Perezida Kagame yishimiye itsinzi ya Ndayisenga Valens
Umukuru w’igihugu abinyujije ku rukuta rwe rwa twitter yashimiye umunyonzi Valens Ndayisenga wahize abandi akegukana irushanwa rya Tour du Rwanda. Kuri uyu wa 20 Ugushyingo nibwo umunyarwanda ukinira ikipe ya Dimension Data yo muri aAfurika y’Epfo yegukanye irushanwa ryo gusiganwa ku magare ryari rimaze icyumweru aho abasiganwa bazengurukaga igihugu cy’u Rwanda, [ad id=”44345″] Perezida Kagame […]
Abakirisitu 3 bakatiwe urwo gukubitwa inkoni 80 bazira kwica amategeko ya Shariya
Abagabo batatu bakatiwe igihano cyo guhondagurwa inkoni 80 buri umwe nyuma y’uko bafashwe banywa kuri Divayi ifatwa nk’inzoga ibintu bitemewe mu mategeko ya Shariya akoreshwa n’abo mu idini ya Isilamu. [ad id=”44145″] Aba bagabo bafashwe bari baherutse kuva mu idini ya Isilamu bahinduka abakirisitu. Daily mail dukesha iyi nkuru yanditse ko aba bagabo bakatiwe urwo […]
Haravugwa ubwiyongere bukabije bw’impuzi z’Abarundi muri Tanzania
Muri raporo yashyizwe ahagaragara n’umuryango udaharanira inyungu w’abaganga batagira umupaka MSF, ivuga ko umubare w’impunzi z’Abarundi ukomeje kuzamuka uko bukeye n’uko bwije bityo bikaba ari bimwe mu biteye impungenge aba baganga kuko kubitaho bitoroshye bitewe n’ubucucike bwabo mu nkambi ndetse n’ubuzima babayeho. [ad id=”44145″] Leta ya Tanzania iravugwaho kuba icumbikiye Abarundi basaga ibihumbi 250 mu […]
Uwashinze urubuga rwa Facebook yihanije abakwirakwiza amakuru asebanya
Umuyobozi w’urubuga nkoranyambaga rwa Facebook, Mark Zuckerberg yongeye kwihaniza abakoresha urubuga nabi mu buryo bwo gusebanya ndetse n’abakoreraho ibikorwa byo kwamamaza ku nyungu zabo bwite . Ibi yabigarutseho muri iki cyumweru gishize muri leta ya Peru iherereye mu majyepfo y’Amerika mu nama yari yamuhuje n’abakuru b’ibihugu bitandukanye bagera ku 10 ndetse n’Abaminisitiri b’Intebe, ubwo yagarukaga […]
Ndayisenga Valens yatwaye Tour du Rwanda 2016 , Tumwe mu dushya twaranze irushanwa
Kuri uyu wa 20 Ugushyingo 2016 nibwo hasojwe amarushanwa yo gusiganwa ku magare azeguruka igihugu cy’u Rwanda, aya marushanwa yegukanwe n’umunyarwanda Ndayisenga Valens anakora amateka atarigeze akorwa n’undi munyonzi kuva aya marushanwa yatangira mu mwaka wa 2009 Valens Ndayisenga yatwaye Tour du Rwanda bwa mbere mu mwaka wa 2014 ubwo aya marushanwa yari yagizwe mpuzamahanga […]
Tanzania: Wasafi yatumiye Amber Rose mu gitaramo cyo ku mazi kizaba kuri Noheri
Mu rwego rwo kwizihiza Noheri y’uyu mwaka, mu gihugu cya Tanzania lebel y’umuhanzi Diamond Platnumz izwi nka Wasafi (WCB) yateguye igitaramo cyatumiwemo umunyamideri, Amber Rose kizaba mu ijoro ryo kuwa 24 Ukuboza kiswe Wasafi Beach Party kizabera ku mazi muri Dar es Salaam. [ad id=”44145″] Abahanzi bose bakorera muri iyi lebel ya Wasafi barangajwe imbere […]
Twavuze ko tuzashyigikira nyakubahwa Kagame Paul ntabwo twavuze RPF- FAZIL
Nyuma y’uko ishyaka PDI , abantu, amadini n’ibigo byasabye ko manda y’umukuru w’igihugu yavugururwa bityo Perezida Paul Kagame akaba yakwiyamamariza indi manda, uwahoze ari Minisitiri w’Umutekano mu gihugu Sheikh Mussa Fazil Harelimana akaba n’umuvugizi w’iri shyaka yavuze ko ishyaka PDI rishyigikiye ko Perezida Kagame yakongera akiyamamaza ariko ko ridashyigikiye RPF. Mu kiganiro yagiranye na Radio […]
