Gicumbi: Polisi yafashe imodoka ipakiye amakarito 65 ya Chief Warage
Polisi y’u Rwanda mu karere ka Gicumbi ku wa 19 Ukuboza yafashe imodoka ipakiye amakarito 65 y’inzoga itemewe mu Rwanda yitwa Chief Waragi ivanwa muri bimwe mu bihugu bihana imbibi n’u Rwanda. Iyo modoka yo mu bwoko bwa Toyota Carina ifite nomero ziyiranga UAS 445D yafatiwe mu kagari ka Gatoma, ho mu murenge wa Kaniga […]
Ese umukobwa w'isugi yakwiyambika utwenda tumwambika ubusa?
Wasangaga ubusugi ari ikintu umukobwa yagomba gukomeraho kugera ku munsi wa nyuma agiye kurushinga, gusa bitewe n’aho n’uko iterambere ryiruka ni nako na bamwe mu bakobwa usanga baba batanashaka kumva yakwitwa ryo. Iyo ugerageje kumubaza uti ubu se uracyafite ubusugi, agusubiza agira ati: “Iwacu se bararoga” ku mukobwa w’ubu usanga kuba yakwitwa isugi ari igisebo […]
Ibihugu bya Afurika bikomeje gushyigikira ko Abaperezida bayobora ubuziraherezo
Nyuma y’uko n’u Rwanda rwemeje ko Umukuru w’igihugu ashobora kwiyamamaza akanayobora manda zose ashaka, ibi bikaba byaremejwe n’abaturage ubwo batoraga ingingo ivuguruza iy’101 igenera manda umukuru w’igihugu biciye mu matora ya kamarampaka, abandi bayobozi batandukanye ku mugabane bakomeje gushaka guhindura indingo zo mu Itegekonshinga zigenera Umukuru w’igihugu manda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu nama iherutse yarimo abayobozi […]
Uganda: Kaminuza ya Makerere igiye kongera gufungura imiryango
Ubuyobozi bwa kaminuza ya Makerere muri Uganda bwatangaje ko nyuma y’ibiganiro bumaze iminsi bugirana n’inzego z’ubuyobozi bukuru bw’igihugu mu minsi ya vuba iba yongeye gufungura imiryango abanyeshuri bakabasha gukomeza amasomo yabo. Nk’uko byatangajwe na bimwe mu bitangazamakuru byo muri iki gihugu, ngo bitarenze ku itariki ya 2 Mutarama 2017, iyi kaminuza izaba yongeye gufungura amarembo […]
Amb. Rugwabiza yasobanuriye Loni impungenge zo kuba abakoze jenoside bakomeje kurekurwa
Mu kiganirompaka ku mikorere y’urwego rw’Inkiko Mpanabyaha Mpuzamahanga harimo n’urureba u Rwanda (Mechanism for International Criminal Tribunals, MICT) cyabaye kuri uyu wa Mbere, itariki 19 Ukuboza, kikaba cyaranitabiriwe n’umucamanza Theodor Meron uherutse kurekura Ferdinand Nahimana na Rukundo bari bafungiwe muri Mali kubera ibyo bakoze muri Jenoside yakorewe Abatutsi, ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye yasobanuye […]
“Igihe kizagera ubwo abantu bazaba bavoma Gaz nk’abavoma amazi.” PM Murekezi
Abanyarwanda bakomeje kugaragaza ikibazo cyo kubura ibicanwa bifashisha mu guteka nyuma y’aho gucana amashyamba bibujijwe kuko ari ukwangiza ibidukikije, amakara yo ngo yarahenze, umushinga wa Biogaz wo usa n’uwaburiwe irengero naho Amashanyarazi na Gaz byo birahenze ku buryo bamwe babifata nk’ibyagenewe abifashije. Minisitiri w’intebe, Murekezi Anastaze ati “Igihe kizagera ubwo abantu bazaba bavoma Gaz nk’abavoma […]
U Burusiya: Umugabo yihangiye umurimo wo kujya afungirwa abantu bakamwisyhyura amafaranga
Nyuma y’uko uwari uhagarariye igihugu cy’u Burusiya muri turukiya yivuganywe n’izego z’umutekano muri kiriya gihugu, iki gihugu gikomeje kurangwa n’udushya aho umugabo yatanze itangazo ko umuntu udashaka gukora igihano cyo gufungwa bavugana akamuha amafaranga nawe agafungwa mu kimbo cye ndetse akanakurikiza amabwiriza yose agenwa na gereza uwo muntu yaba acumbikiwemo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku rubuga rwa […]
