M23 iravuga ko yatanze isomo muri Mweso mu gihe havugwa indi mirwano i Kanyamahoro

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere imirwano hagati ya M23 n’ihuriro ry’inyeshyamba zifatanya na FARDC (Wazalendo) biravugwa ko yaramukiye ku muhanda Kanyamahoro-Buhumba muri Teritwari ya Nyiragongo hafi y’Umujyi wa Goma. Amakuru aturuka aho atangazwa n’uruhande rwegereye guverinoma aravuga ko inyeshyamba za M23 zihanganye na Wazalendo, aho ngo urusaku rw’intwaro nto n’iziremereye rwumvikana mu nkengero […]

Misiri yatangaje ko yiteguye gutabara Somalia mu gihe Ethiopia yavogera ubusugire bwa yo

Kuri iki Cyumweru, itariki 21 Mutarama, Perezida wa Misiri, Abdel Fattah al-Sisi, yatangaje ko igihugu cye kitazemera ko hagira uwo ari we wese uhungabanya Somalia, nyuma y’uko Ethiopia ivuze ko itekereza kwemera ubwigenge bwa Somaliland mu masezerano azayemerera kugera ku nyanja. Aya magambo ni yo akomeye avuzwe kuri iki kibazo na Misiri, isanzwe ifitanye umubano […]

Bujumbura: Benshi batawe muri yombi mu mukwabu ukaze mu gace ka Ngagara

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, itariki 21 Mutarama 2024, mu gihugu cy’u Burundi muri quartier ya 6 muri Zone Ngagara mu majyaruguru y’Umurwa mukuru w’ubucuruzi ,Bujumbura, babyutse hagoswe n’abasirikare bitwaje imbunda nyinshi, aho inzira zose zisohoka n’izinjira aho hantu zari zicunzwe n’abasirikare mu gihe abapolisi bari mu ngo barimo gusaka, ako gace karimo inzu […]

Abacuruzi barashinja ikigo cy’imisoro cya Uganda (URA) kurebera magendu yinjira iva mu Rwanda

Abacuruzi bo muri Uganda bagaragaje ko ikigo cy’igihugu gishinzwe kwinjiza imisoro n’amahoro cya Uganda (URA) n’abandi bashinzwe umutekano ku mipaka, bagira uruhare mu gukingira ikibaba magendu ku mupaka wa Uganda n’u Rwanda, cyane cyane i Katuna mu Karere ka Kabale. Bavuga ko ubucuruzi bwa magendu bukomeje kubera ubufatanye n’abakozi ba URA n’abashinzwe umutekano, aho abacuruzi […]

Mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026 abarimu bose bazaba bafite mudasobwa – REB

Mu mwaka w’amashuri wa 2025/2026, abarimu bose bo mu Rwanda bazaba bafite mudasobwa muri gahunda ya mudasobwa kuri buri mwarimu nk’uko byatangajwe n’Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB). Dr. Nelson Mbarushimana, Umuyobozi Mukuru wa REB, wari umutumirwa mu kiganiro Kubaza Bitera Kumenya kuri Radio Rwanda kuri iki Cyumweru, yavuze ko guha mudasobwa abarimu biri muri […]

Goma: Umunyamabanga wa SADC yasuye ingabo zayo zoherejwe muri RDC

14be63a0-b8e4-11ee-8f07-bbfdfa890097.jpg

Umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Africa yo mu majyepfo (SADC) watangaje ku cyumweru umunyamabanga wawo Elias Magosi yasuye ingabo zawo zoherejwe mu mirwano muri DR Congo. SADC ivuga ko Magosi, ukomoka muri Botswana, yari yaje “kwishimira no kugenzura uko ibikorwa byifashe”. Umutwe wa SADC kugeza ubu ugizwe n’ingabo zavuye muri Africa y’Epfo, Malawi na Tanzania, waje […]

Perezida Ndayishimiye yiyemeje gukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda ku mugaragaro

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye yatangarije i Kinshasa ko yiteguye gutanga umusanzu mu guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda mu cyo yise ‘kubohora urubyiruko rwagizwe imfungwa’. Ni mu kiganiro n’itangazamakuru kuri iki Cyumweru i Kinshasa aho yitabiriye irahira rya mugenzi we, Felix Tshisekedi , ugiye kuyobora manda ya kabiri itavugwaho rumwe. “Mu Karere abaturage babanye neza, ndabizi […]

