Karongi: Hagiye gushyingurwa mu cyubahiro imibiri 45 y'abazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Imibiri 45 y’abazize Jenoside, yabonetse mu mirenge itandukanye mu Karere ka Karongi igiye gushyingurwa mu cyubahiro mu rwibutso rwa Gashari na Bisesero muri iki gihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 23 nk’uko bitangazwa n’ubuyobozi bw’aka karere. Mutabazi Moise, Umuhuzabikorwa wa Komosiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside, CNLG, mu Karere ka Karongi na Rutsiro, […]
Nyarugenge: Mageragere, ni ho hatangirijwe icyunamo cyo kwibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 07/04/2017, Akarere ka Nyarugenge kifatanyije n’Abanyarwanda bose muri rusange gutangiza icyumweru cy’icyunamo twunamira ku nshuro ya 23 inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ku rwego rw’Akarere ka Nyarugenge umuhango wo gutangiza icyunamo wabereye mu Murenge wa Mageragere, mu Kagari ka Kankuba ahahurijwe abaturage batuye Imidugudu ya […]
Kwibuka 23: Twambuwe abo turibo twambikwa ibipimo-Min. Isaac Munyakazi
Minisitiri ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye Isaac Munyakazi avuga ko abakoroni bambuye abanyarwada abo baribo, babashyiraho ibipimo ari nabyo ntandaro yo kubatanya no kubaryanisha, bikaza kubyara Genocide yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Mu kiganiro yatanze ku mateka yaranze u Rwanda no kuri Genocide yakorewe Abatutsi mu 1994 ,Minisitiri Munyakazi Isaac yifatanyije n’abaturage bo mu mudugudu wa […]
Nyamagabe: Gitifu wajujubije abaturage yarafunguwe bucya asubizwamo
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’akagari ka Kigeme, Nkundimana Noheri wari umaze igihe afungiwe kunyereza inka zagenewe abaturage, mu cyumweru gishize yarafunguwe, bidateye kabiri bongera kumufata. Amakuru yizewe aturuka mu murenge wa Gasaka mu karere ka Nyamagabe, avuga ko uyu Nkundimana yarezwe inka zirenga 18, nyuma akaza guhamwa n’eshatu gusa. Umuryango we wahise uterateranya urazishyura, ariko bucyeye baza […]
Ijambo ry’ihumure riboneka muri Zaburi ya 23
Muri iki gihe Abanyarwanda bibuka inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe abatutsi muri Mata 1994, Bwiza.com yifuje kwifatanya na bo ibasangiza ijambo ry’Imana ry’ihumure ndetse rizana ibyiringiro mu mitima y’abashavuye rikanabakangurira kudaheranwa n’agahinda ahubwo bakumva ko hari Imana ibabereye maso kdi ari igisubizo. Iryo jambo nta handi rinoneka uretse muri Zaburi ya Dawidi ya 23. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]
Amasezerano abuza guhanganira mu kirere cya Syria hagati y’u Burusiya na Amerika yasheshwe
U Burusiya buratangaza ko bwahagaritse amasezerano bwari bwaragiranye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika abuza ibihugu byombi kuba byahanganira mu ntambara yeruye mu kirere cya Syria nyuma y’aho Amerika mu ijoro ryakeye igabiye ibitero ku birindiro by’ingabo zirwanira mu kirere za Syria. Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Syria yatangaje ibi nyuma y’icyemezo cya perezida Donald Trump […]
Tugomba kubaho ubuzima twifuza; nta we ugomba kutugenera uko tubaho-Perezida Kagame
Perezida wa repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yasabye abanyarwanda kutagendera ku mabwire y’abahakana bakanapfobya Genoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, aho yabasabye kubaho ubuzima bwa bo batagendeye ku marangamutima y’abandi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi yabitangaje kuri uyu wa 7 Mata 2017, ubwo yatangizaga ku mugaragaro gahunda yo kwibuka ku nshuro ya 23 inzirakarengane zasize ubuzima muri […]
Burera: Imirimo yo mu rugo ibangamira uburezi bw’abana biga bataha
Akarere ka Burera kavuga ko kugira ubwinshi bw’ibyumba by’amashuri atari byo bisobanuye ko hatangwa uburezi bufite ireme. Ubuyobozi bw’ako karere bukavuga ko hari ibyo buri gukora kugira ngo abagana amashuri arimo ay’uburezi bw’imyaka icyenda na cumi n’ibiri ndetse n’ay’ubumenyingiro bahakure uburezi bufite ireme, ariko ababyeyi na bo bagasabwa kumva uruhare rwabo. Muri rusange abana n’ababyeyi […]
RMC irasaba ibitangazamakuru kutagirwa umuyoboro uhembera ingengabitekerezo ya Jenoside
