Itangazo rigenewe abifuza kwinjizwa muri polisi y’u rwanda (rikosoye)

Ubuyobozi bwa Polisi y’u Rwanda buramenyesha abantu bose bashaka kwinjira muri Polisi y’u Rwanda bwatangiye kwandika abantu bose bifuza kwinjira mu gipolisi ku rwego rw’aba ofisiye bato. Ababyifuza bagomba kuba bujuje ibi bikurikira:   Kuba ari umunyarwanda, Kuba abishaka, Kuba byibura atarengeje imyaka 30 y’amavuko Kuba afite impamyabushobozi ya kaminuza (Ao) Kuba atarigeze akatirwa igifungo […]

Dore uburyo bwiza 6 wakoramo imibonano mpuzabitsina ukanezeza umukunzi wawe

Mu gihe gutera akabariro ari imwe mu nkingi zubaka urugo ku bashakanye, rimwe na rimwe bukaba bwanarusenya, Ubu buryo wateramo akabariro bwagufasha kurushaho kunoza imibanire yawe n’uwo mwashakanye. 1. Kuryama umugore akakuryama hejuru Abashakanye bagomba kugaragarizanya uruhare mu gutera akabariro ,Umugore akakuryama hejuru amaboko akaba yayashyira ku rukuta ariko anashima uburyo uri guteramo akabariro abinyujije […]

Ni iki cyihishe nyuma y' igitero cyakorewe kuri Ambasade y' u Rwanda i Paris?

Abantu ntibavuga rumwe ku gitero cyagabwe kuri Ambasade y’ u Rwanda mu Bufaransa i Paris kuri uyu wa Gatatu taliki 18 Gicurasi 2016 mu masaha y’igitondo. Ku ruhande rumwe, igikomeje gutera urujijo ni uko iki cyiswe igitero, uhagarariye u Rwanda mu Bufaransa, Jacque Kabale yatangaje ko ari ibikorwa by’ urugomo [bisanzwe…] ,byakozwe n’ abaturage b’ […]

Umukecuru w’imyaka 102 yagaragaye mu kibuga akina Golf

Kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Gicurasi, Umukecuru Florence Greville w’imyaka 102 ukomoka muri Leta ya Viriginiya yagaragaye ku kibuga akina umukino wa Golf. Greville ubusanzwe ngo anezezwa n’umukino wa Golf ariko imbaraga zikagenda zimubana nke bitewe n’imyaka y’izabukuru n’uburwayi bw’imbavu yari amaranye amezi abiri. Ubusanzwe uyu mukecuru ubuzima bwe bwitabwaho n’abaganga mu macumbi yagenewe […]

Ese koko Ubushinwa bwaba bugurisha inyama z’imibiri y’abapfu muri Afurika? – REBA AMAFOTO

Mu gihe mu maguriro amwe n’amwe y’ibiribwa hagaragaramo inyama zaba iziseye cyangwa izimbumbe, hari amakuru avuga ko izo nyama zaba ari iz’abapfu Ubushinwa bugurisha muri Afurika, by’umwihariko muri Zambia   Intandaro y’ayo makuru, ni amafoto amaze iminsi acararacara ku mbuga nkoranyambaga aho yerekana amwe mu mabagiro yo mu Bushinwa harimo ibisa n’abantu bakuweho uruhu. Ubushinwa […]

Rwanda: Ishyaka Green Party rishyigikiye ko Donald Trump ategeka USA agahashya abanyagitugu

Mu gihe amahanga yose akomeje kwibaza uzategeka Leta Zunze Ubumwe za Amerika hagati y’ umudemokrate Hillary Clinton n’ umurepubukikani Donald Trump, Perezida wa Democratic Green Party of Rwanda, Dr Frank Habineza yemeza ko Abanyamerika baramutse batoye Trump bishobora kuzagira impinduka ikomeye kuri politiki y’ Isi. Mu gihe mu Rwanda hategurwaga Kamarampaka ku ihindurwa ry’ Itegekonshinga […]

Dore impamvu 3 zituma amasezerano y’Imana asa natinda gusohora

Nuko Umwami abwira Hamani ati: “ihute wende imyambaro n’ ifarasi uko uvuze, ubigenzereze utyo Moridikayi Umuyuda wicara ku irembo ry’ ibwami ntihagire ikintu na kimwe kibura muri byo byose” – Esiteri 6:10-11. Dukurikije iyi nkuru dusomye Moridikayi yari yarakoze ibyiza ariko hashira igihe ntiyahita agororerwa ariko ikindi gihe biribukwa aragororerwa wakwibaza uti: “Kuki nkora ibyiza […]

ADEPR: Ubuyobozi bwujuje Hotel mu gihe hari urusengero rw’Imana rumaze imyaka 6 ku gasozi

Hashize iminsi humvikana ukutumvikana hagati y’abayobozi n’abakiristo mu itorero ADEPR, ubwo bwumvikane buke bukaba bwaravuye ku mafaranga abakiristo batswe ngo ni ayo kubaka hotel Dove iri ku Gisozi mu mujyi wa Kigali, nyuma y’ibyo, abari i Gihundwe mu karere ka Rusizi bo bifashe ku munwa (barumiwe) batangazwa n’uburyo hubatswe hotel mu gihe hari urusengero rw’Imana […]