Meteo Rwanda yateguje imvura idasanzwe mu gice cya gatatu cya Mutarama

gewy4swwyaaqwrp.jpg

Meteo Rwanda, Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe, cyatangaje ko mu gice cya gatatu cya Mutarama , hagati y’itariki ya 21 kugeza 31 Mutarama 2024, hateganyijwe imvura nyinshi kurusha isanzwe igwa henshi mu gihugu. Ikigo cy’Igihugu cy’Iteganyagihe mu itangazo ryacyo cyavuze ko imvura iteganyijwe henshi mu gihugu ndetse mu majyepfo y’uburengerazuba bw’igihugu hakaba hagiteganyijwe imvura nyinshi ugereranyije n’izagwa […]

Abarusiya 2, Abanya-Ukraine 2 n’Umunya-Lithuania bamaze amezi 8 ari imbohe ku Cyambu cya Maputo

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Burusiya yatangarije Ibiro Ntaramakuru bya Leta, RIA, ko abasare babiri b’Abarusiya bafungiwe ku Cyambu cya Maputo muri Mozambique bazira amakimbirane ashingiye ku mafaranga hagati ya nyir’ubwato bari batwaye n’umukiriya we w’Umunyamozambike, mu magambo yatangajwe kuri iki Cyumweru. Ikinyamakuru SHOT cyo mu Burusiya cyatangaje mu cyumweru gishize kuri Telegramu yacyo ko Abarusiya […]

M23 yashyizeho “couvre feu” mu bice igenzura

ger9y9iw8aa-aug.jpg

Nyuma y’ibitero by’indege, bimaze iminsi byibasiye ibice M23 igenzura na nyuma y’iycwa ry’abayoboozi b’ingabo bawo 2 biciwe mu gico batezwe bagiye kuganiriza abaturage, uyu mutwe ubu washyizeho isaha yo gutahiraho no gufunguriraho ibikorwa. Uyu mutwe mu itangazo ryawo wavuze ko couvre feu ari guhera saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba kugeza saa kumi n’ebyiri za mu […]

Irak: Abasirikare benshi ba Amerika bakomerekeye mu gitero cya misile

Abasirikare benshi ba Amerika bakomerekeye mu gitero cya misile cyagabwe ku birindiro by’indege mu burengerazuba bwa Iraki. Ubuyobozi bukuru bw’ingabo za Amerika bwatangaje ko umutwe w’ingabo zishyigikiwe na Iran wibasiye ikibuga cy’indege cya Al Asad, kiriho ibirindiro by’ingabo z’Abanyamerika, ukoresheje misile za ballistique na roketi ku mugoroba wo ku wa Gatandatu. Umubare utazwi w’abakozi b’Abanyamerika […]

MINICOM yatangaje igiciro fatizo ku bigori bihunguye n’ibidahunguye

Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda MINICOM yatangaje igiciro fatizo ku bigori, aho ibihunguye ari amafaranga y’u Rwanda ku kilo naho ibidahunguye bikagura amafaranga y’u Rwanda 311 ku kilo. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama yo ku itariki ya 18 Mutarama 2024 yahuje MINICOM, MINAGRI, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe guteza imbere Ubuhinzi n’Ubworozi (RAB), abahagarariye abahinzi b’ibigori, inganda zibitunganya n’abahagarariye […]

Abapolisikazi basaga 100 basoje amahugurwa abategura kujya mu butumwa bw’amahoro

csm_un_6_ec46f74a64.jpg

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 19 Mutarama, abapolisikazi 110 bitegura kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro, basoje amahugurwa bamazemo ibyumweru bibiri, abera mu Ishuri ry’amahugurwa rya Polisi (PTS) i Gishari mu Karere ka Rwamagana. Ubwo yasozaga aya mahugurwa ku mugaragaro, umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda Wungirije ushinzwe ubutegetsi n’abakozi […]

Baravuga ko babangamiwe n’umwanda uva mu Ibagiro rya Gakenke

Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Gakenke baravuga ko babangamiwe n’amayezi avanze n’undi mwanda biva mu Ibagiro rya Gakenke, aho bemeza ko usibye umunuko biteza, binangiza ibidukikije kuko biruhukira mu mugezi wa Base. Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke yemeje ko iki kibazo bacyumvise kandi bagihagurukiye ngo gikemuke vuba. Ni nyuma y’aho abaturage bamwe bari basabye […]

Uganda yagiranye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare na Centrafrica

Muri iki cyumweru Uganda yagiranye amasezerano y’ubufatanye mu bya gisirikare n’igihugu bidasangiye umupaka cya Repubulika ya Centrafrica. Minisitiri w’ingabo n’ibibazo by’abavuye ku rugerero wa Uganda, Vincent Ssempijja, avuga ko amasezerano y’ubwumvikane (MOU) “yongeye gushimangira” ubushake bw’igihugu cye bwo kugirana ubufatanye mu bya gisirikare na Centrafrica. Ati: “Uganda yahoze ishaka guteza imbere amahoro n’umutekano mu karere […]

