Catastrophe des inondations : Kagame salue les efforts de relèvement en cours
Le prĂ©sident Paul Kagame a saluĂ© les efforts continus de plusieurs acteurs qui s’emploient Ă Â secourir les citoyens en danger après que des conditions mĂ©tĂ©orologiques dĂ©sastreuses ont provoquĂ© des inondations et des glissements de terrain dans la province de l’Ouest, du Nord et du Sud . Les conditions mĂ©tĂ©orologiques tragiques se sont produites entre la […]
Ukraine: Kyiv n’ahandi hagabwe ibitero bya bombe nyuma y’amakuru yo gushaka kwica Putin
Abayobozi ndetse n’ibitangazamakuru byo muri Ukraine baravuga ubwirinzi bw’ibitero by’indege bwari mu kazi i Kyiv mu rukerera rwo kuri uyu wa Kane kandi humvikanye uguturika kw’ibisasu mu mujyi wa Zaporizhzhia wo mu majyepfo no ku Cyambu cya Odesa . Impanda ziteguza ibitero zumvikanye mu turere two mu majyepfo no mu burasirazuba bwa Ukraine harimo Dnipropetrovsk, […]
Igipolisi cya Zambia cyakuye mu rugo rw’uwahoze ari perezida imodoka kivuga ko zibwe n’umugore we
Kuri uyu wa Gatatu, abapolisi benshi bitwaje intwaro nyinshi bagabye igitero ku nzu y’uwahoze ari Perezida wa Zambia, Edgar Lungu, bahakura imodoka bivugwa ko zibwe n’uwahoze ari umugore wa mbere mu gihugu (ex-first lady) . Polisi yavuze ko “bakoze iperereza” nyuma ya raporo y’ubujura bw’imodoka eshatu kandi ko “bashoboye kumenya ko ziherereye mu rugo rwa […]
President Putin survived a drone attack
The Russian presidential administration said Wednesday that the Kremlin was attacked by drones overnight in an attempt on President Vladimir Putin’s life . Moscow residents had reported hearing two explosions behind Kremlin walls shortly after 2 a.m. local time, after which the lights went out. Footage shared by residents in a local Telegram channel captured […]
Belgrade: Umunyeshuri w’imyaka 14 yishe arashe bagenzi be 8 n’umuzamu w’ishuri
Nibura abanyeshuri umunani n’ushinzwe umutekano ku ishuri bapfuye nyuma yo kurasirwa ku ishuri ribanza mu murwa mukuru wa Serbia, Belgrade . Abandi banyeshuri batandatu n’umwarimu bakomerekeye muri icyo gitero bajyanwa mu bitaro, nk’uko byatangajwe na guverinoma. Polisi yataye muri yombi umuhungu w’imyaka 14 ukurikiranyweho igitero cyagabwe ku ishuri rya Vladislav Ribnikar nk’uko iyi nkuru dukesha […]
115 personnes confirmées mortes à  la suite des fortes pluies au Rwanda
115 personnes ont Ă©tĂ© confirmĂ©es mortes dans les provinces de l’Ouest et du Nord Ă Â la suite des fortes pluies et des inondations de la nuit dernière, et le nombre de morts continue d’augmenter . Franà §ois Habitegeko, gouverneur de la province occidentale du Rwanda, a confirmĂ© le bilan des morts. “Il a plu abondamment toute […]
FARDC yerekanye abantu ivuga ko ari inyeshyamba za M23 yafatiye muri Masisi
Abantu basaga 10 bivgwa ko ari inyeshyamba za M23 kuri uyu wa Kabiri, itariki 2 Gicurasi, beretswe itangazamakuru i Goma mu gikorwa kiyobowe n’Umuvugizi wa FARDC muri Kivu y’Amajyaruguru Lt. Col. Guillaume Ndike Kaiko . Aba berekanwe ngo bafatiwe muri Teritwri ya Masisi mu bursirazuba bwa Repubulikka ya Demokarasi ya Congo. Col. Ndjke ati “Aba […]
RDC: HRW yamaganye itegeko ryitiriwe Tshiani ivuga ko rigamije kwegezayo Katumbi

Umuryango utegamiye kuri Leta w’Abanyamerika uharanira uburenganzira bwa muntu (HRW), urahamagarira inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo kwanga umushinga w’itegeko ryitiriwe Noà «l Tshiani bikomeje kuvugwa ko rigamije kubuza umunyapolitiki Moise Katumbi kuziyamamariza kuyobora igihugu . HRW ivuga ko abategetsi ba Congo bashobora gukoresha iri tegeko kugira ngo babuze abakandida bamwe kwitabira amatora […]
