Musanze: RDF, UPDF, FDNB, KDF na TPDF basoje imyitozo bahuriyeho

Ingabo z’ibihugu by’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), zasoje imyitozo ihuriweho zari zimaze iminsi bakorera mu karere ka Musanze. Iyi myitozo izwi nka Command Post Exercise (CPX) “USHIRIKIANO IMARA”, yari yanitabiriwe n’abapolisi ndetse n’abasivile. Minisitiri w’Ingabo z’u Rwanda, Juvenal Marizamunda ubwo yasozaga iriya myitozo, yavuze ko iriya myitozo yashimangiye ko binyuze mu bufatanye no gushyigikirana, ibihugu […]

Urunturuntu hagati ya Chameleone na Eddy Kenzo

Umuhanzi Jose Chameleone ntarimo kuvuga rumwe na Eddy Kenzo bapfa ko atitabira inama y’ihuriro ry’abahanzi bo muri Uganda bigafatwa nk’aho aba ari agasuzuguro no kutiyumvamo bagenzi be. Ni ihuriro rya UNMF ribarizwamo abahanzi hafi ya bose bo muri Uganda aho ryatoye umuhanzi Eddy Kenzo nk’ukwiye kurihagararira mu buryo bwo kurengera inyungu zabo. Gusa ngo n’ubwo […]

Bidasubirwaho FC Barcelona yasinyishije Kapiteni wa Manchester City

Ikipe ya FC Barcelona yemeje ko Umudage Ilkay Gà¼ndogan wari Kapiteni wa Manchester City nk’umukinnyi wayo mushya. Iyi kipe y’i Catalunya yemeje ko Ilkay Gà¼ndogan ari umukinnyi wayo mu myaka ibiri iri imbere. Uyu mugabo uzuzuza imyaka 33 y’amavuko, yerekeje muri FC Barcelona ku buntu. Release Clause ye ni miliyoni 400 z’ama-Euro. Gà¼ndogan asanzwe ari […]

Inshuti ya cyera ya Rihanna yagaragaye imukorakora

Umuhanzikazi Rihanna uri mu bitabiriye imurikamideli i Paris mu Bufaransa, yakoze ibisa n’agashya ubwo icyamamare Lebron James wahoze ari inshuti ye ya cyera yagaragaye amukorakora kunda nyuma y’igihe kinini batabonana. Uyu mugabo uri mu bafatwa nk’umwe mu nkingi za mwamba mu mukino w’intioki wa Basket agikubita amaso uyu muhanzikazi niko kumuhobera n’ibinezaneza ari nako amukorakora […]

RIB yafunze umuforomo ukekwaho gusambanya umubyeyi yari agiye kubyaza

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze umuforomo wakoreraga ku kigo nderabuzima cya Mahama mu karere ka Kirehe, rukamukekaho gusambanya umubyeyi yari agiye kubyaza. RIB ivuga ko ku wa 24 Kamena uwahohotewe ubwo yari agiye kubyarira kuri kiriya kigo nderabuzima yagiye mu isuzumiro, gusa umuforomo w’imyaka 46 y’amavuko yahasanze bikarangira amusambanyije aho kumusuzuma. Icyo gihe ngo yahise […]

Nyampinga w’u Burundi wa 2023 yamenyekanye (Amafoto)

20230625_062124.jpg

Lellie Carelle Ndayizeye ni we waraye wegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Burundi wa 2023, asimbuye Kelly Ngaruko wari urimaranye umwaka. Ndayizeye wari uhagarariye intara ya Bubanza, yegukanye ikamba rya Nyampinga w’u Burundi ahigitse abakobwa 11 bari bahuriye mu cyiciro cya nyuma cya Miss Burundi 2023. Ibirori byo kumushyikiriza ikamba byabereye mu mujyi wa Bujumbura, byitabirwa […]

Umutobe wavuye mu gisheke ushobora guhangana n,ubushyuhe buterwa n,imitezi

Igisheke cg igikaju bitewe n,uko ukita nta watinya kuvuga ko yaba umwana cyangwa umuntu mukuru iyo anyweye umutobe wacyo y,umva aryohewe. Uyu mutobe cyangwa amazi yacyo afite umumaro haba mu kurinda indwara cyangwa kumara inyota .Umutobe wavuye mu gisheke kimwe no kugihekenya bifasha mu guhangana n’ubushye uba wumva iyo urwaye indwara zifata mu myanya ndangagitsina […]