Kicukiro: Umwe mu bari bagiye kwiba mu kigo cya Real Construction yarashwe ahita apfa

Umwe mu bakekwaho ubujura bari bagiye kwiba ibikoresho bya Kompanyi y’ubwubatsi ya ‘Real Construction’ mu Murenge wa Gahanga mu Karere ka Kicukiro, yarashwe ubwo bashakaga kurwanya abashinzwe umutekano nk’uko byemejwe na polisi. Uwarashwe agahita ahasiga ubuzima, ni umusore warashwe mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu, itariki 19 Mutarama 2024, mu Mudugudu wa Nyabigugu mu […]

U Burundi bukomeje kurunda ingabo n’ibikoresho ku mupaka n’u Rwanda

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko abagabo bambaye impuzankano za gisirikare n’igipolisi, bitwaje intwaro nyinshi, bakomeje kurundwa mu ishyamba rya Kibira ku ruhande rwa za komini Mabayi na Bukinanyana mu ntara ya Cibitoke (mu majyaruguru y’iburengerazuba bw’u Burundi) hafi y’umupaka n’u Rwanda. Abaturage baho bavuze ko bafite impungenge ariko komanda ushinzwe ibikorwa aho […]

Indege z’intambara za FARDC zakomeje kwibasira ibirindiro bya M23 muri Masisi

gembbnfwgaahrcq.jpg

Kuri uyu wa Gatanu Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gifatanyije n’ingabo za SADC bakomeje ibitero by’indege ku birindiro bitandukanye bya M23 muri Masisi. Amakuru atangazwa n’abanyamakuru begereye Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo baravuga ko igitero cy’indege cyibasiye ibirindiro by’inyeshyamba za M23 mu ifamu bita Espoir muri Teritwari ya Masisi, hafi y’uruganda […]

Abahinzi bo mu Mujyi wa Kigali basabye ababishinzwe guhagurukira abanyereza imitungo yabo

Nubwo bishimira umusaruro bagezeho babikesha gukorera hamwe mu makoperative, Abahinzi bo mu Mujyi wa Kigali no mu nkengero zawo barasaba ko inzego zibishinzwe zahagurukira imicungire mibi y’amakoperative bagakumira abanyereza imitungo yayo. Mu Murenge wa Masaka mu Karere ka Kicukiro, uwitwa Nyirambanjineza Josephine amaze imyaka itanu yinjiye muri Koperative KOMUSES ihinga umuceri ikanatubura ibigori mu Gishanga […]

Gen. Habarurema ukuriye ubutasi bw’u Burundi aravugwaho kuba inyuma y’ubujura buyogoje Bujumbura

Ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza mu Burundi (SNR) kiravugwa mu byaha by’ubukungu no kumena amaraso. Ibyo byaha biteye impungenge kandi bikorwa n’abakozi b’uru rwego rw’ubutasi. Aba biravugwa ko bakingirwa ikibaba n’umuyobozi wa bo, Brig. Gen. Ildephonse Habarurema kandi ntibahanwa kabone niyo baba bafashwe. Ibikorwa by’ubugizi bwa nabi by’abakozi b’ubutasi bw’u Burundi byabatijwe SEVUMA, nk’uko amakuru agera […]

Bahangayikishijwe n’amafaranga yabo muri banki zigurwa n’abanyamahanga batategujwe

Bamwe mu babitsa muri banki zitandukanye mu Rwanda baravuga ko bagira impungenge iyo abanyamahanga bagura imigabane y’amwe mu ma banki yo mu gihugu bakayegukana ndetse agahindurirwa n’amazina kuko usanga batamenya uko biba byagenze ngo banki zigurishwe ugasanga bafite impungenge z’amafaranga yabo. Ni nyuma y’uko hashize igihe humvikana abanyamahanga bagura imigabane y’amwe mu ma banki yo […]

Les soldats des RDF acquiÚrent des compétences de combat avancées

38928.jpg

Les officiers des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF) et d’autres soldats ont terminĂ© avec succĂšs, mercredi 17 janvier, une formation avancĂ©e d’infanterie de sept mois au Centre d’entraĂ Âźnement militaire de base de Nasho, dans le district de Kirehe. Le gĂ©nĂ©ral Moubarakh Moubarakh, chef d’Ă©tat-major de la DĂ©fense (CDS) des RDF, a prĂ©sidĂ© la cĂ©rĂ©monie de […]

