Somalia: Uwigeze kuba Minisitiri w’intebe yatsinze amatora y’umukuru w’igihugu

Mohamed Farmajo wahoze ari Minisitiri w’intebe muri Somalia niwe watsinze amatora y’umukuru w’igihugu kuri uyu wa gatatu tariki ya 8 Gashyantare 2017, aya matora akaba yakozwe n’Inteko ishinga amategeko imitwe yombi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Muri aya matora yakozwe mu mucyo, Mohamed Farmajo yatsindiye ku majwi agera ku 184, akaba yari akubye hafi inshuro 2 ay’uwamubanjirije , […]

Umupolisi yafotowe yambaye ikariso mu mutwe ngo ifoto ye ikoreshe nk’imfashanyigisho

Umupolisi wo ku rwego rwa Ofisiye utatangarijwe amazina wo mu gihugu cya Ireland ya ruguru yatunguye abantu ubwo yafitirwaga yambaye akenda n’imbere mu mutwe, ngo agamije kwereka abanyeshuri bo ku kigo yakoreragaho akazi ko gucunga umutekano uko amafoto akwirakwira kuri interineti kuburyo bwihuse. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mupolisi wafotowe ahagararanye n’abarimu 3 bo ku kigo cy’amashuri […]

Abadepite batoye itegeko ryemeza ururimi rw’igiswahili nk’ururimi rwemewe mu gihugu

Kuri uyu wa 8 Gashyantare 2017, Inteko rusange y’Abadepite yatoye umushinga w’itegeko ryemerera ururimi rw’igiswahili kujya rukoreshwa nk’ururimi rwemewe n’amategeko mu gihugu ndetse rukaba n’ururimi rwemejwe ko ruzajya rukoreshwa mu karere k’Afurika y’i burasirazuba. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Leta y’u Rwanda kimwe n’ibindi bihugu bihuriye mu muryango w’ubumwe bw’ibihugu by’Afurika y’u Burasirazuba EAC, ishyize uru rurimi mu […]

Uretse Ronaldo na Messi nta wundi mukinnyi uruta Eden Hazard

Ibi ni ibyatangajwe na Thorgan Francis Hazard, yemeza ko Eden Hazard, umusore ukinira ikipe ya Chelsea nta wundi mukinnyi wabona umurusha ubuhanga kuri iyi si ya rurema uretse Cristiano Ronaldo na Lionel Messi. Yagize ati: “Nibyo, buri wese arabibona ko Eden Hazard afite imbaraga n’ubuhanga bwo kuba yakwitwa umukinnyi wa mbere w’umuhanga ku isi, ariko […]

Perezida Kagame yasabye abayobozi bahawe inshingano nshya gukorera hamwe

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye abayobozi bahawe inshingano nshya kuri uyu wa 8 Gashyantare 2017, kurangwa n’ubwuzuzanye ndetse no gukorera hamwe kugira ngo bagere ku iterambere rirambye. Mu ijambo rye yagejeje ku bari bitabiriye umuhango wo kurahirira inshingano nshya mu ngoro y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda, Perezida Kagame yagize ati”aho igihugu kivuye […]

Abanyamahanga 52 banditse basaba gutoza ikipe y'igihugu Amavubi

Federasiyo y’igihugu y’umupira w’amaguru yatangaje ko abantu 52 b’abanyamahanga bamaze kuyandikira basaba gutoza ikipe y’igihugu y’abakuze “Amavubi.” [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi bitangajwe nyuma y’uko mu minsi ishize iyi federasiyo yari yasohoye itangazo ritanga umwanya kuri aka kazi ko gutoza iyi kipe nyuma y’uko uwari usanzwe ayitoza Jonathan McKinstry yari amaze gusezererwa ashinjwa kudatanga umusaruro nk’uwari witezwe. […]

Mfite amabere mato kandi nifuza ko yakura, bambwira ko umuti ari ugukora imibonano mpuzabitsina- Ugisha inama

Ndi umukobwa w’imyaka 22, nigaga muri segonderi ngarukiramo hagati, ese iyo umukobwa akoze imibonano mpuzabitsina bituma agira amataye koko n’amabere ye agakura neza akaba manini? Njyewe mfite mu gatuza hato, amabere yanjye ni mato, numva bimbangamiye kuko iyo mbonye abakobwa bafite amabere agaragara mu mwenda mba numva mbikunze. Hari uko njya mbyumva, umukobwa ufite ikibuno […]