Bidatunguranye, Munyantwali Alphonse yatorewe kuba Perezida wa FERWAFA

Munyantwali Alphonse wari umaze igihe gito ari Perezida wa Police FC, yatorewe kuba Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA). Munyantwali wanabaye Guverineri w’Intara z’Amajyepfo n’Uburengerazuba, yatorewe mu nteko rusange ya FERWAFA yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Kamena. Uyu mugabo wari umukandida rukumbi ku mwanya wa Perezida wa FERWAFA, yatowe ku majwi […]

Nkore iki? Umukobwa twahuriye i Nairobi agiye kunsenyera

Umukunzi wa bwiza yanditse asaba abakunzi b,uru rubuga kumugira inama nyuma y,uko ahuriye n,umukobwa muri Kenya agashaka kumwigarurira kd asanzwe afite urugo. Yagize ati”Amazina yanjye ntabwo ndibuyavuge ku mpamvu z,umutekano wanjye.Ubusanzwe nibera i Nairobi ariko u undi uw,i Kigali. Nagiye muri Kenya 2012 ngiye gushaka ubuzima nk,abandi bose ariko ntibyakunda neza gusa ibyo nkayo birantunze […]

Perezida Putin yarahiriye guha isomo umukuru wa Wagner wigumuye

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya mu ijambo yagejeje ku baturage b’igihugu cye kuri uyu wa Gatandatu, yarahiriye ‘guhana’ umukuru w’abacanshuro ba Wagner nyuma yo kwigumura. Perezida Putin mu ijambo rye yagaragaje ko ibyakozwe na Yevgeny Prigozhin ari nko “gutera inkota igihugu mu mugongo.” Yavuze kandi ko ibyakozwe n’uriya muyobozi w’abacanshuro ba Wagner ari “ubugambanyi bwo […]

Haracyari ihurizo ku mushinga w,urugomero ku ruzi rwa Nile

Gusubukurwa ku mushinga w,urugomero ku ruzi rwa Nile wongeye kuburwa nyuma y,uko Igihugu cya Ethiopia kiwushyizemo imbaraga. Guvernoma ya Ethiopia yongeye kuzamura ingingo yo kubaka urugomero ku ruzi rwa Nile, yakunze guteza impaka hagati ya Ethiopia, Misiri na Sudani Minisitiri w,intebe wa Ethiopia yatangaje ko muri uyu mushinga hazakenerwa nibura miliyali 4 na miliyoni 200 […]

Umukuru wa Wagner yarahiriye gutsinsura abayobozi bakuru b’Ingabo z’u Burusiya

Umuyobozi w’umutwe w’abacanshuro wa Wagner, Yevgeny Prigozhin, yatangaje ko azakora ibishoboka byose agasenya ubuyobozi bukuru by’igisirikare cy’u Burusiya. Uyu mugabo yatangaje ibi nyuma y’amasaha make Klemlin [Perezidansi y’u Burusiya] imushinje “kwigumura akoresheje intwaro.” Umutwe w’abacanshuro wa Wagner umaze igihe ufasha Ingabo z’u Burusiya mu ntambara zimaze umwaka n’amezi atandatu zihanganyemo n’iza Ukraine. Kuri ubu umwuka […]

Musonere ukekwaho kwica umugore we n’abana 3 yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi Musonere Théogène wo mu karere ka Kayonza rwari rumaze igihe rushakisha kubera uruhare akekwaho kugira mu iyicwa ry’umugore we ndetse n’abana batatu. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry, yatangaje ko uriya mugabo yatawe muri yombi ejo ku wa Gatanu tariki ya 23 Kamena 2023. Musonere yatawe muri yombi […]

Mangwende yafashije FAR Rabat kwegukana igikombe cya shampiyona yaherukaga mu myaka 15

Ikipe ya AS FAR ikinamo Umunyarwanda Imanishimwe Emmanuel ‘Mangwende’, yaraye yegukanye Igikombe cya shampiyona ya Maroc nyuma yo gutsinda bigoranye Ittihad Tanger ibitego 3-2. Hari mu mukino w’umunsi wa nyuma wa shampiyona ya Maroc (Botola Pro 1) Mangwende na bagenzi be bari basuye iriya kipe kuri Grand Stade de Tanger. FAR Rabat yaherukaga Igikombe cya […]

Gen James Kabarebe yasuye ingabo za RDF i Cabo Delgado (Amafoto)

csm_1_8e99d544db.jpg

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu bya gisirikare, Gen James Kabarebe, kuri uyu wa Gatanu yasuye Ingabo z’u Rwanda zoherejwe mu ntara ya Cabo Delgado muri Mozambique. U Rwanda rufite muri iyi ntara abasirikare n’abapolisi barenga 2,000 bayoherejwemo mu butumwa bwo kugarura amahoro, nyuma y’igihe yarigaruriwe n’ibyihebe bya Al Shabaab. Minisiteri y’Ingabo z’u Rwanda yatangaje […]