Depite Cecilia Ogwal wanabaye Miss Uganda yapfuye ku myaka 77

250944818_253688940013856_5844871848254683035_n_1_.jpg

Cecilia Barbara Atim Ogwal, Umudepite ukomeye muri Uganda wari uhagarariye abagore watorewe mu Karere ka Dokolo akaba yarabaye na Miss Uganda, yapfuye ku myaka 77. Ogwal wavutse ku itariki ya 12 Kamena 1946, yari umushoramari ukorana n’ingabo z’igihugu ndetse akaba n’umujyanama mu micungire, yabaye umwe mu bagize inteko ishinga amategeko ya Uganda kuva mu 1996 […]

Umutwe w’abacanshuro wa Wagner Group waje mu yindi sura n’izina rishya muri Afurika

Umutwe w’abacanshuro wa Wagner biravugwa ko ufite izina rishya ikoresha mu bikorwa byawo muri Afurika, ariko ngo ni wa mutwe n’ubundi w’abacanshuro b’Abarusiya ukomeje gusahura ubutunzi bw’amabuye y’agaciro kandi ugasiga inyuma ibikorwa by’ubugizi bwa nabi ku mugabane wa Afurika. Ahazaza h’umutwe hari hakomeje kwibazwaho nyuma y’urupfu rwo muri Kanama 2023 rw’uwahoze ari umuyobozi wa wo, […]

Imbwa zigiye kwifashishwa mu gushakisha abantu baburiye ahabereye ibiza

Hagiye gutangizwa agashami gashya kazakorera muri Polisi, mu ishami rishizwe gucunga umutekano hifashishijwe imbwa (Canine Brigade). Aka gashami kazafasha gushakisha abantu baburiye ahabereye ibiza. Umuyobozi wa Polisi ishami rishinzwe gucunga umutekano hifashijwe imbwa, CSP Faustin Kalimba, asobanura ko imbwa zifasha mu gutahura ibisasu, ibiyobyabwenge ndetse n’umuntu wiziritseho igisasu. Yavuze ko bateganya gushyiraho akandi gashami gafasha […]

Abadepite yemeje umushinga wa Minisitiri w’Intebe, Sunak, wo kohereza mu Rwanda abimukira

Inteko ishinga amategeko y’Ubwongereza umutwe w’Abadepite (House of Commons) yemeje umushinga wa Ministri w’Intebe, Rishi Sunak, wo kohereza mu Rwanda abimukira basaba ubuhungiro. Uwo mushinga watambutse ku majwi 320 kuri 276. Mu badepite bakabakaba 60 bo mwishyaka akomokamo ry’Abakonservateri bawurwanyaga, 11 gusa nibo batoye “Oya”. Mu minsi mike ishize, uyu mushinga wateje impaka z’urudaca mu […]

Minisitiri Gasana n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi bagiriye uruzinduko rw’akazi muri Qatar

Minisitiri Gasana n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi bagiriye uruzinduko rw’akazi muri Qatar Minisitiri w’Umutekano w’imbere mu gihugu, Alfred Gasana ari kumwe n’Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, kuva ku wa Kabiri, tariki ya 16 Mutarama, bari mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu mu gihugu cya Qatar rugamije gushimangira ubufatanye mu bijyanye n’umutekano n’iyubahirizwa […]

Imbwa yari ifite agahigo k’imbwa ishaje kurusha izindi iri gukorwaho iperereza

bobi-science-gettyimages-1507205859.webp

Guinness World Records yambuye agahigo imbwa yitwa Bobi nyuma y’iperereza ryayitangijweho nyuma y’urupfu rwa yo. Igihe Bobi byavugwaga ko ari yo ‘mbwa ishaje cyane ku Isi’ yizihije isabukuru y’imyaka 31 umwaka ushize, maze Isi yizihizanya na yo ibyo birori. Igihe yapfaga mu Kwakira, Isi yarababaye. Ariko ubu agahigo yari ifite karimo gukemangwa. Nyuma y’uko abaveterineri […]

Perezida Kagame yemeje ko azasubiza u Bwongereza amafaranga yabwo abimukira nibatoherezwa

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko ashobora kuzasubiza u Bwongereza amafaranga yabwo mu gihe abasaba ubuhungiro baba batoherejwe mu gihugu cye mu masezerano cyagiranye na Guverinoma y’u Bwongereza. Umwanditsi wa BBC w’inkuru zijyanye n’ubukungu , Faisal Islam, yagiranye ikiganiro gito na Perezida Paul Kagame ari mu nama ya World Economic Forum yabereye i Davos […]

«  La Main Rouge  » umwe mu mitwe y’iterabwoba ya mbere yabayeho washinzwe n’u Bufaransa

«  La Main Rouge  » ni izina ry’umutwe witwaje intwaro w’ibanga w’Abafaransa , wagabye ibitero byinshi mu Burayi no muri Afurika y’Amajyaruguru mu myaka ya za 1950, mu gihe cy’abakoloni. Uyu mutwe bivugwa ko wari “itsinda ry’urupfu” ndetse bamwe bafata nk’umutwe w’iterabwoba, wakomotse ku matsinda mato yashingiwe muri Tunisia mu 1952 kandi ugizwe n’abazungu n’abapolisi […]

