Rwamagana: Min.Musoni arasaba abaturage gusigasira ibikorwaremezo bahawe na Polisi- AMAFOTO
Minisitiri wâibikorwaremezo James Musoni yahamagariye abaturage bâakarere ka Rwamagana kurinda no gusigasira ibikorwaremezo bahawe na Polisi yâu Rwanda no kubyubakiraho ngo bazagere ku mibereho myiza nâiterambere birambye. Ibi Minisitiri Musoni yabivuze mu ijambo yagejeje ku bihumbi byâabaturage bâumudugudu wa Gatare, akagari ka Gatare mu murenge wa Nyakariro nyuma yâumuhango yayoboye, wo gutaha ku mugaragaro inzu […]
Nyaruguru: Abitabiriye umutambagiro i Makka baremeye abatishoboye
Itsinda ryâabayisilamu ryagiye mu rugendo rutagatifu Makka mu mwaka wa 2011, ryaremeye abatishoboye bo mu karere ka Nyaruguru, babaha inka 10, banatangirira mituweli abagera ku 1300. Iri tsinda ryitwa âAbasangirangendoâ rigizwe nâaba Hadji nâaba Hadjati bahuriye muri urwo rugendo, nyuma bavuyeyo batekereza no kujya bahurira mu bikorwa bigamije guteza imbere abaturage, nkâiki bakoze mu murenge […]
Amatora 2017: Diane Rwigara atanga amafaranga, Mwenedata we azi ko atazatsinda
Ibi ni bimwe mu bikorwa komisiyo yâigihugu yâamatora(NEC) igaragaza nkâibishya mu biri kuranga ibikorwa bijyanye nâamatora ya perezida wa Repubulika ateganyijwe muri kanama uyu mwaka. Perezida wâiyi komisiyo, Prof Kalisa Mbanda agaragaza tumwe muri utwo dushya nko kurenga ku mategeko nâamabwiriza agenga aya matora, kuko ngo bahuye nâabashaka kuba abakandida kuri uwo mwanya bakumvikana ibigomba […]
Abarundi 300 bahungiye muri Botswana bagafungwa bagiye gucyurwa ku gahato
Abarundi basaga 300 bagiye kumara imyaka ibiri muri gereza za polisi zo mu gihugu cya Botswana, bafite impungenge zâuko bagiye gucyurwa ku gahato mu Burundi barahavuye bahunze. Aba Barundi biganjemo abagabo, abagore nâabana ngo bagiye bahungiye muri Botswana, basaba ubuhunzi muri icyo gihugu ariko nta numwe wahawe ibyangombwa byâubuhunzi ahubwo barafunzwe. Ati: âNageze muri Botswana […]
Bimwe mu bintu abagabo bakora ariko abagore bakabyanga urunuka ku buryo banabipfa
Burya mu rukundo habaho kwihanganirana ndetse no kwicisha bugufi kugira ngo rusugire, mu gihe ibi bitabayeho, nibwo wumva umuntu yashinze urugo rugasenyuka bidateye kabiri cyangwa ugasanga abakundana bashwanye nta nâiminsi bamaze mu rukundorwabo. Hano rero hari bimwe mu bintu abagore cyangwa abakobwa banga urunuka kandi ugasanga abakunzi ba bo batabizi cyangwa banabizi ariko bakabikora nkana. […]
Nigeria: Bishop yagaragaye yiyunze n'itsinda ry'amabandi rizwi nka Black Axe
Umukuru wâitorero Intercessors for Africa, Emeka Andrew muri Nigeriya yatunguye abantu ubwo babinaga amafoto ye ari kumwe nâitsinda ryâinsoresore zimeze nkâizo mu muhanda zamenyekanye cyane muri kiriya gihugu nka Black Axes ndetse iri tsinda rikaba rinazwi ku rwego mpuzamahanga ku izina rya Neo Black Movement of Africa (NBM). Mu minsi ishize, nibwo umwe mu bagize […]
Abanyarwanda baba muri Ethiopia bahuriye mu busabane- AMAFOTO
Abanyarwanda baba muri Ethiopia bahuriye mu gikorwa cyâubusabane cya âFamily Dayâ. Umunsi ngarukamwaka aho Abanyarwanda bahura bakaganira ku muco nyarwanda, bagasabana ndetse urubyiruko n’abana bakibutswa indangagaciro na kirazira hubakwa ejo hazaza h’igihugu. Uyu munsi wa âFamily Day â wizihijwe ku wa Gatandatu taliki 20/05/2017 muri Yaya village, mu nkengero z’umujyi wa Addis Ababa, uteguwe nâihuriro […]
Amajyaruguru: Abashaka kuba abakandida ku mwanya wa perezida muborohereze mu gusinyisha- Prof Mbanda