Chancellier w’u Budage agiye kugirira uruzinduko muri Afurika y’Iburasirazuba
Umuyobozi w’u Budage, Olaf Scholz arateganya kuganira ku ntambara ibera muri Sudani, kwerekana ko ashyigikiye inzira y’amahoro muri Ethiopia ndetse gushaka ubufatanye ku ngufu zitangiza ikirere na Kenya mu ruzinduko azagirira muri Afurika y’Iburasirazuba muri iki cyumweru nk’uko byatangajwe n’abayobozi kuri uyu wa Kabiri . Uru ruzinduko rwa Scholz rw’iminsi itatu muri Ethiopia na Kenya, […]
Waziri wa Uganda aliuawa kwa kupigwa risasi na mlinzi
Waziri wa Kazi wa Uganda Charles Okello Engola alipigwa risasi na mlinzi wake, polisi walisema Jumanne. Fred Enanga, msemaji wa polisi, alisema waziri huyo aliuawa kwa kupigwa risasi nyumbani kwake nje kidogo ya mji mkuu Kampala. Thomas Kato, jirani wa waziri huyo, alimweleza Anadolu kuwa walisikia milio ya risasi kutoka katika boma la waziri huyo […]
Kenya: Umupasiteri uregwa uruhare mu rupfu rw’abayoboke yitabye urukiko ashinjwa iterabwoba
Kuri uyu wa Kabiri, ubutabera bwa Kenya bwatangaje ko buzakurikiranaho Pasiteri Paul Nthenge Mackenzie icyaha cy’ “iterabwoba” nyuma y’urupfu rw’abantu 109 basanzwe mu ishyamba ryo mu majyepfo ya Kenya aho abayoboke be bateraniraga . Araregwa kuba yarasunikiye abayoboke be bo mu itorero Good News International Church kwiyicisha inzara kugirango ‘bazahure na Yesu’ ubwo bari mu […]
A Kenyan pastor is prosecuted for “terrorism” after the death of his followers
Kenyan justice announced on Tuesday that it would prosecute Pastor Paul Nthenge Mackenzie for “terrorism” after the death of 109 people in a forest in southeastern Kenya where members of his sect met . He is accused of pushing his followers of his International Church of Good News to starve ‘to meet Jesus’ in Shakahola […]
Ibihugu bya mbere byagize GDP ya Tiliyari y’amadolari n’ibya mbere mu bukungu ku Isi ubu
Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika nicyo cya mbere ku Isi cyagize GDP (umusaruro mbumbe w’imbere mu gihugu) ugera muri Tiliyari (Miliyari 1000) y’Amadolari, hari mu 1969, kugeza uyu munsi mu 2023 kanddi nicyo gifite GDP nini kurusha ibindi bihugu nk’uko tubikesha World of Statistics . Ibihugu byagize GDP ya Tiliyari $ bwa mbere: […]
Lambert Mende yasabye leta kutazemera ko OIF iyobowe n’Umunyarwandakazi igenzura amafishi y’itora
Depite Lambert Mende Omalanga, mu kiganiro cyatambutse ku Cyumweru, yahamagariye Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi Congo, kutemerera Umuryango Mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF) kugenzura amafishi y’itora cyangwa kugera ku malisiti y’abazatora baherutse kwandikwa na Komisiyo Yigenga y’Amatora (CENI) kubera gusa ko OIF iyobowe n’Umunyarwandakazi . Uyu muyobozi w’ishyaka Convention des Congolais Unis (CCU) avuga ko […]
Abahinde baciye agahigo abasaga miliyoni 4 bakoresha indege mu munsi umwe
Ubwikorezi bwo mu kirere mu gihugu cy’u Buhinde bwaciye agahigo ku rwego rwo hejuru, aho abagenzi miliyoni 4.56 buriye indege mu munsi umwe . Iyi ntambwe yagezweho ku ya 30 Mata, yaje igihe indege 2.978 zahagurukaga mu gihugu hose. Minisitiri ushinzwe iby’indege, Jyotiraditya Scindia, yanditse ku rubuga rwa twitter ati: “Izamuka rikabije ry’urujya n’uruza rwingendo […]
Umunyapalestina wari umaze igihe yiyicisha inzara yapfiriye muri kasho ya Israel