Kiliziya gatolika irashyize isaba imbabazi ku ruhare rwayo muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Nyuma y’imyaka 22 yinangira kwemera, Kiliziya gatolika irashyize isaba imbabazi ku ruhare rwayo muri Jenoside yakorewe abatutsi mu myaka wa 1994. Kiliziya gatolika yakunze gusabwa kwemera uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi no kubisabira imbabazi ikomeza kubyanga, mu mwaka wa 2015 nibwo uwari umuvugizi wa Kiliziya Gatolika, Musenyeri Smaragde Mbonyintege yemeje ko iri dini ryemeye kuzasaba […]
Ikibazo cy’indwara zo mu mutwe ziterwa n’ibiyobyabwenge kirarushaho guhangayikisha
U Rwanda ruhangayikishijwe n’ubwiyongere bw’abakoresha ibiyobyabwenge mu gihe Ibitaro byita ku ndwara zo mu mutwe bivuga ko bikomeje kwakira abatewe ibibazo byo mu mutwe n’inzoga zitemewe biganje mu b’imyaka hagati ya 18 na 35. [ad id=”44145″] Nubwo benshi mu bakirwa ari ababaswe n’inzoga zikaze nka wine n’izitwa spirits, ngo hari no kwiyongera kw’abakoresha ibiyobyabwenge bikomeye […]
Kenya hagiye guteranira inama ya EALA yiga ku buringanire n’iterambere ry’umugore
Guhera kuri uyu wa mbere tariki ya 21 Ugushyingo 2016, I Nairobi muri Kenya hagiye guteranira inama y’ibyumweru 2 y’Abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko mu muryango w’Afurika y’Iburasirazuba(EALA ), iyi nama ikaba iziga ku ngingo 2 z’ingenzi zirimo umushinga w’itegeko ry’uburinganire n’iterambere ry’umugore ndetse n’uburyo hanozwa imikoreshereze y’ibikorwa muri za pulastike. [ad id=”44145″] Biteganyijwe ko […]
Kenya hagiye guteranira inama ya EALA yiga ku buringanire n’iterambere ry’umugore
Guhera kuri uyu wa mbere tariki ya 21 Ugushyingo 2016, I Nairobi muri Kenya hagiye guteranira inama y’Abadepite bagize Inteko Ishinga Amategeko mu muryango w’Afurika y’Iburasirazuba(EALA ), iyi nama ikaba iziga ku ngingo 2 z’ingenzi zirimo umushinga w’itegeko ry’uburinganire n’iterambere ndetse n’uburyo hanozwa imikoreshereze y’ibikorwa muri za pulastike. [ad id=”44145″] Biteganyijwe ko iyi nama izayoborwa […]
Imfura ya Ap.Paul Gitwaza yitabye Imana we ari mu masengesho y’iminsi 7
Ubwo yari imbere y’imbaga y’abakiristo abigisha iby’amabanga y’urugo, Ap Paul Gitwaza, umuyobozi wa Zion Temple yaboneyeho akanya ko kubagezaho ubuhamya bw’uburyo umwana wabo w’imfura yitabye Imana bari mu masengesho y’iminsi irindwi agerageza gushaka kumuzura Imana iramubuza. Mu gice cya mbere cy’aya mabanga yo kubaka urugo Gitwaza atanga ubuhamya, atangira agira ati: “ reka duhe amashyi […]
Abakomoka mu Karere ka Rubavu biyemeje kurushaho kuhateza imbere
Abakomoka mu Karere ka Rubavu batuye ahandi biyemeje kugira uruhare rufatika mu gutanga ibitekerezo byubaka Akarere ndetse no mu kubishyira mu bikorwa. [ad id=”44145″] Uyu ni umwe mu myanzuro y’inama Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu bwagiranye nabo kuri uyu wa 19 Ugushyingo 2016 mu rwego rwo kumenyana ndetse no gushyiraho ihuriro ribahuza nk’umurongo uzakomeza gucishwamo ibitekerezo […]
Rayon sport yeretse Sunrise ko ari umwana, iyobora urutonde
Mu mukino w’ishiraniro w’itabiriwe n’abafana benshi cyane wahuje Ryon sport na Sunrise i Nyagatare ku kibuga cya Kaminuza y’u Rwanda, ikipe ikomoka i Nyanza yeretse iyo mu Burasirazuba ko umukuru ahora ari mukuru. Byasabye iminota 73 kugirango umurundi, Kwizera Pierrot abashe guhindukiza umunyezemu wa Sunrise, wari witwaye neza muri rusange muri uyu mukino amutsinda igitego […]