Yakatiwe imyaka 15 y’igifungo azira gukora ku kibuno cy’umugore utari uwe

Umugabo witwa Mathotho w’imyaka 55 y’amavuko yakatiwe gufungwa imyaka 15 azira gukorakora umugore utari uwe nyuma yo guhengera ko umugabo we adahari. Amakuru avuga ko uyu mugabo yahengereye igicuku kinishye ajya mu rugo rw’umuturanyi we ariko akaba yari yacunze ko umugabo we adahari maze aboneza mucyumba aramukorakora. Bitewe n’uko ngo itara ryakaga mu cyumba , […]

APR FC yahawe abayobozi bashya barimo uwahoze ari SG wa FERWAFA

Ikipe ya APR FC yabonye abayobozi bashya, barimo Umuyobozi Mukuru ndetse n’Umuyobozi Mukuru wungirije. Uwagizwe Chairman w’iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu ni Lt Col Karasira Richard wahoze ari Perezida wa Marines FC. Uyu musirikare yagizwe Umuyobozi Mukuru wa APR FC nyuma y’igihe kirekire bivugwa ko ari we ugomba gusimbura Lt Gen Mubarakh Muganga umaze igihe gito […]

Neymar ashobora gucibwa amande ya miliyoni 1$ azira imyubakire

Umunya Bresil Neymar Junior De Santos ashobora gucibwa amande angana na miliyoni 1$ nyuma y’uko avuguruye urugo rwe nta burenganzira abiherewe n’ubuyobozi bwo muri ako gace. Ni amakuru yakomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga ko Neymar yafatiwe ibyemejzo n’ubuyobozi bw’akarere afitemo inyubako aho ngo ashobora gucibwa amande ya miliyoni 1 z’amadolari azira kubaka nta burenganzira no […]

Marizamunda yahagarariye P. Kagame mu gusubiza mu buzima busanzwe inyeshyamba za RENAMO

Minisitiri w’Ingabo, Marizamunda Juvenal, ari i Maputo muri Mozambique aho yitabiriye igikorwa cyo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abarwanyi bo mu mutwe wa RENAMO. Mbere yo kwitabira kiriya gikorwa, Minisitiri Marizamunda n’intumwa ayoboye bagiranye ibiganiro na bagenzi babo bo muri Minisiteri y’Ingabo za Mozambique. Perezida Paul Kagame mu butumwa yanyujije kuri Twitter ye, yashimiye […]

Aya makosa umukobwa akwiye kuyirinda iyo ari gukoresha SMS aganira n’umukunzi we

Mu rukundo cyo kimwe no mu buzima busanzwe hari igihe abantu bahitamo uburyo bwo gukoresha ubutumwa bugufi nk’itumanaho ariko iyo bigeze mu bakundanana hari ibyo umukobwa asabwa kwitondera. 1.Kwandikira umusore amagambo menshi Mu gihe mukobwa/gore urimo wohererezanya ubutumwa bugufi n’uwo mukundana irende kwandika amagambo menshi cyane kuburyo uwo uyoherereje ashobora kubwinubira ahubwo ikiza n’ukugabanya ukagendera […]

Rayon Sports yasinyishije myugariro wasezerewe na Kiyovu Sports

Myugariro Serumogo Ally Omar wari umaze imyaka itanu muri Kiyovu Sports, yamaze kwerekeza muri Rayon Sports nyuma yo gutandukana na yo. Uyu myugariro ukina inyuma ku ruhande rw’iburyo yasinye amasezerano yo gukinira Murera mu myaka ibiri iri imbere. Ku mugoroba wo ku wa Kane Kiyovu Sports yari yatangaje ko yatandukanye na Serumogo wari usanzwe ari […]

Clever J aravumira ku gahera abo mu muryango wa Chameleon wamutereranye

Umuhanzi Clever J yifatiye ku gahanga abo mu muryango wa Jose Chameleon abashinja kumutererana mu buzima akomeje kubamo avuga ko batigeze bamushaka nk’umuryango ngo bamube hafi.Uyu mugabo ubusanzwe witwa Gerald Muwonge yabivuze asa n’usubiza abo mu muryango wa Mayanja bavuga ko atakabaye yitabira ibitaramo by’abandi bahanzi asize iby’abo mu muryango. Ni nyuma y’uko Clever J […]

