Inkiko zatunzwe agatoki mu korohera ibifi binini birya ruswa

Kuri uyu wa 09 Mutarama 2017, Umuvunyi mukuru. Aloysie Cyanzayire yatangarije Abadepite ko inkiko zo mu Rwanda zorohera bamwe mu bayobozi n’abakozi ba leta bafatirwa mu cyaha cya ruswa rimwe na rimwe ibyo baba bashinjwa bigateshwa gaciro abo bahimbwa “Ibifi binini” bakarekurwa kandi hari ibimenyetso bigaragaza ko ibyo bashinjwa ari ukuri. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi umuvunyi […]

“Mutubwirire Abanyarwanda ko himye undi mwami usimbura Kigeli V Ndahindurwa” Benzige Boniface

Mu gihe umugogo w’umwami Kigeli V Ndahindurwa wagezwaga mu Rwanda aho azatabarizwa, abahindiro barangajwe imbere n’uwari umunyamabanga we, Boniface Benzige bari bahugiye mu kwimika undi mwami ugomba kumusimbura kuri ubu akaba yamaze no gutangazwa n’ubwo aba bahindiro bavuga ko hari ubwiru bugikurikizwa [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Murumuna wa Kigeli V Ndahindurwa witwa Bushayija Emmanuel niwe watangajwe ko […]

Umunyamakuru mpuzamahanga yasingije perezida Kagame n’iterambere ry’u Rwanda

Richard Miniter, umunyamakuru wa Forbes magazine yasingije iterambere ry’u Rwanda avuga ko iki gihugu n’ubwo ari kimwe mu bihugu bito ku isi ariko kimaze kubaka izina ku isi n’ubwo kinafite abakirwanya batari bake baherereye mu bihugu by’Uburayi. Mu bihugu bimwe na bimwe u Rwanda ruzwi cyane kuri Jenoside yakorewe abatutsi mu minsi ijana uhereye mu […]

Perezida Kagame yakiranwe urugwiro rudasanzwe mu Buhinde (AMAFOTO&Video)

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda ari mu gihugu cy’Ubuhinde aho yitabiriye inama mpuzamahanga ibaye ku nshuro ya munani ku bukungu, umukuru w’igihugu yitabiriye iyi nama ku butumire bwa minisitiri w’intebe w’iki gihugu, Narendra Modi guhera uyu munsi kuya 09-12 Mutarama 2017. Muri iyo nama biteganyijwe ko perezida Kagame azagirana ibiganiro na minisitiri w’intebe w’Ubuhinde bizabera […]

CAN: Amikoro macye yatumye ikipe y’igihugu ya Zimbabwe iturira indege ijya mu irushanwa

Ikipe y’igihugu ya Zimbabwe yanze kurira indege yerekeza mu irushanwa rya CAN rigiye kubera mu gihugu cya Gabon mu minsi iri imbere, iyi kipe ikaba yari guhaguruka kuri iki cyumweru tariki ya 8 Mutarama 2017 aho yari guca mu gihugu cya Cameroun gukina umukino wa gicuti ikabona gukomeza. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nk’uko bitangazwa n’ibitangazamakuru bitandukanye, iyi […]

Yifuje ko ikibuno ke kiba kinini none cyamubereye umutwaro-AMAFOTO

Umusore ukomoka mu gihugu cya Nigeria, yashyize hanze amafoto y’umukunzi we avuga uburyo ashenguwe n’agahinda mu gihe uyu mukobwa yafashe imiti yifuza kugira ikibuno kinini kandi giteye neza, ku bw’ibyago yaje kwisanga cyabyimbye uruhande rumwe ubu akaba ari mu byango. Uyu musore yitwa Emmanuel Chinedu Udoaku, nk’uko ikinyamakuru Afrika365 kibitangaza ngo umukunzi we yagiye yitera […]

Musanze: Hafashwe ingamba zo kurandura urumamfu mu ngano

Nyuma y’aho akarere ka Musanze kabereye aka nyuma mu mihigo ya 2016, hafashwe ingamba zikarishye zo kurandura urumamfu mu ngano. Abagera kuri 20 bahise bagaragaza ko batagishoboye kujyana n’abandi bamesa kamwe baregura. Abakozi b’akarere byavuzwe na Minisitiri w’intebe ko biyobora, nabo hamaze kuvanwamo batanu, abandi icumi bamaze kwihanangirizwa ngo badakomeza gutobera ikipe. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akarere […]

