Igitutu Wenger akomeje kotswa n’abafana gishobora gutuma yirukanwa

Nyuma y’imikino isaga 3 yikurikiranya ikipe ya Arsenal idatsinda muri Premier League,byatumye bamwe mu bafana batangira kumwotsa igitutu, bamubaza impamvu arushaho gutsindwa kandi afite buri kimwe cyose umutoza agenerwa. Ibyo byagarutsweho nyuma y’uko Arsenal inganyije na Tottenham ku mukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 5 Werurwe 2016, aho byari byitezwe ko wenger yagombaga […]

Idini ya Islam ikomeje guha agaciro cyane amagini

Umuyobozi w’abayisilamu mu mujyi wa Kigali Sindayigaya Musa aravuga ko amajyini abaho ko ,Islam yemera ko abaho kimwe na Kolowani igitabo gitagatifu cy’idini ya Islam. Uyu muyobozi akaba avuga ko amagini afite ubushobozi ndetse ko ariyo yubatse umusigiti wa Yerusalem afatanyije n’Umwami Salomon. Ibi nibyo aherutse kubwira abanyamakuru ubwo bamubazaga aho Islam ihagaze ku myumvire […]

Ubushinjacyaha ntibukozwa iby’ubujurire bwa Dr. Niyitegeka mu Rukiko rwa Nyamabuye

Kuri uyu wa Mbere urubanza rwa Dr Theoneste Niyitegeka, wigeze kwiyamamariza kuyobora u Rwanda mu matora yo mu 2003 akaba aregera kuba yarafunzwe binyuranyije n’amategeko rwakomeje, Ubushinjacyaha busaba Umucamanza wo mu Rukiko rwa Nyamabuye rumuburanisha, kwiyambura ububasha bwo kuburanisha icyo kirego, ngo kuko urukiko rwaregewe atari rwo rwari rukwiye kuregerwa. Dr. Niyitegeka ThĂ©oneste ni umuganga […]

Uwafunzwe azira gutuka Perezida Nkurunziza yarekuwe amuhimbira indirimbo yo kumusingiza

Umuhanzi ukomoka mu Burundi, Cedric Bangi nyuma yo gufungwa ibyumweru 2 azira gutuka Perezida Nkurunziza, ubu yemeje ko yarekuwe ahita yerekeza mu Rwanda gukora indirimbo imusingiza. Uyu musore yafunzwe azira amagambo yo guserereza Nkurunziza abinyujije ku rukuta rwe rwa Facebook, byatumye ahigwa bukware afungwa n’urwego rw’iperereza. Cedric Bangi yemeje amakuru yo kurekurwa, anaboneraho gusaba imbabazi […]

Urwikekwe nirwo rutuma Diplomate atishyiraho imisatsi ya kirasita

Umuhanzi Diplomate Fasasie yatangaje ko adashobora kwishyiraho imisatsi ya gisitari cyangwa ngo ahindure izindi nyogosho, aramutse abikoze ngo ntiyabona aho aca kubera urwikekwe. Ibi yabitangaje nyuma y’uko akunze kugaragara yiyogoshesheje yamazeho umusatsi , akaba yemeje ko aribyo bimuhesha amahora aho anyuze hose ntibamurangarire. Ibi yabitangarije mu kiganiro “ Sunday night ” ku Isango star, Aho […]

Museveni yaba yararokotse umugambi wo kumwivugana mu Bubiligi

Hari mu 2014 ubwo perezida Museveni yagiriraga uruzinduko rw’akazi mu Bubiligi, aho yagombaga kwitabira inama y’iminsi 2 hagati y’abakuru b’ibihugu byo mu Burayi n’ibyo muri Afurika, ariko abashinzwe kumurinda mu Bubiligi bangirwa gusuzuma imodoka yari yahawe yagombaga kumugeza mu nama bituuma hakekwa ko haba hari ikindi kibyihishe inyuma. Usibye iyi nama hagati y’abakuru b’ibihugu bya […]

Ifoto igaragaza ubwambure niyo mpano y’ibyishimo Sheebah yageneye abakunzi be- AMAFOTO

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo umuhanzikazi Sheeba Kalungi wo muri Uganda yashyize ku mbuga nkoranyambaga amafoto agaragaza ubwambure agamije gushimisha abafana be nyuma yo kwegukana igihembo. Ibi yabikoze avuga ko yishimira ibihe byiza yagiriye muri Selena Hotel yo muri Uganda, ubwo yegukanaga igihembo cy’umuhanzikazi w’umwaka witwaye neza kurusha abandi(Best Femal Artist), igihembo yatwaye ku nshuro […]

Amabuye yagaciro ari ahantu 3 mu Burundi, intandaro y’ubwicanyi buhakorerwa

Ibihugu by’u Burusiya Amerika biravugwa kuba biri inyuma y’amakimbirane arimo n’ubwicanyi ahanini barwanira amabuye y’agaciro ari ahantu hatatu mu Burundi buri wese yifuza kwegukana iri soko. Ubushize Bwiza.com yari yababwiye ko ibuye ry’agaciro riri ahitwa Musongati mu Burundi ryari ryaregukanywe n’igihugu cy’u Burusiya riri mu byatumye mu gihugu haba intambara kuko ibihugu bitandukanye byifuzaga isoko […]