Kuri uyu wa Kabiri, imfungwa y’Umunyapalestina, Khader Adnan, yapfiriye muri kasho yo muri Israel nyuma yo kumara amezi hafi atatu (iminsi 87) yiyicisha inzara . Uyu mugabo w’imyaka 45 yagiye mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara inshuro nyinshi nyuma y’ifatwa rye rya mbere, harimo aho yamaze iminsi 55 mu 2015 yamagana ifungwa rye nta cyaha aregwa. […]
Le vice-ministre turc des Affaires étrangères se rendra en Ethiopie pour des entretiens
Le vice-ministre turc des Affaires Ă©trangères, Burak Akcapar, effectuera une visite de travail en à ‰thiopie du 1er au 4 mai, a annoncĂ© lundi le ministère turc des Affaires Ă©trangères . Dans la capitale Addis-Abeba, Akcapar s’entretiendra avec des responsables Ă©thiopiens et de l’Union africaine. Lors des rĂ©unions entre Akcapar et les autoritĂ©s Ă©thiopiennes, le rapatriement […]
Tanzania kujenga daraja kati ya Dar es Salaam na Zanzibar
Tanzania imedhamiria kujenga daraja litakalounganisha bara na Visiwa vya Zanzibar ili kurahisisha usafirishaji wa mizigo na watu, ambalo endapo litafanyika daraja hilo la kilomita 50 litakuwa la kwanza barani Afrika . Hayo yamesemwa na Naibu Waziri wa Ujenzi na Uchukuzi Godfrey Kasekenya Bungeni leo Aprili 28, na kuongeza kuwa mazungumzo yaliyoanza Machi 11, 2023 yako […]
Tanzania igiye kubaka ikiraro cya mbere kirekire muri Afurika hejuru y’inyanja
Tanzaniya igiye kubaka ikiraro kizahuza Tanzania w’Ibirwa bya Zanzibar kugira ngo byorohereze urujya n’uruza rw’abantu n’ibicuruzwa hagati y’abaturage bayo, aho nibiramuka bikozwe, iki kiraro cya kilometero 50 kizaba ari icya mbere muri Afurika . Ibi byavuzwe na minisitiri wungirije ushinzwe imirimo n’ubwikorezi, Godfrey Kasekenya mu Nteko Ishinga Amategeko ku itariki ya 28 Mata, aho yashimangiye […]
Kenya: Umunyeshuri wa kaminuza yishe umukunzi we bapfa inyabutatu y’urukundo
Umunyeshuri wo mu mwaka wa gatatu muri Kaminuza ya Eldoret mu gihugu cya Kenya yateye icyuma umukunzi we ubwo bari mu icumbi riri hafi y’ikigo nyuma y’amakimbirane ashingiye ku rukundo . Abapolisi bashinzwe ubugenzacyaha ( DCI ) barimo gukora iperereza ku byabereye muri iri icumbi risanzwe ari iry’abanyeshuri b’abakobwa. Uyu ukekwaho icyaha witwa Elikana Kiplagat […]
Perezida Zelenskyy yabwiye ingabo ze ko intambara za nyazo ari bwo zigiye kuba
Kuri iki Cyumweru, itariki 30 Mata, Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yahaye icyubahiro ingabo zirinda imipaka mu gihugu atanga imidari kandi azifuriza gutsinda . “Bakundwa ndwanyi, intambara nyamukuru ziraza vuba. Tugomba kuvana igihugu cyacu n’abaturage bacu mu bucakara bw’u Burusiya, ” uyu ni Perezida Zelenskyy abwira abasirikare. Ibi yabivugiye mu birindiro bya gisirikare hatauzwe aho […]
FARDC iravuga ko yafashe abarwanyi 2 ba ADF barimo Umunyarwanda
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) kiratangaza ko cyafashe, ku wa Gatandatu ushize, abarwanyi babiri ba ADF, barimo Umunyarwanda n’umugore w’umunyekongo, ubwo bashakaga kwinjira mu musigiti wo muri komini ya Mangina, uherereye ku birometero 30 ugana mu burengerazuba bw’Umujyi wa Beni, muri Kivu y’Amajyaruguru . Ifatwa ryabo ryabaye ninjoro, nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’ingabo […]
Colonel Doumbouya orders the opening of an air line between Conakry and Kigali
