Mugore dore ibintu 5 ugomba kwirinda gukora ku gitsina cy’umugabo

Abashakanye bajya bagire ibihe byo gukina no kwinezeza mu rugo rwabo cyane cyane iyo biherereye mu cyumba cyabo cyangwa bagiye koga, muri uko gukina hari ubwo umunezero wabo ugera kure ku buryo hatabayeho kwirinda habaho kubangamirana mu buryo bukomeye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi nkuru igizwe n’ibintu bitanu by’ingenzi abashakashatsi bemeza ko umugore wese aba agomba kwirinda […]

Abafana ba Rayon Sport ngo Kiyovu ni iyo gukabya gusa yabatengushye

Ikipe ya Kiyovu Sport yananiwe guhagarika igitutu cya APR FC kuri Rayon sport, abafana ba Rayon sport bati “Kiyovu Sport idashoboye guhagarika umuvuduko wa APR FC ni iyo gukabya gusa”. Uretse aba abandi benshi bo baravuga ko ubu ahubwo ari bwo Shampiyona igitangira. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubu bwoba n’igihugunga byabaye byinshi ku bafana b’ikipe ya Rayon […]

Dore ibintu 6 bishobora kugufasha kugira ubuzima bwiza

Kugirango ubuzima bw’umuntu bugende neza hari ibintu byinshi aba agomba gukora cyangwa no kurya. Muri ibyo bintu bwiza.com yagerageje kwegeranya bishobora kugufasha mubizima bwa buri munsi. Kurya imbuto Imbuto zifitiye umumaro munini ubuzima bw’umuntu kuko zigaragaramo intungamubiri zitandukanye. Aha tugaruka ku rubuto rwa Pome. Uru rubuto rukungahaye ku masukari kamere, iyi sukari ikaba ifasha cyane […]

Burundi: Umuhuza Benjamin Mkapa yishe bwa kabiri mwalimu Nyerere na Nelson Mandela

  Umuvugizi w’inama y’igihugu ishinzwe kubahiriza no gushyira mu bikorwa amasezerano y’Arusha n’andi mategeko mu Burundi, Pancrace Cimpaye yatangaje ko ibyo Benjamin Mkapa wagizwe umuhuza w’impande zihanganye aherutse gutangaza ngo ni ukwica bwa kabiri Mwalimu Nyerere na Nelson Mandela, uyu mugabo kandi yemeza ko mu gihugu akomokamo cy’u Burundi nta butabera bwigenga buharangwa . Cimpaye […]

Umuhanzi Wizkid wo muri Nigeria arahigishwa uruhindu n’ubutabera bwo muri Uganda

Muri iki cyumweru dusoza nibwo urukiko rukuru rwa Kampala muri Uganda rwasabye Polisi mpuzamahanga guta muri yombi umuhanzi Ayodeji Ibrahim Balogun uzwi ku izina rwa Wizkid ukomoka mu gihugu cya Nigeria kubera ibyaha ashinjwa by’ubwambuzi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iri bwiriza ryatanzwe ku wagatanu w’iki cyumweru ubwo urukiko rwagarukaga ku kirego cy’uyu muganzi wagombaga gukorera igitaramo ku […]

Gatsibo: Ubuzima bw’abaturage buri mu kaga kubera gukoresha amazi mabi

Abaturage bo mu murenge wa Gasange ho mu karere ka Gatsibo baravuga ko murenge wabo ariwo murenge wonyine mu karere utagira amazi, ibi bikaba bibagiraho ingaruka mu mibereho yabo ya buri munsi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba baturage bavuga ko ikibazo cy’amazi ari kimwe mu bibazo bibugarije kuko bakora urugendo rurerure bajya gushaka amazi yo mu bishanga […]

“Irema ryo muri Bibiliya ribaye ukuri Imana yaba ikora Maji” Papa Francis

Umuyobozi wa Kiliziya Gatulika kuy isi yatangaje ko Imana avuga ko ahagarariye mu isi itigeze ikoresha uburyo bw’irema nk’uko biri muri Biiliya, Papa Francis yavuze abantu baramutse bemeye ko Imana yaremye ibiri ku isi nk’uko byanditse muri Bibiliya ngo baba bemeje ko Imana ari inyabukoryo, (Magician) [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi Papa Francis yabitangaje ubwo yaganirizaga abanyeshuri […]

Mpyisi simuzi, numva ngo ni ikirangirire, numvaga avugwa n’abakannyi b’i Nyanza- Twagiramungu

Umunyapolitiki Twagiramungu Faustin, ashimira bamwe mu bagiye bakurikirana ubuzima n’iby’urupfu rw’umwami Kigeli V Ndahindurwa, gusa atangaza ko Pasiteri Esra Mpyisi atamuzi, gusa ngo yajyaga yumva avugwa n’abitwaga Abakannyi b’iNyanza. Ati: “Sinabura gushimira cyane pasiteri Mpyisi, kandi sinamushimira wenyine, nashimira na Benzige, Benzige we aranzi twagiye duhura kensha nka gatatu i Washington, Mpyisi we simuzi numva […]

