaje ko yabonye amakuru ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) zifatanyije n’imitwe irimo FDLR, bari mu myitozo ikomeye yo kuygabaho ibitero byo kwisubiza ibice biri mu maboko yawo, utangaza ko uzirwanaho. Mu itangazo ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Nyakanga 2022, M23 yavuze ko FARDC yiyambaje imitwe imwe y’inyeshyamba ya: […]

Umunyarwanda wafatiwe muri Ukraine yagaragaye aririmba indirimbo isingiza ingabo z’Uburusiya

Sele Murekezi ni Mukuru wa Suedi Murekezi, Umunyarwanda ufungiwe muri Ukraine nyuma yo gufatwa n’abiyomoye kuri Ukraine bakaba bashyigikiye Uburusiya, avuga ko bajya kumenya ko yafashwe, bamubonye mu mashusho, ari kuririmba indirimbo isingiza ingabo z’Uburusiya. Suedi Murekezi wahoze mu ngabo zirwanira mu kirere za Amerika, mukuru we avuga ko yafashwe kuwa 9 Kamena, akuwe mu […]

Rise in viagra sales sows in Somalia

Puntland politicians are whipping up a storm over an ‘increased’ sale of viagra to the unsuspecting public. On Tuesday, local health officials appearing before a parliamentary committee were put to task to explain how they would tame what the MPs said was an increasing risk of exposing the public to health hazards by regulating the […]

Ibinini byongera ingufu z’akabariro biragurwa nk’amasuka muri Somalia

Abanyepolitiki mu Ntara ya Puntland muri Somalia bavuga ko bafite impungenge ku igurwa riri ku kigero yo hejuru ibinini byongera ingufu zo gutera akabariro byitwa Viagra muri iyo ntara. Mu nteko kuwa Kabiri, bamwe mu bayobozi mu nzego z’ibanze bagaragarije inteko ko kugura Viagra biri kwiyongera cyane kandi hatazwi icyiciro cy’abaturage bari kugura ibyo binini […]

Ange Kagame, husband welcome a bouncing baby

Ange Kagame, the daughter of Rwandan President, Paul Kagame, and her husband, Bertrand Ndengeyingoma, have given birth to their second child. The news was confirmed by Kagame himself via Twitter, while congratulating the couple. “Congrats Ange & Bertrand …” Kagame tweeted on Wednesday Kagame has four children, only his daughter, 29 is married while first […]

Telefone ya mwishywa wa Rusesabagina yinjiriwe na Pegasus

Inzobere zo muri Laboratwari yitwa Citizen ikorera muri Canada zitangaza ko telefone ndendanwa ya mwishywa wa Rusesabagina witwa Jean Paul Nsonzerumpa, mu 2020 yinjiriwe inshuro nyinshi, mu buryo bwa gitasi n’agakoresho ka kompanyi ya Israel, NSO kitwa Pegasus. Amnesty International’s security lab mu 2021 yari yatangaje ko mubyara w’uyu Nsonzerumpa akaba n’umukobwa wa Rusesabagina, Carine […]

Rwanda, Austria sign bilateral agreement

Rwanda and Austria have signed an agreement that will see both countries opening skies for each other’s commercial airlines. The agreement was signed Tuesday afternoon between Minister for Infrastructure, Ernest Nsabimana alongside Austria’s Ambassador to Kenya and accredited to Rwanda, Christian Fellner. Following the signing, Nsabimana told the press that the agreement which is a […]

Amb. w’Ubwongereza mu Rwanda yanditse asaba ko abimukira batakoherezwa mu Rwanda

arton155643.jpg

Amakuru yagiye hanze avuga ko hari inyandiko zitari zarigeze zibonwa mbere zo muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu y’Ubwongereza zijyanye n’amasezerano yakuruye impaka yo kohereza mu Rwanda abasaba ubuhungiro mu Bwongereza, zirimo aho Ambasaderi w’Ubwongereza mu Rwanda, mu 2021 yandikiye igihugu cye, atanga inama yo kutagirana amasezerano n’amwe n’u Rwanda ku basaba ubuhungiro. Izi nyandiko nk’uko BBC […]