Iraqi: igitero cy’indege z’intambara cyahitanye abarwanyi 18 ba ISIS

Mu gihe muri Iraqi, abarwanyi ba ISISI bakomeje guteza umutekano muke, byatumye bagabwaho igitero n’indege z’intambara zihitana abarwanyi 18 b’uwo mutwe w’iterabwoba. Ihuriro ry’abenegihugu b’aba Kurdistan mu ntara ya Nineveh, ryatangaje ko kuri uyu wa Kane taliki 19 Gicurasi 2016, indege z’intambara zibarizwa mu Majyaruguru y’i Burengerazuba bwa Mosul ko zahitanye abarwanyi 18 ba ISIS. […]

Rugby: Nyuma yo gutsindwa n’u Rwanda, u Burundi bwaryamiye amajanja

Umukino ubanza w’ikipe y’igihugu y’u Burundi muri rugby bakozwe mu jishyo n’ikipe y’igihugu y’u Rwanda, none ubu iyi kipe yaryamiye amajanja ntabwo ishaka kongera gutsindwa ku mukino uri bukurikire ihura na Lesotho. Umutoza w’u Burundi, Mohamed Rashid aganira na bwiza.com yagize ati: “ku mukino ubanza ntabwo abakinnyi banjye babashyije gukora uko nababwiye, gusa byaterwaga n’impanvu […]

Imvune ya Danny Welbeck yatumye Walcott atamenya imigambi Wenger amufitiye

Rutahizamu muri Alsenal Theo Walcott ntaramenya niba azaguma muri Arsenal, nyuma yo kuvunika kwa mugenzi we Danny Welbeck byavugwaga ko azaguma muri Arsenal, Walcott akirukanwa. Ibi bije mu gihe Wenger atangarije ko Danny Welbeck ari umukinnyi mwiza, akanenga Walcott ko atigeze agaragaza umusaruro mu irushanwa rya premier League 2015-2016,nk’uko yabikekaga. Mu gihe hashize igihe gito […]

Canada: Umu Ex-FAR ukekwaho uruhare muri jenoside mu nzira zo koherezwa mu Rwanda

Umunyarwanda utuye mu mujyi wa Gatineau uherereye mu burengerazuba bwa Quebec, akaba yarahoze ari umusirikare mu ngabo z’u Rwanda (Ex-FAR) ashobora kwirukanwa muri iki gihugu akagarurwa mu Rwanda kubera ibyaha akekwaho na Canada bya jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu yakoze mu 1994. Uyu munyarwanda witwa Jean-Claude Seyoboka yahuye mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, itariki 19 […]

Nyuma yo kuvira inda imwe M23, abasirikare ba Monusco baguye mu ihurizo rya FDLR na ADF

Hashize igihe kigera ku mwaka n’igice mu gace ka Beni muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo hagaragara ubwicanyi bukorwa n’inyeshyamba za ADF/Nalu zikomoka muri Uganda, kuri ubu ingabo za Leta FARDC zifatanyije na Monusco ngo bagiye gufatanya mu guhashya izi nyeshyamba zisa nk’izabahagije mu gitero bise Usalama. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize nibwo byatangajwe ko […]

Leta y’ u Burundi yeruye ivuga ko idashaka kwicarana n’abashatse guhirika ubutegetsi

Mu gihe hategerejwe ibiganiro bishakira umuti ibibazo biri mu Burundi ngo bikemuke, leta yeruye ivuga ko idashaka kwicarana n’abashatse guhirika ubutegetsi babarizwa mu ihuriro mpuzamashyaka (CNARED). Kugeza ubu umuhuza muri ibi biganiro bizabera mu gihugu cya Tanzania, Benjamin Mkapa yamaze gutumira impande zose bireba, ariko leta y’u Burundi ikomeza ivuga ko ibyo kwicarana n’abashatse guhirika […]

Amajyepfo: Bamwe mu bakozi n’abayobozi ba bimwe mu bitaro byagenzuwe mu maboko ya polisi

Iperereza ryakozwe mu bitaro bimwe byo mu Ntara y’Amajyepfo ryagaragaje kunyereza ibya leta nk’uko bitangazwa n’umugenzuzi w’iyo ntara, Jean Damascene Hagenimana. Yagize ati: “Abakozi bamwe n’abayobozi b’ibitaro nk’ibya Munini mu Karere ka Nyaruguru, ibya Nyanza, ibya Kabutare na n’ibya Ruhango bakoresheje inyemezabwishyu z’impimbano mu kunyereza ibya rubanda”. Yongeyeho ko abo bacungamutungo babi bakiriye amafaranga y’inkunga […]

Bugesera: Afungiwe ubwambuzi bushukana bw’amafaranga 1, 520,500 y’amanyarwanda

Polisi y’u Rwanda mu karere ka Bugesera ifungiye kuri sitasiyo ya Nyamata umugabo witwa Nshamihigo Augustin kubera gushuka abaturage hanyuma akabambura amafaranga y’u Rwanda angana na 1, 520,500. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’Iburasirazuba, Inspector of Police (IP) Emmanuel Kayigi yavuze ko uyu mugabo ufite imyaka 54 y’amavuko yabwiraga abaturage ngo hari Ikigo […]