RDC: Umurambo wa Tshisekedi wateje impagarara mu banyepolitiki mbere yo kuhagera

Mu gihe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Kongo bitegura kwakira no gushyingura mu cyuhahiro umurambo w’umunyepolitiki, Etienne Tshisekedi uherutse kugwa mu Bubiligi, impaka zabaye ndende mu banyepolitiki bo muri kiriya gihugu ku wugomba kuba Minisitiri w’intebe mbere y’uko bamushyingura. Amakuru atangazwa na jeuneafrique avuga ko abo mu muryango wa nyakwigendera ndetse n’abo mu ishyaka UDPS […]

Pamela , umugore wabyaye umwana usa n’umutubu

Umugore witwa Pondo Pamela ukomoka muri Cameroun, yibarutse umwana ufite umutwe usa nk’umutubu, akaba yaratunguwe hamwe n’umugabo we dore ko anatwite yaryaga inyaza zayo (imitubu). Ikinyamakuru Afirika 365, cyatangaje iyi nkuru itangaje kivuga ko ubwo yari atwite agize amezi 2, aribwo yumvaga igikeri kiborogera mu nda ye, agerageza guhabwa umuti n’umuvuzi wa gakondo ariko abigira […]

2016/2017: U Rwanda ruzagabanya inkunga z’amahanga rwongere inguzanyo

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 7, 2017 minisiteri y’imari n’igenamigamb yamurikiye Inteko ishinga amategeko uko raporo ku ngengo y’imari y’umwaka wa 2016/2017 yavuguruwe, ibyongewemo ndetse n’ibyakuwemo bitewe n’uko hari ibigo bishya byavutse, imishinga mwe n’imwe igomba kongerwamo imbaraga ngo irangire vuba n’ibindi. Iyi raporo ivuguruye igaragaza impinduka z’ingenzi zikubiye mu mushinga w’itegeko rihindura kandi […]

Perezida Museveni yambitse umudali w’icyubahiro umuhungu we, Gen Muhoozi

Gen Major Muhoozi Kainerugaba, umuhungu wa Perezida Museveni wa Uganda umaze iminsi mike ahinduriwe imirimo, kuri ubu yambitswe umudali w’icyubahiro na se, mu muhango wabereye mu gace ka Lango ku wa Mbere tariki ya 6 Gashyantare 2017. Hamwe n’abandi basirikare batandukanye, Perezida Museveni yabambitse imidali yiswe “The Rwenzori Star Medal”, umudali uhabwa abasirikare b’ikitegererezo ku […]

Perezida Trump yahaswe ibibazo ku itegeko ryo kwirukana impunzi ntibyagira icyo bitanga

Nyuma y’uko Perezida Trump ashyizeho itegeko rihagarika abimukira binjira mu gihugu ndetse no kwirukana abasanzwe baba muri Amerika, kuri uyu wa kabiri abayobozi batandukanye barimo abahagarariye imijyi, abahoze ari abaminisitiri n’abandi bamuhase ibibazo kuri iryo tegeko nawe atanga ubusobanuro ndetse nyuma anagaragaza ko itegeko rye nta ho ritandukaniye n’andi mategeko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu busobanuro yatanze, […]

Ababitse Mako Nikoshwa ari muzima we yabise abasazi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki ya 8 Gashyantare 2017, nibwo abantu batangiye guhanahana inkuru bitaga iy’incamugongo ko umuhanzi Mako Nikoshwa yitabye Imana, mu by’ukuri uyu muhanzi ni muzima nta n’ubwo arwaye. Mu masaha ya saa moya yo kuri uyu munsi, aganira na Bwiza.com, ku murongo wa telefone ye ngendanwa, yatunguwe n’iyo nkuru […]

Rulindo: Polisi y'u Rwanda yigishije abaturage uburyo bwo kugenda no kwambuka umuhanda

Mu rwego rwo gukomeza kwigisha abaturage amategeko y’umuhanda no kwirinda impanuka, Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Rulindo, kuwa kabiri tariki ya 7 Gashyantare 2017 yigishije abaturage bo mu murenge wa Mukoto, uko bagenda kandi bakambuka umuhanda cyane cyane bagakoresha ahagenewe kwambukirwa n’abanyamaguru hazwi nka “Zebra Crossing”, kandi bagatabara vuba ugize impanuka kugirango agezwe […]

Umusirikare w’u Burundi yakorewe iyicarubozo kugera naho anogorwamo inyama-AMAFOTO

Ifoto ikomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga ni iy’umusirikare witwa ldephonse Nimubona watawe muri yombi n’inzego z’umutekano agakorerwa iyicarubozo rikomeye kugeza aho ubuzima bwe ubu buri mu kaga bitewe n’ibikomere. Uyu musirikare yatawe muri yombi mu nkubiri yabaye nyuma y’igitero cyagabwe ku nkambi ya gisirikare ya Mukoni iri mu ntara ya Muyinga ku wa 24 Mutarama […]