Perezida wa Komisiyo yâigihugu yâamatora, Prof Kalisa Mbanda yasabye abayobozi batandukanye mu ntara yâAmajyaruguru, korohereza abasinyisha kugirango bahatanire kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika. Mu nama nyunguranabitekerezo iri guhuza abafite aho bahuriye nâibikorwa byâamatora muri iyi ntara, ku wa Mbere tariki ya 22 Gicurasi 2017. Prof Mbanda yavuze ko hari bamwe mu basinyisha kuba […]
Perezida Trump yagerageje umusirikare asanga yarakoze imyitozo ihambaye- AMAFOTO
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika, yakoze ikintu kitapfa gukorwa nâumugaba wâikirenga w’ingabo uwo ari we wese, ahirika umusirikare ariko asanga ahora yiteguye. Ubwo Perezida Trump nâumufasha we Melania Trump bari bamaze kubonana na Perezida Mauricio Macri wa Argentine ari kumwe na madamu we, uliana Awada, basohotse muri White House babaherekeje, ubwo […]
Sudani yâEpfo nâiya ruguru zigiye guhurira mu biganiro byo kugarura amahoro
Inama iheruka yâAfurika yunze ubumwe yabereye muri Ethiopia yemeje ko hagiye gukorwa ibishoboka byose ng0 ibihugu 2 birimo Sudani yâEpfo nâiya Ruguru bibe byagirana ibiganiro mu bijyanye na politiki bityo bikabasha kuba byazura umubano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni ibyatangajwe nâumuyobozi wa Komisiyo yâAfurika yunze ubumwe, Moussa Faki Mahamat, mu nama yabaye ku wa 19 Gicurasi […]
Kayonza: Abarimu bafite impungenge z'uruhuri rwâibibazo biri mu burezi
Abarimu bigisha mu mashuri abanza nâayisumbuye mu karere ka kayonza bemeza ko bafite impungenge ko ibibazo byâuruhuri bivugwa mu burezi bifite ingaruka ku ireme ryâuburezi, naryo ryari risanzwe rigerwa ku mashyi. Abarimu barimurwa byâagahimano bakajyanwa iyo bigwa, abandi barasabwa guhimba abanyeshuri ba baringa, ruswa iravuza ubuhuha kugera abakuriye uburezi bakurikiranwe mu butabera, umwe bikamuviramo gutoroka, […]
Sudani yâEpfo: Ingabo zâu Rwanda ziri mu butumwa bwâamahoro zambwitswe imidari yâishimwe
Mu mpera zâicyumweru gishize, ingabo zâu Rwanda zibungabunga umutekano muri leta ya Sudani yâEpfo zambitswe imidari yâishimwe nâUmuryango wâAbibumbye kubera ibikorwa byâindashyikirwa nâimyitwarire myiza zikomeje kugaragaza mu kazi kazo ka buri munsi. Muri uyu muhango wabereye mu gace ka Malakal, ushinzwe ibikorwa byâingabo ziri mu butumwa, Paul Egunsola yashimiye Guverinom yâu Rwanda byâumwihariko ingabo zâu […]
Icyo Perezida Kagame avuga ku kuba mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya opozisiyo (opposition)
Perezida Kagame ubwo yabazwaga impamvu mu Rwanda hari ishyaka rimwe ritavuga rumwe na Leta, yasubije avuga ko nkâumukuru wâigihugu adashinzwe gushinga amashyaka amurwanya. Ni mu kiganiro yagiranye nâikinyamakuru Jeune Afrique, Perezida Kagame yabajijwe impamvu mu Rwanda hari ishyaka rimwe rya DGPR ( Ishyaka riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije mu Rwanda ) ritavuga rumwe na Leta. […]
Abayahudi barashaka gufatana ikiganza n'u Rwanda mu kwigisha amateka ya Jenoside
Itsinda ryâAbayahudi ryatangaje ko rigiye guhagurukira kwigisha isi amateka ja Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda nâigihugu bihuje amateka kuko na bo biciwe ababo batagira ingano mu myaka yashize, ibi ngo bikazakorwa hagamije gutanga amasomo no kwigisha amateka yaranze iki gihugu mu gihe cya Jenoside. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ibi ni bimwe mu byatangarijwe mu mujyi wa New […]
Rutsiro: Yafatanywe ibiro 173 byâamabuye yâagaciro ya magendu
Niyifasha Jean afungiwe kuri Sitasiyo ya Polisi ya Gihango, mu karere ka Rutsiro nyuma yo gufatanwa ibiro 173 byâamabuye yâagaciro yo mu bwoko bwa Wolfram ya magendu; ni ukuvuga; adafitiye ibyangombwa; akaba yari ayapakiye mu modoka yo mu bwoko bwa Land Cruser ifite nimero ziyiranga RAC 251 G. Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda mu Ntara […]