Ibi ni ibikubiye mu itangazo rigenewe abanyamukuru rigira riti: “Mu gihe u Rwanda n’Isi yose bibuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi, Rwanda Media Commission (RMC) yifatanyije n’Abanyarwanda bose mu bikorwa byo kwibuka inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda. Rwanda Media Commission ishingiye ku nsanganyamatsiko yo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya […]
Perezida Museveni yise ibisambo abakozi bose bo muri Minisiteri y’imari
Perezida wa leta ya Uganda, Yoweri Museveni aherutse gufatwa n’uburakari budasanzwe kubera ibibazo bya ruswa no kurigisa amafaranga muri guverinoma ye cyane cyane mu bakora muri minisiteri y’Imari mu gihugu cye, aho bose yavuze ko ari ibisambo ko nta muntu muzima numwe ubarimo. Ibi perezida Museveni yaabigarutseho muri iki cuyumweru ubwo yaganiraga n’abayobozi bakorana bo […]
Ibikorwa byo #Kwibuka23 bizakorwa mu cyumweru cy’icyunamo
Uyu mwaka u Rwanda ruribuka ku nshuro ya 23 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Insanganyamatsiko y’uyu mwaka iragira iti: “Twibuke Jenoside yakorewe Abatutsi, turwanya ingengabitekerezo ya Jenoside, dushyigikira ibyiza twagezeho”. Kwibuka kuri iyi nshuro bizaba umwanya ku Banyarwanda b’ingeri zose wo kwibuka no kunamira inzirakarengane zisaga miliyoni imwe zazize Jenoside yakorewe Abatutsi banasure inzibutso za […]
Rubavu: Hashize imyaka 6 urwibutso rwa Jenoside rwubakwa ariko ntirurangire
Bamwe mu batuye mu mujyi wa Gisenyi bagaragaza ko bahangayikishijwe n’idindira ry’imirimo yo kubaka urwibutso rwa jenoside yakorewe Abatutsi rwo muri uyu murenge ruzwi ku izina rya “Komini rouge” dore ko imirimo yo kurwubaka yatangiye mu mwaka wa 2011 kugeza magingo aya ikaba itararangira. Uwimbabazi Chantal na Birijya Aline Sharif ni bamwe mu barokotse jenoside […]
Burundi: CNDD-FDD yasabye leta kubaza u Rwanda abishe perezida Ntaryamira
Mu gihe mu Rwanda twatangiye Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku inshuro ya 23, mu gihugu cy’abaturanyi ho ngo baribuka ku nshuro ya 23 iyicwa rya perezida Cyprien Ntaryamira, aho ishyaka riri ku butegetsi CNDD-FDD ryasabye leta kubaza u Rwanda abishe uwari perezida w’u Burundi wiciwe rimwe n’uwari perezida w’u Rwanda, Habyarimana. Itangazo rijyanye n’uyu munsi […]
Perezida Kagame arishimira uko umutekano w’igihugu uhagaze – Amafoto
Perezida w’u Rwanda akaba n’umugaba w’ikirenga w’ingabo z’u Rwanda (RDF) kuri uyu wa Kane, yagiranye inama n’Inama y’ubuyobozi bukuru bw’ingabo ku cyicaro cya minisiteri y’ingabo ku Kimihurura, aho yashimye uruhare rwa RDF mu kurinda ubusugire n’umutekano by’igihugu muri rusange. Itangazo ryashyizwe ahagaragara na minisiteri y’ingabo riravuga ko Perezida Kagame yashimye uko umutekano w’igihugu uhagaze muri […]
Gicumbi: Abayobozi b’imirenge barasabwa guhangana n’umwanda, ruswa n'umutekano
Ikibazo cy’umwanda, ruswa, n’Umutekano ni bimwe mu bibazo bitatu by’ingenzi byagaragajwe n’ubuyobozi bw’akarere ka Gicumbi nk’ibibazo bihangayikishije aka karere. Ubwo muri aka karere habaga igikorwa cyo kwakira imihigo y’abayobozi b’imirenge bari bamaze igihe mu itorero ,umuyobozi w’akarere ka Gicumbi asaba abanyamabanga Nshingwabikorwa b’imirenge igize akarere ka Gicumbi gufata ingamba zihariye kugirango ibi bibazo bishakirwe igisubizo. […]
Amerika yabujije abaturage ba yo kujya muri Kenya guhera mu kwezi kwa Munani 2017
Bitewe n’ibikorwa by’amatora leta ya Kenya yenda kwinjiramo guhera mu kwezi kwa munani uyu mwaka wa 2017, inzego z’ubuyobozi z’Amerika zabujije abaturage baho kutazatemberera cyangwa ngo bagire ibikorwa bajya gukorera muri kiriya gihugu mu gihe amatora azaba arimo kuba cyangwa yegereje. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Aba bayobozi batangaje ibi mu gihe bateganya ko hari ibikorwa by’imyigaragambyo ndetse […]
Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruribuka Jenoside yakorewe Abatutsi ku nshuro ya 23
Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruzakira Ibikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda ku inshuro ya makumyabiri na gatatu. Uyu muhango uzitabirwa n’Abashyitsi barenga 400 barimo abanyacyubahiro batandukanye baturutse imihanda yose, abahagarariye imiryango mpuzamahanga, imiryango y’abarokotse jenoside ndetse n’abahagarariye imiryango irengera abarokotse. Umuhango wo gutangiza igikorwa cyo Kwibuka ku rwego rw’igihugu, wabimburiwe no gucana […]