Kuri uyu wa Gatandatu, Ama-G the Black arishimana n’abakunzi be muri Café Resto-Nectar
Ku wa Gatandatu tariki ya 28 Mutarama 2017, umuhanzi Ama G the Black azataramira abakunzi be, mu gitaramo cyiswe icy’imbaturamugabo mu mujyi wa Kigali. Mu kiganiro Bwiza.com yagiranye n’umuyobozi wa CafĂ© Resto Nectar aho iki gitaramo kizabera, yagize ati: “twe dutumira umuhanzi bitewe n’uko abafana be baba babidusabye, ibitaramo dutegura muri Nectar nta saha birangiriraho, […]
Fulgence Ndayikengurutse, umusirikare w’u Burundi yatawe muri yombi
Umuryango wa Cpl-chef Fulgence Ndayikengurutse, umusirikare w’u Burundi, watangaje ko uhangayikiye umutekano we nyuma yo gutabwa muri yombi n’inzego z’umutekano. Nk’uko bishimangirwa na Pacific Nininahazwe, Umuyobozi wa Sosiyete sivile avuga ko umutekano w’uyu musirikare uteye inkeke, akaba yarahoze ari umushoferi wa BSPI (Brigade SpĂ©ciale pour la Protection des Institutions). [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Pacific yakomeje atangaza ko […]
Dore ibyambayeho nyuma yo gukunda umuhungu ariko nkamuhisha ko mukunda
Nitwa Akeza M. Louise. Navukiye mu muryango w’abana 5 nkaba na ri umwe mu bakobwa 3 twavukanye n’abahungu 2 gusa. Ndangije kaminuza nabonye akazi muri imwe muri banki zikorera mu mujyi wa Kigali, ariko bitewe n’uko nize mu bigo byo mu ntara nkaba ari naho navukiye nari ntaramenyera ubuzima bwo mu mujyi. Aho nacumbitse mu […]
Amatora ya 2017 mu Rwanda : Ese hari ingaruka ku ishoramari ry’amahanga ?
Muri uyu mwaka wa 2017 hirya no hino muri Afurika hitezwe amatora y’abakuru b’ibihugu, aho u Rwanda, Kenya na Angola bizaba bihanzwe amaso. Mu Rwanda, ikinyamakuru How we Made it in Africa, gikora inkuru zijyanye na business muri Afurika, cyavuganye n’impuguke zo muri Institute for Security Studies (ISS) ku kuntu aya matora yiteguwe yagira ingaruka […]
Abasitari 10 mu muziki muri Afurika b’abaherwe n’imitungo yabo
Indirimbo nyafurika ni zimwe mu ndirimbo usanga zikunzwe hirya no hino mu bihugu bitandukanye ku isi, ariko ugasanga hari abahanzi baba baramaze kubaka izina kurusha abandi bitewe n’uburyo baba babihaye umwanya uhagije ndetse bakabikora nk’impano. Uko gukoresha impano yo guhanga, kuririmba, kwandika indirimbo n’ibindi ni bimwe mu byatumye hari abahanzi bazamutse mu ntera babikesha izo […]
Tanzania: Hafashwe icyemezo cyo kutongera guha ubuhungiro impunzi ziva mu Biyaga Bigari
Amatsinda y’impunzi ziva mu bihugu byo mu Biyaga Bigari kuri uyu wa kabiri hafashwe icyemezo cyo kuyabuza kwinjira ku butaka bwa Tanzania, aho guverinoma y’iki gihugu yababwiye ko nta mpamvu z’umutekano mucye mu bihugu by’ibituranyi zatuma bahabwa ubuhunzi. ” Twe muri Tanzania, ntitucyakira amatsinda y’impunzi aturuka mu karere k’Ibiyaga Bigari “, uwo ni minisitiri w’ibibazo […]