U Budage: Angela Merkel aritegura gutangaza ko aziyamamariza manda ya 4 ku mugaragaro
Umuyobozi w’u Budage Angela Merkel ategerejweho kuri iki Cyumweru gutangaza ko aziyamamariza manda ye ya kane bivugwa ko bishobora kwishimirwa mu rwego rwo gushimangira gushikama kw’u Budage mu bihe u Bwongereza bwitegura gusohoka muri E.U ndetse na nyuma y’intsinzi ya Donald Trump muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. [ad id=”44145″] Nyuma y’uko hari hashize amezi […]
Uganda: Abantu 10 barohamye mu kiyaga cya Albert
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19 Ugushyingo 2016, Polisi yo mu gihugu cya Uganda yatangaje urupfu rw’abantu babarirwa mu 10 barohamye mu kiyaga cya Albert ubwo bari mu bwato bwaturukaga mu karere ka Buliisa bwerekeza Kagoya muri kiriya gihugu. [ad id=”44145″] Polisi yo muri iki gihugu ikaba yatangaje ko ubu bwato bwari bupakiye cyane […]
Abagore 3 bafite inzoga za Blue Sky zitemewe mu Rwanda bafatiwe mu mukwabu
Abagore batatu bo mu karere ka Musanze batawe muri yombi kuri uyu wa kane bafatanywe amakarito 180 y’inzoga zo mu bwoko bwa Blue Sky zitemewe ku masoko yo mu Rwanda. Nyirabuhoro Rachel, Nyirankundimana Alice na Uwase Marie Gisele ubu bari mu maboko ya polisi y’u Rwanda kuri sitasiyo ya Muhoza bafatiwe mu mukwabu wakozwe na […]
CNLG yatangiye imyiteguro yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 23
Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) ifite mu nshingano zayo gutegura igikorwa cyo kwibuka Jenoside yakorewe abatutsi no gukora ku buryo kigenda neza mu gihugu hose. Ni muri urwo rwego, kuri uyu wa gatanu tariki 18/11/2016, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside yagiranye inama ya mbere n’abafatanyabikorwahagamijwe gutegurira hamwe gahunda yo kwibuka Jenoside […]
Real Madrid: Umutoza Zidane ngo aterwa umunezero n’abakinnyi ubu afite
Nyuma y’umukino nakinnye n’ikipe ya Atletico Madrid bakayitsinda ibitego 3 ku busa, nibwo Zidane umutoza w’ikipe ya Real Madrid yagaragarije itangazamakuru ibyishimo afite aboneraho no gutangaza ko abakinnyi afite bamutera umunezero. Kuri mikoro z’ikinyamakuru BeIn Sports France, Zidane yagize ati: “Simbizi niba navuga ko ari wo mukino wacu wa mbere ubaye mwiza, ariko bigenze neza […]
Umusirikare w’u Burundi, Col.Dieudonné Dushimagize yatawe muri yombi
Col. DieudonnĂ© Dushimagize, usanzwe ari umusirikare w’u Burundi, ku wa Gatanu w’iki cyumweru tariki ya 18 Ugushyingo 2016, nibwo yatawe muri yombi afatiwe mu biro bikuru bya gisirikare ajyanwa gufungirwa mu rwego rw’iperereza rw’i Bujumbura. [ad id=”44145″] Aya makuru yemejwe n’umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi, OP1 Pierre Nkurikiye ko Col. Dushimagize DieudonnĂ© uzwi ku izina rya […]
Moto yari yaribwe muri Nyagatare yafatanwe Ndizeye i Kirehe ukekwaho kuyiba
Nyuma y’ibyumweru bibiri mu karere ka Nyagatare hibwe moto RB 059 G, kuri ubu polisi mu karere ka Kirehe yataye muri yombi Ndizeye Donatien, umusore w’imyaka 23 y’amavuko ukekwaho kuyiba akaza kuyihahisha. Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Kirehe Superintendent of Police (SP) James Rutaremara yavuze ko kugirango iyi moto ifatwe ari umuturage watanze amakuru. […]