Nyuma yo kwigumura ku irushanwa, Pepiniere Fc yagarutse mu kibuga
Ishyirahamwe ry’ umupira w’ amaguru mu Rwanda FERWAFA rwakomoreye ikipe ya Pepiniere riyemerera kwakirira imikino ya shampiyona y’ u Rwanda icyiciro cya mbere ku kibuga cyayo nyuma y’ igihe yambuwe ubu burenganzira. Kuri uyu wa 5 Mutarama nibwo FERWAFA yongeye gusubiza iyi kipe uburenganzira bwo kwakirira imikino ku kibuga cyayo cya Ruyenzi. Ibi bibaye nyuma […]
Esipanye: Uko hizihizwa umunsi wahariwe inyanya wiswe Tomatina (mu mafoto)
Mu gihugu cya esipanye haba igikorwa ngarukamwaka cyo kumenagura inyanya nzihishije, aho byibuze buri muryango ubasha kuzana inyanya njyinshi zishoboka zo gukoresha muri iki gikorwa. Iki gikorwa kiba kigaije guhindura umujyi nk’amaraso hifashishijwe inyanya, aho abaturage babarirwa mu bihumbi bahurira hamwe bakazivurugutamo bakaziterana ku buryo nta kintu na kimwe gisigarana ibara ryacyo kamere. Muri uyu […]
Isengesho “Dawe uri mu ijuru” rigufasha iki mu buzima bwawe bwa gikiristu
Isengesho rya gikristu rishingiye ku Mana Data. Usenga abanza kureba uwo abwira akaza kwireba nyuma. Ashaka rero ko izina ry’ Imana ryubahwa , ingoma yayo ikogera hose . Ugushaka kwayo kugakorwa mu nsi nko mu ijuru . Icyo ni igice cya mbere aho umukristu areba Imana, akinjira mu mugambi wayo agaharanira gukora ugushaka kwayo. « […]
Ubushakashatsi, abaturanye n’imihanda minini bafite akaga ko gusara
Akavuyo k’imodoka ny’inyinshi gatera indwara zo mu mutwe zishobora no kugera k’ubusazi, abantu baturanye n’imihanda minini bagaragajwe nk’abari mu kaga gakomeye, aba ngo ngo bafite akaga gashingiye ku kubura ubwenge mu byo bigishwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubushakashatsi bwasohotse mu kinyamakuru Lancet, cyandikira kuri interineti buvuga ko 11% by’abaswa bo ku isi baba batuye muri metero 50 […]
Kigali: Mu mezi 3 gusa, abakorera ahatarabugenewe barafungirwa imiryango
Nyuma y’uko bigaragaye ko umujyi wa Kigali uri kuzamuka ku muvuduko udasanzwe mu bikorwa remezo birimo n’inyubako zijyanye n’igihe ziganjemo iz’ubucuruzi, umujyi wa Kigali watangaje ko ugiye guhangana n’abantu bagikorera mu nzu zitagenewe ubucuruzi kandi hari izabugenewe zitari gukorerwamo. Mu gihe inyubako zirimo iya Makuza peace Plaza, Kigali heights, Chic n’izindi ziri mu mujyi wa […]
Musanze: Abahabwa inzitiramibu basabwa kuzikoresha icyo zagenewe
Abaturage barimo guhabwa inziramibu mu karere ka Musanze barasabwa kuzikoresha icyo zagenewe kuko byagaragaye ko hari bamwe bazigurisha abandi bakazikoramo inzu z’inkoko kandi igihugu kiba cyarazitanzeho amafaranga atari make. Ibi bitangajwe mu gihe indwara ya Maraliya ikomeje kwiyongera hirya no hino mu Rwanda kandi iyi ndwara ikaba ikunze kuzahaza abaturage cyane cyane abana bari munsi […]
Uganda: batandatu bibye kwa perezida Museveni bari mu mazi abira
Umar Mugerwa, Coleb Ahimbisibwe, Yokaana Muwanguzi, Jereme Semugenyi, Godwin Arinaitwe na Isa Mutabike nibo bari mu mazi abira nyuma y’uko batawe muri yombi bashinjwa kugerageza kwiba kwa perezida wa repubulika ya Uganda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Urukiko rwo mu karere ka Sembabule rwagejejweho ikirego cy’abantu batandatu bashinjwa kwiba insinga z’amashyanyarazi mu ifamu ya perezida Yoweli Kaguta Museveni […]
REG yasobanuye impamvu ibiciro by'amashanyarazi byagabanutse serivisi zikagenda nabi kurushaho
Ikigo cy’igihugu gishinzwe gukwirakwiza ingufu z’amashanyarazi REG kiratangaza ko kuba harabaye ibibazo byo kugura umuriro guhera mu ntangiriro z’umwaka wa 2017 nta kibazo kidasanzwe kirimo kuko serivisi zatangwaga zakomeje gutangwa nubwo zagenze nabi ndetse zikanyuzamo zikanahagarara. Mu kiganiro iki kigo cyagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa 5 Mutarama 2017, hagarutswe ku kibazo cy’ibura ry’umuriro mu bice […]
Nyuma yo gushwana na Wema Sepetu, Sultan Idris yongeye kurata ubwiza uwahoze ari umukunzi we
Ku wa 1 Mutarama 2017, ubwo benshi bashyiraga amafoto yabo ku nkuta bakoresha (twitter, Instagram, Facebook,…) bifuriza abakunzi babo umwaka mushya ndetse banabarata ibihe byiza batangiranye umwaka, Sultan Idris we yashyizeho irata uwahoze ari umukunzi we (Samantha Jansen). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umunyarwenya, Idris wo muri Tanzania yafashe ifoto ye ayishyira kuri Instagram arangije ashyiraho amagambo avuga […]
