Nasambanye n’abasore ntazi none nabyaye umwana ntakunda na gake-UBUHAMYA

Muraho abo duhurira kuri iki kinyamakuru, ndi umugore w’imyaka 25 y’amavuko, nkomoka i Nyanza ariko ntuye muri Kigali. Nabyirukiye mu muryango w’abakiristu, mama yari umuvugabutumwa mu itorero papa ari umushoferi, nabyirutse ntozwa kwiyubaha n’ikinyabupfura. Ubwo natangiraga kaminuza nibwo natangiye kwinjira mu bigare by’abandi bakobwa bakomoka mu miryango ikize, batangiye kunyigisha uko banywa inzoga, itabi n’ibindi […]

Imibereho itangaje ya bamwe mu baturage bo muri Etiyopiya (Amafoto)

Aya ni amwe mu mafoto atangaje y’abaturage bo mu gihugu cya Etiyopiya mu gace ka Omo Valley, aho aba baturage basaga ibihumbi 200 bibereyeho mu buzima bubagaragaza nk’abari mu isi yabo. Nubwo aka gace kabamo abaturage bangana gutyo, bagabanyijemo ibice 3 ugendeye ku myemerere ndetse n’indimi bavuga zikaba zitandukanye gusa zijya kwegerna kuko hari ibyo […]

Bugesera: Abanyeshuri bo ku kigo cya Dihiro bajya gucukura ibijumba by'abaturage kubera inzara

Abanyeshuri bo mu kigo cy’urwunge rw’amashuri rwa Dihiro giherereye mu kagali ka Ramiro mu murenge wa Gashora wo mu karere ka Bugesera baratangaza ko bahangayikishijwe n’ikibazo cy’inzara kibugarije gituma bamwe muri bo bajya no gusabiriza ibiryo mu baturage baturiye icyo kigo cyangwa abandi bakiba ibyo mu mirima y’abaturage kubera baba batariye ku ishuri nk’abandi. [xyz-ihs […]

Kuri uyu wa Gatanu Impala zirataramira muri Café Resto Nectar

Abakunzi b’indirimbo za Karahanyuze bararikiwe gutaramana n’Impala kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Gashyantare 2017, muri Café Resto Nectar ibarizwa mu mujyi wa Kigali. Ubuyobozi bwa Nectar butangaza ko ari mu rwego rwo gukomeza kunezeza abayigana, ari nayo mpamvu nta muntu wishyuzwa, kwidagadurana n’Impala ni ubuntu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Batangaje kandi ko iki gitaramo kiratangira […]

Imiterere y’umubiri wa Amber Rose- REBA AMAFOTO

Amber Rose, umugore w’imyaka 33 y’amavuko uri mu biruhuko ahitwa Honolulu Mu birwa bya Hawaii, amafoto ye akomeje kwifotoreza muri ubu buzima akomeje gushyirwa hanze ku bwinshi ari nako benshi bayahanahana ku mbuga nkoranyambaga banayavugaho ibitandukanye. Ku gitekerezo umwe mu bishimiye aya mafoto yatanze kuri Dailymail, ikinyamakuru cyashyize hanze aya mafoto, yagize ati: “Uyu ninde? […]

Umuyobozi wa M23 Gen Makenga yongeye kuburirwa irengero

Umuyobozi w’inyeshyamba za M23 Gen Sultan makenga yongeye kuburirwa irengero nyuma y’iminsi micye bikekwa ko yaba acumbikiwe na Uganda. Ibi ni ibyatangajwe n’umuvugizi w’igisirikare cya Uganda Brig.Richard Karemire kuri uyu wa gatanu tariki ya 3 Gashyantare 2017, aho yavuze ko Gen makenga amaze ibyumweru 3 avuye aho yari ari hamwe na zimwe mu ngabo ze […]

Ubukwe bw’umukambwe n’umukecuru w’imyaka 106 bwavugishije benshi

Umukecuru witwa Valdemira Rodrigues de Oliveira w’imyaka 106 y’amavuko yemereye imbere y’amategeko ko agiye kuba umwe na Aparecido Dias Jacob uyu mukecuru arusha imyaka isaga 40 mu gihugu cya Brazil. Ubu bukwe budasanzwe bwakozwe n’abakambwe bubaye ubwa mbere mu mateka y’isi bukozwe n’abantu bakuze cyane kuri iki cyumweru gishize. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bageni bafite imyaka […]

Ibitero 3 bya gisirikare byagabwe ku bayobozi b’u Burundi bigashegesha Leta ya Nkurunziza

Iyo usubiye inyuma mu mateka y’igihugu cy’u Burundi, usanga nyuma yo kubona ubwigenge, Leta zagiye zisimburanwa zose zarakoresheje umukino wa nkurusha ingufu icara nkuyobore. Igihe iki gihugu cyari kitangiye kwigaranzura uyu mukino wa nkurusha ingufu mu mwaka w’1993, ubwo Merchiol Ndadaye yari abaye perezida wa mbere utowe n’abarundi ubwabo, ntiyarayeho kabiri yahise yicwa. Mu mwaka […]

Uganda: Bamwe mu bapolisi bakuru bambuwe amapeti kubera urugomo

Urukiko rwa Uganda rwahaye Abapolisi 9 ba Uganda ibihano bitandukanye birimo no kubambura amapeti ku myanya bari bariho bakamanurwa mu ntera bazira ibikorwa by’ubugizi bwa nabi baherutse gukorera abo ku ruhande rwa Dr Kizza Besigye utavuga rumwe na leta. Ni ku munsi w’ejo tariki ya 2 Gashyantare 2017, ubwo Abapolisi 9 barimo Abofisiye n’abandi bari […]

Urujijo:Ni iki cyaba kihishe inyuma y'ihohoterwa rikomeje gukorerwa abayoboke ba ADEPR ?

Hari kwibazwa ikintu cyaba kihishe inyuma y’itemagurwa no gukubitwa bikomeje gukorerwa abayoboke b’Itorero rya pentekote mu Rwanda (ADEPR) babarizwa mu karere ka Huye mu gihe kitarenze ibyumweru 2. Ibi biri kuvugwa n’abantu batandukanye nyuma y’uko ku wa Gatanu w’icyumweru gishize tariki ya 27 Mutarama 2017, abantu batandatu barimo abadiyakoni ndetse na Mwarimu wabo babarizwa ku […]

Rulindo: Ikibazo cy’inkwano cyabaye nka bizinesi mu miryango

Abaturage bo mu murenge wa Base ho mu karere ka Rulindo ndetse n’abo mu tundi duce bahana imbibi ntibavuga rumwe ku kibazo cy’inkwano babona cyamaze guhindura isura muri iyi minsi ya none. Aba baturage bavuga ko kuri ubu mbere yo gukwa umukobwa habanza kurebwa agaciro afite haba mu mitungo, mu mashuri ndetse no mu muryango […]

Nyagatare: Abaturage bakanguriwe gufatanya kurwanya iyinjizwa ry’ibiyobyabwenge mu gihugu

Zimwe mu ngamba za Polisi y’u Rwanda zo kurwanya iyinjizwa ry’ibiyobyabwenge mu gihugu, ikoreshwa n’icuruzwa ryabyo, harimo gukora ubukangurambaga hirya no hino mu gihugu; aho igirana ibiganiro n’abaturage ikababwira ububi bwabyo n’ingaruka zo kubyishoramo; kandi ikabasaba kubyirinda. Ni muri urwo rwego, Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’i Burasirazuba, Assistant Commissioner of Police (ACP) […]