EAC: U Rwanda ku mwanya wa mbere, u Burundi ni ubwa nyuma mu kurwanya ruswa
Uko ibihugu byo ku isi byose bihagaze ku cyaha cya ruswa. Urutonde rushya rwashyizwe ahagaragara rugaragaza uko ruswa yifashe mu bihugu byo ku isi kuri uyu wa 25 Mutarama 2017 rugaragaza ko igihugu cy’u Rwanda gihagaze neza mu kurandura ruswa, ibihugu bya Sudani y’Epfo na Somalia byo muri Afurika nibyo byamunzwe na ruswa cyane ku […]
Rayon Sports: Umukinnyi Muhire Kevin n'ingamba nshya avuye kwivuza muri Maroc
Nyuma y’imvune umukinnyi Muhire kevin yahuye nazo mu mukino wari wahuje ikipe ya Rayon Sports ndetse na Police Fc bikamuviramo no kujya kwivuza mu gihugu cya maros, uyu mukinnyi yagarutse mu Rwanda ndetse akaba yanatangiye imyitozo aho avuga ko azanye impinduka zidasanzwe. Nk’uko byatangajwe n’ikipe ya rayon Sports, uyu muknnyi yari yagiye kwivuriza muri kiriya […]
Ibintu 10 bituma Imbonerakure zigereranwa n’Interahamwe zo ku bwa Perezida Habyarimana
Interahamwe zari iz’ishyaka MRND, bijandikaga mu bikorwa bya politiki byategurwaga na Leta yari iriho icyo gihe ari nabyo byaje guherekezwa na jenoside yakorewe Abatutsi. Uko imyaka yagiye yicuma, izi Nterahamwe za Perezida Habyarimana nizo zaje gukoreshwa cyane muri Jenoside yakorewe Abatutsi kubera ko ibyo zatozwaga byarimo n’imyitozo isa n’iya gisirikare, byose babibapakiraga mu mutwe babanje […]
Burundi: CNARED bashinja leta gushaka kubacamo ibice, byatumye batagera ku migambi yabo
Ihuriro rishinzwe gushyira mu bikorwa amasezerano y’Arusha n’itegeko nshinga mu Burundi (CNARED) ritangaza ko ritashoboye gushyira mu bikorwa imigambi yo ryari ryiyemeje, ku ikubitiro CNARED ngo yari yiyemeje kuba abayigize bazaba bavuye mu buhungiro mu mezi icyenda ariko birangira bibananiye. Anicet Niyonkuru, umunyamabanga nshingwabikorwa w’iri huriro avuga ko hari ibikorwa byinshi bagezeho ariko ko umugambi […]
Amafoto: Inzoka yafashwe ari nzima nyuma yo kumira ihene 2 z’umuturage
Inzoka yo mu bwoko bw’uruziramire yavumbuwe mu gace ka Pahang mu gihugu cya Georgia yafashwe ari nzima nyuma yo kumira ihene 2 z’umuturage izisanze aho zari ziziritse yarangiza ikananirwa kuva aho iri. Abaturage bo muri iki gihugu bavuga ko nyuma yo kuyibona ababnje gutinya kuyegera aho yari iryamye bakabanza kuyishotora ngo barebe niba ntawe iri […]
London: Umwana w’Umugande yiciwe ku marembo y’ishuri yigagaho atewe ibyuma
Igipolisi cyo mu mujyi wa London mu Bwongereza cyatangiye iperereza ku iyicwa ry’umwana w’umuhungu w’umunyeshuri w’imyaka 15 bivugwa ko akomoka mu gihugu cya Uganda wishwe atewe icyuma. Uyu mwana witwa Quamari Barnes bikaba bivugwa ko yasanganywe ibikomere by’icyuma hanze y’ikigo cy’ishuri yigagaho ryitwa Capital City Academy mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa London ku mugoroba wo kuri […]
Ese Bibiliya yemera gusomana nk’uko bamwe babyibwira?