President Paul Kagame stayed in the Guinean capital as part of a work and friendship visit. Colonel Mamadi Doumbouya told his ministers on Thursday that the Rwandan leader’s stay focused on discussions on several topics of national interest for the benefit of our two countries . After the establishment of a joint Guinea-Rwanda cooperation commission, […]
Mu myaka ya 1800, u Rwanda ntirwabagaho, i Gisenyi ni muri Congo — Christophe Mboso

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Christophe Mboso, yavugiye imbere y’imbaga y’abantu bari bateraniye kuri Stade de Martyrs i Kinshasa mu muri Mitingi y’ihuriro Union SacrĂ©e kuri uyu wa Gatandatu, itariki ya 30 Mata 2023, ko u Rwanda rutabagaho mu myaka y’1800 . Mu ijambo rye, Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko yatunze […]
OIF irahamagarira amahanga kohereza byihuse ingabo zo gufasha Igipolisi cya Haiti
Umuryango Mpuzamahanga wa La Francophonie (OIF) urahamagarira abafatanyabikorwa mu gihugu no ku rwego mpuzamahanga “gukangurira abantu ku bwinshi, koroshya kohereza mu buryo bwihuse ingabo mpuzamahanga zunganira abapolisi b’igihugu cya Haiti”, nk’uk inynddiko yabonwe n’urubuga AlterPresse ivuga . Izi ngabo mpuzamahanga zigomba kugira uruhare mu guhagarika ihohoterwa byihuse, aho usanga abagore benshi bo muri Haiti ndetse […]
Kuvuga ko u Rwanda ari igihugu kitubaha uburenganzira ni uburyo bw’ivangura bwo gusobanura ibintu – Giorgia Meloni
Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani, Giorgia Meloni, kuri uyu wa Gatanu ushize yatangaje ko gahunda y’u Bwongereza yo kohereza mu Rwanda abimukira bahinjiye mu buryo bunyuranyije n’amategeko ari amasezerano hagati y’ibihugu bibiri byigenga kandi agamije kurinda umutekano w’abantu, yongeraho ko ari amakosa kubyita kwirukana abantu (deportation) . Meloni, yavuganaga n’itangazamakuru kuri Ambasade y’u Butaliyani i Londre […]
Umuyobozi wa Wagner arakangisha kuvana abarwanyi be muri Bakhmut avuga ko bakomeje gushirira
Umuyobozi w’ingabo z’abacanshuro bo mu Burusiya b’ikigo cya Wagner Group arakangisha gukura ingabo ze mu ntambara ikomeye yo muri Bakhmut mu burasirazuba bwa Ukraine kubera umubare w’abayigwamo wiyongera mu gihe abayobozi b’ingabo za Ukraine bavuga ko ingabo z’u Burusiya zananiwe kubafungira inzira zibagemurira ibikoresho zigana muri uwo mujyi . Umuyobozi wa Wagner, Yevgeny Prigozhin, mu […]
Putin naramuka akandagiye muri Cape y’Iburengerazuba azatabwa muri yombi – Guverineri
Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, azafatwa naramuka akandagiye mu Ntara ya Cape y’Iburengerazuba muri Afurika y’Epfo mu ruzinduko ruteganijwe muri Kanama nk’uko byatangajwe n’umuyobozi w’iyo ntara . “Putin yagiye ahungabanya umudendezo w’abaturage ba Ukraine ndetse n’abari mu gihugu cye batinyuka gufata icyemezo cyo kurwanya ibikorwa bye by’ubugome,” ibi byatangajwe ku wa Kane na Alan Winde, […]
Kamanda wa vikosi vya EAC nchini DRC ajiuzulu kutokana na usalama wake binafsi
Meja Jenerali Jeff Nyagah, kamanda wa kikosi cha kanda ya Jumuiya ya Afrika Mashariki (EACRF) kilichotumwa mashariki mwa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo, amejiuzulu, akitaja “tishio kubwa” kwa usalama wake binafsi . Katika barua ya Aprili 27 kwa Katibu Mkuu wa EAC, Peter Mathuki, afisa wa jeshi la Kenya alibainisha kuwa kulikuwa na “mpango madhubuti […]
Kenya: Banki ifite aho ihuriye na Kenyatta irishyuzwa miliyari y’amashilingi
Uwahoze ari Perezida Uhuru Kenyatta ari mu bibazo by’imisoro nyuma y’uko guverinoma ya Kenya itegetse banki ye kwishyura miliyari y’amashilingi ya Kenya (miliyari zisaga 8 z’Amanyarwanda ). Iyi ntambwe ya Guverinoma ya Perezida William Ruto isize Uhuru Kenyatta mu gihirahiro mu gihe intambara ya politiki hagati y’ihuriro riri ku butegetsi rya Kenya Kwanza n’ihuriro Azimio […]