London: Itegeko ryo kohereza abimukira mu Rwanda ryeguje Abayobozi 2 b’ishyaka riri ku butegetsi

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, abayobozi babiri bungirije b’ishyaka ry’aba conservateurs riri ku butegetsi mu Bwongereza beguye ku mirimo yabo mu gihe abadepite batoraga gukora amavugurura ku itegeko ryihutirwa rya Minisitiri w’intebe, Rishi Sunak, rigamije gukumira abinjira mu gihugu binyuranyije n’amategeko. Rishi Sunak yashimangiye ko umushinga w’itegeko ugomba kugera aho guverinoma ishoboye kuko […]

Biryogo: Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali yagaragaye mu Marangi ari gufata ka cyayi

gebzwsexcaat7pi.jpg

Umuyobozi w’Umujyi wa Kigali, Dusengiyumva Samuel, kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Mutarama, yagaragaye mu Biryogo, ahazwi nko Mu Marangi ari gufata ka cyayi ari kumwe n’abandi bantu bamwegereye barimo abashinzwe umutekano. Aha yari ari ndetse ari kumwe n’abantu batandukanye barimo umusirikare n’umupolisi bakuru, ni umuhanda wagizwe Car Free Zone uherereye mu Biryo mu Karere […]

M23 yemeje iyicwa rya ba komanda 2 ba yo barimo Col Castro wari ukuriye ubutasi

geb1g2txyaaoa3a.jpg

Amakuru akomeje gucicikana kuva kuri uyu wa Kabiri nimugoroba hirya no hino ku mbuga nkoranyambaga ndetse yananditswe n’ikinyamakuru Chimpreports, aravuga ko Umuyobozi w’ubutasi w’umutwe w’inyeshyamba za M23 yaba yiciwe mu gitero cy’indege zitagira abapilote mu burasirazuba bwa Congo. Ni amakuru M23 yemeje mu itangazo ryayo ivuga ko abayobozi 2 b’ingabo ba zo bishwe nubwo itavuze […]

Guverinoma igiye gutangiza uburyo bushya bwo gufasha abaturage kwikura mu bukene

Leta y’u Rwanda yatangaje ko igiye gutangiza uburyo bw’ikoranabuhanga bwo kubarura abaturage, habarurwa buri muntu ku giti cye harebwa n’ubufasha akeneye, bazafashwa kwikura mu bukene izatangira mu mpera za Mutarama 2024. Ubu buryo bushya buje gusimbura uburyo bwari busanzweho, aho abantu bafashwaga hashingiwe ku byiciro by’Ubudehe baherereyemo. Ibyiciro by’ubudehe byari byaratangijwe na Guverinoma y’u Rwanda […]

Blinken Commends Rwanda Moves To De-escalate With DR Congo

US Secretary of State Antony Blinken on Tuesday praised Rwanda’s efforts to reduce tensions with the Democratic Republic of Congo even as a new border clash highlighted the troubled ties. Meeting Rwandan President Paul Kagame at the World Economic Forum in Davos, Switzerland, Blinken promised US support for regional diplomacy to end violence in eastern […]

Sudani yahagaritse umubano n’umuryango wa IGAD

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Mutarama, Sudani yahagaritse umubano n’umuryango wa IGAD ( Intergovernmental Authority on Development) washakaga gutegura ibiganiro hagati y’abahanganye muri iki gihugu. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga yavuze ko guverinoma yahagaritse uruhare rwayo mu bikorwa by’ubwunzi bw’uyu muryango mpuzamaguverima w’iterambere (IGAD). Minisiteri yavuze ko iki cyemezo cyafashwe nyuma y’uko IGAD yongereye Sudani ku […]

Pakistan iramagana igitero cya Iran ku butaka bwa yo cyishe abana

Pakisitani iravuga ko ku wa Kabiri abana babiri bishwe abandi batatu barakomereka mu gitero cyagabwe na Irani bituranye. Irani yavuze ko yibasiye ibirindiro bibiri bifitanye isano n’umutwe w’abarwanyi witwa Jaish al-Adl nk’uko ibiro ntaramakuru by’igisirikare cy’iki gihugu bibitangaza. Ariko Pakisitani ibi yabiteye utwatsi, ibyita “igikorwa kitemewe” gishobora gukurura “ingaruka zikomeye” nk’uko tubikesha BBC. Pakisitani nicyo […]