RDC: Haravugwa abantu batangiye kugenda ku bana ba Moise Katumbi

Abana ba Moise Katumbi baba muri iyi minsi ngo bari kugendwaho n’abantu bataramenyekana bikekwa ko baba ari abanzi ba se cyangwa abahanganye nawe muri za business, aho ngo aba bana bamaze iminsi bagendwaho n’aba bantu kugera no ku ishuri bigaho ku buryo ba nyiri iri shuri, Ecole Francaise banagize amakenga bakabimenyesha igipolisi. Umuntu umwe akaba […]

Imbogo y'ingore yivuganye intare y'ingabo- REBA AMAFOTO

Ibi byabereye muri Zambia, muri pariki (South Luangwa National Park) aho intare ifatwa nk’umwami w’ishyamba yivuganwe n’imbogo yari yihararutswe. Amashusho y’iyi mirwano y’intare n’imbogo yafashwe n’uwitwa Matt Armstrong, umuyobozi wa kompani yitwa Shenton Safaris isanzwe ifite amashami abiri akorera muri iyi pariki yo muri Zambia. Avuga ko iyi ntare yari yaritandukanyije n’izindi (yarigize ingunge), aho […]

Abahungu ba Trump baravugwaho gushimuta inyamaswa z’inkazi muri Afurika

Eric na Donald Junior Trump, abahungu 2 b’umuherwe akaba n’umukandida ku mwanya wa Perezida muri Amerika Donald trump baravugwaho kuba ari abahigi b’inyamaswa zigomba kubungwabungwa kubera ubuke bwazo ku mugabane wa Afurika kandi bakaba nta kibazo babibonamo Ubuhigi bw’inyamaswa zateganyijwe kubungabungwabungwa ziba mu mapariki ni bimwe mu byinjiza amafaranga atagira ingano ku baherwe bamwe na […]

70% by’abatuye icyaro bagiye gutuzwa mu midugudu yatunganyijwe

Mu rwego rwo kwihutisha iterambere mu mibereho n’ubukungu by’u Rwanda, guverinoma y’u Rwanda yihaye intego yo gutuza 70% by’abaturage baba mu cyaro mu midugudu izaba yamaze gutunganywa kugeza mu 2018. Umuyobozi Mukuru w’Ikigo cy’Igihugu cy’Imiturire, Didier Sagashya, kuri uyu wa Gatanu ushize yatangarije itangazamakuru ko u Rwanda ruzakora ibishoboka rugatuza 70 % by’abaturage batuye mu […]

DGPR yatangiye kwizeza Abanyarwanda ibyo izabagezaho nitsinda amatora

Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije (DGPR) ryagiranye n’itangazamakuru ikiganiro, kuri uyu wa 05 Werurwe muri Gulf Hotel ku Kimironko, cyari kigamije kubabwira ingamba zimwe na zimwe bafite zirimo kwitegura kujya guhatanira kuyobora igihugu, kunenga zimwe muri gahunda za Leta zirimo ubuvuzi buciriritse bwa Mituelle de santĂ© n’ibibazo bagenda bahura nabyo, ndetse anavuga ku ngabo […]

Imirwanire mishya ya LRA yateje impungenge akarere

Imiryango itegamiye kuri leta ya The Resolve na invisible children iravuga ko n’ubwo Inyeshyamba zirwanya ubutegetsi bwa Uganda,LRA (Lord Resistance Army)n’ubwo uyu mutwe utakivugwa ariko ukomeje ibikorwa byo gushimuta abaturage bigaragaza ko ukiriho n’ubwo byavuzwe ko warangiye. Ibi bikaba biteye impungenge ibihugu bya RDC na Centrefrique Hashize imyaka itari munsi y’ibiri bivugwa ko umutwe wa […]

Umusore yifuje kugira igitsina kingana na cm 17 atungurwa n’umuhini wa cm 33

Affi Nguessan Jean Lambert ni umusore ufite imyaka 28 y’amavuko ubarizwa mu karere ka Yopougon Port-Bouet II muri Cote d’Ivoire , ababyeyi be ntabwo bakibona ibitotsi bitewe n’uko umuhungu wabo yifuje ko igitsina cye cyaba kirekire kandi kinini maze biba uko atabitekerezaga. Nk’uko uyu musore yari yabyumvikanyeho n’umupfumu uzwi ku izina ya Arouna Hama, yagoma […]

Byaruhanga yivuganwe n’umugore amuziza kutamutera inda

Igipolisi cya Uganda ahitwa Rukungiri gifunze umugore w’imyaka 28 witwa Oliva Tumwebaze ushinjwa kwica umugabo we, Frank Byaruhanga w’imyaka 52, wo mu Kagari ka Kibaale mu Karere ka Rukungiri, amuziza ko atamutera inda. Igipolisi kivuga ko Tumwebaze yafashwe n’agatsiko k’abagore bahise bamwihutisha bamujyana kuri polisi banga ko abandi baturage bamwivugana. Biravugwa ko Byaruhanga, wari umufundi, […]

Centrafrica: Abaturage 12 bishwe n’abantu bitwaje ibirwanisho

Abantu bitwaje ibirwanisho bishe abantu 12 mu biturage byo muri Centrafrica nk’uko byatangajwe n’abayobozi kuri iki Cyumweru. Ubugizi bwa nabi bwa mbere bugaragaye kuva Faustin-Archange Touadera yemejwe nka perezida mushya w’iki gihugu kuwa Kabiri ushize nyuma y’amatora yari yitezweho kurangiza ubu bugizi bwa nabi. Ibi bitero byabereye hafi y’umujyi wa Bambari, birakekwa ko byari bigamije […]