Dos Santos family agrees on his burial place following battle

Former Angolan president José Eduardo dos Santos’ children on Tuesday agreed to have their father buried in Luanda, but only after the August 24 general election. Dos Santos died on July 8, aged 79, having made history by becoming president at the age of 37, and leaving the seat in 2017, 38 years later. However, […]

Imirambo bikekwa ko ari iy’abarwanyi bavuga Ikinyarwanda yabonetse mu ishyamba rya Kibira

Mu Ishyamba rya Kibira mu Ntara ya Cibitoke yegereye u Rwanda habonetse imirambo ine irimo itatu y’abambaye impuzankano ya FARDC, bigakekwa ko ari iy’abavuga Ikinyarwanda bo muri FLN. Iyi mirambo yabonywe n’abasirikare b’Igihugu cy’u Burundi bari mu gikorwa cyo gucunga umutekano muri iri shyamba rya Kibira, ku musozi wa Gafumbegeti muri Zone ya Butahana muri […]

Putin yahuriye na Ayatollah Khamenei, Perezida Erdogan muri Iran

Kuri uyu wa Kabiri, Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya kuri uyu wa Kabiri, yahuriye muri Iran n’umuyobozi w’ikirenga w’icyo gihugu, Ayatollah Khamenei ndetse na Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan Ni urugendo rwa Kabiri agiriye hanze y’igihugu kuva yatangiza intambara kuri Ukraine. Ibitangazamakuru mpuzamahanga bitangaza ko uyu mugabo yagiye guhura n’abo bategetsi kugira ngo baganire ku […]

Abatuye hafi y’inyubako ya Min. w’Intebe Bunyoni mu Kanyosha babwiwe kutayegera

Bamwe mu baturage bari basanzwe bafite cyangwa bashaka kubaka ibibanza byabo biri muri Zone Kanyosha ahitwa Nkenga-Busoro, ahari inyubako ya Minisitiri w’Intebe, Alain-Guillaume Bunyoni, babwiwe ko bagomba kutongera kuhubaka ndetse ko bazajya basiga metero 200 uvuye aho yubatse. UBM News ivuga ko aba baturage bari mu kwijujuta n’agahinda kenshi, bavuga ko “Kuva Bunyoni yatangira kuhubaka, […]

EAC head of states to meet in Arusha

Heads of State set to convene in Arusha on 21 July 2022 for a High-level Retreat on the EAC Common Marketto take stock of the progress of implementation of the EAC Common Market Protocol and thereafter hold their 22nd Ordinary Summit of EAC Heads of State on 22 July 2022 About 300 participants from Partner […]

Dr Rutunga ushinjwa jenoside avuga ko na we yahizwe

Dr Venant Rutunga wahoze ari umuyobozi w’ikigo cy’ubushakashatsi mu buhinzi cya ISAR, yabwiye urugereko rwihariye rw’urukiko rukuru rukorera mu Mujyi wa Nyanza ku wa Mbere ko na we mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi na we yahigwaga. Rutunga yabwiye urukiko ko ibyo byaha byamwitiriwe kubera umwanya ukomeye w’ikigo cya ISAR yari arimo, avuga ko nta […]

Amagana y’abatuye i Tororo bari guhunga ku bwo gukeka Illuminati

Abayobozi mu nzego z’ibanze mu gace ka Tororo bavuga amagana y’abaturage bamaze guhunga ako gace, batinya kwibasirwa n’imizimu bakeka ko bayitezwa na bagenzi babo baba bakorana n’itsinda rikunze guhuzwa na rusifero, Illuminati. Aba baturage bavuga ko bari kwibasirwa n’imizimu ku buryo abagabo n’abagore bari kuba abanyarugomo, abana ku ishuri bakitwara nabi ku buryo birukanwa. Ibi […]

U Burundi buvuga ko abakoze coup d’etat mu 2015 bari mu Rwanda buzabakira mu gihe cya vuba

Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’Uburundi, Sonia Niyubahwe, avuga ko bitewe n’uburyo umubano hagati y’u Rwanda n’igihugu cye ugenda unozwa, bizeye ko bazakira bidatinze abashatse guhirika ubutegetsi muri icyo gihugu mu 2015. Niyubahwe yabitangarije abanyamakuru mu mpera z’icyumweru gishize ubwo abavugizi b’inzego zitandukanye mu Burundi, baganiraga n’ibitangazamakuru n’abaturage muri rusange. Uyu muyobozi yavuze ko igihe […]

About 300,000 candidates to sit primary leaving exams today

All roads will lead to designated sites as 229,859 Primary Leaving Examinations (PLE) Candidates start national exams effective July 18. National exams for PLE will run from July 18 to July 20, 2022. This year, the number of pupils who registered to sit the PLE reduced by 9.7% compared to last year’s 254,678, candidates, according […]

RWANDA FDA yaburiye abakoresha imiti gakondo

Ikigo gishinzwe ubugenzuzi bw’imiti n’ibiribwa (RWANDA FDA) kiraburira abakoresha imiti y’ibimera ko hari irimo udukoko n’ibindi bintu bishobora kugira ingaruka ku mubiri w’umuntu, kigahamagarira abayikora kujya babanza kukigana kikabakorera isuzuma ry’iyo miti. Ni mu gihe abavuzi gakondo bo basaba ko hajyaho itegeko ryafasha guca akajagari mu buvuzi bwifashisha iyi miti. Umubyeyi utifuje ko hatangazwa imyirondoro […]

Umugabo w’i Kayonza arakekwaho gusambanya umuhungu w’imyaka 13

Mu Kagari ka Cyinzovu mu Murenge wa Kabarondo mu Karere ka Kayonza, haravugwa umugabo w’imyaka 38 ukekwaho gusambanya umwana w’umuhungu bari bajyanye kuvoma ubundi bavuyeyo bageze mu ishyamba amukubita umutego wa rugondihene agwa hasi ubundi akamwishimishaho. Uyu mugabo akekwaho gusambanya umwana w’umuhungu w’imyaka 13 kuri uyu wa Gatanu tariki 15 Nyakanga 2022. Amakuru atangwa n’ubuyobozi […]

U Rwanda rwatorewe kwakira Icyicaro cy’Ikigo Nyafurika Gishinzwe Imiti

U Rwanda rwatorewe kwakira Icyicaro cy’Ikigo Nyafurika Gishinzwe Imiti. Ni icyemezo cyafashwe kuwa 15 Nyakanga 2022, n’akanama k’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe i Lusaka muri Zambia. AMA ni ikigo cyihariye cya AU kigamije kunoza amabwiriza agenga iby’imiti. Muri iyi nama, u Rwanda rwari ruhagarariwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Dr Vincent Biruta. Minisitiri Biruta kuri Twitter […]

Joe Biden avuga yongeye kubwira igikomangoma Mohammed bin Salman ko yishe Khashoggi

Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko yagarutse ku iyicwa ry’umunyamakuru Jamal Khashoggi, mu nama yagiranye n’igikomangoma cya Saudi Arabia (Arabie Saoudite) Mohammed bin Salman. Nyuma y’inama itavuzweho rumwe yabahuje bombi ku wa Gatanu, Biden yabwiye abanyamakuru ati “Ku bijyanye n’iyicwa rya Khashoggi, narikomojeho mbere na mbere mu nama, nsobanura neza icyo naritekerejeho icyo gihe n’icyo […]

Abadepite ba Amerika bemeje umwanzuro usaba u Rwanda kurekura Rusesabagina

Inteko ishingamategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, umutwe w’abadepite, yemeje umwanzuro wo gusaba leta y’u Rwanda, Paul Rusesabagina ku mpamvu bavuga ko ari iz’ubumuntu. Umwaka ushize, Rusesabagina yakatiwe gufungwa imyaka 25 aho afungiye mu Rwanda ahamijwe ibyaha birimo iterabwoba. Muri Gashyantare 2022, abadepite babiri b’inteko ya Amerika; Young Kim wa California na Joaquin Castro […]

