RMC yasuye abanyamakuru Eminante na Kanuma bafunzwe
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 3 Werurwe 2017, itsina ry’abayobozi n’abakozi ba Rwanda Media Commission ryasuye abanyamakuru bafunzwe. Abo ni Mugabushaka Jeanne de Chantal (Eminante) na Shyaka Kanuma. Ibi byakozwe mu rwego rwo kubakomeza no kubihanganisha. Itsinda ryasuye riyobowe n’umuyobozi wa RMC Barore Cleophas, na Visi Perezida wa Board Rwasa Jerome. Harimo kandi umunyamabanga […]
U Buhinde :Umupasiteri yakubiswe iz’akabwana,agenda ibilometero 5 yambaye ubusa
Mu gihugu cy’u Buhinde Umupasiteri witwa Hari Shankar Ninama yarakubiswe bikomeye, asigwa ku muhanda ari intere ndetse abwirwa ko azicwa naramuka akomeje kubwiriza ubutumwa bwa Kirisitu. Ninama w’imyaka 65 y’amavuko akaba yarakubiswe mu kwezi gushize ubwo abahenzanguzi bo mu dini ry’Abahindu bakoresheje imbaraga binjiye mu nzu yarimo asengera umwana w’umuhugu w’imyaka 5.Ngo bahise bamushimuta bamukura […]
Queen w'imyaka 30 arashaka umukunzi
Mwaramutse nitwa Queen nshaka umukunzi mfite 30ans mfite abana 2 nshaka umukunzi guhera 37ans kugera kuri 55ans bibaye byiza yaba nawe afite abana kd atabana numugore agomba kuba afite uko abayeho kuko ntakazi gahoraho mfite email umwaliqueen@yahoo.fr ndabategereje kd mfite gahunda nzigutetesha umugabo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook […]
SC Kiyovu na Mukura VS mu mukino ukomeye kuri Stade ya Kigali
Imikino y’irushanwa rya Azam Rwanda Premier League kuri uyu wa gatandatu no ku Cyumweru iraba ikinwa ku munsi wa 19 waryo, aho mu mikino ikomeye igomba kuba muri iyi weekend harimo umukino uhuza SC Kiyovu na Mukura kuri uyu wa Gatandatu kuri Stade ya Kigali. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Dore uko amakipe agomba guhura Kuwa 04 Werurwe […]
Isekere: Dore amafoto yagiye atangarirwa na benshi
Ushobora kubona aya mafoto ugakeka ibindi ariko ni amafoto asanzwe ahubwo nuko ushobora gusanga hari ibyo asa nkabyo. Aya mafoto yagiye ahanahanwa cyane ku mbuga nkoranyambaga. Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter @Bwiza.com
Imodoka abami b'injyana ya Hip Hop barasiwemo zashyizwe mu cyamunara
Imodoka ibyamamare mu njyana ya Hip Hop, Biggie na Tupac byarasiwemo umunsi bisezera ku isi ya Rurema zashyizwe mu cyamunara. Imodoka yo mu bwoko bwa GMC yarasiwemo Notorious BIG yari imaze imyaka 20 ba nyirayo batazi ko ibitse amateka y’injyana ya Hip Hop nk’uko ikinyamakuru TMZ dukesha iyi nkuru kivuga. Ba nyiri iyi modoka batuye […]
RDC: Hakozwe urutonde rw’impunzi z’Abarundi zigomba gufungwa
Impunzi z’Abarundi ziri mu nkambi ya Lusenda iri ku bilometero 60 mu Majyepfo ya Uvira ho mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira Demoakarasi ya Congo, ziravuga ko zitewe impungenge n’umutekano wazo nyuma y’umusirikare wa Leta wasanzwe yiciwe mu nkengero z’iyi nkambi aho bamwe batangiye no gufungwa. Umwe muri izi mpunzi waganiriye n’Ikinyamakuru Iwacu cy’i Burundi , […]
Umwana wa Jennifer Lopez yamubajije ku twenda tugaragaza ubwambure yambara
Jennifer Lopez ni umugore w’imyaka 47 y’amavuko, akunze gutungurana ku rubyiniro bitewe n’imyambaro ye. N’umwana we w’imyaka 9 yayigizeho ikibazo agira ibyo ayimubazaho. Aganira n’ikinyamakuru AOL, Jeniifer yagize ati: “Yarambwiye; Mama kuki utajya wambara amapantalo mu gihe cy’ibitaramo, ugomba kuzajya wambara amapantalo ubutaha”. Nyuma y’iki kibazo gikomeye ku mubyeyi imbere y’umwana wari witegereje amafoto ya […]
Igihembo cya Mo Ibrahim gikomeje kubura ababaye abayobozi bakegukana
Mo Ibrahim Foundation (MIF) iratangaza ko mu mwaka ushize wa 2016 nta wahoze ari umuyobozi wo muri Afurika wigeze atsindira igihembo iyi foundation igenera abigeze kuba abakuru b’ibihugu na guverinoma bagize ibyo bageraho bigaragara. Uyu ngo ukaba ari undi mwaka uciyeho iki gihembo cya Mo Ibrahim kibuze ugitsindira nk’uko bitangazwa n’Umuyobozi wa Komite Yigenga ishinzwe […]
Abo muri FDLR bemeza ko ari bo batoza Imbonerakure amayeri yo kwica
