Inuma itungo rishimishije rifite urukundo rugereranywa n’urw’ abantu

Mu Rwanda ubuhinzi n’ubworozi bumaze gutera imbere aho umuhinzi mworozi amaze kumenya ko, kuvuza itungo ari ngombwa igihe rirwaye, umuco wo kuvuga ko itungo rirwaye barirya ugenda ucika. Tumenyereye ubworozi bw’amatungo maremare ndetse n’amagufi, kandi tuzi ko ubuhinzi n’ubworozi bijyana. Kimwe ni umwitero ikindi ni umukenyero! Ubworozi bw’Inuma aribwo dushaka kuvuga ho mu magambo make, […]

Uwashinze ishyaka Perezida Joseph Kabila abarizwamo ashinjwa kugira ubwenegihugu bubiri

Ikibazo cyo kugira ubwenegihugu bubiri cyongeye guhagurikirwa ubwo abayobora ishyaka PPRD bashinjaga Charles Mwando Nsimba gutunga ubwenegihugu bwa Congo n’ ubw’ Ububiligi mu gihe Itegekonshinga ry’ iki gihugu ryemera ubwenegihugu bumwe. Depite Mwando Nsimba uri mu ngenzi mu bashinze ishyaka PPRD , Perezida Joseph Kabila abarizwamo yatangaje ko afite ubwenegihugu bumwe gusa ari ubwa b’ […]

Brazzaville: Umunyarwanda yegukanye umudali wa Bronze mu gice cya marato

Sebahire Eric ukinira ikipe y’u Rwanda mu mikino ngororamubiri, yegukanye umudali wa Bronze mu gice cya marato muri Congo Brazzaville “Semi Marathon International de Brazzaville 2016”. Mu isiganwa ryari ribaye ku nshuro ya 13 ryabaye taliki 14 Kanama 2016, Sebahire yabaye uwa 3 mu gusiganwa ibilometero 21 akoresha isaha imwe, iminota 5 n’amasegonda 36. Umunyakenya […]

Abanyeshuri 442 Birukanwe muri Kaminuza y'u Burundi

Kaminuza y’Uburundi iherutse gufata ingingo yo kwirukana burundu abanyeshure 422 bo mu gace k’Indome muri uyu mwaka w’amashuri wa 2015- 2016. Iyo ngingo yafashwe inyuma y’amezi abiri abo banyeshure bari bamaze mu myigaragambyo, Abanyeshure birukanywe bavuga ko barenganijwe kubera bari bemeye gusubira mw’ishure mu gihe bategereje ko ibibazo gishakirwa igisubizo. Abayobozi ba kaminuza y’Uburundi bemeza […]

Kigali hagiye kubera iserukiramuco ry’akarere k’Iburasirazuba ry’indirimbo za Gospel

Kuri iki cyumweru nibwo kuri stade Amahoro hateganyijwe usozwa ry’iserukira muco ry’iminsi ibiri ry’indirimbo zihimbaza Imana, rizaba ku nshuro yaryo ya 9 rikazahuza amakorali 13 azaturuka mu bihugu bitandukanye muri aka karere ka Afurika y’Iburasirazuba. Iri serukiramuco ry’indirimbo zihimbaza Imana rigiye kubera mu Rwanda bwa mbere rikazajya ritangira saa munani z’amanywa. Rev. Mutabazi Erisa, umupasitori […]

Nyuma yo gufatwa anywa urumogi, Malia yashyizwe mu ihaniro na se Obama

Nyuma yo gufatwa Anywa urumogi, umukobwa wa Perezida Obama “Malia” yashyizwe mu ihaniro na Se ngo amufashe gusubira mu buzima busanzwe buzira ibiyobyabwenge. Uyu mukobwa yafashwe na kamera ubwo yari mu birori by’iserukiramuco bya Lollapalooza atumura umwotsi w’ikiyobyabwenge cya Marjuana, na mbere yaho akaba yari yarafashwe abyina indirimbo mu buryo bukurura abagabo. Perezida Obama Ise […]

Dosiye: Ese nyiri Golf Eden Hotel yaba yarahatiraga abakozi gusambana n’abakiriya?

Hashize iminsi hacicikanye inkuru ivuga ko Mugambira Aphrodise yahatiraga abakobwa bamukorera muri Hoteli Golf Eden Rock kuryamana ku ngufu n’ abakiliya. Mu iperereza ryigenga Bwiza.com yakoze mu rwego rwo kumenya amakuru ajyanye n’ibyo Mugambira Aphrodis nyiri Hoteli Golf Eden Rock avugwaho, twaganiriye n’ abantu batandukanye bafite amakuru ku mikorere rusange ya Golf Eden. Abantu 11 […]

Burundi: Umuturage ashinja inzego z’ umutekano kumutera urushinge ku mabya

Ibi byagiye bishimangirwa cyane muri raporo ya Loni aho byagaragaye ko hari ubwicanyi bukabije ndetse n’ iyicarubozo abashinzwe umutekano bakomeje gukorera abaturage. Kuva muri Mata 2015, u Burundi bwinjiye mu icuraburindi nyuma y’ aho Pierre Nkurunziza agundiriye ubutegetsi agahitamo kuyobora manda ya 3 binyuranyije n’ Itegekonshinga rigenga igihugu cye. Umwe mu bantu batewe inshinge ku […]

U Rwanda ngo ruzungukira byinshi mu muryango Nyafurika ku bufatanye mu ikoranabuhanga (ATU)