Pasiteri Niyonshuti Théogène yapfuye

Pasiteri Niyonshuti Théogène wamenyekanye cyane nka ‘Inzahuke’, yitabye Imana azize impanuka y’imodoka. Inkuru y’urupfu rw’uyu muvugabutumwa wari ukunzwe n’abatari bake yatangiye kuvugwa mu ijoro ryakeye. Umuvugizi w’itorero ADEPR mu Rwanda nyakwigendera yasengeragamo, Rev. Past Ndayizeye Isaà¯e, ari mu bemeje urupfu rwe. Yabwiye Imvaho Nshya ko “N’ubwo bitaratangazwa ku mugaragaro ariko twamenye ko Pasiteri Théogène yitabye […]

U Rwanda rwagize icyo ruvuga kuri raporo ishinja ba Jenerali ba RDF gufasha M23

Guverinoma y’u Rwanda yanenze raporo impuguke za Loni kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziheruka gusohora zishinja Ingabo zarwo guha ubufasha inyeshyamba za M23, igaragaza ko ibogamye. Ku wa 13 Kamena ni bwo iyi raporo yasohotse. Ni raporo igaruka ku ngingo zitandukanye zerekeye umutekano wo mu burasirazuba bwa Congo Kinshasa. Aha muri Congo Kinshasa by’umwihariko […]

Abajejetafaranga Elon Musk na Zuckerberg mu myiteguro yo guhondagurana

Ku mbuga nkoranyambaga nta kindi gikomeje kuvugwa uretse amakuru yakomeje gucaracara ko abaherwe babiri aribo Elon Musk na Mark Zuckerberg ngo baba biteguye kwesurana imbere ya Camera. Umwanditsi kuri Yahoo.com yanditse ko aba bombi bamaze kwemeranywa ko baziyereka abakunzi babo mu mirwanire nyuma y’uko banakomeje kwigarurira isi mu byerekeye ikoranabuhanga. Ku babonye umukinnyi w’iteramakofe Pacquiao […]

Impanuro za Messi kuri Mbappé mbere y’uko ava muri PSG

Umunya-Argentine Lionel Messi yahaye impanuro Kylian Mbappé, mbere y’uko atandukana na Paris Saint-Germain yerekeza muri Inter Miami. Muri uku kwezi ni bwo Messi yatandukanye na PSG yari amaze imyaka ibiri akinira, mbere yo kwerekeza muri iriya kipe yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Messi mbere yo kuva muri iriya kipe y’i Paris, amakuru avuga […]

Kurya amashaza, umuti ku bantu bakunda gucika intege no kwiheba

Amashaza cyangwa ubushaza ni ikiribwa cy’ingirakamaro mu kurinda cyangwa kuvura indwara zitandukanye. Amashaza agizwe n’umugabane munini w’amazi hafi 80%. Amashaza afite ibyangombwa byinshi bikenura umubiri wacu harimo ibyitwa amido, isukari nke ya sakarose, amaremezo cyangwa poroteyine yo murwego rwo hejuru. Kurya amashaza yatekanywe n’ibinyampeke byuzuzanya neza kandi bigakungahaza umubiri. Mu mashaza harimo vitamini B1,B2,B6 z’ingenzi […]

U Bwongereza bwatangaje ko buhangayikishijwe n’ibikorwa bya FDLR

Leta y’u Bwongereza yatangaje ko ihangayikishijwe n’ibikorwa bihonyora uburenganzira bwa muntu imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR ikomeje gukorera mu burasirazuba bwa Congo. Bikubiye mu itangazo intumwa y’u Bwongereza mu karere k’ibiyaga bigari, Alison Thorpe yasohoye kuri uyu wa Kane tariki ya 22 Kamena. Ni nyuma ya raporo impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya […]

Umuhanzi Fizzo Mason yatanze urugero rwiza ku bandi bahanzi agendeye ku ndirimbo ze

image_2023-06-22_105434107.png

Umuhanzi Fizzo Mason uri mu bagezweho by’umwihariko mu njyana ya Hip Hop na Drill music yongeye gutanga ubutumwa akomoje ku ndirimbo ze yagiye ashyira hanze mu bihe bitandukanye. Uyu musore ubusanzwe uzwi ku mazina ye nyakuri nka Niyikiza Fidele yaganiriye na Bwiza.com avuga ko inganzo ye ayiganisha ku gutanga ubutumwa bwumvikana, bitandukanye n’ibindi bamwe mu […]

Urukundo rwa Tyga na Avril Lavigne rwabaye nk’umuriro w,amashara

Umuraperi Tyga uherutse gutandukana n,umuhanzikazi Avril Lavigne urukundo rwabo rwagereranyijwe n,umuriro w,amashara waka ugahita uzima. Aba bombi byatangajwe ko batandukanye nyuma yo kumara amezi hafi ane bakundana.Ni nyuma y,uko nanone Lavigne yari amaze igihe yaratandukanye na Mod Sun bagiye bashwana bakajya biyunga bya hato na hato. Tyga na Lavigne urukundo rwabo rwagiye rurangwa no kugaragara […]

