Ku myaka 47, Jennifer Aniston yambitswe ikamba ry’umugore mwiza ku isi
Mu birori byabereye mu mujyi wa Hollywood ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Mata 2016, Jennifer Aniston w’imyaka 47 y’amavuko, niwe wegukanye ikamba ry’umugore uhiga abandi mu buranga. Nyuma yo gutorwa nk’umugore uhiga abandi mu bwiza muri uyu mwaka wa 2016, Jennifer Aniston yavuze ko ibyo bidaterwa no kwisiga cyane. Yagize […]
FIFA yashatse guha akazi perezida Nkurunziza ngo ntaziyamamaze ariko aranga
Umuvugizi wa perezidansi y’u Burundi, Willy Nyamitwe, yatangaje ko uwahoze ari perezida wa FIFA, Sepp Blatter yagerageje guha akazi perezida Pierre Nkurunziza ngo ntazahatanire gukomeza kuyobora u Burundi ariko akanga. Willy Nyamitwe yavuze ko benshi bagerageje guca mu nzira zitandukanye ngo babuze Nkurunziza kwiyamamaza harimo n’ababigerageje banyuze mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA, ariko […]
Tanzania igiye guha ubwenegihugu impunzi z’ Abarundi
Impunzi z’ Abarundi bahungiye muri Tanzaniya muri Gicuransi 2015, bagiye guhabwa ubwenegihugu nyuma y’uko bahunze ubwicanyi bwakorerwaga iwabo. Leta ya Tanzaniya ngo yaba yamaze kugenzura neza impunzi zikwiye guhabwa ibyangombwa biranga umwenegihugu. Iki gikorwa kikaba kizatangira mu mpera z’uyu mwaka wa 2016 aho buri mpunzi izajya ibona serivisi zihabwa umuturage wa Tanzaniya. Hamad Yusufu Masauni, […]
Ntabwo nanga abantu n’uwanyanga we yaba yihemukira — Minisitiri w’Intebe
Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi, aherutse gutangaza ko ari umuntu wizera Imana ndetse n’abantu ndetse ko nuwamwanga yaba yihemukira kuko adashobora kumwanga. Ibi Minisitiri w’Intebe yabitangarije mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 22 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 wabereye kuri Minisiteri y’Intebe , aho yatangiye ijambo rye avuga ko yabaye Minisitiri w’Intebe mu buryo butunguranye […]
Abanyeshuri bigaragambije bambaye ubusa- REBA AMAFOTO
Mu ijoro ryakeye ryo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Mata 2016, Abanyeshuri bo muri Kaminuza yitwa Rodes University bigaragambije bambaye ubusa bashaka kugaragaza imbaraga nke z’abashinzwe umutekano bakagombye kubarinda ifatwa ku ngufu. Imyigaragambyo yatangiye ku cyumweru iza guhindura isura kuri uyu wa Gatatu ubwo abanyeshuri bigabije imihanda n’ibyapa byanditseho amagambo agaragaza imbaraga nke […]
Nyagatare: Undi mukobwa wari wanyweye imiti yo gukuramo inda nawe yitabye Imana
Umukobwa wa kabiri wari warokotse mu gikorwa cyo gukurirwamo inda mu buryo bunyuranije n’amategeko nawe yitabye Imana kuri uyu wa Kabiri ushize nyuma y’undi nawe wari wahitanywe n’iki gikorwa muri iri vuriro. KTpress dukesha iyi nkuru ivuga ko amakuru ayigeraho avuga ko uyu mukobwa yari afite inda y’amezi atatu gusa akaba yari atwite umwana w’umuhungu. […]
Kunyura mu makuba n’izindi ngorane mu buzima bituruka hehe?