Kuva mu mwaka wa 2015, nibwo byatangiye kuvugwa ko inyeshyamba za FDLR zifitanye umubano udasanzwe na Leta y’u Burundi hamwe n’ishyaka CNDD FDD, ishyaka riri ku butegetsi. Urubyiruko rw’iri shyaka “Imbonerakure” rugatozwa n’izi nyeshyamba ziri mu mashyamba ya Congo. Gen Adolphe Nshimiyimana wishwe muri Kanama 2015 ndetse wari n’umuyobozi w’urwego rushinzwe iperereza, niwe wavugwaga cyane […]
Ngoma: Umumotari yafatanywe imifuka itanu y’urumogi
Jean Bosco Uwitonze yafatiwe mu Murenge wa Kazo, Akarere ka Ngoma, mu gitondo cyo kuri uyu wa kane afite imifuka itanu y’urumogi kuri moto. Umuyobozi wa Polisi mu Karere ka Ngoma, Senior Superintendent of Police(SSP) Janvier Mutaganda aratangaza ko Uwitonze bahimba Kigingi, yatanzweho amakuru n’irondo nyuma yo kumubona muri ako gace mu buryo budasanzwe. Yagize […]
Burundi: Imiryango y’Imbonerakure iratabaza
Imwe mu miryango y’Urubyiruko rw’Ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi (Imbonerakure ) iratabaza ivuga ko itewe inkeke n’umutekano w’abasore batawe muri yombi ku wa Gatanu tariki 22 Gashyantare 2017 bazira gutunga ibikoresho bya gisirikare birimo n’Impuzankano kandi barabihawe na Leta. Ngo byose bikaba byaratangiye ubwo aba basore(Imbonerakure ) bo muri Komini ya Butihinda […]
Tanzania: Inkambi y’impunzi z’Abarundi yafatiwemo ibirwanisho
Mu nkambi y’Impunzi z’Abarundi zahungiye mu gihugu cya Tanzania hakozwe isakwa ry’ibikoresho bya gisirikare ndetse bimwe birahafatirwa na zimwe mu mpunzi zitabwa muri yombi . Igipolisi cya Tanzania kuri uyu wa gatanu cyagaragaje ibyavuye mu isakwa ry’ibirwanisho ryari rimaze iminsi rikorwa mu nkambi y’impunzi z’Abarundi ya Mtendeli mu Ntara ya Kigoma. Igipolisi cyavuze ko cyafashe […]
U Rwanda nicyo gihugu gikoresha Ingengo y’Imali ntoya mu matora-Min. Kaboneka
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Francis Kaboneka asanga u Rwanda aricyo gihugu gikoresha amafaranga make mu matora kuko usanga abanyarwanda babigize ibyabo ndetse kahaba n’ibikoresho bikoreshwa inshuro zirenze imwe. Aganira n’Abanyamakuru kuri uyu wa Gatanu, itariki 3 Werurwe 2016 yavuze ko nta kwirarira kurimo ati: ” Ku cy’amatora nagiraga ngo mbabwire y’uko si ukwirarira , u Rwanda […]
Magufuli yategetse ifatirwa rya passports z’abanyamahanga bananiwe kurangiza akazi bahawe
Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli, kuri uyu wa Gatanu yategetse ko passport z’abanyamahanga bakorera Ikigo cy’Abahinde gishinjwa gutinza umushinga w’amazi cyari cyarahawe gucunga. Perezida Magufuli yategetse ko passport y’Umuhinde witwa Rajendra Kumar ifatirwa ndetse n’izindi mpapuro z’inzira z’abamufasha kugeza igihe uwo mushinga w’amazi uzarangirira nk’uko byemejwe n’ibiro bya perezida magufuli mu itangazo byashyize ahagaragara. […]
Gukiranuka kw’Imana Dusabwa kubanza gushaka aha ni ukuhe?
Ahubwo mubanze mushake ubwami bw’Imana no gukiranuka kwayo, ni bwo ibyo byose muzabyongerwa. #Matayo 6:33 Rom 3:21-24 Ariko noneho hariho gukiranuka kw’Imana kwahishuwe kudaheshwa n’amategeko, nubwo amategeko n’ibyahanuwe ari byo biguhamya, ni ko gukiranuka kw’Imana abizeye bose baheshwa no kwizera Yesu Kristo ari nta tandukaniro, kuko bose bakoze ibyaha, ntibashyikÄ«ra ubwiza bw’Imana, ahubwo batsindishirizwa n’ubuntu […]
Gen Semugeshi wari muri FDLR agiye gutaha mu Rwanda
Brig Gen Semugeshi CĂ´mes mu nyeshyamba za FDLR, yishyize mu maboko n’ingabo za MONUSCO ku bushake bwe agamije gucyurwa mu Rwanda. Semugeshi w’imyaka 49 y’amavuko, yatangaje ko intego ye ari iyo gutaha mu Rwanda ndetse ko yari arambiwe guhora arwana mu mitwe y’inyeshyamba. Radiyo Okapi itangaza ko Brig Gen Semugeshi yari komiseri wungirije ushinzwe ingabo […]
Ngororero: Umucungamari wa SACCO afunzwe akekwaho kurigisa arenga miliyoni 2,5
Ku mugoroba wo ku itariki 2 Werurwe, Polisi ikorera mu karere ka Ngororero yafunze Mbonyizanye Jacqueline w’imyaka 36 y’amavuko, akaba akekwaho kurigisa amafaranga y’u Rwanda angana na 2,787,000 muri Sacco y’umurenge wa Muhororo mu karere ka Ngororero, yari abereye umucungamari. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu ntara y’uburasirazuba,Chief Inspector of Police (CIP) Theobald […]