Umushinga w’itegeko ry’ubufatanye Nyafurika ku ikoranabuhanga (ATU) African Telecommunication Union waganiriweho mu namama y’abaminisitiri ngo uzagira akamaro u Rwanda gakomeye nk’uko byagarutsweho na minisitiri y’urubyiruko n’ikoranabuhanga, Jean-Philbert Nsengiyumva. Ubu bufatanye bwatangiye mu mwaka w’ 1999 butangirizwa muri Afurika y’Epfo mu mugi wa Cape-Town hagamijwe kunoza uburyo amakuru agera ku baturage, ndetse no kunoza ubufatanye ku […]

Abapasiteri 2 bungirije Umuhanuzi Mboro, bafotowe baterera akabariro abagore babo mu bihuru

Abapasiteri 2 bivugwa ko bungirije Umuhanuzi Paseka Motsoeneng uzwi ku izina rya Mboro, bafashwe banafotorwa bakorera imibonano mpuzabitsina n’abagore babo mu bihuru mu mpera z’icyumweru gishize. Mu gace gakikijwe n’ibihuru ahahoze ikibuga cy’indege mu majyepfo ya Durban ho muri Afrika y’Epfo aba bafatiwemo, bivugwa ko hasanzwe harabaye indiri y’ubusambanyi no kwishimisha ku bakundana. The southern […]

Kigali: Abamotari bataranzwe n’ isuku byakwangiza isura y’ igihugu

Umujyi wa Kigali ukomeje guhwitura abamotari bitewe na bamwe muribo bakomeje kunengwa n’abakiriya kubera umwanda ubagaragaraho. Muri abo bamotari nabo bemera ko hari bamwe muri bagenzi babo bakigaragaraho umwanda k’ uburyo bishobora guhesha isura mbi igihugu cyane cyane ko mu bagenzi haba harimo n’abanyamahanga. Abagenzi bakunze kugenda kuri moto usanga binubira abamotari kuko ngo basanga […]

Rayon Sports yanyuze muri humye Gicumbi Fc iyitwara “Maso”

Mu mpera z’icyumweru gishize nibwo amakuru yacicikanye mu bitangazamakuru ko Nshimiyimana Maurice uzwi nka Maso yagizwe umutoza mukuru wa Gicumbi Fc, bidatinze hakaba hamenyekanye andi makuru ko ikipe ya Rayon Sports yamwigaruruye. Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri, nibwo amakuru yageze ku bitangazamakuru ko Maso yageze muri Rayon Sports nk’umutoza uza kungiriza Masudi Djuma. […]

Imodoka y'umuryango (UNHCR) yakoze impanuka ipakiye urumogi

Imodoka y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) yo mu bwoko bwa Toyota Land Cruiser yakoze impanuka kubera umuvuduko urenze utegetswe yasanzwemo ibiro 86 by’urumogi. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburengerazuba, Chief Inspector of Police (CIP) Theobard Kanamugire yavuze ko iyo mpanuka yabereye mu kagari ka Kanazi, ho mu murenge wa Ruharambuga ku […]

Sudani y’Epfo: Abapolisi b’u Rwanda bambitswe imidari- AMAFOTO

Abapolisi b’u Rwanda 240 bakorera mu mutwe wa FPU mu butumwa bwa Loni muri Sudani y’Epfo (UNIMISS) , ku italiki ya 15 Kanama bambitswe imidari y’ishimwe kubera akazi bakoze muri iki gihugu. By’umwihariko, bashimiwe akazi bakoze mu duce twa Upper Nile na Malakal mu majyaruguru y’iki gihugu. Komiseri wa Polisi muri UNMISS , CP Bruce […]

Roméo Dallaire wafashije FPR-Inkotanyi ngo niwe ugambanira Perezida Nkurunziza

Mu itangazo ryashyizwe hanze n’ishyaka CNDD FDD, riri ku butegetsi mu Burundi, bikomye Abanyekanada 2 aribo RomĂ©o Dallaire wahoze ayoboye ingabo za MINUAR mu Rwanda na Louise Arbour wari umucamanza mukuru mu rukiko rw’ i Arusha (TPIR) mu gihugu cya Tanzaniya, ko bafite intego yo guhirika ubutegetsi bw’i Burundi. Aba banyamuryango ba CNDD FDD bavuga […]

Kuki ibitangazamakuru byinshi byo mu Rwanda bitavuga aho byavanye inkuru-Richard Irakoze

Hashize igihe kitari gito umunyamakuru Richard Irakoze ukorera Izuba Rirashe yibaza impamvu ibitangazamakuru byo mu Rwanda bidaquotingana? Kuri iyi ngingo ibusanyije n’ amahame y’ itangazamakuru Irakoze yibaza ikibazo cy’ ingutu kigira giti:” Ese koko nta makuru bamwe bavana ku bindi bitangazamakuru byo mu Rwanda?”. Akoresheje urubuga rwe nkoranyambaga rwa Facebook , Irakoze yakomeje agira ati:” […]

Xavere Yankurije acurunga igikoresho gakondo kidasanzwe kizwi

Hashize imyaka itarenze 2 gusa, umunyarwandakazi Xavere Yankurije atangiye gucuranga igikoresho gakondo bita IGONDEERA gitandukanye cyane n’ IKONDERA abanyarwanda basanzwe bamenyereye. Mu kiganiro na Bwiza.com, Xavere Yankurije bakunze kwita Gatesi yadutangarije ko kumenya gukoresha iyi nanga (igondera) abikesha bwa mbere na mbere Imana. Tumusanze mu rusengero aho yacurangiraga aho Gisozi yadutangarije ko n’ ubwo yari […]