Zimbabwe: Perezida Mugabe yagiye kwivuza muri Singapore

Perezida wa leta ya, Zimbabwe Robert Mugabe yerekeje mu gihugu cya Singapore kwisuzumisha, nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru ca Leta ya kiriya gihugu, ‘The Helard’, nyuma yo kumva ubuzima bwe butameze neza guhera mu minsi yashize. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibiro ntaramakuru by’u Bufaransa AFP byatangaje ko uyu muyobozi yumvikanye n’ijwi rirushye cyane ndetse ryumvikanishaga ko afite integer ncye […]

Amakuru ya Christiano Ronaldo, afatwa nk’umwami wa Ruhago n’umwami w'abakobwa

Umukinnyi w’umupira w’amaguru Christiano Ronaldo, amaze kwandika izina mu mwuga we wo gukira ruhago ariko akaba n’umwe mu bakinnyi bafite umwihariko wo kugaragarana n’abakobwa ndets e n’abagore batandukanye bagiye bamugtaragariza urukundo cyane cyane mu bihe bye by’akaruhuko. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mukinnyi uherutse no kwishimira intsinzi ye y’igitego cya 400 kuva yagera mu ikipe ya real […]

U Rwanda rugiye kwiyongeraho Megawati 80 muri 2019

Mu mpera za 2019, u Rwanda ruzabona amashanyarazi aturuka kuri nyiramugengeri zingana na megawati 80. Ibi byatangajwe ubwo Minisitiri w’Ibikorwa remezo, James Musoni yashyiraga ibuye ry’ifatizo ahazubakwa uruganda ruzakora ibyo bikorwa ruherereye mu karere ka Gisagara. Nk’uko bigaragara ku rubuga rwa Twitter rw’iyo Minisiteri n’urwa EUCL, iyo mirimo izakorwa mu gihe cy’amezi 36, itware miliyoni […]

Rusizi: Umugabo w’imyaka 49 akurikiranweho kwica umugore we

Umugabo wo mu Karere ka Rusizi amaze iminsi mu maboko y’ubutabera akurikiranweho icyaha cyo kwiyicira umugore amuziza ko yanze ko yinjiza ibyibano mu nzu yabo. Ubushinjacyaha urwego Rwisumbuye rwa Rusizi bukaba bukurikiranye uyu mugabo witwa NTAGOZERA Stanislas w’imyaka 49 y’amavuko icyaha cyo kwica umugore we; cyakozwe mu ijoro ryo ku itariki 03 Gicurasi 2017. [xyz-ihs […]

RDC : Leta n’ishyaka UDPS baritana bamwana bapfa umurambo wa rya Tshisekedi

Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irashinja abayoboke b’ishyaka UDPS gutwika imodoka ya polisi, ubuyobozi bw’iryo shyaka bukabyita ikinyoma gikabije. Iyo modoka yatwikiwe hafi y’ibiro by’iryo shyaka mu gitondo cyo ku wa Kabiri tariki ya 9 Gicurasi 2017. Ahatwikiwe iyo modoka i Limete, mu mujyi wa Kinshasa, ahari ibiro bikuru bya UDPS humvikanye n’amasasu, […]

Transperancy irasaba ko ibihano bihabwa ba Rwiyemezamirimo byiyongera

Umuryango Mpuzamahanga urwanya ruswa n’akarengane(Transparency International), ishami ry’u Rwanda(TI-R) urasaba ko ibihano bihabwa ba rwiyemezamirimo bakoze amakosa byiyongera kuko ngo batuma abanyereza umutungo wa leta batagaragara. Ingabire Marie Immaculee, asanga gutinya ibyo bihano byajya bituma bagaragaza bamwe mu bayobozi bashinzwe amasoko muri Leta usanga baba basaba ruswa, bigatera igihombo igihugu. Yabihereye ku gitekerezo cy’umwe mu […]

Abagore bafite ubwonko buto ugereranyije n’ubw’abagabo (Ubushakashatsi)

Abagabo benshi babihinduye nk’urwenya, nyuma yo kumva ko barusha ab’igitsinagore ubwonko bunini, binashobora kugendana no kuba babarusha gutekereza cyane. Ubushakashatsi buherutse gukorerwa mu gihugu cya Nethelands bwerekanye ko abagabo barusha abagore ubushobozi, ubwo bise IQ ku kigero gihagije, ubu bushobozi ari na bwo butuma umuntu abasha gutekerea ibintu byinshi cyangwa ibyo abantu bakunze kwita kureba […]

U Burusiya bwasohoye ibitwaro karundura mu karasisi ka gisirikare-REBA AMAFOTO

U Burusiya bwasohoye ibitwaro bya bwo bikomeye, ubwo abasirikare bakoraga akarasisi hizihizwa isabukuru y’imyaka 72 ishize habonetse intsinzi mu ntambara ya Kabiri y’isi, Ubudage bwa Hitler n’ibindi bihugu byari biburi inyuma bitsinzwe. Ibi birori byabaye kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Gicurasi 2017, Perezisa Putin W’Uburusiya yasabye isi yose kwishyira hamwe, harwanywa iterabwoba. Yagize […]

