Ruhango: Abagabo 2 bafatanywe ibiro 50 by’urumogi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Ruhango yataye muri yombi abagabo 2 barimo Ntakirutimana Bosco w’imyaka 32 na Buregeya Jean w’imyaka 27, aba bagabo bakaba bakurikiranyweho icyaha cyo gufatanwa ibiro 50 by’urumogi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi w’agateganyo wa Polisi y’u Rwanda mu karere ka Ruhango Chief Inspector of Police (CIP) Jean Bosco Ndayisabye, yavuze ko […]

Uganda: Abasirikare n'abapolisi bitwaje intwaro mu Kiliziya bateje urujijo mu bakirisitu

Mu gitondo cyo kuri iki cyumweru tariki ya 5 gashyantare 2017, abasirikare n’abapolisi muri Uganda batangiye kujya bitabira amateraniro na misa ndetse n’Abasilamu bakabasha kujya bajya gusengera mu misigiti yabo mu gihe abandi barimo basenga. Gusa aba basirikare n’abapolisi ntibyabagendekeye uko babitekerezaga kuko baje kwinjira mu kiriziya ya St. Austin mu gace ka Mbale, bitwaje […]

Leta y’u Rwanda yiyemeje guhagarika vuba iby’itemwa n’ikubitwa ry’abayoboke ba ADEPR

Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi, yabwiye abayobozi ba ADEPR n’abayoboke biri torero ko Leta y’u Rwanda yiyemeje guhagarika vuba vuba, ibikorwa bibi by’urugomo bikomeje kumvikana mu ibitangazamakuru ku bayoboke ba ADEPR bakomeje gusangwa mu nsengero bagakubitwa ndetse bakanatemwa n’abantu batazwi. Mu ijambo rye, Minisitiri w’Intebe ubwo yari yaje gutaha Dove Hotel, yavuze bidakwiye ko umuntu abuzwa […]

Kenya: Nyuma yo gukura ingabo muri Sudani, yaba igiye kuzikura no muri Somalia

Nyuma y’uko ingabo za Kenya ziri muri Somalia zigabweho igitero kigahiranamo abasaga 21 mu cyumweru gishize, abaturage ba Kenya ndetse na bamwe mu bayobozi barimo n’abadepite basabye Perezida Kenyatta kuzana ingabo ziri muri kiriya gihugu zikaza kurinda igihugu cyabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi byatangajwe kuri uyu wa gatandatu mu muhango wo gushyingura abasirikare bane mu bahitanywe […]

Burundi: Itoteza imbere, ubutabera nyuma-HRW

Umuryango w’abibumbye wita ku burenganzira bwa muntu uratangaza ko abasirikare bo mu gihugu cy’u Burundi bakoreye ihohoterwa n’iyicarubozo abatawe muri yombi bakurikiranyweho kugaba igitero ku nkambi ya gisirikare yo mu ntara ya Muyinga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma y’uko inkambi ya gisirikare ya Mukoni iherereye mu ntara Muyinga mu gihugu cy’u Burundi igabweho igitero ku itariki ya […]

Byinshi ku makipe ya Cameroun na Egypt zigiye guhurira muri finali ya CAN 2017

Kuri iki cyumweru tariki ya 5 Gashyantare 2017, nibwo hateganyijwe umukino wa nyuma w’irushanwa ry’igikombe nyafurika rya CAN, uyu mukino ukaba uri buhuze amakipe ya Paraohs yo muri Egypt ndetse n’ikipe ya Cameroun nk’ikipe zabashije guhatana kugeza ku munsi wa 20 w’irushanwa. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Si ubwa mbere aya makipe agiye guhurira mu irushanwa nk’iri ndetse […]

Ese kurongora isugi biracyafite agaciro nka kera?

Mbere na mbere tubanze tumye isugi ni muntu ki?: Umukobwa wese yitwa ko ari isugi igihe agahu gato cyane kaba ku mwinjiro w’igitsina ( hymen ) kavuyeho. Bitewe n’uko yakoze imibonano mpuzabitsina cyangwa se n’ikindi kintu nka sport, gutwara igare,gusimbuka,.. Mu muco wa Kinyarwanda iyo umukobwa yashyingirwaga yaratakaje ubusugi byabaga ari ibyago byanashoboka agasendwa, ariko […]

Kicukiro: Umuryango w’abantu 7 uba muri shitingi kandi weza toni z’imyaka

Mu kagali ka Muyange, umurenge wa Kagarama ho mu akarere ka Kicukiro, haravugwa inkuru y’umuryango w’abantu 7 uba mu nzu isa na nyakatsi kandi urwo rugo rukikijwe n’imyaka yabo ku buryo imwe inarara ku gasozi kubera kubura aho bayishyira, ibi bikaba ari ikibazo kubona inzu umuntu yakwita nyakatsi mu mujyi kandi abayibamo bagaragara nk’abagira ubushobozi […]

Nyuma yo kunanuka usanga benshi basigarana ipfunwe ry’imiterere y’umubiri wabo- REBA AMAFOTO

Umubyibuho ukabije si mwiza ku mubiri w’umuntu kuko uhita umukururira ibindi bibazo bidasanzwe birimo uburwayi bw’umutima, umwijima,… ariko na none iyo bamwe bivuje bakava ku biro byinshi bakagaruka ku bisanzwe, uko umubiri wabo usigara nabyo bibatera inkeke. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nyuma yo kunanuka uruhu ntabwo rusubira uko rwari rumeze mbere nabyo bikabatera kutishimira umubiri. Dore Ibyago […]

RDC: Abanyepolitike barashinjwa gushora urubyiruko mu myigaragambyo rukayipfiramo

Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 4 Gashyantare 2017, muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo habyukiye imyigaragambyo itoroshye hagati y’abaturage bo muri Sosiyete sivile ndetse n’abapolisi, iyi myigaragambyo ikaba yari igamije kugaragaza akababaro k’aba baturage k’urubyiruko rukomje kwicwa ruzira ibikorwa bya politiki rudafitemo uruhare. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubuyobozi bwa Sosiyte sivile muri kiriya gihugu bushinja imitwe […]

Miss Wema Sepetu yatawe muri yombi na polisi yo muri Tanzania

Nyampinga wa Tanzania (2006),Wema Sepetu, ubu uzwi cyane mu ruhando rwa Cinema, yatawe muri yombi na polisi kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Gashyantare 2017. Bitangazwa ko acyekwaho ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge. Abafashwe barimo na Sepetu ni abantu 17, barimo abapolisi b’abofisiye n’abahanzi, umuyobozi w’intara ya Dar es Salaam, Paul Makonda akaba atangaza ko ari dosiye […]

Polisi y’u Rwanda ntizihanganira umupolisi ugaragaweho n’amakosa mu kazi ke

Nyuma y’inama ya Guverinoma yateranye kuwa gatanu iyobowe na Perezida wa Repubulika Paul Kagame, iyo ikirukana abapolisi 198 bo mu byiciro bitandukanye kubera imyitwarire mibi mu kazi, polisi y’u Rwanda yatangaje ko itazigera yihanganira umupolisi n’umwe ugaragaweho imyitwarire mibi ya ruswa n’ibindi bikorwa bibi binyuranyije n’amategeko . [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni bimwe mu byatangajwe n’umuvugizi […]