Hari abaturage bo mu Cibitoke bavuga ko bari kubona abarwanyi benshi bavuga Ikinyarwanda

ouest-bureau-provincial-de-cibitoke.jpg

Bamwe mu baturage bo mu duce twa Gafumbegeti, Rutorero na Mukoma mu Ntara ya Cibitoke mu Burundi, baravuga ko bafite ubwoba kubera inyeshyamba za FLN zikomeje kuhagarara ari nyinshi. SOS Médias Burundi dukesha iyi nkuru ivuga ko amakuru aturuka mu Gisirikire cy’u Burundi, yemeza ko izi nyeshyamba zivuga Ikinyarwanda ari iz’umutwe wa FLN urwanya u […]

Museveni yavuze ko agiye gushyiraho intasi zo kureba abayobozi basinzirira ku kazi

Perezida Museveni Yoweli wa Uganda yavuze ko agiye gushyiraho intasi zishinzwe kureba abayobozi avuga ko basinzirira mu biro, bikadindiza ishyirwa mu bikorwa rya gahunda za Leta. Mu ijambo rye ubwo yafunguraga ku mugaragaro urwego Public Policy Executive Oversight Forum (Apex platform), yavuze ko Urwego rushinzwe umutekano w’imbere mu gihugu, ISO, rugiye guhagurukiye iki kibazo. Yagize […]

Rwanda suspends local games betting

The ministry of trade and industry (MINICOM) in agreement with ministry of sports (MINISPORTS) has said that all sports betting and online gaming companies in Rwanda that offer betting odds or options on all local gaming are suspended with immediate effect until further notice. This comes after it was speculated that there might be more […]

Leta yashyizeho uburyo bukaze bwo guhashya ubujura bwa za mudasobwa, amatelefoni n’ibindi

Guverinoma y’ u Rwanda yatanze amezi 3 ku bacuruza ibikoresho by’amashanyarazi cyangwa iby’ikoranabuhanga yo kuba bamaze kubisabira uruhushya, hagamijwe gukumira ubujura bw’ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo: telefoni, televiziyo, mudasobwa n’ibindi. Ibi bikubiye mu mabwiriza mashya agenga ubucuruzi bw’ibikoresho by’amashanyarazi cyangwa iby’ikoranabuhanga. Ni amabwiriza yasohotse mu igazeti ya Leta. Ibikoresho by’ikoranabuhanga birimo telefoni, televiziyo, mudasobwa ndetse n’ibindi ni […]

Teacher of Kinyarwanda & French for Primary & Kindergarten section at Wellspring Academy

Job Announcement Teacher of Kinyarwanda & French for Primary & Kindergarten section Job Description: Wellspring Academy is an international Christian School with a Vision to produce a new generation of servant leaders to bless Rwanda and display the best of Rwanda to the world. The school is currently hiring a teacher of Kinyarwanda & French. […]

Beware of deadly Elephantiasis that is wreaking havoc in Gicumbi District

According to World Health Organisation (WHO), Lymphatic Filariasis also known as Elephantiasis is a disease that appears mostly on legs due to the penetration of filarial parasites in the human body through mosquitoes. Elephantiasis has cause and transmission, symptoms and effects, prevention as well as the treatment that we are going to discuss in this […]

Ishyirahamwe Burundi Secours rivuga ko ‘ryakiriye neza’ ifungwa ry’ Abanyarwanda babiri

Ishyirahamwe ryigenga ryo mu Burundi ryitwa Burundi Secours, rivuga ko ryabonye ifungwa ry’Abanyarwanda babiri; Nkunzurwanda Salama usanzwe aba i Kigali, n’umugabo witwa Gakwaya Ernest usanzwe aba muri Sénégal, ari ikintu cyiza cyerekana ko u Burundi buri maso ku bjyanye n’abakora ingendo. Ku wa 03 Nyakanga ni bwo aba babiri bafatiwe ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cyitiriwe […]