Ibintu 8 bitangaje ushobora kuba utazi ku muhanzi Fille ufite inkomoko mu Rwanda
Umuhanzi Fille Mutoni ni umuhanzikazi wamenyekanye mu ndirimbo zakunzwe cyane mu karere nka ” Where have You Been At “, ” What Did You Do “, ” Embeera Eno “, ” Double Trouble ” ndetse na ” Hallo ” yakoranye n’umuhanzi Bruce Melody wo mu Rwanda. Uyu muhanzikazi ariko hari ibintu abantu benshi batamuziho cyane […]
Birirwa biba, ni abo kuvuga gusa, twamwambuye amenyo, izaze turayiteguye- Abayobozi bavuga kuri FDLR
Imyaka irenga 20 irashize inyeshyamba za FDLR zirwanira mu mashyamba ya Congo, uko imyaka yagiye yicuma izi nyeshyamba zagiye zigaragaza ugushaka kugaruka mu Rwanda ku ngufu ariko abayobozi b’u Rwanda bakagaragaza ko aho zigeze ubu ari ukuvuga gusa. Minisitiri w’ingabo, Gen James Kabarebe, inararibonye ku rugamba ndetse unazi neza iby’imirwanire ya FDLR dore ko yanabaye […]
Champions League :APR na Rayon bihanzwe amaso
Nyuma y’uko agaciro k’ibihembo by’abitwaye neza mu mikino mpuzamaclub byiyongereye, amakipe ya Rayon Sport na APR Fc ngo yiteze guhatanira irushanwa ryose rya CAF Champions League ndetse na CAF Confederation Cup. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aya makipe 2 atangaje ko agiye gushyira imbaraga zidasanzwe muri aya marushanwa nyuma y’uko uruganda rw’amavuta rwo mu Bufaransa rusinyanye amasezerano y’imyaka […]
Hari ibyo abayobozi muri guverinoma bavuye mu kazi bagenerwaga batazongera guhabwa
Abayobozi muri guverinoma bava mu myanya yabo babonye indi mirimo mishya hari ibyo bagenerwaga batazongera kubona nk’uko bigaragara mu itegeko ngenga rishyiraho ibigenerwa abanyapolitiki bakuru b’igihugu. Ibi bije nyuma y’aho abagize Sena batoreye Itegeko Ngenga rihindura kandi ryuzuza Itegeko Ngenga n° 05/2012/OL ryo ku wa 03/09/2012 rishyiraho ibigenerwa Abanyapolitiki Bakuru b’Igihugu. Kuwa 19 Ukuboza 2016, […]
Wema Sepetu arakubita agatoki ku kandi nyuma y’uko Diamond yibarutse umuhungu
Uwahoze ari umukunzi w’umuhanzi Diamond Platnumz, Wema Sepetu yagaragaje ukutishima nyuma y’uko uyu muhanzi Diamond n’umugore we Zari bibarutse undi mwana wa 2 muri uku kwezi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma y’uko Diamond ashyize ahagaragara amaforo y’umwana we w’umuhungu ku mbuga nkoranyambaga, uyu Wema yagaragaje amarangamutima ye asa no kutishimira uyu mwana kuko we yagerageje kuba yabyarana […]
Inzozi za Diamond “kuba umwana we w’imfura yazaba nyampinga w’Isi”
Diamond Platnumz ni umuhanzi ukomoka muri Tanzania, uyu muhanzi mu gihe akomeje kwigarurira imitima ya benshi mu karere igihugu cye giherereyemo ni nako akomeje kwagukwa mu muryango, aribyo inzozi ze zikaba ari iz’uko umwana we w’imfura yaba nyampinga w’Isi. Abicishije ku rukuta rwe twa Twitter, Diamond yafashe ifoto y’umukobwa we w’imfura, Princess Tiffah Dangote arangije […]
RDC: Abantu 20 biciwe mu myigaragambyo isaba Kabila kuva ku butegetsi
Abantu basaga 20 biciwe mu guhangana hagati y’abigaragambya n’abashinzwe umutekano muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo nyuma y’imyigaragambyo isaba perezida Kabila kuva ku butegetsi yadutse kuri uyu wa kabiri, itariki 20 Ukuboza, nyuma y’amasaha macye manda ye irangiye. Bamwe mu bapfuye ngo barasiwe mu ntambwe nke n’abashinzwe umutekano nk’uko ababibonye babitangaje. Byari biteganyijwe ko ubutegetsi […]
Mugabo Gabriel wakiniraga Police Fc yamaze gusinya amasezerano muri Rayon Sport
