Abapolisi 240 biteguye kujya gusimbura bagenzi babo muri Sudani y’Epfo
Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda wungirije ushinzwe ibikorwa bya Polisi, DIGP Dan Munyuza yakanguriye umutwe w’abapolisi bitegura kujya muri Sudani y’Epfo gufatanya hagati yabo no kwita ku bikenewe ngo bazashobore kurangiza inshingano zibajyanye n’ubutumwa bazajyamo. Yabigarutseho ababwira ko kuzajya guha umutekano , ituze n’amahoro abaturage b’igihugu cy’amahanga ari ubutumwa buremereye kandi ari uguhagararira Polisi […]
Ni iki leta iteganyiriza abanyereje inka zagenewe abatishoboye?
Mu mwaka wa 2006, nibwo mu Rwanda hatangijwe gahunda ya Girinka Munyarwanda, igamije kongera koroza no gutuma umuryango Nyarwandsa wongera kunywa amata. Iyi gahunda ikaba yararebaga cyane abatishoboye ndetse n’abadafite amikoro yo kwiyubakira ibiraro byo kuzororeramo bakaba barubakirwaga. Kugeza ubu, ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi gitangaza ko inka zigera kuri 729 zo muri iyi gahunda zaburiwe […]
Umuryango wa Kigeli wanyomoje amakuru yavugaga ko azatabarizwa mu mahanga
Kuri uyu wa Gatatu Ugushyingo 2016, umuryango wa Kigeli V Ndahindurwa wanyomoje amakuru amaze iminsi avugwa ko umugogo we uzatabarizwa mu mahanga, aho wemeje ko umwami agomba gutabarizwa mu Rwanda n’ubwo itariki itatangajwe. [ad id=”44145″] Ibi ni ibyatangajwe mu itangazo ryashyizwe ahagaragara na Amerika rivuga ko umuryango we ariwo wafashe iki cyemezo. Riragira riti: “Umuryango […]
Ikibazo cy’abasirikare b’u Burundi bari muri Somalia cyateranyije abadepite
Inteko Ishingamategeko y’u Burundi, kuri uyu wa Kane tariki ya 3 Ugushyingo 2016, nibwo yateranye yatumiye bamwe mu bayobozi bo mu nzego z’umutekano biga uburyo abasirikare b’u Burundi bakurwa mu bihugu bagiyemo mu butumwa bw’amahoro. Muri iyo nteko rusange hari hatumiye, Minisitiri w’ingabo, Emmanuel Ntahomvukiye na Minisitiri w’umutekano ari we, Guillaume Bunyoni. [ad id=”44145″] Aba […]
Ku myaka 15, yabyariye mu kizamini gisoza amashuri abanza
Mu masaha ashyira saa yine za mugitondo, ubwo abanyeshuri bari mu bizamini bisoza amashuri abanza bari mu kizamini cy’imibare, nibwo uyu mwana w’umukobwa yafashwe n’ibise. Ubuyobozi bw’ikigo cy’amashuri abanza cya Ongerei muri Uganda, bihutiye kugeza umubyeyi kwa muganga, aho yahise yibaruka umwana w’umukobwa. Nyuma yaho ngo nibwo abapolisi bacungaga umutekano ku ishuri aho bakoreraga ibizamini […]
Ni Adeline, arashaka umusore bakundana ariko udafite ingeso y’uburaya
Ndabashuhuje, nanjye nje kuri uru rubuga nifuza kugerageza amahirwe. njye ndi umumama ufite urukundo ruzima n’ubupfura bwinshi pe, ndi umukristo utinya Imana no guhemuka,, ariko murabizi mu muco wacu ntibyorohera umukobwa cg umugore kujya kwishakira umugabo. [ad id=”44145″] Akaba ariyo mpamvu niyambaje runo rubuga kuko nizera ko uwo Imana yakugeneye mwahurira aho ariho hose ,, […]
Tour du Rwanda iregereje, menya imihanda izakoreshwa muri aya marushanwa
Ubwitabire budasanzwe bw’abanyarwanda baba baje gukurikirana amasiganwa ya Tour du Rwanda bwagaragaje ko aya marushanwa ariyo akunzwe cyane mu Rwanda, hasigaye iminsi 11 ngo u Rwanda rwakire aya marushanwa mpuzamahanga azenguruka igihugu ku magare, U Rwanda ruzaba ruhagarariwe n’amakipe atatu ( Team Rwanda, Benediction na Sports Club Friends y’i Rwamagana ) muri aya masiganwa azaba […]
Kenya igiye gukura ingabo zayo muri Sudani y’Epfo
Nyuma y’uko umunyamabanga wa Loni, Ban Ki-moon yirukanye umusirikare w’umunyakenya wari uyoboye ingabo ziri mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo amushinja kunanirwa gucungira umutekano abasivile, leta ya Kenya yahise ifata icyemezo cyo gukurayo ingabo zayo zose zari ziri muri kiriya gihugu. [ad id=”44145″] Ku wa Kabiri w’iki cyumweru, nibwo Ban Ki-moon yafashe icyemezo cyo kwirukana […]