Khartoum: Abakirisitu bo muri Sudani baratabaza nyuma yo gusenyerwaho urusengero

Leta ya Khartoum muri Sudani kuri iki Cyumweru gishize yasenye ku bakirisitu urusengero basengeragamo ahitwa Soba Al-Aradi, mu birometero nka 19 uvuye mu murwa mukuru wa Sudani. Ibi ariko ngo bikaba byarakozwe mu gihe abayobozi muri guverinoma y’iki gihugu bari basabye ko ibyo bintu byo gusenya insengero. Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru gishize, itariki […]

Amafoto adasanzwe y'imiryango 280 yasezeraniye rimwe imbere y'Imana

Mu mpera z’icyumweru gishize, muri Uganda mimiryango igera kuri 280 yasezeraniye rimwe, igikorwa cyaherukaga kuba na none mu mwaka ushize, aho abashaka gusezerana kuzabana akaramata bihuza bagategura ibirori ndetse bakabikorera rimwe, ahantu hamwe, bakagenda mu modoka imwe, ndetse ugasanga ari urwererane ku musozi wose aho baba bari. Nimuriurwo rwego abagore bagera kuri 280 n’abagabo babo […]

Ibintu by'ingenzi byaranze itariki ya 09 Gicurasi muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Kuwa 09 Gicurasi 1994 hishwe abatutsi benshi bari bahungiye mu kigo cy’amashuri yisumbuye cya Gatagara muri Perefegitura ya Butare. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] · Uwari umuvugizi w’ igisirikare cya Leta zunze Ubumwe za Amerika yavuze ko nubwo indege za Amerika zirimo gutwara ibikoresho by’ ubutabazi bw’ibanze nta ngabo za Amerika zagombaga kuza mu Rwanda. · Leta ya […]

Intare ebyiri n’inkura 8 byiyongereye muri pariki y’Akagera

Umubare w’inyamaswa nini muri pariki y’Akagera mu Rwanda ukomeje kwiyongera, nyuma yo kunguka intare ebyiri z’ingabo n’inkura 8. Nkuko bigaragara kuri twitter ya pariki y’Akagera, izo nyamaswa zagejejwe mu Rwanda zivanywe muri Afurika y’Epfo. Izo nkura ziyongereye ku zindi 10 zazanywe mu Rwanda mu cyumweru gishize zivanywe muri icyo gihugu. Ku byerekeranye n’intare, zije ziyongera […]

Imibereho itangaje y'abana babana na ba nyina bafungiye muri Gereza ya Muhanga

Kuva mu 2011, abana bato babana n’ababyeyi bafunze n’abavukiye muri Gereza ya Muhanga, bashyiriweho irerero aho bitabwaho mu buryo butuma iyo boherejwe mu miryango bakomokamo baba bafite ubuzima bwiza n’imyitwarire iri ku rwego rumwe n’urw’abo hanze ya gereza. Muri gereza ya Muhanga habamo abana 52 ariko badafatwa nk’imfungwa ahubwo bahabeshejwe n’uburenganzira bahabwa n’amategeko bwo kurerwa […]

Burundi: Umugabo yishwe urw’agashinyaguro, akurwamo amaso n’amatwi arakatwa

Umugabo witwa Ciza, yari asanzwe ari umucuruzi w’inyanya, umurambo we wabonwe mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 8 Gicurasi, yishwe urw’agashinyaguro. Umurambo we watowe ku musozi wa Kigabaniro, zone Gitaza, komine ya Muhuta mu Ntara ya Rumonge, abamwishe ntibahise bamenyekana ngo bafatwe. Basize bamukuyemo amaso ndetse n’amatwi ye barayakata. Amakuru yatangajwe n’abashinzwe […]

Eddy Kenzo yongeye guca agahigo ko kuzuza stade abafana muri Guinea (Amafoto)

Umuhanzi wo muri uganda, Eddy Kenzo aherutse gukorera igitaramo cy’akataraboneka mu gihugu cya Guinea, ku nshuro ya kabiri yongera kwinjiza abantu batagira ingano baje kureba no kumva ibihangano bye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu muhanzi wamenye kanye cyane muri Uganda ndetse no mu karere, avugwaho kuba yaramaze no kurenga akajya mu bihugu bya kure ku mugabane w’Afurika, […]

Ukudahana bigira ingaruka ku mutekano n’iterambere by’igihugu n’abagituye- Min Busingye

Minisitiri w’Ubutabera akaba n’intumwa ya Leta, Johnston Busingye yabwiye icyiciro cya gatanu cy’Abofisiye bakuru ba Polisi 30 biga mu Ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda riri mu karere ka Musanze ibijyanye n’Ubuyobozi mu bya Gipolisi no guhosha amakimbirane ko ubutabera kuri bose ari inkingi ya mwamba y’amahoro, umutekano n’iterambere birambye. Ibi yabibabwiriye mu kiganiro yagiranye […]

Koreya ya Ruguru yafunze Umunyamerika ikekaho ibikorwa bihungabanya leta

Ikigo cy’itangazamakuru cya leta ya Korea ya Ruguru KCNA, kiravuga ko Kim Hak-song wafashwe yakoraga kuri kaminuza ya Pyongyang yigisha iby’ikoranabuhanga na siyansi; University of Science and Technology (PUST). Ibyo bibaye mu gihe mu myaka yashize Leta Zunze Ubumwe zashinje Koreya ya Ruguru guta muri yombi abenegihugu ba Amerika igamije kubakoresha nk’ibitambo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] KCNA […]