Burundi : Major Desire Uwamahoro yakatiwe gufungwa amezi 3

Major Desire Uwamahoro wahoze akuriye umutwe wa polisi ushinzwe kurwanya imyigaragambyo akaba yari akurikiranweho icyaha cyo kwiba amadorali asaga ibihumbi 200 umunyamahanga, yakatiwe gufungwa amezi 3 mu gihe yasabirwaga gufungwa umwaka. Usibye uyu wakatiwe gufungwa amezi 3, bagenzi be bareganwaga buri umwe yaciriwe urubanza aho agomba no kwishyura amande ya miliyoni y’Amarundi. Iyi nkuru dukesha […]

Iby’aho umugogo wa Kigeli V Ndahindurwa uzatabarizwa bikomeje kuba agatereranzamba

Kuri uyu wa 3 Mutarama 2016, urukiko rwo muri Leta ya Virginia muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rwatangiye kumva ubuhamya bw’abavandimwe b’umwami Kigeli wa Gatanu Ndahindurwa mbere y’uko rufata umwanzuro ntakuka w’ahazatabarizwa umugogo we uzaabarizwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri uru rukiko, abagize umuryango wa Kigeli barimo amatsinda abiri aho bamwe bari bashyigikiye ko yatabarizwa muri […]

Abanyarwanda 3 basohotse ku rutonde rw’abasifuzi mpuzamahanga

Abanyarwanda 3 barimo Uwikunda Samuel, ndetse n’abakobwa babiri b’impanga,Umutoni Aline na Umutesi Alice basohotse ku tutonde rw’abasifuzi mpuzamahanga rwashyizwe ahagaragara muri iki cyumweru n’isjhyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi. Aba basifuzi 3 baje basanga abandi 17 u Rwanda rwari rusanganywe, u Rwanda rukaba rukomeje guca agahigo ko kongera uubare w’abasifuzi mu rwego rw’isi batoranywa hagendewe ku […]

Brazil: Abasaga 56 basize ubuzima mu mirwano yabereye muri gereza

Abantu basaga 56 basize ubuzima mirwano y’iminsi 2 yabereye muri gereza iherereye mu gace ka Amazonas muri leta ya brazil, inzego z’umutekano zikaba zivuga ko iyi mirwano yatewe n’udutsiko 2 tw’imfungwa zo muri iriya gereza twarwanye . Nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye hirya no hino ku isi, ngo isinda rimwe ry’abanyururu basabitswe n’ibiyobyabwenge ryateye irindi rishaka […]

Umutekano wifashe neza haba imbere no ku mupaka w’u Burundi- Col Gaspard Baratuza

Iyi ni imvugo ya Col Gaspard Baratuza, umuvugizi w’igisirikare cy’u Burundi, mu nama yagiranye n’abanyamakuru mu mpera z’icyumweru gishize ku wa 29 Ukuboza 2019, avuga ko imutekano ari ntamakemwa. Ibi akaba yarabitangaje mu gihe mbere yaho hari inkuru yavugaga ko hari abasirikare b’u Burundi bishwe ubwo bakozanyagaho n’aba FARDC bavogera ubutaka bwa Congo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Uganda: Urubyiruko ruri gutwarwa mu mitwe y'iterabwoba

Umuvugizi wa Burigade ya Masaka muri Uganda, Brigadier Joseph Ssemwanga atarangaza ko bari gukora iperereza ku nyeshyamba zaba ziri gutwara urubyiruko muri kariya gace zikajya kurwigisha kurwana . Ibi yabitangarije mu munsi mukuru wari wahuriwemo n’igisirikare cya Uganda UPDF ubwo basozaga umwaka, aho yababwiye ko bagomba kuba maso ndetse bakanakangurira abaturage gukaza umutekano kuko hari […]

Arsenal giye guheba akayabo kuri Miralem Pjanic ukinira Juventus

Umutoza w’ikipe ya Arsenal Arsene Wenger yatangaje ko agiye guheba amafaranga atari macye akazana umukinnyi w’umusitari mu gutsinda ibitego Miralem Pjanic wakiniraga ikipe ya Juventus ariko akavuga ko ikipe ye ikimukomeyeho. Uyu musore w’imyaka 26 y’amavuko wanabiciye bigaciko mu ma-club yo ku mugabane w’u Burayi, akomeje gushakishwa n’andi makipe menshi cyane cyane ayo ku mugabane […]

Amafunguro yagiye akura benshi imitima arimo inzoka zokeje,ibinyabwoya, imbeba,Imbwa- REBA AMAFOTO

Nk’uko mu Kinyarwanda baca umugani bati: “Agahugu umuco wako n’akandi uwako” mu gihe mu muco Nyarwanda kurya imbwa, imbeba,ikinyabwoya,umuserebanya,… ari kirazira ahandi ho usanga ari imari ikaze. Hari amafoto yagiye arebwa na benshi ku mbuga nkoranyambaga ndetse akanavugwaho byinshi dore ko hari n’ayo ureba ukishisha bitewe n’uburyo akanganye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ku Ubushinwa ho ibyo abandi […]