Abana babiri b’imyaka 13 na 14 basambanyije ku ngufu umukobwa ufite 12
Ibi byabereye i Wemmel, mu gihugu cy’u Bubiligi aho aba bana babiri b’abahungu b’imyaka 13 na 14, umwe yafashije mugenzi we bagafata ku ngufu umukobwa w’imyaka 12, ubu bakaba barimo gukurikiranwa n’ubutabera. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru 7sur7 dukesha iyi nkuru, ngo umuhungu umwe yafashe umukobwa mu gihe undi yakoraga imibonano mpuzabitsina, ubu urukiko rwo muri iki […]
Buri wese afite inshingano zo gusigasira ibyo igihugu kimaze kugeraho-Guverineri Musabyimana
Umuyobozi w’Intara y’Amajyaruguru, Musabyimana Jean Claude yasabye urubyiruko rw’Idini ya Isilamu kwirinda ingengabitekerezo y’ubutagondwa n’ubuhezanguni, ndetse n’ibindi byaha muri rusange; kandi bakagira uruhare mu kubikumira; batanga amakuru atuma biburizwamo no gufata ababikoze ari nako babungabunga ibyo igihugu kimaze kugeraho. Ubu butumwa yabutanze ku itariki 3 Mutarama uyu mwaka mu muhango wo gusoza amahugurwa y’icyumweru y’urubyiruko […]
Abafite ubumuga bwo kutabona bazifasha mu matora ya perezida
Abatora bafite ubumuga bwo kutabona bashyiriweho uburyo buzabafasha kwitorera batagombereye umufasha mu matora y’umukuru w’igihugu ategerejwe mu kwezi kwa kanama 2017. Kominisiyo y’igihugu y’amatora itangaje ko abafite ubumuga bwo kutabona bazakoresha impapuro zabugenewe zisanzwe zibafasha mu gusoma amagambo yanditse hakoreshejwe inyako zabugenewe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Izi mpapuro zifasha abafite ubumuga bwo kutabona ni impapuro zikozwe muri […]
Ese urupfu rwa Col Karegeya ntirwaba ari umuvumo kuri Gen Kayumba na bagenzi be?
Col Patrick Karegeya wahoze ari umusirikare w’u Rwanda yishwe mu ijoro ryo ku wa 31 Ukuboza rishyira iryo ku wa 1 Mutarama 2014, muri Afurika y’Epfo muri hotel yari yarayemo. Karegeya yari umwe mu barwanyaga Leta y’u Rwanda ndetse yanahozemo, aho yari yarahungiye muri Afurika y’Epfo niho yari yaranashingiye ishyaka RNC, rifite n’utundi dushami i […]
Gambia: Amagambo yavuzwe n'Umukuru w’igisirikare cya Yahyah Jameh yateje impungenge
Nyuma y’amakimbirane amaze iminsi mu gihugu cya Gambia aterwa no kuba uwari perezida yahyah Jameh yanze kwemera ibyavuye mu matora ndetse agashaka no gukomeza kuyobora igihugu, umukuru w’igisirikare nawe yasubije ibintu I rudubi aho yasabye abantu kuyoboka Perezida Yahyah Jameh, amagambo yavugishije benshi ndetse akanateza impagarara mu gihugu kuko yanavuze ko igisirikare kimuri inyuma. [xyz-ihs […]
Umugogo w'umwami Kigeli mu nzira igana i Kigali
Urukiko rwa Viriginia muri Leta zunze ubumwe za Amerika rwanzuye ko umugogo w’umwami Kigeli wa V Ndahindurwa ugomba gutabarizwa mu Rwanda Ni nyuma yo kumva ubuhamya ku mpanze z’abo mu muryango wa Kigeli batandukanye, ubuhamya bwanateje impaka zitari ncye muri uru rukiko guhera mu ntangiriro z’iki cyumweru, aho bamwe mu bagize umuryango wa Kigeli bashakaga […]
“Aho bagiye ho bahita babahambira” Perezida Kagame avuga abahoze muri FPR
Ibyo Abagize RNC bavuga k’u Rwanda ntaho bihuriye n’ibyo Abanyarwanda babona, Jonathan Musonera, umwe mu banyamuryango b’imbere mu iri shyaka rya politiki ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda rikorera mu mahanga aherutse kwifuriza Abanyarwanda umwaka mushya muhire ndetse akanavuga ko Leta y’u Rwanda ntacyo igeza ku banyarwanda, mu gihe Abanyarwanda bahora bishimira ibyo bagezeho kugeza ubwo […]
Burundi: Inzego z’umutekano zafashe abantu bafite intwaro za gisirikare
Igipolisi cy’u Burundi cyerekanye abantu bafatiwe muri zone ya Kanyosha, bakekwaho kuba ari abarwanyi. Bakaba barafatanwe ibikoresho bya gisirikare nk’abari bambariye urugamba. Moise NKURUNZIZA, umuvugizi wungirije w’igipolisi cy’u Burundi yemeje aya makuru ndetse anatangaza ko abo bantu bafatanwe imbunda 3 zo mu bwoko bwa kalachnikov, za gerenade 9 hamwe n’amasasu asaga 900. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri […]
Polisi ya Uganda yashyikirije iy’u Rwanda uwashakishwaga akekwaho ubujura
Kuwa kabiri tariki ya 3 Mutarama 2017, ku mupaka wa Gatuna mu Karere ka Gicumbi habereye umuhango wo guhererekanya hagati ya Polisi ya Uganda n’iy’u Rwanda umunyarwanda Hategekimana Isaie w’imyaka 42 ukomoka mu murenge wa Nkanka mu karere ka Rusizi, washakishwaga na Polisi y’u Rwanda akekwaho ubujura yakoreye mu karere ka Rusizi. Mu muhango wo […]