Kaminuza y’u Rwanda igiye kurangiza ikibazo cy’abanyeshuri batabonaga amafaranga ya stage

Kaminuza y’u Rwanda yatangaje ko igiye guhagurukira ikibazo cy’abanyeshuri batabonaga ndetse n’ababonaga amafaranga abafasha kwimenyereza ibyo bize azwi nka “Internship fees” iki kubazo kikarangira byihuse. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni nyuma y’uko mu mwaka ushize w’amashuri ndetse no mu yawubanjirije hagaragaye cyane ibibazo bitandukanye by’abanyeshuri batabona amafaranga abafasha kwimenyereza mu bityo bikagira ingaruka mumyigire yabo. Kuri iki […]

Ni iki wakora mu gihe usanze umugabo mwashakanye afite igitsina kinini?

Abantu benshi bakunze guhura n’ikibazo nk’iki mu gihe bamaze gusezerana kuzabana akaramata, ugasanga nubwo byagenda bite ni ikibazo badashobora kwikura. Umuntu yakwibaza ati ese biterwa n’iki gusanga umuntu uri mu kigero cyo gushinga urugo ariko ugasanga uwo baryamanye ntibahuza neza kubera ingano y’ibitsina byabo. Abagore benshi bakunda ibitsina bitari bito ariko bitari na binini cyane. […]

Urutonde rw’ibihugu by’Abazungu bifite injiji nyinshi ku isi

Biratangaje kubona bimwe mu bihugu byateye imbere cyane ku isi biri ku myanya y’imbere mu kugira injiji nyisnhi, Ibihugu byatoranyijwe nk’ibyibitseho abantu b’injiji benshi muri uyu mwaka wa 2016 hagendewe ku bumenyi by’abaturage ku buzima bwa buri munsi bw’gihugu cyabo, ni ukuvuga ubumenyi bafite ku mibereyo y’igihugu mu by’ubukungu na gahunda zose z’igihugu muri rusange. […]

RDC: Imitwe ya Politiki n'amadini byananiwe kumvikana mu gihe Perezida Kabila yitegura kurangiza manda ye

Mu gihe Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo Joseph kabila yitegura kurangiza manda ye ya nyuma, abahagarariye imitwe ya politiki muri iki gihugu bananiwe gufata umwanzuro ku cyaba kigiye gukurikiraho mu gihe hakiri amarenga ko Perezida Kabila ashaka gukomeza kugundira ubutegetsi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ni mu nama y’igitaraganya yabaye kuri uyu wa gatandatu yari yahije […]

Umurundikazi, Iry Tina yateye indi ntera yo kwiyambika ubusa kuri interineti- AMAFOTO

Iry Tina, ni umurundikazi ukorera umuziki mu gihugu cya Uganda, uyu mukobwa nyuma yaho ashyiriye hanze amafoto ye ari mu myambaro izwi nk’iyo kogana (bikini), benshi bamwibajijeho kugera naho bamufata nk’uwigana ibikorwa n’abakobwa bashaka kumenyekana bo muri Uganda. Aya mafoto y’uyu mukobwa, yayasangije abakunzi be abicishije ku rukuta rwe rwa Facebook, arangije agenda ashyiraho amagambo […]

Ngororero: Abanyeshuli bari mu biruhuko baganirijwe ku icuruzwa ry'abantu

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Ngororero, Senior Superintendent of Police (SSP) Marc Gasangwa ku wa 15 Ukuboza yagiranye inama n’abanyeshuri bo mu murenge wa Nyange bari mu biruhuko; abaganiriza ku icuruzwa ry’abantu; kandi abasaba kwirinda kugwa mutego w’abakora iki cyaha. Icyo kiganiro cyitabiriwe n’abagera kuri 200; kikaba cyarabereye mu Ishuri ryisumbuye rya […]

Perezida Obama yahaye gasopo Putin w’Uburusiya

Mu gihe bivugwa ko Uburusiya bwinjiye muri amwe mu mabanga ya Amerika, ndetse ko ibyabaye mu matora bari babizi, kuri ubu Perezida Obama yahaye gasopo Vladimir Putin w’Uburusiya. Nk’uko BBC ibitangaza, ngo mu ikiganiro aba baperezida bose bagiranye kuri Email bavuga ku ibyerekeranye no kwiba amabanga ya Amerika mu gihe cy’amatora, ngo Obama yabwiye mugenzi […]

Frank Habineza uyobora Ishyaka Green Party yijeje intsinzi ku matora y’Umukuru w’igihugu.

Kuri uyu wa 17 Ukuboza 2016, Ishyaka Green Party riharanira Demokarasi no kurengera ibidukikije ryashyize ku mugaragarop ugomba kuzarihagararira mu matora y’umukuru w’igihugu mu mwaka utaha wa 2017, aho uwari umuyobozi waryo Dr Frank Habineza ari we wemejwe n’abanyamuryango b’ishyaka rye kuzahatana mu matora. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru kuri uyu wa gatandatu, Dr […]