Ibyo wamenya ku mutegetsi mushya w’isi, Antà³nio Manuel de Oliveira Guterres

Guhera ku wa 01 Mutarama 2017 umuryango w’Abibumbye (UN) uyobowe n’umutegetsi mushya, AntĂ Âłnio Guterres, ni umuyobozi wa cyenda watorewe kuyobora uyu muryango uhurirwamo n’ibihugu byose byo ku isi ariko bifite ubwigenge kuva mu mwaka wa 1945, umuyobozi w’uyu muryango afatwa nk’umunyapolitiki ukuriye abandi bose bo ku isi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] AntĂ Âłnio Manuel de Oliveira Guterres ni […]

Amerika: Ababyeyi baribaza uko bazasobanurira impanga zavutse mu myaka 2 itandukanye nizimara gukura

Muri Amerika umuryango urishimira abana 2 b’impanga bahawe amazina ya Sawyer na Everett ariko hakaba hari impungenge z’uko bazabasobanurira ko ari impanga mu gihe bazaba bamaze gukura kuko bavutse mu myaka itandukanye. Ibi ni bimwe mu bintu bidakunze kubaho cyangwa bikabaho gacye ko impanga 2 zivuka mu myaka itandukanye. Amakuru atangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye avuga ko […]

Ese délivrance ntishobora kuzavamo amayeri yo gushaka gusambanya abagore n’abakobwa?

Uko igihugu kivuduka mu iterambere ni nako amatorero agenda yiyongera, ari nako abatekamutwe nabo biyongera bitwikirije ijambo ry’Imana rimwe na rimwe bagamije indonke no gushimisha imibiri yabo. Mu nsengero nyinsho rero za gikiristo usangamo imvugo utapfa gusobanurikirwa udasanzwe uzigeramo, ngaho kuvuga indimi zidasanzwe, abandi bagasobanura, ariko ijambo “dĂ©livrance” ryo rikaba akarusho. Ugenekereje, ubundi dĂ©livrance cga […]

Bugesera: Nyiradende yasanzwe yiciwe mu busitani bwe

Umurambo w’umudamu witwaga Mediatrice Nyiradende wari ufite imyaka 48 y’ubukuru yatoraguwe mu busitani bw’aho yari atuye mu mudugudu wa Gasenga II, Akagali ka Nyamata mu murenge wa Nyamata nk’uko byatangajwe n’umuvugizi wa polisi mu ntara y’Uburasirazuba [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyiradende yabanaga na musaza we witwa Mugabo Bizimana. Umurambo w’uyu mubyeyi watoraguwe n’abaturanyi be kuri uyu wa […]

Amafoto y'ibihe bitandukanye byaranze umukinnyi wa Tennis, Serena Williams

Ikirangirire mu mukino wa Tennis Serena Williams yasezeranye ku mugaragaro na Alexis Ohanian bari bamaze igihe bari kumwe mu rukundo. Aba basitari 2 bashyize amafoto yabo ku mbuga nkoranyambaga bari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo gusezerana ko bagiye kuba umwe mu buryo bwemewe n’amategeko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugabo Alexis Ohanian na Serena Williams biyemeje kwinjira […]

Menya Isezerano ryawe n’Imana (Igice cya 4)

( *isezerano rya kera* ) *ESE RYARARANGIYE?* Iki ni ikibazo kigora abantu benshi cyane nyamara gifite igisubizo mu byanditswe byera.Ariko mbere yuko dusubiza iki kibazo, reka tubanze turebe niba iri sezerano ryarubahirijwe nkuko abantu bari barabyiyemereye.Soma ibi byanditswe byera wumve. Ariko ab’inzu ya Isirayeli barangomeye bari mu butayu, ntibagendera mu mategeko yanjye kandi banze n’amateka […]

Ubwongereza mu Rwanda, Ihene yambaye uruhu rw’Intama

Inyandiko igaragara mu gitabo cyitwa “Britain’s Real Role in the World” bishatse kuvuga “Umumaro nyawo w’Ubwongereza ku isi” cyanditswe na Mark Curtis hagaragaramo uruhare rugaragara iki gihugu cyagize muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ibihugu nk’Ubwongereza n’Amerika kuri ubu bifitanye umubano n’u Rwanda nibyo bigarukwaho cyane muri iyi nyandiko. Uruhare rw’Ubwongereza n’Amerika muri jenoside yakorewe […]

Nyamagabe: Abagabo binubira abagore bahora mu ngendo n’amahugurwa

Abagore bari mu nzego z’ubuyobozi, ibimina n’amakoperative bo mu karere ka Nyamagabe, bavuga ko bajujubywa n’abagabo babo iyo bafata ingendo zateguwe n’amahuriro barimo. Ibi byaba biva ku myumvire mike y’abagabo, ariko ngo hari n’abagore babikabiriza, bakaba mu bintu byinshi, bagahora mu ngendo ntibite ku zindi nshingano z’urugo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibituma umugore ava mu rugo ni […]

Ngororero: Polisi y’u Rwanda yakanguriye abatwara ibinyabiziga kubahiriza amategeko y’umuhanda

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Ngororero, Senior Superintendent of Police (SSP) Marc Gasangwa, mu mpera z’icyumweru gishize yagiranye inama n’abatwara abagenzi kuri moto n’imodoka bakorera mu mirenge ya Ngororero, Muhororo na Kavumu; ndetse n’abayobozi ba Koperative zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange zikorera muri aka karere; abakangurira kubahiriza amategeko n’amabwiriza yo gutwara […]