Hahirwa ababa mu nzu yawe, Babasha kugushima ubudasiba. Hahirwa umuntu ugufitemo imbaraga, Hahirwa abafite mu mitima inzira zijya i Siyoni. Iyo banyuze mu gikombe cyitwa Baka bagihindura ahantu h’amasĹŤko, Imvura y’umuhindo icyambika imigisha. Bagenda bagwiza imbaraga, Umuntu wese wo muri bo aboneka mu maso y’Imana i Siyoni. Zaburi 84:5-8. Zaburi 23:4 4Naho nanyura mu gikombe […]
RDC: Abasirikare batatu ba FARDC bivuganwe n’inyeshyamba za FDLR
Abasirikare batatu ba Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bahitanywe n’ibikomere bakuye mu mirwano yabahuje n’inyeshyamba za FDLR ubwo zabagabagaho igitero mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuwa Gatatu mu burasirazuba bwa Congo nk’uko umuvugizi w’ingabo yabitangarije AFP. Nk’uko Capt. Guillaume Djike yabitangaje ngo iki gitero gitunguranye cyagabwe na FDLR cyabereye ahitwa Buvunga muri Teritwari ya […]
Uburyo wakwivura indwara yo kwikinisha ku giti cyawe
Indwara yo kwikinisha iterwa n’ibintu byinshi, harimo kurangazwa n’ikimero cy’abakobwa kureba amafirime y’ubusambanyi kuganira cyane amagambo arimo ubushotozi bwo kuryamana hagati y’abahungu n’abakobwa ,kwisiritanaho ,abahungu bakunda gukorakora amabere y’abakobwa ,abakobwa bakunda gusomana bya cyane ,abakobwa bakunda gukorakora abahungu. Muri make ibyo mvuze haruguru ntibyakagombye gutera ikibazo, ingorane zivuka iyo umuntu ari wenyine cyagihe aba aruhuka […]
Rugby: Ubuyobozi bushya bugiye kubaka ikibuga mpuzamahanga mu Rwanda
Nyuma y’itariki ya 09 Nzeri 2014, ubwo habaga ivugururwa ry’ ubuyobozi bw’umukino wa Rugby mu Rwanda bugasiga Alex Araire ari we Perezida mushya ku matora yari yabereye kuri sitade Amahoro, iyi manda nshya yiyemeje guhindura byinshi ikaba igiye no kubaka ikibuga mpuzamahanga kihariye cya Rugby dore ko bakiniraga mu bya football. Aya matora yari yakozwe […]
Muhanga: Inshike ziremeza ko Perezida Kagame yazibereye umuryango
Abakecuru b’Inshike bo mu Mirenge ya Mushishiro na Nyarusange mu Karere ka Muhanga baremeza ko Perezida Kagame yazibereye imiryango babuze. Abakecuru biganjemo abari hejuru y’imyaka 70 y’amavuko b’inshike za Jenoside yakorewe Abatutsi, bavuga ko bari barihebye kubera gupfusha bagasigara bonyine ntawe barora, bazi ko bazapfa, ariko Perezida Kagame akaba yarabahaye amatungo yo korora, abubakira amazu […]
Uganda: Amama Mbabazi yambuwe imodoka yari yarahawe na leta
Amama Mbabazi wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Uganda akaba aherutse no gutsindwa mu matora y’umukuru w’igihugu aheruka, yambuwe imodoka yari yaragenewe na leta. Iyi modoka yo mu bwoko bwa Pajero yirabura ngo ikaba yarafatiwe i Kampala kuri uyu wa Gatatu ijyanwa ku rubuga rwitiriwe ubwigenge ruri ahitwa Kololo. Mbabazi nk’uwahoze ari minisitiri w’Intebe, akaba hari […]
Umukobwa yabaze nyirasenge wapfuye amukuramo impinja z’impanga
Kaumate Monique yari umugore ukomoka muri Cameroun yari atwite impanga, ariko kubera kubura ubwishyu yatewe utwatsi n’abaganga apfira ku marembo y’ibitaro. Umunsi yari agiye kubyarira kwa Muganga, bitewe no kutagira amafaranga ahagije, yangiwe kubyazwa ahita apfira ku marembo y’ibitaro “Hospital la Quintanie”. Ubwo nyina yapfaga, abo bana bari bakimurimo batarashiramo umwuka, Umwishywa wa nyakwigendera yabajije […]
London: Inzu yaguzwe asaga miliyoni 400 bikekwa ko ari iya Kayumba Nyamwasa igiye kwigwaho
Inyubako y’agaciro iri mu mujyi wa London mu Bwongereza yari yashyizwe ku isoko igiye kubanza gukorwaho iperereza nyuma yo gusanga hari aho ihuriye n’Umunyarwanda wahunze igihugu, Kayumba Nyamwasa. Biravugwa ko Kayumba yaguze iyi nzu iri mu mujyi wa London mu 2002 ubwo yari umusirikare ari n’umunyeshuri I London mu Bwongereza. Bivugwa kandi ko nyuma yo […]
Col.Buzobona Emmanuel wari mu gisirikare cy’u Burundi yishwe
Mu gihe hakomeje kugaragara umwuka mubi mu gisirikare cy’u Burundi, uyu munsi hicwa umwe ejo hakicwa undi rimwe na rimwe bikitwa kwihorera, ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 20 Mata 2016, Col Buzobona Emmanuel yishwe n’abantu bataramenyekana. Uyu mukoroneli ngo yahoze mu ngabo PMPA zahoze mu ishyamba nyuma baza kwinjizwa muri FDN, […]
Burkina Faso irigira ku ngamba u Rwanda rukoresha mu kurwanya ruswa
​Itsinda rigizwe n’abantu 6 bagize komisiyo yo kurwanya ruswa mu gihugu cya Burkina Faso basuye Polisi y’u Rwanda kuri uyu wa gatatu taliki ya 20 Mata ku cyicaro gikuru cyayo kiri ku Kacyiru, mu ruzinduko barimo kugirira mu Rwanda guhera ku wa mbere w’iki cyumweru. Intego nyamukuru y’uruzinduko rw’iri tsinda muri Polisi y’u Rwanda, akaba […]