Twakubiswe n’inkuba tukimara kubyumva: Mayor Uwanzwenuwe

Ubushakashatsi bwakozwe ku mibereho y’abana bukimara gutangazwa, Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyabihu bwumvise iyo nkuru ko aribo bafite abana benshi b’ingwingire bwabaye nk’ubukubiswe n’inkuba ku ubwiyo nkuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri ubu bushakashatsi bwakozwe n’ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare 2014-2015, imibare igaragaza ko abana 59% bari munsi y’imyaka 5 mu karere ka Nyabihu bagwingiye. Umuyobozi w’Akarere ka Nyabihu, Uwanzwenuwe […]

Ibintu 10 bishobora gutuma umugore aca inyuma umugabo we agasambana n’abandi

Akenshi usanga abagabo aribo batungwa agatoki ko baca inyuma abagore babo cyane, ariko uko byagenda kose n’abagore si shyashya ko ni benshi bafatirwa muri icyo cyuho ariko wakurikirana ugasanga biterwa n’impamvu zitandukanye. 1.Kutanezezwa mu Buriri : Icyo wakora cyose, mu gihe umugore utamunezeza mu biriri aguca inyuma, bibaho imyaka ikaba myinshi ariko aratinda akaguca inyuma […]

Abanyarwandakazi 8 bakekwaho gukorera uburaya muri Uganda mu maboko ya polisi

Igipolisi cyo muri Kabale ho muri Uganda cyataye muri yombi abakobwa bagera ku munani (8) b’Abanyarwandakazi basanzwe baba muri iki gihugu nta byangombwa bafite. Umuvugizi w’igipolisi muri Kigezi, Elly Matte, yavuze ko aba bakobwa bakekwaho gukora umwuga w’uburaya bafatiwe mu mahoteri atandukanye yo mu mujyi wa Kabale mu mukwabu wari ugamije gufata abanyabyaha. Matte yakomeje […]

Muri 2017 Ubushinjacyaha burateganya gusaba kohererezwa 250 bakoze jenoside bahunze

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda muri uyu mwaka burateganya gusaba kohererezwa abantu byibuze bagera kuri 250 bakurikiranweho uruhare muri jenoside bakidegembya hirya no hino ku Isi mu rwego rwo kugirango abakoze jenoside batarafatwa bashyikirizwe ubutabera. Muri urwo rwego rwo kugeza abakekwaho uruhare muri jenoside mu butabera, mu mwaka ushize wonyine ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabye kohereza mu Rwanda […]

Abantu 16 bakurikiranyweho kugaba igitero kuri Kim Kardashian

Iperereza ryo mu gihugu cy’u Bufaransa rimaze guta muri yombi abantu 16 bakurikiranyweho gushaka kugirira nabi umunyamideli w’icyamamare Kim Kardashian ubwo bamusangaga mu ihoteli yabagamo i Paris bitwaje intwaro bakamusiga iheruheru. Uyu musitari w’umunyamerika ukunze kuba ari kumwe n’umugabo we Kanye West ndetse n’umurinzi we, yatangaje ko aba aba bantu bitwaje intwaro bamusanzwe mu icumbi […]

Amanota y’abatsinze ikizamini gisoza amashuri abanza n’icyiciro rusange amaze gushyirwa ahagaragara

Amanota asoza amashuri abanza n’ icyiciro rusange 2016 amaze gushyirwa ahagaragara kuri uyu wa 09 Mutarama 2017 ku cyicaro cya minisiteri y’uburezi ku Kacyiru. Mu manota yatangajwe, mu byiciro byombi abakobwa nibo bigaragaje ko batsinze ku bwinshi ugeraranyije n’abahungu, aho mu mashuri abanza, abakobwa batsinze ku kigero cya 55.1 % mu gihe abahungu batsinze ku […]

Ushobora kuba incuti y’Imana

Yakobo 2:23 Ni cyo cyatumye ibyanditswe bisohora, byabindi bivuga ngo “Aburahamu yizeye lmana bimuhwanirizwa no gukiranuka” Yitwa incuti y’lmana* kuba incuti y’lmana Abantu benshi bavugako bakunda abandi ariko bagera mumagorwa, bakabura zancuti, zagenda zikabasigira ibikomere. Ese koko hari incuti nyancuti?? -Maze gusoma irijambo nifuje ko twarisangira, Haringingo 8 nifuje ko wamenya. 1.Waruziko lmana ishaka ko […]

Ubuhutu n’Ubututsi bwahawe intebe mu gisirikare cy’u Burundi, buzabyara iki?