Ibyihebe RDF yagiye guhiga i Cabo Delgado mu mikoranire na ADF

Umutwe w’iterabwoba wa ADF urwanya ubutegetsi bwa Uganda, byatangajwe ko ufitanye imikoranire n’indi mitwe itandukanye irimo n’uwa Ahlu al-Sunnah wal-Jamaah umaze igihe mu ngabo z’u Rwanda. Ni ibyatangajwe n’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, muri raporo nshya zasohoye ku wa 13 Kamena. Kuva muri Nyakanga 2021 u Rwanda rwohereje Ingabo muri Mozambique, […]

Basketball: u Burundi bwisasiye u Rwanda

Ikipe y’Igihugu ya Basketball yatsinzwe n’iy’u Burundi amanota 53-52. Amakipe yombi yari yahuriye mu mukino wa nyuma mu yo gushaka itike yo guhagararira Akarere ka Gatanu mu Mikino Nyafurika, FIBA Zone 5 AfroCan Qualifiers. Ni imikino yaberaga i Dar es Salaam mu gihugu cya Tanzania. U Rwanda rwari rwayitangiye rutsinda amakipe ya Eritrea, Sudani y’Epfo […]

Uganda yataye muri yombi umusore umaze igihe yigamba kuba icyihebe cya ADF

Inzego z’umutekano za Uganda ku wa Kabiri zataye muri yombi umusore witwa Kalenzi Resto, nyuma yo gukwirakwiza ku mbuga nkoranyambaga amashusho agaragaramo yigamba kuba icyihebe cya ADF. Polisi ya Uganda ku wa Kabiri yatangaje ko Resto w’imyaka 25 y’amavuko yafatiwe ahitwa Lugazi. Mu mashusho uyu musore yaherukaga gukwirakwiza ku rubuga rwa TikTok, yumvikana avuga ko […]

Ibintu 5 biganisha ku mibonano mpuzabitsina bisaza abagabo

Abagore benshi ntibazi ko hari ibintu bashobora gukora bigatuma abagabo babo baca ukubiri no kubaca inyuma.Niba uri umugore ugakorera umugabo ibi bintu tugiye kugarukaho biragoye ko wazahora mu ntonganya winubira ko aguca inyuma. 1.Gutuma umugabo ashaka imibonano Muri rusange ku bantu bakundana imibonano ni ingenzi, iyo rero umugore akunda kugira umwihariko wo gukurura umugabo ku […]

U Bufaransa bwongeye kwamagana u Rwanda buruhora M23

Leta y’u Bufaransa yasabye ihagarara ry’icyo yise “ubufasha bwa gisirikare u Rwanda rukomeje guha umutwe wa M23”, inamagana urugomo imitwe itandukanye ikomeje gukorera mu burasirazuba bwa Congo. U Bufaransa bwongeye gushyira u Rwanda mu majwi binyuze mu itangazo ryasohowe na Minisiteri yabwo y’Ububanyi n’Amahanga. Iri tangazo ryo ku wa Kabiri rivuga ko “u Bufaransa buhangayikishijwe […]

N’Golo Kante mu nzira zikurikira Karim Benzema mu ikipe ya Al-Ittihad

Umukinnyi wo hagati mu kibuga mu ikipe ya Chelsea N’Golo Kante, yamaze gufata umwanzuro werekeza mu gihugu cya Soudi Arabia mu ikipe ya Al-Ittihad aho agiye gusanga mugenzi we Karim Benzema umaze igihe gito yasinyanye nayo amasezerano yo kuyikinitra. Ni nyuma y’uko uyu musore w’imyaka 32 biteganyijwe ko amasezerano ye,azarangira mu mpera z’uku kwezi kwa […]

Umutoza w’Amavubi ngo nta kibazo abona cyatuma aba umushomeri

Nyuma y’uko amavubi akomeje kugaragaza umusaruro mucye, umutoza wayo ngo nta bwoba n’igishyika afite cyo kuba byatuma aba umushomeri nk’uko abantu benshi babitekereza.Avuga ko kandi adateze kuba umutwaro ku gihugu cy’u Rwanda kuko ngo ari inyangamugayo n’umunyakuri bityo ko yumva atagira uwo abangamira. Ati”Nta bwoba mfite,ndi umugabo w’umunyakuri ushobora kunkunda cyangwa ntunkunde ariko ndi umunyakuri. […]

