Igisirikare cy’u Rwanda cyahakanye kugira ruhare mu mugambi wo gushaka kwica Nyamitwe

Igisirikare cy’u Rwanda cyamaganye ibirego by’igihugu cy’u Burundi cyagishinjije kivuga ko u Rwanda rwaba rwihishe inyuma y’umugambi wapfubye wo gushaka kwivugana Willy Nyamitwe, umujyanama mu by’itumanaho wa Perezida Pierre Nkurunziza. [ad id=”44145″] Umuvugizi w’igisirikare cy’u Rwanda Lt Col Rene Ngendahimana akaba yabwiye Ijwi ry’Amerika ko ibyatangajwe n’umuvugizi w’igipolisi cy’u Burundi atari ibintu bitangaje kuko u […]

Kenya: Umunyasomalia yateje urujijo mu baturage bagirango ni Yesu (mu mafoto)

Umugabo witwa Daniel Christos ukomoka muri leta ya Somalia yateje urujijo ubwo yatungukaga mu mujyi wa Nairobi muri Kenya agendesha ibirenge atambagira umujyi, ubwo abantu benshi bamubonaga bagatangira kumwitiranya na Yesu Christ uvugwa muri Bibiliya. Uyu mugabo ukiri muto mu myaka akaba anafite amazina ajya kwitiranwa n’aya Yesu, ahakana yivuye inyuma ko atari Yesu, dore […]

Umuherwe wo muri Tanzania arifuza ko umuhungu wa Ali Kiba yazabana na Tiffah wa Diamond

Umuherwe wo mu gihugu cya Tanzania yatanze igitekerezo cyo gutangira gukusanyiriza inkwano umuhungu wa Ali Kiba ngo bashake amafaranga bazajya gukwa umukobwa wa Diamond Tiffah ngo aba bana b’ibyamamare muri iki gihugu bazabane. [ad id=”44145″] Ibi byaje nyuma y’aho hagaragaye ifoto y’umuhungu wa Ali Kiba ari kumwe na Tiffah wa Diamond, abafana b’aba bahanzi bagahita […]

Isange One Stop Centre yashyize ku mugaragaro igitabo gikubiyemo amateka yayo

Nyuma y’igihe kigera ku myaka itandatu rurwanya no gukumira ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana, U Rwanda rwagaragaje uruhare rwa Isange One Stop Centre mu kurwanya iki cyaha; ibyo bikajyana no gufasha abarikorewe; ayo mateka, ingamba z’iki Kigo ndetse n’ibyo gikora bikaba bigaragara mu Gitabo cyashyize ku mugaragaro cyiswe:” Rwanda’s Holistic Approach to Fighting Gender […]

U Burundi burashinja u Rwanda kuba inyuma y'abashatse kwivugana Willy Nyamitwe

Nyuma y’amasaha macye umuvugizi wa Perezida Nkurunziza mu gihugu cy’u Burundi, Willy Nyamitwe arusimbutse nyuma yo kuraswaho n’abantu bitwaje intwaro ndetse umwe mu bari bamurinze akahasiga ubuzima, abantu benshi bari biteze kumva ikiri butangazwe na leta y’u Burundi kuri ubu bwicanyi bwibasira abayobozi bakuru muri kiriya gihugu butari bu herutse. [ad id=”44145″] Inkuru dukesha urubuga […]

Ikipe ya Rayon Sport ntikigiye mu irushanwa rya StarTimes

Ikipe ya Rayon sport yagombaga kwitabira irushanwa ryateguwe n’ikigo cya startimes ryagombaga kuzahuza amakipe akomeye yo mu karere, kuri ubu amakuru aturuka mu ikipe ya Rayon sport aravuga ko iyi kipe atakitabiriye iri rushanwa kuko yabwiwe ko ryimuwe. [ad id=”8″] Iri rushanwa ryagombaga kuzatangira ku itariki ya 16 kugeza ku ya 23 Ukuboza 2016, iri […]

Amafoto: Ikamyo yo muri Tanzania yari itwaye ibikoresho bya Loni yangijwe bikomeye n'impanuka

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, habaye impanuka y’igikamyo gifite ibirango bya Tanzania yabereye mu makoni amanuka Shyorongi haruguru gato y’akabari bita Arsenal. [ad id=”44145″] Hari nko mu saa 9h30′, ubwo iyo kamyo yari itwaye imashini ipakurura imizigo yaturukaga ruguru za Shyorongi ifite umuvuduko ukabije cyane, bishoboka ko yaba yari ifite ikibazo cya feri; […]

Bugesera: Umujura yaguye mu musarani arapfa ubwo yikangaga irondo akiruka

Umusore witwa Emmanuel Niyomugabo wo mu karere ka Bugesera mu murenge wa Nyamata yitabye Imana aguye mu musarani ubwo yageragezaga guhunga abanyerondo bamutesheje ubwo yari yagiye kwiba abaturage. [ad id=”44145″] Ni mu ijoro ryo kuri uyu wa 29 Ugushyingo 2016, mu gihe uyu mugabo ngo yari yagiye kwiba mu wundi mudugudu, ubwo yateshwaga n’irondo akagerageza […]

Abaperezida 2 bemeje kujya gushyingura Castro undi asubika kwiyamamaza abanza kumwunamira

Abakuru b’ibihugu babiri muri Afurika bamaze kwemeza kwitabira umuhango wo gushyingura Fidel Castro wahoze ari perezida wa Cuba, mu gihe undi muyobozi yahagaritse ibikorwa byo kwiyamamaza mu rwego rwo kunamira nyakwigendera. [ad id=”44145″] Guverinoma ya Afurika y’Epfo yemeje ko perezida Jacob Zuma, utorohewe muri iyi minsi mu gihugu cye, azitabira umuhango wo gusezera bwa nyuma […]