Nyuma y’uko abakinnyi b’ikipe ya Rayon Sport bakomeje guhura n’ikibazo cy’imvune ndetse bikagaragara ko hacitsemo icyuho mu bwugarizi bw’ikipe, ubu Rayo Sport yamaze gusinyisha umukinnyi Mugabo Gabriel wakiniraga ikipe ya police Fc amasezerano y’imyaka 2. Ni ku nshuro ya kabiri uyu mukinnyi atekerezwa n’ikipe ya rayon Sport kuko ku nshuro iheruka nabwo byapfuye kuri final […]
Burundi: Perezida Nkurunziza agiye kujyana E.U. mu butabera
Perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi yatangaje ko agiye kujyana Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi mu butabera kubera ikibazo cy’imishahara y’ingabo z’u Burundi ziri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Somalia itarishyurwa. Ibi perezida Nkurunziza yabitangaje kuri uyu wa Kabiri I Bujumbura ubwo yifurizwaga umwaka mushya n’inzego z’umutekano zirimo igipolisi, igisirikare n’inzego z’iperereza. Mu ijambo rye, perezida Nkurunziza […]
Perezida Kagame ngo niwe wari ukwiye kuyobora Congo yahagije Joseph Kabila
Ibikorwa by’imyigaragambyo bikomeje kuvuza ubuhuha muri Repubulika iharanira Demokarasi ya ya kongo ndetse abatari bacye bakahasiga ubuzima, abantu benshi bari kwibaza ku iherezo ry’izi mvururu kuko bisa n’ibyananiye n’imiryango mpuzamahanga ndetse n’abandi banyembaraga. Ni nyuma y’uko wahoze ari Perezida wa Nigeria Olusegun Obasanjo yagaye ubunararibonye bucye bwa Perezida wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo, Joseph […]
Ikinyamakuru cyo muri Uganda cyahuje jenoside n’iraswa rya Gen Kayumba Nyamwasa
Ikinyamakuru cya leta ya Uganda cyasohoye igishushanyo (cartoon) kigaragaza umuyobozi mu idini ya kiliziya gatolika asabira imbabazi uruhare rw’iri dini muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda 1994 ariko akanazisabira kuba yaragerageje kwica Gen Kayumba Nyamwasa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Amagambo yanditse kuri iki gishushanyo agaragaza umuyobozi muri kiliziya agira ati “ Padiri Kagame, sinsabira imbabazi jenoside gusa […]
U Rwanda na Cyprus mu nzira zo kurushaho gukomeza umubano
Ambasaderi w’u Rwanda muri Israel, Col Joseph Rutabana, kuri uyu wa Kabiri yashyikirije perezida, Nicos Anastasiades wa Chipre (Cyprus), ibaruwa imuha uburenganzira bwo guhagararira u Rwanda muri iki gihugu, ahita atangira inshingano ze muri iki gihugu cy’ikirwa giherereye mu Nyanja ya Mediterane. Nk’uko itangazo ryashyizwe ahagaragara rivuga, Ambasaderi Rutabana yagarutse ku bushake bwa Guverinoma y’u […]
Loni irasaba ko perezida Duterte yakurikiranwa mu butabera
Bwana Zeid Ra’ad al-Hussein, Komiseri mukuru ushinzwe uburenganzira bwa muntu mu Muryango w’Abibumbye arasaba ko hakorwa iperereza kuri perezida wa Filipine Rodrigo Duterte nyuma yuko uwo mukuru w’igihugu yemeje ko ubwe yishe abantu yita abanyabyaha. Zeid avuga ko kuba umukuru w’igihugu yiyemerera ko yishe, bihagije kugirango akoreho iperereza kuri ubwo bwicanyi yigamba. Ku wa gatanu […]
Mu mezi abiri polisi imaze gufata udutsiko 5 tw'abakora impushya z'ibinyabiziga z'impimbano
Mu kwezi kwa Nzeri 2011, Nkurunziza Antoine wo mu karere ka Bugesera, ubwo yiteguraga gukora ikizamini cy’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga, haje umuntu amushuka ko akora muri Polisi y’u Rwanda, mu Ishami rishinzwe umutekano wo mu muhanda; maze amwizeza ko yamufasha kubona uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga ku buryo bworoshye. Nyuma yo kumva icyo gitekerezo no kucyemera, […]