Sudani: Ingabo z'u Rwanda mu Ntara ya Abyei zibutse Jenoside yakorewe Abatutsi
Abasirikare n’abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Amajyepfo mu ntara ya Abyei (UNISFA), nabo bifatanyije n’inshuti ubwo hatangiraga kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Umuhango wari uhagarariwe n’Umugaba mukuru w’ingabo zibungabunga amahoro muri UNISFA, Maj Gen Hassen Ebrahim Mussa. Mu ijambo Umugaba w’ingabo Gen Hassen Ebrahim […]
Gen Cyrille Ndayirukiye yemeje ko abavoka be bashyizwe ku iterabwoba
Imfungwa 21 zishinjwa kugira uruhare mu igerageza rya Coup d’Etat mu Burundi ku wa 21 Gicurasi 2015, bagejejwe imbere y’urukiko kuri uyu wa mbere tariki ya 11 Mata 2016, Gen Cyrille Ndayirukiye umwe muri abo akaba avuga ko abavoka be bahiye ubwoba. Gen Cyrille Ndayirukiye wari wungirije Gen Niyombare Godefroid ubwo bageragezaga guhirika Nkurunziza, ubwo […]
Mu yari Komini Mukingo kuwa 07 Mata 1994 nka saa cyenda Abatutsi bose bari bamaze kwicwa
Mu ntara y’Amajyaruguru mu cyahoze ari Perefegitura ya Ruhengeri biravugwa ko ari ho hageragerejwe jenoside mbere y’uko Jenoside yakorewe Abatutsi nyirizina iba mu 1994 igahitana abantu basaga miliyoni. Muri Komini Mukingo, nka saa cyenda ku itariki 07 Mata 1994 Abatutsi bose bakaba bari bamaze kwicwa. Bivugwa ko mu Murenge wa Busogo, Akagari ka Sahara mu […]
Hitler Bagosora akigera mu buhungiro yari afite gahunda yo kugaruka akamara Abatutsi basigaye
Kuva Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 yarangira uwitwa Col Theoneste Bagosora yakomeje gushyirwa mu majwi ashinjwa gutegura ndetse no kuba ari we watanze amabwiriza yo kuyishyira mu bikorwa nyuma y’ihanurwa ry’indege yari itwaye perezida Habyarimana. Uyu mugabo nyuma yo gutsindwa n’ingabo zari iza FPR ari nazo zahagaritse iyi jenoside, yavuze ko kuba Abatutsi […]
India: Abantu bagera ku 100 bahiriye mu rusengero
Mu gihe abasengera mu idini ry’Abahindu bari bateraniye mu rusengero bizihiza umwaka mushya wabo, abantu 100 babigendeyemo abandi 380 barakomereka ubwo baturitsaga ibishashi by’umuriro muri ibyo birori. Ibyo byabaye ubwo ibyo bishashi byari byashyizwe mu bubiko bw’urusengero nyuma biza gukora mu ihuriro ry’insinga z’amashanyarazi, bituma habaho iturika igisenge kiba kiragurumanye binakongeza indi nzu byari byegeranye. […]
Imana iyo igiye gutabara ikoresha inzira nyinshi
“Nimwumve ijambo ry’ Uwiteka. Uwiteka aravuze ngo ejo nk’ iki gihe, ku irembo ry’i Samalia indengo y’ ifu y’ ingezi izagurwa shekeli imwe…2 Abami 7:1-2 Muzi ko Isirayeri ari ubwoko bw’ Imana ariko igihe kimwe bumviraga amategeko y’ Imana ikindi gihe ntibumvire. Kenshi iyo babaga batumviye yabahanishaga ishyanga ritubaha Imana nk’ Abamidiani, Abafirisitiya, n’abandi bakabatera […]
Uganda: Umupasitoro arasabira perezida Kagame kuzabaho igihe kirekire
Umupasitoro wo mu gihugu cya Uganda arashimira perezida kagame ku mahoro yagaruye mu Rwanda n’iterambere amaze kurugezaho kandi mu gihe gito. Abanyarwanda bagera muri 500 batuye muri Uganda barimo abaturutse muri za kaminuza, abanya business ndetse n’abandi bifuriza u Rwanda ineza, mu mpera z’icyumweru gishize nibwo bahuriye ahitwa Kansanga Miracle Centre muri Kampala bitabiriye imihango […]
Burundi: Haba hari imyitozo iri guhabwa Imbonerakure n’Interahamwe
Abaturage bo muri Komini Busoni mu Ntara ya Kirundo baravuga ko mu ishyamba rya Yanza riri muri iyi komini hari kubera imyitozo ya gisirikare iri guhabwa urubyiruko rw’ishyaka riri ku butegetsi ruzwi nk’Imbonerakure ruri kumwe n’abandi bantu abaturage bakeka ko ari Interahamwe. Izi Mbonerakure ngo zikaba zimereye nabi abaturage baturiye umupaka w’ Burundi n’u Rwanda […]
Nyagatare: Ubuyobozi bwijeje abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi gukomeza kubaba hafi
Mu gihe abanyarwanda bose ndetse n’inshuti z’abanyarwanda bibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe abatutsi mu mwaka wa 1994, Akarere ka Nyagatare kifatanyije n’Abanyarwanda bose mu gufata mu mugongo abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 mu muhango watangirijwe mu Murenge wa Gatunda . Uyu muhango wo gutangiza icyumweru mu karere ka Nyagatare cyo kunamira no […]
Phillippines: Abasirikare 18 ba leta biciwe mu mirwano yabahuje n’umutwe wa Abu Sayyaf
Abasirikare 18 ba Phillippines kuri uyu wa Gatandatu baguye mu mirwano yabahuje n’umutwe ugendera ku matwara ya Kisilamu uzwi nka Abu Sayyaf ku Kirwa cya Bazilan kiri mu majyepfo y’igihugu. Abarwanyi batanu ba Abu Sayyaf nabo bakaba baguye muri iyo mirwano ngo ikomeye kurusha indi imaze kuba kuva uyu mwaka watangira. Nk’uko iyi nkuru dukesha […]
Kamonyi: Afunze azira kwica mugenzi we amuziza kumusambanyiriza umugore
Birashoboka ko mu miryango no mu bantu muri rusange habamo amakimbirane, ariko uburyo bwo kuyakemura bushobora gutera ingaruka nyinshi. Ikigaragara ni uko aho kugira ngo bamwe bayakemure mu bwumvikane cyangwa ngo aho binaniranye bagane ubutabera, bahitamo kwihanira rimwe na rimwe hakavamo abakomereka ndetse n’impfu. Mu nama ushinzwe imikoranire ya Polisi y’u Rwanda n’abaturage ndetse n’izindi […]