Uganda: Leta igiye gufunga amashuri aterwa inkunga na Bill Gates na Mark Zuckerberg

Abategetsi ba Uganda bategetse ifungwa ry’amashuri aterwa inkunga na Bill Gates washinze Microsoft ndetse n’ayaterwa inkunga na Mark Zuckerberg washinze Facebook bitewe n’isuku nke n’imyigishirize idakwiye. [ad id=”44145″] Umucamanza mu Rukiko Rukuru mu cyumweru gishize akaba yaravuze ko amashuri ya Bridge International Schools atigeze ahabwa uburenganzira bwo gukora mu buryo bukwiye, atarangwamo isuku, kandi akoresha […]

Abanyamuryango ba koperative “Umwarimu SACCO” barasabwa kwigira

Mu gihe koperative y’abarimu “Umwarimu Sacco” igenda yegereza iherezo ryo guterwa inkunga na leta y’u Rwanda, Minisitiri w’Uburezi Dr Musafiri Papias Malimba yasabye abanyamuryango bayo gutangira kwimenyereza kwigira kuko batazahora bahabwa inkunga yo kubafasha. [ad id=”44145″] Kuri uyu wa 28 Ugushyingo mu muhango wo guhererekanya ububasha ku bayobozi b’iyi koperative, Minisitiri Musafiri yagize ati”mugomba gutangira […]

Karongi: Haganiriwe kuri gahunda ya Ndi Umunyarwanda

Mu cyumba cy’Inama cy’Akarere ka Karongi kuri uyu wa mbere, itariki 28 Ugushyingo 2016, habereye ibiganiro kuri Gahunda ya Ndi Umunyarwanda. [ad id=”44145″] Umushyitsi Mukuru ni Bwana JABO Paul, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Intara y’ Iburengerazuba. Ari kumwe n’abayobozi b’Akarere bungirije: Madamu BAGWIRE Esperance Ushinzwe Ubukungu na Madamu MUKASHEMA Drocelle Ushinzwe Imibereho myiza y’Abaturage. Inama yitabiriwe n’abagize […]

Brazil: Indege yari itwaye abakinnyi n’abanyamakuru yakoreye impanuka muri Colombia

Indege yo mu ikompanyi ya Charter aircraft mu gihugu cya Brazil yari itwaye abantu basaga 80 barimo abakinnyi b’umupira w’amaguru b’ikipe ya Chapecoense, abanyamakuru bagera kuri 21 ndetse n’abandi batandukanye barimo n’abayobozi bakuru b’ikipe, yakoreye impanuka ku butaka bw’igihugu cya Colombia ubwo yari ihagurutse i Bolivia yerekeza ku kibuga mpuzamahanga cya Medellin muri kiriya gihugu […]

Ambasade y’u Rwanda muri Amerika yijeje ko iri gukurikiranira hafi ikibazo cy’Umunyarwanda wahaburiye

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika iratangaza ko iri gukurikiranira hafi ikibazo cy’ibura ry’Umunyarwanda Evariste Munyensanga bivugwa ko aheruka gucibwa iryera n’inshuti ubwo yakurwaga ku muhanda wa Cumberland kuwa Gatanu, itariki 18 Ugushyingo mu masaha ya kumi z’umugoroba. [ad id=”44145″] Ibi ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Mathilde Mukantabana, […]

Umucamanza Herbaut ngo yaba agiye gufungura agasanduku gahishemo uruhare rw’u Bufaransa mu byabaye mu Rwanda

Guverinoma y’u Rwanda iherutse gutangaza ko igiye gushyira ku karubanda abayobozi bo mu Bufaransa bagize uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akaba ari nyuma y’aho ubutabera bw’u Bufaransa busubukuye gukurikirana dosiye y’ihanurwa ry’indege ya Habyarimana. Gusa, itangazamakuru ryo mu Bufaransa nk’ikinyamakuru, Le Monde, risanga kuri iyi nshuro bishobora kugira ingaruka ku Bafaransa aho kuba […]

Amafoto: Minisitiri w’Intebe yatashye Ikigo cy’Icyitegererezo mu guca ihohoterwa

Minisitiri w’intebe Anastase Murekezi, kuwa mbere tariki ya 28 Ugushyingo yayoboye umuhango wo gutaha ku mugaragaro ikigo cy’icyitegererezo kizajya gihurizwamo ibikorwa by’inzego z’umutekano za Afurika bigamije guca ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’irikorerwa abana. [ad id=”44145″] Iki kigo kiri ku cyicaro gikuru cya Polisi y’u Rwanda ku Kacyiru, ishyirwaho ryacyo rikaba ryaremejwe nk’umwe mu myanzuro y’ […]

Burundi: Willy Nyamitwe yarusimbutse, umwe mu bamurindaga ahasiga ubuzima

Ku mugoroba wo kuri uyu wa 28 Ugushyingu 2016, umujyanama mukuru wa Perezida Nkurunziza mu Burundi, Willy Nyamitwe yibasiwe n’igico cy’abantu bitwaje intwaro ariko ku bw’amahirwe abasha kururokoka. [ad id=”44145″] Amakuru atangazwa n’abo mu muryango we aravuga ko aba bantu bitwaje intwaro bamutegeye mu gace asanzwe atuyemo ka Kajaga gaherereye mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’umujyi wa […]