Ingabo z’akarere zoherejwe mu butumwa bwa ATMIS zigiye kugabanywamo 2000
Abayobozi bo mu karere bahaye umugisha imigambi yo kugabanya ingabo zoherejwe muri Somalia no guha iki gihugu amahirwe yo kwifatira mu biganza byacyo mu buryo bwuzuye ibijyanye no kugarura amahoro. Ibi byemejwe mu nama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu byohereje ingabo muri Somalia yateraniye i Kampala kuri uyu wa Kane ushize . Nk’uko itangazo ryashyizwe ahagaragara Chimpreporrts […]
The Rwandan economic and military model fascinates African states

The major changes made in Rwanda for nearly thirty years, particularly on the economic, social, cultural and military levels, seem to captivate a certain number of African leaders. The feeling is openly expressed by some governments, and very recently by those of Benin, Guinea Conakry and Guinea-Bissau, three countries visited this month by the Rwandan […]
10 personnes arrĂ ÂŞtĂ©es après l’accident dans une mine du district de Huye
Le Bureau d’enquĂ ÂŞte rwandais (RIB) a arrĂ ÂŞtĂ© jeudi 10 personnes accusĂ©es d’Ă ÂŞtre derrière la mine illĂ©gale qui s’est effondrĂ©e dans le district de Huye, faisant six victimes, dont trois Ă©tudiants piĂ©gĂ©s dans les tunnels . Les efforts pour secourir les victimes ont Ă©tĂ© interrompus par des glissements de terrain causĂ©s par de fortes pluies. Le […]
FARDC ikomeje kujya mu bice M23 yavuyemo yubahiriza amabwiriza y’Inama ya Luanda
Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo guhera kuwa Gatatu itariki 26 Mata cyongeye gusubira mu midugudu myinshi yo muri Teritwari ya Rutshuru, Sheferi ya Bwito, nk’uko amakuru aturuka mu nzego z’ibanze n’iz’umutekano avuga . Umwe muri yo midugudu ni Kishishe, aho M23 yari yarafashe mbere yo kuhava isubira inyuma nk’uko yabisabwe mu Nama ya […]
Uganda: Igipolisi cyataye muri yombi abadepite 11 b’abagore

Igipolisi cya Uganda kuri uyu wa Kane ushize cyataye muri yombi abadepite 11 b’abagore bashinjwa gukora imyigaragambyo itemewe, aho bivugwa ko bamwe mu badepite bakomeretse mu gihe batabwaga muri yombi . Abadepite bafungiwe hanze y’inyubako z’inteko ishinga amategeko mu murwa mukuru Kampala mu gihe biteguraga kujya kuri minisiteri y’umutekano w’imbere mu gihugu aho bashakaga guha […]
Burkina Faso: Igitero ku ngabo z’igihugu cyahitanye byibuze 33
Kuri uyu wa Kane, igitero cyagabwe ku mutwe wa gisirikare mu burasirazuba bwa Burkina Faso cyahitanye abasirikare 33 abandi 12 barakomereka, nk’uko guverinoma iyobowe n’ingabo ibivuga, mu gihe hakomeje urugomo muri iki gihugu cyibasiwe n’imitwe y’abajihadiste . Igitero cyo mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ushize cyibasiye itsinda rya gisirikare rikrera Ougarou, mu karere […]
Sudan: resumption of fighting in Khartoum and Darfur despite the truce
Military planes fly over Khartoum and the troops of the two generals in the war for power exchange machine gun and heavy weapon fire . The deadly fighting between paramilitaries and the army entered its thirteenth day on Thursday in Sudan, where the capital Khartoum and the Darfur region are now in the grip of […]
Perezida Erdogan wa Turkiya yafashwe n’uburwayi ari kuri televiziyo imbonankubone
Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan, yahagaritse kwiyamamariza amatora nyuma yo gufatwa n’uburwayi ari kuri televiziyo imbonankubone aho ikiganiro cyahagaritswe mu buryo butunguranye . Nyuma yo kuruhuka iminota 20, yagarutse avuga ko afite “ikibazo mu gifu” nyuma y’iminsi ibiri yiyamamaza. Perezida Erdogan, ufite imyaka 69, azaba ahanganye mu matora n’umugabo ushobora kutazamworohera. Umuyobozi mukuru w’abatavuga […]
Le prĂ©sident Kagame en visite d’Etat de deux jours en Tanzanie
Le prĂ©sident Paul Kagame devrait arriver cet après-midi en Tanzanie pour une visite de travail de deux jours au cours de laquelle il rencontrera la prĂ©sidente du pays, Samia Suluhu Hassan . Les deux dirigeants s’entretiendront plus tard dans la journĂ©e Ă Â la maison d’à ‰tat du pays. La visite de Kagame en Tanzanie intervient Ă Â […]
Colombia: Perezida Gustavo Petro yirukanye abaminisitiri 7 muri guverinoma ye
Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 26 Mata 2023, Perezida wa Colombia, Gustavo Petro, yatangaje ko yasimbuje abaminisitiri be barindwi, nyuma yo kwitambika imishinga myinshi y’amavugurura y’abagize guverinoma ye . Ibibazo bya politiki muri Colombia bimaze amezi icyenda, cyane cyane kuva Perezida mushya, Gustavo Petro, perezida wa mbere w’umukomuniste muri iki gihugu, ukomeje guhura n’imbogmizi […]
Kenya: Umuvugabutumwa ushinjwa kugira uruhare mu mpfu z’abayoboke be yatawe muri yombi
Umuvugabutumwa kuri televiziyo wo muri Kenya, Ezekiyeli Odero wo mu itorero New Life Prayer Centre and Church yatawe muri yombi azira gushuka abayoboke be . Yatawe muri yombi nyuma y’umunsi umwe ahaswe ibibazo amasaha menshi kubera ko itorero rye rinashinjwa imigenzo ya gipfumu. Umwe mu bayobozi witwa Rhodah Onyancha, yatangaje ko pasiteri yafatiwe i Makueni, […]
Crimes against humanity suspects fled from prison in Sudan
A former Sudanese politician accused of crimes against humanity has announced that he fled from prison along with other former collaborators in this country in full chaos, raising fears of a new conflagration as the cease-fire fire concluded under the American aegis remains fragile . Ahmed Haroun was detained in Kober prison, in the capital […]
Bashir wa Sudan amelazwa katika hospitali ya kijeshi, jeshi linasema
Rais wa Sudan aliyeondolewa madarakani Omar al-Bashir amelazwa katika hospitali ya kijeshi katika mji mkuu Khartoum, jeshi lilithibitisha Jumatano . Taarifa ya kijeshi ilisema al-Bashir alihamishiwa katika Hospitali ya Jeshi ya Aliaa kwa pendekezo la wafanyikazi wa matibabu katika gereza la Kober kabla ya kuzuka kwa mapigano kati ya jeshi na Kikosi cha Msaada wa […]
Le Soudan a le droit de recourir aux services du groupe Wagner – SergueĂ ÂŻ Lavrov
Le ministre russe des Affaires Ă©trangères, SergueĂ ÂŻ Lavrov, a dĂ©clarĂ© mardi que les autoritĂ©s lĂ©gitimes du Soudan avaient le droit d’utiliser les services du groupe Wagner, une sociĂ©tĂ© militaire privĂ©e soutenue par Moscou . Les combats entre l’armĂ©e soudanaise et les Forces de soutien rapide paramilitaires sont entrĂ©s dans leur deuxième semaine avec plus de […]
L’affaire “Kwa DubaĂ ÂŻ” soumise au parquet
Le Bureau d’enquĂ ÂŞte du Rwanda (RIB) a soumis au parquet le dossier de Jean Nsabimana, un homme d’affaires qui a construit l’immobilier basĂ© Ă Â Kinyinya, communĂ©ment appelĂ© Kwa Dubai et certains anciens responsables du district de Gasabo . Outre Nsabimana, les autres suspects en garde Ă Â vue sont l’ancien maire de Gasabo, Stephen Rwamulangwa ; […]
Ukuriye dipolomasi y’u Burusiya aremeza ko Sudani ifite uburenganzira bwo gukoresha Wagner