Kayishema Fulgence ukekwaho Jenoside yasabye ubuhungiro

Kayishema uri muri ba ruharwa bashakishwa kubera uruhare bakekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi, yasabye ubuhungiro igihugu cya Afurika y’Epfo yari amaze imyaka irenga 20 yihishemo. Byatangajwe n’umunyamategeko we ku wa Kabiri tariki ya 20 Kamena. Mu kwezi gushize ni bwo uyu mugabo ukekwaho kugira uruhare mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi barenga 2,000 bari bahungiye muri Kiliziya […]

Makanyaga yavuze ku burwayi bw’amayobera bwamwibasiye akabikwa ari muzima

Umuhanzi Makanyaga Abdul umenyerewe mu ndirimbo zo hambere yavuze ko byasabye ko kwa muganga bamuhisha abaje kumureba ngo kugirango hadakomeza gukwirakwira ibihuha ko yaba yitabye Imana. Mu minsi ishize, nibwo hamenyekanye amakuru ko uyu muhanzi yaba arembye bikomeye, ndetse bamwe batangira gukwirakwiza ibihuha ko uyu mugabo yaba yashizemo umwuka. Mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru mu ntangiro […]

Nyaruguru: Uwarokotse jenoside yashimiye uwari umujandarume

Habinshuti wabaye umujandarume arashimirwa ubutwari yagize

Kamanzi Viateur warokotse jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994, ukomoka mu murenge wa Mata, mu karere ka Nyaruguru, yongeye gushimira Habinshuti Marc wari umujandarume ufite ipeti rya caporal. Habinshuti yagize uruhare rukomeye mu kurokoka kwa Kamanzi Viateur, umugore we, abana be 4 ndetse n’abandi baturanyi, bose hamwe barenga 14. Ubuhamya Kamanzi Viateur yabutangiye mu muhango wo […]

M23 ntikozwa ibyo kurambika intwaro

Umutwe wa M23 watangaje ko utarebwa na gahunda yo kurambika hasi intwaro no gusubizwa mu buzima busanzwe, mu gihe cyose utaragirana ibiganiro na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Uyu mutwe wabitangaje kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Kamena, mu itangazo ryasohowe n’umuvugizi wawo. Mu mpera z’ukwezi gushize i Bujumbura mu Burundi hateraniye […]

Yajyanye umugabo we mu rukiko amushinja ko atera akabariro agasohora amazi

Umugore witwa Salamat Suleiman ubarizwa mu gihugu cya Zambia, yegereye ubutabera ngo ahabwe gatanya nyuma y’uko ngo umugabo we amutera akabariro agasohora amasohoro ameze nk’amazi. Ni mu gihe hari hashize amezi abiri aba bombi bashakanye, ariko umugore akimara kubona icyo kibazo ngo yahisemo kugana inzira y’urukiko aho kugana kwa muganga. Igitangazamakuru cyo muri Zambia gitangaza […]

Ibihugu 10 bifite abaturage bibasiwe n’agahinda gakabije kurusha abandi ku isi

Ibihugu bimwe na bimwe usanga hakunze kugaragara abaturage bibasiwe n’agahinda gakabije, ahanini bitewe n’impamvu zitandukanye zirimo kugira ubwoba bwinshi bw’ahazaza ariko ikibazo abantu bibaza n’uko ibyinshi mu bihugu 10 bya mbere bifite abibasiwe n’agahinda ari ibikize 1.Ukraine Igihugu cya Ukraine cyiza ku isonga mu bihugu bifite abaturage bugarijwe n’agahinda gakabije.Intandaro ishingirwaho kuba abaturage bari mu […]

Genzura neza niba ukurikiza izi nama zikurinda kwangizwa na mudasobwa

Mu buzima bwa buri munsi mudasobwa(computer) yabaye kimwe mu bikoresho dukoresha buri munsi; kuko usanga ahanini ikoreshwa ahantu hatandukanye, haba mu biro, ku bigo by’amashuri, mu masoko ndetse n’ahandi hantu henshi hatandukanye. Gusa nubwo mudasobwa ikora byinshi kandi byiza ni ngombwa kwitonda mu gihe tuyikoresha. Ibi hakubiyemo kuyifata neza uyirinda ibintu bishobora kuyangiza, nanone ukamenya […]

Amerika yongeye kwamagana ubufatanye bwa FARDC na FDLR, inihanangiriza u Rwanda

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zongeye kwamagana ubufatanye Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) gifitanye n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR, igisaba kubuhagarika. Ni ibikubiye mu itangazo Guverinoma ya Amerika yasohoye ku wa Mbere tariki ya 19 Kamena 2023. Ni nyuma y’uko impuguke za Loni kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ziheruka gusohora raporo […]