Umujyi wa Kigali wasenye inzu zitandukanye zubatswe hadasabwe uruhushya

gd_njl9wwaajjch.jpg

Umujyi wa Kigali urongera kwibutsa abantu bose ko kubaka hadasabwe uruhushya binyuranye n’ibiteganywa n’amategeko agenga imyubakire, cyane cyane Iteka rya Minisitiri N°03/cab.m/019 ryo ku wa 15/04/2019 rishyiraho amabwiriza ajyanye n’imitunganyirize y’imijyi n’imyubakire. Mu Karere ka Nyarugenge, Umurenge wa Mageragere, Akagari ka Nyarurenzi, Umudugudu wa Musave, hakuweho ibyubatswe n’umuturage avuga ko ari uruganda rwo gutunganya imbaho […]

Davos: Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida Zelensky

gd-8bpjxiau3fgb.jpg

Perezida Kagame uri i Davos mu Busuwisi mu nama mpuzamahanga yiga ku bukungu bw’Isi, yagiranye ibiganiro na Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky. Ibiganiro byabo byibanze ku ntambara yo muri Ukraine ndetse n’ingamba zihari zo gushaka umuti w’amakimbirane. Yahuye kandi n’Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe Ububanyi n’Amahanga, Antony Blinken. Baganiriye ku bufatanye n’umubano […]

Umwanditsi Rahim Mohamed asanga ibibera Gaza bidakwiye kugereranywa na Jenoside yakorewe Abatutsi

Ku Cyumweru hari hashize iminsi 100 kuva imirwano itangiye hagati ya Israel na Hamas, yatewe n’igitero by’ubugome cya Hamas cyo ku itariki ya 7 Ukwakira mu majyepfo ya Israel. Nubwo umubare w’abahitanwa n’ubu, kuri ubu, bidashoboka kugereranywa neza na neza, ntawabura gushidikanya ko abantu bamaze gupfa ari benshi nubwo hari abasanga utabigereranya na jenoside nk’iyakozwe […]

Nyamasheke: Inyubako yubakwaga yagwiriye abantu umwe ahasiga ubuzima

Inyubako irimo kubakwa yaguye mu Karere ka Nyamasheke, umurenge wa Ruharambuga, akagari ka Kanazi, ahantu bakunze kwita kwa “Shangazi”. Ibi byabereye ahari kubakwa sitasiyo ya lisansi, bituma umuntu ahita apfa, abandi batatu barakomereka. Aya makuru yatangajwe bwa mbere n’umunyamakuru wa RBA, ahagana saa sita kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Mutarama. Abinyujije kuri X yagize […]

Mu majyepfo y’uburengerazuba bw’igihugu hazakomeza kwibasirwa n’imvura idasanzwe

Ikigo cy’igihugu cy’teganyagihe (Meteo Rwanda) cyatanze umuburo kivuga ko mu majyepfo y’iburengerazuba bw’igihugu hazakomeza kugwa imvura idasanzwe kugeza ku itariki ya 20 Mutarama 2024. Iteganyagihe rya Meteo Rwanda ryaburiye ko “ingaruka ziterwa n’imvura nyinshi zishobora kuba mu bice byo mu majyepfo y’iburengerazuba bw’igihugu aho biteganijwe ko imvura yiyongera [hagati ya milimetero 60 na 120]. Birashoboka […]

Masisi: Imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC ubu iri kubera muri centre ya Karuba

Imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC ifatanyije na Wazalendo yakomeje mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 16 Mutarama 2024 muri centre ya Karuba, muri Sheferi ya Bahunde, muri Teritwari ya Masisi. Amakuru aturuka mu Gisirikare cya Congo muri ako gace aravuga ko imirwano yiganje muri centre ya Karuba, imaze ibyumweru […]

Aba-Houthi barashe ubwato bw’imizigo bwo muri Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziravuga ko inyeshyamba z’Aba-Houthi zarashe ubwato bw’imizigo bwo muri Amerika zikoresheje missile ya ballistique ku nkombe za Yemeni. Ubu bwato, Gibraltar Eagle, bwatangaje ko “nta nkomere cyangwa ibyangiritse bikomeye”, nk’uko byatangajwe n’ubuyobozi bwa gisirikare bwa Amerika mu Burasirazuba bwo Hagati (Centcom). Ubwato buriho ibendera ry’Ibirwa bya Marshall bwakomeje urugendo rwabwo […]

Ngororero: Polisi yaburijemo ikwirakwizwa ry’udupfunyika 5000 tw’urumogi

Polisi y’u Rwanda irashimira abaturage bamaze gusobanukirwa akamaro ko gutangira amakuru ku gihe atuma ibyaha byinshi bikumirwa bitaraba bikaba n’umurongo mwiza wo kwicungira umutekano buri wese aba ijisho rya mugenzi we. Byagarutsweho n’umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Superintendent of Police (SP) Bonaventure Twizere Karekezi, nyuma y’uko ibikorwa bya Polisi byakorewe mu murenge wa Ngororero, […]