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Burusiya, Sergey Lavrov, kuri uyu wa Kabiri ushize yatangaje ko abategetsi ba Sudani bafite uburenganzira bwo gukoresha serivisi ikigo cya Wagner, isosiyete yigenga y’umutekano iterwa inkunga na Moscou, abo mu burengerazub bafata nk’umutwe w’abacanshuro . Imirwano hagati y’ingabo za Sudani n’ingabo za RSF yinjiye mu cyumweru cyayo cya kabiri, aho abantu […]
Sudani: Uwari umunyapolitiki wari ufunzwe azira ubwicanyi bwo muri Darfur yatorotse gereza
Uwahoze ari umunyapolitiki wo muri Sudani ushakishwa na ICC kubera ibyaha byibasiye inyokomuntu yavuze ko we n’abandi bahoze ari abayobozi batakiri muri gereza nyuma y’amakuru avuga ko batorotse . Ahmad Harun yari mu bafungiye muri gereza ya Kober mu murwa mukuru Khartoum bakurikiranywe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC). Amakimbirane akomeje kubera muri Sudani yatangiye ku itariki […]
FARDC iravuga ko yabohoje imidugudu igera ku icumi yagenzurwaga na CODECO
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Mata, FARDC yabohoje imidugudu igera ku icumi hamwe n’uduce tumwe na tumwe twa komini ya Mungwalu byagenzurwaga n’inyeshyamba za CODECO muri Teritwari ya Djugu (Ituri) . Ibi bice byabohojwe mu bikorwa bya gisirikare byatangiye mu minsi itanu ishize muri kano karere gaherereye nko mu birometero ijana mu majyaruguru […]
Kacyiru: Urusaku ruturuka mu kabari Bonk Bar rurembeje abaturage bagaturiye

Bamwe mu batuye ku Kinamba mu Murenge wa Kacyiru hafi n’Akabari Bonk Bar bavuga ko bamaze igihe kirenga imyaka itanu batazi uko ibitotsi bimera kubera imiziki ihacurangirwa mu ijoro, hakaniyongeraho n’urusaku rw’indaya zitabira amacumbi y’ako kabari . Akabari ka Bonk bar kari mu Mudugudu w’Inkingi, hejuru y’umuhanda ku Kinamba. Urebeye ku muhanda munini, uhabwirwa n’amatara […]
Muri Gereza ya Bukavu humvikanye urusaku rw’amasasu
Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Mata 2023, urusaku rw’amasasu rwumvikanye muri Gereza Nkuru ya Bukavu, muri Kivu y’Amajyepfo, bitera ubwoba mu baturanye n’iyi gereza . Umwotsi waturukaga imbere muri gereza wagaragaye, nk’uko videwo irimo kuzenguruka ku mbuga nkoranyambaga ibigaragaza. Ibi ngo bikaba byatewe n’uko imfungwa zagerageje gutoroka iyi gereza. Ishami rishinzwe itumanaho mu […]
Kigali: Wafanyabiashara wametozwa faini kwa kuongeza bei za vyakula
Takriban wafanyabiashara 20 katika Jiji la Kigali wametozwa faini kwa kuongeza bei ya mahindi, viazi na mchele isivyostahili . Ukaguzi huo ulifuatia uamuzi wa serikali, uliotangazwa wiki jana, wa kuondoa VAT kwenye unga wa mahindi na mchele, na kudhibiti bei ya viazi ili kusaidia kudhibiti mfumuko wa bei ya chakula nchini Rwanda. Kwa mujibu wa […]
Kenya: Ten new bodies exhumed in the “Shakahola massacre”
The macabre tally continues in the Shakahola forest in eastern Kenya: ten new bodies of suspected members of a cult advocating extreme fasting were found on Tuesday. These new discoveries bring the death toll from the “Shakahola forest massacre” to 83 . Monday evening, police sources reported 73 dead since the search began on April […]
Kigali: Des commerà §ants condamnés à  une amende pour avoir augmenté les prix des denrées alimentaires
Au moins 20 commerà §ants de la ville de Kigali ont Ă©tĂ© condamnĂ©s Ă Â une amende pour avoir augmentĂ© de manière dĂ©raisonnable les prix du maĂ ÂŻs, des pommes de terre irlandaises et du riz . L’inspection fait suite Ă Â une dĂ©cision du gouvernement, annoncĂ©e la semaine dernière, de supprimer la TVA sur la farine de maĂ ÂŻs […]