Loni yahishuye ba Jenerali ba FARDC bari ku ruhembe rw’ubucuti bwayo na FDLR

Impuguke za Loni kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zatangaje amazina y’abasirikare bakuru mu ngabo za Congo bari ku ruhembe rw’imikoranire yazo n’umutwe wa FDLR. Ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 18 Kamena ni bwo izi mpuguke zasohoye raporo igaragaza uko umutekano wifashe mu burasirazuba bwa RDC, nyuma y’indi nka yo zasohoye mu mwaka […]

Taifa Bruno yagaragaje Minisitiri Munyangaju mu ntandaro z’umusaruro nkene w’Amavubi

Umunyamakuru Kalisa Bruno Taifa yaninuye ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, ashyira mu majwi ubushobozi buke bw’abarimo Minisitiri wa siporo, Aurore Munyangaju Mimosa nka ba nyirabayazana b’umusaruro mubi wayo. Kuri iki Cyumweru ni bwo icyizere cy’uko Amavubi azitabira Igikombe cya Afurika cya 2023 kizabera muri Côte d’Ivoire cyayoyotse burundu, nyuma yo gutsindwa na Os Mambas ya Mozambique ibitego […]

Mali yasabye Loni gucyura vuba na bwangu abasirikare ifite ku butaka bwayo

Guverinoma ya Mali yasabye Umuryango w’Abibumbye gucyura abasirikare bawo bari mu butumwa bwo kugarura amahoro muri icyo gihugu (MINUSMA). Ni nyuma y’imyaka 10 Loni yohereje muri Mali Ingabo zo kuhagarura amahoro, kubera ibitero bya Islamic State byatangiye kwibasira iki gihugu kuva muri 2012. Uburakari bwatewe n’umutekano muke ukomeje kwiyongera muri Mali bwatumye hagati ya 2020 […]

Kurya Pome birinda gufatwa n,indwara zirimo na Diabete

Urubuto rwa Pome ruratangaje kuko ku barurya rubafasha kwirinda indwara zitandukanye zirimo Diabete .Pome ikungahaye ku mavitamine n,imyunyu ngugu ariyo mpamvu uwayiriye ahora akomeye. Ibi tuvuze haruguru ahanini bigaterwa n’ibinyabutabire bya Polyphenols ,quercetin na phloridzin ibi binyabutabire ni ingenzi cyane ku murwayi wa diyabete ndetse akaba ari nabyo bigira uruhare runini mu kugabanya isukari mu […]

UPDF iri guhigisha za kajugujugu ibyihebe byateye Uganda bikica abanyeshuri

Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyatangaje ko Ingabo zacyo zatangiye guhigisha uruhindu ibyihebe byo mu mutwe wa ADF mu rwego rwo gutabara abanyeshuri byaraye bishimuse. Mu ijoro ryakeye ni bwo ADF yateye mu karere ka Kasese, yica abanyeshuri 37 bigaga ku Ishuri rya Mpondwe, umunani irabakomeretsa na ho batandatu irabashimuta. Umuvugizi w’Igisirikare cya Uganda, Brig Gen […]

Kayonza: Byasabye imbaraga za Meya kugira ngo Green Party yemererwe gukora inama

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije [Democratic Green Party], ryangiwe gukorera inama muri imwe muri Hoteli zo mu karere ka Kayonza biba ngombwa ko hiyambazwa Meya wako. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatandatu ni bwo i Kayonza hagombaga kubera inama y’urubyiruko rwo muri ririya shyaka yo ku rwego rw’intara y’Iburasirazuba. Ni inama yagombaga kubera […]

Joseph Kabila yahishuye intandaro y’irindimuka ry’umubano we na Tshisekedi

Joseph Kabila wahoze ari Perezida wa Congo Kinshasa yashinje Félix Tshisekedi wamusimbuye ku butegetsi gukorera ‘Coup d’à‰tat’ itegekonshinga ry’igihugu, ibyatumye umubano bari bafitanye usenyuka. Muri Mutarama 2020 ubwo Tshisekedi yarahiriraga kuyobora RDC, we na Kabila bashinze ihuriro ryiswe FCC-CASH ryari rihuriwemo n’impuzamashyaka zarimo FCC rya Joseph Kabila, mu gihe CASH yari igizwe n’amashyaka atandukanye arimo […]