Uko imyaka yagiye yicuma mu mateka y’u Burundi amoko yagiye ahabwa intebe ndetse akanashingirwaho mu mirimo, by’umwihariko ubu mu gisirikare n’igipolisi bukagaragara nk’ashobora kuzabyara amahari. Muri iki gisirikare cy’u Burundi hamaze iminsi humvikana isezererwa rya bamwe mu basirikare, ifungwa, iyicwa, kwinjiza abasirikare bashya,…ibi birakorwa ariko cya kintu cy’amoko kikagarukwaho cyane. Amoko mu gusezerera abasirikare no […]

“Nk'ubu ndi kumwe n’umuntu wantemaguye ariko namuhaye imbabazi” Mukarumanzi Clodette

Mu bantu 252 batangiye urugendo rwo gukomorerwa na kiliziya ku masakaramentu 166 nibo bonyine batewe icyuhagiro, mu rugendo rw’amezi atandatu abakoze jenoside n’abayikorewe bamaze bigishwa kugirango abayikoze bahabwe imbabazi n’abayikorewe mu rwego rwa gikilisitu abantu 166 nibo bagaragaye ko bujuje ibisabwa byose. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kuri uyu wa 08 Mutarama 2017, Kiliziya gatulika muri paruwasi ya […]

Afurika y’Epfo: Caster Semenya uzwiho kwiruka cyane yakoranye ubukwe n’umutoza we (Amafoto)

Muri Repubulika ya Afurika y’Epfo haravugwa amakuru y’abagore 2 baherutse gusezerana nk’umugore n’umugabo ku mugaragaro. Aba bagore bavuga ko batangiye kuba inshuti kuva bakiri abana, umwe yaje kurangiza kaminuza ayoboka amarushanwa yo gusiganwa mu kwiruka n’amaguru mu gihe uwamurihiye kaminuza waje no kuba umutoza we ari we bakoranye ubukwe mu ruhame. Caster Semenya na mugenzi […]

Kiliziya ya mbere mu Rwanda igiye kubyazwa umusaruro mu bukerarugendo

Mu rwego rwo kuzamura ubukerarugendo no guteza imbere umuco n’ahantu ndangamurage, kiliziya yubatswe bwa mbere mu Rwanda igiye kubyazwa umusaruro. Akarere ka Gisagara karavuga ko mu rwego rwo kuzamura ubukerarugendo no kumenyekanisha umuco n’amateka kagiye gutangira kubyaza umusaruro ahantu nyaburanga gahereye kuri Kiliziya ya mbere yubatswe mu Rwanda iherereye mu murenge wa Save. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Menya Isezerano ryawe n’Imana (Igice cya 6)

  A.ISEZERANO RISHYA NI IKI? Isezerano rishya iyo usomye neza usanga ari rya rindi Imana yahaye Aburahamu ryakomeje. kandi muri wowe ni mo imiryango yose yo mu isi izaherwa umugisha.” ITANGIRIRO 12:3 Hari uburyo Pawulo yabisobanuye neza, ukabona ko isezerano rishya ari ugusohora kw”isezerano Imana yahaye Aburahamu,arerekana neza iby’urubyaro rwa Aburahamu ariwe Yesu Kristo wapfuye […]

Rubavu: Mukansonera Geraldine yadukanye uburyo bushya bwo kwambutsa urumogi

Umugore witwa Mukansonera Geraldine yafatanywe ibiro bitatu by’ikiyobyabwenge cy’urumogi yari yahishe mu madegede (Ibihaza) yashakaga kurwambukana ngo aruzane mu Rwanda arukuye mu gihugu cya Congo nk’uko yafatiwe ku mupaka munini uhuza ibi bihugu byombi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu wafashwe ngo yabanje gukora imbere muri ayo madegede akuramo imbuto ziba zirimo kugirango abone umwanya atwaramo urumogi rwe, […]

Rubavu: Abayoboke b'idini ya Isilamu barasabwa kwirinda ubuhezanguni n'ubutagondwa

Ubuyobozi bw’idini ya Islamu ku bufatanye na polisi y’u Rwanda bwasabye abayoboke b’idini ya Isilamu bo mu karere kua Rubavu kwerinda no kurwanya ikintu icyo aricyo cyose gihabanye n’imyemerere ya Kisilamu birimo ubutagondwa n’ubuhezanguni. Muri ibi biganiro, Mufti Sheih Hitimana sallim, yasabye ababyeyi n’abarezi gukangurira urubyiruko rwo mu idini ya Islamu kwirinda ibikorwa nk’ibi, kuko […]