Kigali: Abacuruzi bamwe batangiye guhanirwa kutubahiriza ibiciro bishya by’ibiribwa
Nibura abacuruzi 20 bo mu Mujyi wa Kigali baciwe amande kubera kuzamura ibiciro by’ibigori, ibirayi, n’umuceri . Ubugenzuzi bwakurikiye icyemezo cya guverinoma, cyatangajwe mu cyumweru gishize, cyo gukuraho umusoro ku nyongeragaciro ku ifu y’ibigori n’umuceri, no kugena ibiciro by’ibirayi kugira ngo bifashe kugenzura izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa mu Rwanda. Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda ivuga ko ubugenzuzi bwakorewe […]
Abapolisi n’abaturage ba Congo barashinjwa kwigarurira imidugudu yo muri Uganda
Amakimbirane ku mupaka hagati ya Uganda na Repubulika ya Demokarasi ya Congo yongeye kugaragara mu mujyi wa Padea, mu karere ka West Nile, nyuma y’uko abaturage ba Congo bashyigikiwe n’abapolisi babo binjiye muri Uganda maze bakemeza ko imidugudu itatu iri imbere muri Uganda ari iyabo . Imidugudu Abanyekongo bemeza ko ari iyabo ni akagari ka […]
Tchad cyahakanye kugira uruhare mu bibera muri Sudani
Kuri uyu wa Mbere, Guverinoma ya Tchad yamaganye ibyo yita “ibinyoma” bivugwa mu itangazamakuru bivuga ko iki gihugu cyateye inkunga rumwe mu mpande zihanganye mu ntambara yo muri Sudani . Iyo nkuru ivuga ko amakuru yavuye kuri umwe mu badipolomate ba Tchad yagiye ahagaragara ku Cyumweru. Itangazo ryashyizwe ahagaragara ryagize riti: “Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga … […]
Abaherwe batunze miliyoni z’amadolari mu Rwanda bamaze kugera ku 1000 – Raporo
Raporo ya Africa Wealth Report 2023 iravuga ko abakire batunze miliyoni z’amadolari mu Rwanda bamaze kugera mu 1000 nyuma yo kwiyongeraho 72% . Iyi raporo ivuga ko Uganda yiyongereyeho 45 ku ijana by’abantu bafite umutungo ubarirwa muri miliyoni z’amadolari mu gihe cyarangiye mu Kuboza 2022. Raporo igaragaza ubutunzi bw’umuntu ku giti cye burimo umutungo utimukanwa, […]
RDC ikwiye gushora intambara ku Rwanda kuko ari rwo rurimi rwumva – Adolphe Muzito
Mu kiganiro yagiranye na TV5 Monde Afrique, uwahoze ari Minisitiri w’Intebe akaba n’umukandida mu matora ya Perezida muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC), Adolphe Muzito, yatangaje ashize amanga ko igihugu cye gikwiye gushoza intambara yeruye ku Rwanda avuga ko ari rwo rurimi rwumva . Muzito akomeza avuga ko iki cyemezo gikaze cyaba ngombwa kugira […]
Amafaranga yashowe mu gisirikare ku Isi yaciye agahigo ko kugera kuri tiliyari 2,24$ mu 2022
Amafaranga yakoreshejwe mu gisirikare ku Isi yageze ku rwego rwo hejuru kurusha bindi bihe byose mu 2022 aho amafaranga yashowemo yageze kuri tiriyari 2.24 z’amadolari, kubera ko igitero cy’u Burusiya muri Ukraine cyongereye ingufu mu gukoresha amafaranga mu gisirikare ugereranyije n’ibindi bihugu mu Burayi . Ikigo cy’ubushakashatsi ku mahoro mpuzamahanga cya Stockholm (SIPRI) cyatangaje ibi […]
RDC: Umwe mu baregwa kwica impuguke za Loni yiyemereye ko yaciye umutwe umwe muri zo
Nyuma y’imyaka 6, impuguke ebyiri z’Umuryango w’Abibumbye, Umunyamerika Michael Sharp n’UmunyaSuwede, Zaida Catalan bishwe, kuri uyu wa Gatanu ushize umwe mu bakekwaho kubica yemeye uruhare rwe mu Bushinjacyaha Bukuru bwa Gisirikare i Kananga, muri Kasai Central muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo . “Mu gihe cy’ibazwa, Bwana Kazumba Luaba, uzwi ku izina rya“ Lance-roquette ”, […]