Ni kenshi usanga abantu bakunze gukora ibikorwa byo gusomana yewe baba n’abakirisitu, ariko bakitwaza ko no muri Bibiliya harimo ingero z’abantu basomanaga kuva mu gihe cya Yesu, mbere yahoo ndetse na nyuma. Nyamara, iyo witegereje usanga gusomana kuvugwa muri Bibiliya byarabaga bifite ubusobanuro bwihariye buhabanye cyane n’ubwo abantu bo muri iyi minsi baha igikorwa cyo […]
Umukoresha uzajya wirukana umukozi atitaye ku mategeko azajya yirengera ingaruka — MIFOTRA
Umukoresha uwo ari we wese uzirukana umukozi mu buryo budakurikije amategeko bigashora leta mu gihombo,uwo mukoresha ni we uzajya yirengera akanishyura ibyo bihombo ku giti cye aho kwishyurwa na leta nk’uko byatangajwe na minisiteri y’umurimo kuri uyu wa kabiri. Minisiteri w’umurimo, Judith UWIZEYE yakomoje kuri ibi ubwo yatumizwaga na komisiyo y’imibereho myiza mu Nteko Ishinga […]
Guverinoma ya Uganda yatunguwe n’icyemezo cy’u Rwanda na Kenya
Minisitiri w’ubuhinzi mu gihugu cya Uganda, Vincent Bamulangaki Sempijja yatangaje ko ibihugu by’u Rwanda na Kenya byafashe icyemezo gihubukiwe ubwo biyemezaga guhagarika ubucuruzi bw’inkoko n’ibizikomokaho bituruka muri Uganda U Rwanda na Kenya bafashe icyemezo cyo gufunga ubucuruzi bw’ibikomoka ku nkoko bituruka muri Uganda bitewe n’uko muri Uganda hari hagaragaye ikibazo cy’indwara y’ibicurane by’ibiguruka. Ikinyamakuru cya […]
Uganda: Museveni na Loni baganiriye ku kibazo cya M23
Intumwa idasanzwe y’Umuryango w’Abibumbye mu Biyaga Bigari, Said Djinnit kuri uyu wa kabiri yagombaga guhura na perezida Museveni mu nama yo mu rwego rwo hejuru muri Uganda. Icyo aba bagombaga kuganira kikaba kitatangarijwe itangazamakuru ku mugaragaro nubwo ije mu gihe hongeye kuvugwa ko umutwe wa M23 waba uri kwisuganya ngo wubure imirwano muri Congo. Amakuru […]
Muhanga: Inzu zubakiwe abarimu batazikeneye zigiye gushyirwamo abandi bakozi
Hirya no hino mu karere ka Muhanga, hagaragara ibikorwa remezo bitangira kwangirika bitaragira icyo bimarira abaturage. Ibyo ni imihanda, ikusanyirizo ry’amata rya Gahogo, ndetse n’inzu 12 zubakiwe abarimu zikaba zitangiye gusenyuka zitaraturwamo. Ibi ngibi byaba biterwa n’uko bijya kubakwa batabanje kubaza abaturage ngo babigiremo uruhare. Ubuyobozi buravuga ko aho amacumbi y’abarimu arimo ubusa bugiye gushyiramo […]
Polisi y’u Rwanda yasezeranye na Ambasaderi w'u Butaliyani ubufatanye mu mutekano
Uhagarariye igihugu cy’u Butaliyani mu Rwanda; ufite icyicaro muri Uganda, Ambasaderi Domenico Fornara, taliki ya 24 Mutarama yasuye Polisi y’u Rwanda ku cyicaro cyayo gikuru ku Kacyiru, akaba yarakiriwe n’Umuyobozi mukuru wa Polisi y’u Rwanda Inspector General of Police (IGP), Emmanuel K. Gasana. Ambasaderi Domenico mu ruzinduko rwe, yari aherekejwe n’usanzwe ahagarariye u Rwanda muri […]