Amajyepfo: Haracyari ahantu batagira network za telefone

Mu Mirenge yo mu turere dutanu ihana imbibi n’igihugu cy’u Burundi abahatuye baravuga ko batorohewe no kujyana n’umuvuduko iterambere rigezeho bitewe n’uko telefone zabo nta huzanzira (Network) ziba zifite. Ubuyobozi bw’iyi Ntara buvuga ko buri mu biganiro n’amasosiyete y’itumanaho kugira ngo hashakwe umuti urambye. Abagaragaza imbogamizi mu gukoresha telefone n’izindi serivisi zisaba ihuzanzira biganjemo abo […]

Ingendo z’indege za Kenya Airways zakumiriwe muri Tanzaniya

Tanzaniya yabujije Kenya Airways gukora ingendo z’indege hagati ya Nairobi na Dar-es-Salaam mu rwego w kwihorera kuri Kenya. “Ibi ni ugusubiza icyemezo cyafashwe n’abayobozi bashinzwe indege ba Repubulika ya Kenya cyo kwanga icyifuzo cya Tanzaniya gisaba gukoresha indege z’imizigo za Air Tanzania Company Limited hashingiwe ku burenganzira bw’ubwisanzure mu rujya n’uruza hagati ya Nairobi n’ibindi […]

Uganda: Depite Zaake aravuga ko hari abayobozi bari gutegura umugambi wo kumwica

Umudepite utavugwaho rumwe muri Uganda, Francis Zaake yatangaje ko hari abayobozi bakuru barimo gucura umugambi wo kumwivugana. Mu butumwa yanyujije kuri X, Zaake yagize ati: “Nakiriye amakuru yizewe ku muntu utanga amakuru y’umugambi wo kunyica.” Ati: “Nabwiwe ko gahunda irimo gutegurwa n’abayobozi mu butegetsi bayobowe n’umuyobozi wa rumwe mu nzego za Guverinoma; Minisitiri mu butegetsi; […]

Kamonyi: Umugabo arashinjwa kwica umugore we amunize

Hakizimana Celestin w’imyaka 45 y’amavuko wo mu Mudugudu wa Giheta, Akagari ka Cyambwe, Umurenge wa Musambira, mu Karere ka Kamonyi, yatawe muri yombi akekwaho kwica umugore we amunize. Urupfu rwa Nyirantezimana Donatha na we w’imyaka 45 rwamenyekanye mu ijoro ryo ku Cyumweru, itariki ya 14 Mutarama, ari na bwo umugabo we yahise atabwa muri yombi […]

Uganda: Asaga miliyari 20 z’Amashilingi yishyuwe abakozi ba leta ba baringa

Muri raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta y’umwaka w’ingengo y’imari yarangiye ku ya 30 Kamena 2023 yagejejwe ku Nteko ishinga amategeko, Umugenzuzi mukuru w’imari ya leta muri Uganda, John Muwanga, yagaragaje amakosa akabije mu micungire y’imishahara y’abakozi ba leta. Raporo yasuzumye imikoreshereze y’imari mu myaka ine y’ingengo y’imari, yagaragaje imbogamizi zikomeye zibangamiye gahunda y’itangwa ry’imishahara, […]

Ishyaka rya Kamerhe ryaje inyuma ya UDPS mu kugira imyanya myinshi mu nteko

Komisiyo yigenga y’amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (CENI) yasohoye mu rukerera rwo ku Cyumweru, itariki ya 14 Mutarama, urutonde rw’abadepite 477 b’igihugu batowe by’agateganyo. Kandi nkuko byari byitezwe, ishyaka Union pour la nation congolaise (UNC) rya Vital Kamerhe ryabonye imyanya 36 mu nteko ishinga amategeko y’igihugu riba irya kabiri rifite imyanya myinshi nyuma […]

Benshi mu Banyarwanda ntihazwi irengero ryabo nyuma yo gufatwa n’iperereza ry’u Burundi

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Burundi aravuga ko Abanyarwanda bakomeje guhigwa bukware n’abayobozi b’iki gihugu ndetse bamwe mu batawe muri yombi bakaba baramaze kugera mu maboko y’urwego rushinzwe iperereza aho bivugwa ko rwabajyanye ahantu hatazwi. Bamwe mu Banyarwanda bafashwe bivugwa ko babanje gufungirwa muri kasho za polisi muri komini ebyiri kugeza kuwa Gatandatu ku mugoroba. […]