Rwanda-born American in Ukraine jail amid fear of death penalty

BBC Suedi Murekezi, 35, a Rwandan-born crypto investor, is said to have been arrested last month in the Russian-occupied port city of Kherson. Friends and family say the US Air Force veteran has been falsely accused of joining pro-Ukraine protests. He is reportedly in the same jail as two US fighters captured last month. The […]

Bucyibaruta yavuze ibibazo bibiri amaze imyaka 28 yibaza

Laurent Bucyibaruta nyuma yo gukatirwa imyaka 20 ku bwo guhamwa n’ibyaha bya jenoside, yavuze ko hari ibibazo bibiri yicuza atigeze ahwema kwibazamu myaka 28 ishize, jenoside yakorewe Abatutsi ibaye. Ubwo iburanisha ryarangiraga ku wa kabiri, AFP isubiramo amagambo ya Bucyibaruta abwira urukiko ati: “Sinigeze na rimwe mba ku ruhande rw’abicanyi”. Mu butumwa bwe, Bucyibaruta yagize […]

Sri Lanka crisis: Protesters enter PM office as president flees

Anger against PM and acting President Ranil Wickremesinghe grows after President Gotabaya Rajapaksa flees to Maldives. At least 30 protesters have been injured during demonstrations at the prime minister’s office, according to the Sri Lankan news agency NewsWire. Protesters, who have been on the receiving end of tear gas and water cannon used by police […]

French court hands genocide suspect Bucyibaruta 20-year sentence in jail

The Cour d’assises de Paris has handed former Gikongoro prefet, Laurent Bucyibaruta, a 20-year jail sentence for his role in the 1994 Genocide against the Tutsi. He was immediately placed under arrest following the sentencing. Bucyibaruta, 78, has lived in France for over two decades. His trial that started on May 9, lasted two months […]

Mu Rwanda hadutse ubuhinzi bw’umuceri bufatanye n’ubw’ bw’amafi mu murima umwe

Mu Rwanda hamaze gutangizwa ubuhinzi budasanzwe bw’umuceri bukomatanyije n’ubworozi bw’amafi mu murima umwe, busanzwe bukorwa na bamwe mu bahinzi bo mu Karere ka Rwamagana bemeza ko bwabateje imbere. Akabarore ni mu Gishanga cya Cyimpima aho abahinzi bari kwita ku mafi, akiri mu mazi yo mu murima basaruyemo umuceri. Mu kwezi kwa Mbere aba bahinzi batunganyije […]

Rutsiro: Bamwe mu banyeshuri biga kuri APAKAPE bigabye mu giturage bajya kwiba

apakapee-ok-1536x1152.jpg

Abanyeshuri icyenda biga ku kigo cy’Amashuri yisumbuye cya APAKAPE kiri mu Murenge wa Mushonyi, mu Karere ka Rutsiro, birukanwe mu gihe cy’icyumweru kimwe harimo batanu baryozwa gutoroka ikigo bakajya kwiba mu giturage. Aba banyeshuri batangiye kwirukanwa mu ntangiriro za Nyakanga 2022, ubwo hamenyekanaga ko hari abanyeshuri 3 bo muri iki kigo biga mu mwaka wa […]

Tanzania: Hadutse indwara itazwi imaze kwica ‘benshi’

Indwara itaramenyekana inkomoko n’izina ryayo yadutse mu gihugu cya Tanzania, uwo ifashe yikubita hasi nk’urwaye igicuri agahita atangira kuva amaraso mu mazuru nk’uko Minisitiri w’Intebe muri iki gihugu yabibwiye perezida Samia nyuma yo gusura agace iyi ndwara yagaragayemo. Ni indwara itaramenyekana imiterere yayo ikaba itaranaboneha mu kindi gihugu ku Isi, yatangiriye mu Majyepfo ya Tanzania; […]