Ni Mugenzi, arashaka umukobwa bakundana w’inzobe kandi uteye neza, ufite imyaka (20-27)
Hello!my name is Mugenzi Bless. Nkeneye umukunzi umukobwa uri serious, wiyiziho kugira care, ufite urukundo kdi ugira umutima mwiza, winzobe cg imibiri yombi, utari mugufi cyane utari na muremure cyane, uteye neza, wiga cg wize kaminuza, ukunda gusenga abaye ari umurokore cg giteguye kubawe byaba ari sawa, uri hagati ya 20-27(imyaka).phone:0733385578,0784460249! Murakoze!! [ad id=”44145″] Niba […]
Nyamagabe: Akajagari kadasanzwe mu bizamini by'akazi ka leta
Kuri uyu wa kabiri, taliki ya 01 Ugushyingo 2016, Akarere ka Nyamagabe kakoresheje ibizamini by’akazi mu buryo butamenyerewe aho abakora ibizami babyikoresheje nta mugenzuzi uhari, ibi ngo byabahaye amahirwe yo kuganira kuri buri kibazo bibazo n’ibisubizo ndetse banareba kuri interineti ibisubizo byarushaho kuba byiza. Amakuru bwiza.com ikesha bamwe mu bakoze ibi bizamini bemeza ko ibi […]
Gen Niyombare yarahunze, Nkurunziza azayobora kugeza ku myaka 100- Iyi ni intero y’Imbonerakure
Bitwaje impiri, imihoro n’imbunda zo mu bwoko bwa kalachnikov,…Imbonerakure z’ishyaka CNDD FDD riri ku butegetsi mu Burundi zazengurukaga mu gace ka Kayanza ziririmba indirimbo zateye ubwoba abahatuye ndetse zinashimangira ko Perezida Nkurunziza azayobora kugeza ku myaka 100. Bitangazwa kandi ko izi Mbonerakure zazengurukaga ziririmba ziri no mu myitozo isa nk’iya gisirikare, gusa ibi ngo bikaba […]
Kayonza: Inzego z’umutekano zirashakisha umugore wibye uruhinja mu bitaro bya Gahini
Mu bitaro bya Gahini biherereye mu karere ka Kayonza, haravugwa inkuru y’uruhinja ruherutse kwibwa n’umuntu na nubu utaramenyekana mu ntangiriro z’uku kwezi kw’Ugushyingo 2016 , uwo muntu akaba yararwibye nyuma yo kwinjira mu bitaro abeshya ko agemuriye umurwayi. Uyu mugore witwa Mukamazimpaka w’imyaka 28 y’amavuko, utuye Mudugudu wa Rucaca, Akagari ka Murundi, mu Murenge wa […]
IMF isanga u Rwanda ruhagaze neza mu bukungu n’ubwo ifaranga ryarwo rishobora guta agaciro
Ikigega mpuzamahanga cy’imari (IMF) cyashimiye u Rwanda ku izamuka ry’ubukungu bw’igihugu kuko bwagumye kuri 6% mu mwaka wa 2016 mu gihe ahandi ku isi yose ubukungu bwagaragaje ihungabana no gusubira inyuma gukomeye, icyakora iki kigega cyemeza ko izamuka ry’ibiciro by’ibiribwa rishobora gutuma ifaranga ry’igihugu rita agacico. Iki kigega cyemeza ko u Rwada rwabashije gucunga neza […]
Minisitiri Mushikiwabo yitabiriye inama y’umutekano mu Bushinwa
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’ u Rwanda Louise Mushikiwabo, ari kumwe n’itsinda ayoboye, yitabiriye inama mpuzamahanga mu by’umutekano iri kubera i Beijing mu Bushinwa. Mu kiganiro yahaye abitabiriye inama ku munsi w’ejo ; Minisitiri Mushikiwabo yagarutse ku kamaro k’igihugu cy’Ubushinwa mu kubungabunga amahoro n’umutekano ku isi; by’umwihariko iyo urebye umwanya bufite mu kanama k’abanyamuryango batanu […]
Uganda: 2 Bafunzwe bazira gufatanwa impu z’ingwe n’igisamagwe
Polisi yo mu gihugu cya Uganda yataye muri yombi abagabo babiri bakekwaho kuba ba rushimusi nyuma yo kubafatana uruhu rw’ingwe n’urw’igisamagwe bifite agaciro ka miliyoni 2.5 k’amashiringi ya Uganda. Abo bagabo bafashwe ni Isaac Akobo w’imyaka 32 wari umwogoshi mu mugi wa Kapchorwa wafatanywe na Isaac Soyeko bivugwa ko yari afite imyaka 43 y’amavuko; bakaba […]
Umuherwe Makuza Bertin yitabye Imana
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu rishyira iryo kuwa Kane, tariki ya 3 Ugushingo 2016, umwe mu baherwe bakomeye mu Rwanda, Makuza Bertin yitabye Imana, uyu musaza akaba yazize urupfu rutunguranye. Amakuru yemeza neza ko uyu muherwe Makuza ku munsi wo ku wa Gatatu yari yaramutse neza nk’uko bisanzwe ndetse ko yafashwe ari mu […]