Somalia yaburiye Ethiopia ishaka kwemera Somaliland ngo ibashe gukora ku nyanja

Kuri iki Cyumweru, Minisitiri w’Intebe wa Somalia yihanangirije Ethiopia iyisaba kutavogera ubutaka bwayo nyuma yo kugirana na Somaliland amasezerano azayifasha gukoresha ibyambu byayo (Somaliland) ku Nyanja Itukura. Hamza Abdi Barre mu kiganiro yatangiye mu murwa mukuru Mogadishu, yashimangiye ko amasezerano yo kugera ku nyanja yashyizweho umukono mu ntangiriro z’uku kwezi hagati ya Ethiopia na Somaliland […]

Icyo RBC ivuga ku bicurane bikomeje kwiyongera bamwe bakeka ko ari covid-19

Umuyobozi w’ishami rishinzwe kurwanya ibyorezo mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), Dr Edson Rwagasore, arahumuriza Abanyarwanda ko muri iyi minsi y’ubukonje hakunze kugaragara indwara zifata imyanya y’ubuhumekero nk’ibicurane, bityo ko abafite icyo kibazo badakwiye gukeka ko bamaze kwandura Covid-19, ariko nanone akabasaba kugana ibigo by’ubuvuzi. Mu kiganiro yagiranye na RBA, yavuze ko mu gihe cy’ubukonje […]

Perezida Kagame yongeye kwikoma abashaka guhitiramo Abanyarwanda uko bagomba kubaho

Perezida Paul Kagame yongeye gushimangira ko nta muntu n’umwe ufite ububasha bwo guhitiramo Abanyarwanda uko bakwiye kubaho mu gihe igihe u Rwanda rwari rurimo gushy anta warutabaye. Ibi umukuru w’igihugu yabitangarije mu ijambo yavugiye mu Masengesho yo gusabira igihugu muri uyu mwaka wa 2024. Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yavuze ko kwemera, amadini na politiki […]

Ingabo za mbere za MONUSCO zizava muri RDC muri Mata 2024

Kuri uyu wa Gatandatu ushize, umuyobozi wa MONUSCO yavuze ko ingabo zigera ku 2000 zabo zizava mu turere tw’iburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo mu mpera za Mata mu cyiciro cya mbere cyo kuvana ingabo mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri iki gihugu. Akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe Umutekano kemeje ko ubutumwa buzarangira mu Kuboza […]

Aba-conservateurs bakomeje kudahuza ku itegeko rijyanye no kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda

Rishi Sunak ahanganye n’ubwigomeke bukabije mu ishyaka ry’Aba-Conservateurs aho abadepite barenga 30 bo muri iri shyaka bahagurukiye guhindura mu cyumweru gitaha umushinga w’itegeko rijyanye no kohereza abasaba ubuhungiro mu Rwanda. BBC yatangaje ko ubugororangingo buteganijwe bugamije kugabanya inzira zo kujuririra ibyemezo byo koherezwa mu gihugu cyo muri Afurika, ibyerekana kutabona ibintu kimwe gukomeje hagati mu […]

Gen. Mahamat Idriss Déby yagizwe umukandida wa MPS mu matora ataha muri Tchad

Perezida w’inzibacyuho, Gen. Mahamat Idriss DĂ©by Itno, yagenwe ku wa Gatandatu n’inama y’ishyaka rye muri kongere i N’Djamena, nk’umukandida mu matora ya perezida ateganijwe mu mpera za 2024 muri Tchad. Ku wa Gatandatu, Mariam Djimet Ibet, perezida wa komite ishinzwe gutegura kongere mu ishyaka MPS yagize ati «  Perezida w’inzibacyuho, Mahamat Idriss Deby Itno yagizwe […]

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano iragarutse ku nshuro ya 19

gdvfomcxmaayffw.jpg

Inama y’Igihugu y’Umushyikirano, urubuga Abanyarwanda baganiriramo iterambere ry’igihugu, ubumwe n’iterambere ry’urubyiruko, igiye kongera kuba ku nshuro ya 19 mu gihe muri uyu mwaka mu Rwanda hateganyijwe amatora y’umukuru w’igihugu n’abadepite.

Abakinnyi b’Abanyarwanda bitabiriye imikino ya EAC i Bujumbura batashye ntawe babwiye

Abakinnyi b’Abanyarwanda 16 bitabiriye imikino ya “East African Junior Championship 2024 ” ibera i Bujumbura biravugwa ko bafashe icyemezo cyo gusubira mu Rwanda bakava mu irushanwa batabimenyesheje abariteguye. Umwem bahaye aya makuru SOS Media Burundi yagize ati: “aba bakinnyi bahagurutse hagati ya 11h00 na 12h00 ku wa Gatanu. Ntabwo babimenyesheje abateguye, ” Ayo makuru akomeza […]