Uwari Burugumesitiri wa Komini Rukondo yatunguranye cyane mu buhamya bwe mu rubanza rwa Twagiramungu

Urugereko rw’urukiko rukuru rukorera i Nyanza, kuwa 12 Nyakanga 2022, rwakomeje urubanza rwa Jean Twagiramungu ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside, humvwa abarimo Didace Hategekimana, wari Burugumesitiri wa Komini Rukondo, atangaza cyane urukiko mu buhamya bwe. Urukiko rwumvise abatangabuhamya batatu bo ku ruhande rushinjura, bose bemeza ko nta ruhare na ruto yagize mu bwicanyi bwakorewe abatutsi mu […]

Perezida wa Sri Lanka Gotabaya Rajapaksa yahunze igihugu

Perezida wa Sri Lanka Gotabaya Rajapaksa yahunze igihugu mu ndege ya gisirikare, mu gihe hari imyigaragambyo ikomeye ishingiye ku izahara ry’ubukungu bw’iki gihugu cyo muri Aziya y’amajyepfo. Igisirikare cy’iki gihugu kirwanira mu kirere cyemeje ko uyu mugabo w’imyaka 73 yahungiye mu birwa bya Maldives ari kumwe n’umugore we n’abashinzwe umutekano babiri. Bageze mu murwa mukuru […]

Gen Kainerugaba wari udaheutse gukoresha Twitter yagarutse kuri Gen Rwigema

Umugaba w’Ingabo za Uganda zirwanira ku Butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba, avuga ko mu gihe Amerika y’Epfo yagize intwari Che Guevara, bo bagize Fred Rwigema. Uyu muhungu wa Perezida Museveni wari umaze iminsi adakoresha Twitter, yavuze ko ” Amrika y’pfo yagize Che Guevara wabo natwe tugira Fred Rwigyema. Abazi Afade Fred bakwiyita abanyamugisha. Ni icyitegererezo […]

Min. Dr Biruta yajyanye ubutumwa bwa Perezida Kagame muri Armenia

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Dr. Biruta Vincent, ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki ya 11 Nyakanga 2022, yatangiye uruzinduko rw’akazi mu gihugu cya Armenia. Minisitiri Biruta, muri urwo ruzinduko yakiriwe i Erevan na Nikol Pashinyan, Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Armenia, akaba na Perezida w’Inama y’Abakuru b’Ibihugu bya OIF, umuryango uhuza ibihugu bikoresha ururimi […]

Ubufaransa: Hategerejwe umwanzuro ku rubanza rwa Laurent Bucyibaruta

Urukiko rwa rubanda rw’i Paris mu Bufaransa uyu munsi mugitondo rwiherereye ngo rufate umwanzuro ku rubanza rwa Laurent Bucyibaruta, uregwa uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu yahoze ari Perefegitura ya Gikongoro yayoboraga. Bucyibaruta umaze amezi asaga abiri aburanishwa ahakana ibyaha byose aregwa. Ubushinjacyaha mu cyumweru gishize, bwari bwasabye ko uyu mugabo afungwa burundu […]

Ferdinand Rutikanga watangije iteramakofe mu Rwanda yapfuye

Umuteramakofe Ferdinad Rutikanga, uvuga ko ari we watangije umukino w’iteramakofie mu Rwanda yapfuye mu gitondo cyo kuri uyu wa 12 Nyakanga 2022. ku myaka 66 y’amavuko. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko Rutikanga, yazize uburwayi. Uyu mugabo yamamaye mu biganiro cyane kuri Radiyo Rwanda mu kiganiro cyitwa Kubaza Bitera Kumenya, aho yakunze kumvikana abaza ndetse […]

Fight erupts over José Eduardo dos Santos burial

A row has erupted over the burial of former Angola President José Eduardo dos Santos who died on Friday at a Spanish hospital. The dispute arose after President João Lourenço decreed the setting up of a government commission to arrange a state funeral for his predecessor in the capital Luanda. The family, led by his […]