Zelensky ntakozwa ibiganiro Uburusiya butararekura uduce bwafashe

Perezida Zelensky aratangaza ko adateze kwicara ku ntebe y,ibiganiro na Perezida Putin mu gihe Uburusiya bwaba batarekuye uduce twose bwigaruriye. Ni nyuma y,uko kuri uyu wa Gatanu, Uburusiya bwari bwarashe umujyi wa Kyive ndetse ngo bukangiza zimwe mu ntwaro z’intambara. Mu nama y’ihuriro mpuzamahanga ku bukungu iri kubera i St Petersburg mu Burusiya, niho Perezida […]

Kayonza: Musonere ukekwaho kwica umugore we n’abana 3 arahigishwa uruhindu

Inzego z’umutekano mu karere ka Kayonza ziri gushakisha umugabo witwa Musonere Théogène zikekaho kwica umugore we n’abana batatu. Musonere w’imyaka 40 y’amavuko akekwaho kwicisha umupanga abana be batatu barimo umukobwa umwe n’abahungu babiri, cyo kimwe na nyina ubabyara. Ba nyakwigendera biciwe mu mudugudu wa Mubuga, akagari ka Gitara ho mu murenge wa Kabare muri Kayonza, […]

Cameroun yanikiye ibindi bihugu ku bagabo bafite ibitsina birebire ku Isi

screenshot_20230617-085320_copy_413x343.png.jpg

Ubushakashatsi bwagaragaje ko mu bihugu 90 byakozweho ubusesenguzi bwasanze Igihugu cya Cameroun na Sudan byaje mu bihugu bifite abagabo bafite ibitsina birebire ku isi, naho Ubufaransa buza mu bifite abagabo bafite binini. Nk’uko Dailmaily yashyize urutonde hanze rw’ibihugu 20 byambere bifite abo bagabo,Abashakashatsi bo mu gihugu cy’Ubudage bavuga ko umubare munini wagaragaye mu bihugu by’afurika […]

Perezida Ndayishimiye avuga ko hari ideni u Rwanda rukibereyemo u Burundi

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u avuga ko kuba u Rwanda rutarashyikiriza igihugu cye abaketsweho gushaka guhirika ubutegetsi ari ideni rukikibereyemo; gusa avuga ko iki kibazo kiri mu nzira zo gukemuka. Ikibazo cy’abakekwaho gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida Pierre Nkurunziza muri 2015 kiri mu byari byaratumye umubano w’u Rwanda n’u Burundi uzamba. Kuva muri 2020 ubwo Perezida […]

Uganda: Abanyeshuri 25 bishwe n’ibyihebe

Abanyeshuri 25 biciwe mu gitero abo bikekwa ko ari abarwanyi b’umutwe w’iterabwoba wa ADF bagabye mu kigo cy’ishuri riherereye mu gace ka Kasese ho mu burengerazuba bwa Uganda. Ishuri ryagabweho igitero mu ijoro ryakeye ni iryisumbuye rya Mpondwe Lhubiriha riri hafi y’umupaka wa Uganda na Congo Kinshasa. Umuyobozi wo mu gace ka Kasese wavuganye na […]

Coka watoje amakipe atandukanye mu Rwanda yapfuye

Nduhirabandi Abdul Karim ‘Coka’ watoje amakipe atandukanye mu Rwanda, yitabye Imana kuri uyu wa Gatanu. Coka yatoje amakipe ya Marines na Etincelles FC yo mu karere ka Rubavu. Inkuru y’urupfu rwe yamenyekanye kuri uyu wa Gatanu, akaba yazize uburwayi.

Arsenal yatandukanye na rutahizamu w’Umunyarwanda wayikimiraga

Ikipe ya Arsenal yo mu gihugu cy’u Bwongereza, yamaze kurekura Umunyarwanda George Lewis Igaba-Ishimwe wari uyimazemo imyaka itatu. Lewis Igaba w’imyaka 22 y’amavuko, yari umukinnyi wa Arsenal kuva muri 2020 nyuma yo gutsinda igerageza yari amaze igihe ayikoramo. Igaba yavukiye mu Rwanda mbere y’uko ababyeyi be berekeza mu gihugu cya Norvège. Akina nka rutahizamu wo […]

Uwahoze ari umugore wa Ali Kiba arahangayitse

Amina Khalef wahoze ari umugore w’umuhanzi Ali Kiba avuga ko ahangayikishijwe n’ubuzima bwo kwitirirwa ko ari umugore w’uyu mugabo nyamara baratandukanye.Ibi yabivuze ashimangira ko kugeza ubu afatwa nk’umugore wa Ali Kiba kuko atarabona gatanya kuva batandukana mu mwaka wa 2022. Ubwo yarimo kuganira n’abakunzi be ku rubuga rwa Instagram, Amina yavuze ko yagerageje kwaka gatanya […]