Dore serivisi bamwe mu b’ i Kigali bavuga ko batangaho ruswa ngo zihutishwe

Abatuye mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali bavuga ko gutinda guhabwa serivisi mu nzego zitandukanye biri mubitiza umurindi itangwa rya ruswa. Abaturage bavuganye na RBA bavuga ko iki kibazo kiri muri serivisi zikurikira: Serivisi z’ibyangombwa byo kubaka,ubutaka,gahunda zo gutoranya abahabwa inkunga zo kurengera abatishoboye,itangwa ry’amasoko ya Leta,ndetse n’abatwara ibinyabiziga mu mihanda. Bamwe muribo banga gutanga […]

Frank Habineza yavuze ku biherutse kuvugwa na Perezida Kagame ku kwiyamamariza kuyobora u Rwanda

Umuyobozi w’Ishyaka Democratic Green Party of Rwanda Dr Frank Habineza yavuze ko adashyigikiye ibiherutse gu tangazwa na Perezida wa Repubulika Paul Kagame ko ashaka kuzongera kwiyamamaza mu myaka 20 iri imbere. Dr FrankHabineza yabitangaje mu kiganiro yagiranye na Radiyo Ijwi rya Amerika, aho yabajijwe icyo nk’ishyaka ritavugarumwe n’ubutegetsi bavuga nyuma y’ibyatangajwe na Perezida Kagame mu […]

Umukobwa yasabye abagabo kureka gukabya kubonka amabere

Umukobwa witwa Doreen Kabareebe wo muri Uganda yasabye abagabo kugabanya gukabya kubonka amabere mu gihe cy’akabariro kuko bituma agwa, maze ubundi abagabo bakirirwa bijujuta ngo abagore bafite ayaguye kandi aribo ba nyirabayazana. Mu kiganiro na Radiyo yitwa Galaxy FM, uyu munyamideli yagarukaga ku by’imibanire hagati y’abagabo n’abagore, aho abagore basigaye bashinjwa kutanyurwa n’umugabo umwe. Yagize […]

Commodity prices rise by 13.7%-NISR

The prices of goods and services increased by 13.7 per cent in June 2022 compared to the same month last year, and 0.8 per cent increase on a monthly basis, according to National Institute of Statistics (NISR). The report released on July 10 indicates that prices of food and non-alcoholic beverages increased by 25.1 per […]

Nyagatare: Babiri bo mu Mudugudu umwe basanzwe bapfuye mu munsi umwe

Umugabo witwa Benamu mu Mudugudu w’Akanyange, Akagari ka Ndama mu Murenge wa Karangazi mu Karere ka Nyagatare, yasanzwe yapfuye, yimanitse mu gihe muri uwo mudugudu kandi uwitwa Nziyumvira Protais na we yasanzwe yapfuye. Amakuru BWIZA yakuye ahantu hizewe avuga ko imirambo wa Benamu na Nziyumvira yabonetse kuwa 8 Nyakanga 2022. Isoko y’amakuru yacu yagize iti […]

Kagame promotes three senior military officers to Major Generals

fxxkuvwxoaijt_z.jpg

Rwandan President, Kagame Paul and Commander In Chief of Armed Forces has promoted Brig Gen Ruki Karusisi, Brig Gen Willy Rwagasana and Brig Gen Vincent Nyakarundi, to the rank of Major General. According to the 11 July statement, the decision will take the immediate effect. The CIC also has promoted army spokesperson, Col Ronald Rwivanga […]

Umurambo wa Col Ndarihoranye uragezwa i Goma

Umurambo wa Col Zayire Ndarihoranye wari indwanyi ikomeye mu Gisirikare cya FARDC, waguye mu Bitaro bya Rabat muri Maroc, uragezwa i Goma kuri uyu wa 9 Nyakanga 2022. Col.Zayire Ndarihoranye ni umwe mu bayobozi ba FARDC babaye indwanyi zikomeye aho yakoreye iki gisirikare mu gihe cy’imyaka 22 akaba yarabaye umuyobozi wa Regima yakoreraga muri Kivu […]