Ese umugore ashobora kuzana amavangingo nta mibonano mpuzabitsina arimo gukora (igice cya 8)

Mu bice 7 byatambutse, hari byinshi byasobanuwe bijyanye n’ukunyara k’umugore mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina. Ikibazo benshi bagiye bahuriraho kinateye inkeke, ni ukwibaza niba umugore ashobora kuzana amavangingo mu gihe atarimo gukora imibonano mpuzabitsina. Aha igisubizo ni uko umugore ashobora kuzana ayo mavangingo mu gihe yaba arimo kwikinisha. Ikindi gishoboka umugore ashobora kuba arimo kureba film […]

Uganda: Inteko ishinga amategeko yahagaritse ibiganiro ku iyicwa ry’abagore bagera kuri 20

Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 5 Nzeri 2017, Abadepite ba Uganda bahagaritse ibikorwa byo mu nteko ishinga amategeko byarebaga cyane ikibazo cy’imfu z’abagore bapfa umunsi ku wundi bikaba biteganyijwe ko bizongera gusubukurwa ari uko akanama kabishinzwe gatanze ubusobanuro bufatika ku iyicwa rya hato na hato ry’abagore batandukanye mu karere ka Wakiso. […]

KITONA: Imwe muri operasiyo kabuhariwe y’ingabo z’u Rwanda ku butaka bwa Congo na Angola

kabarebe.jpg

Abanyarwanda baca umugani ngo “ Ryabara uwariraye “undi nawe ati “Uko byagenze ibara umupfu “ hanyuma ariko ukurikiyeho ati “ Inkuru mbarirano iratuba ”! Muri aba bacamigani bose twe turabajya hagati turarame tubabarire inkuru itari inkuramutima, ahubwo inkuru y’ubutwari butagereranywa bw’ingabo z’u Rwanda, ingabo z’igihugu zakitangiye ku rwego rutigeze rubaho mu mateka y’ingabo za Afurika. […]

Chris Froome kabuhariwe mu kunyonga igare akomeje kwigaragaza muri tour izenguruka ESPAGNE

Isiganywa ry’amagare rikomeye kw’ isi rizenguruka igihugu cya ESPAGNE ( La vuelta da Espana ) rigeze kuri etape ya 16. Umwongereza CHRIS FOORME, wavukiye i Nairobi mu gihugu cya Kenya, niwe ukomeje kugenda yigaragaza, aho amaze iminsi ariwe wambaye umwenda w’umuhondo, ugaragaza umukinnyi umaze gukoresha igihe gito kurusha abandi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Chris Foorme amaze kwegukana […]

Umutekano : Vladimir Poutine yihanangirije Amerika ku guha ibitwaro Ukraine

Kuri uyu wa kabiri, itariki ya 05 Nzeri, Perezida Vladimir Poutine w’u Burusiya yatangaje ko mu gihe Leta Zunze Ubumwe za Amerika zakwiha kugurisha intwaro ziremereye ku gihugu cya Ukraine, bizaba ari nko gusuka lisansi mu muriro. Ibi yabitangarije mu Bushinwa, ahari kubera inama mpuzamahanga y’ibihugu bifite ubukungu buri kuzamuka cyane, byibumbiye mu itsinda ryitwa […]

Umugabo akurikiranyweho guhiga indaya akazica akajya azigaburira inzoka yoroye

Mu gihugu cya Botswana, muri Afrika y’Amajyepfo hari amakuru y’umugabo wasanganywe ikiyoka kinini cyane cyo mu bwoko bw’uruziramire yari yoroye iwe mu rugo, ariko aho kiba bakanahasanga ibisigazwa by’imibiri y’abantu. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ubwo yatabwaga muri yombi, uyu mugabo ubwe yiyemereye ko iyo nzoka yari itunzwe n’inyama z’abana b’abakobwa bicuruza, aho yajyaga abashukashuka akabajyana iwe nk’ugiye […]

Nakoze uburaya imyaka 7 mbuvamo nshaka umugabo none numva atampagije-Nkore iki?

Nitwa Nadia ndagisha inama ku byambayeho kandi binkomereye. Mfite imyaka 24 y’amavuko, ndubatse ariko mbona rugiye gusenyuka kuko numva nkumbuye ubuzima nabayeho ntarashaka nubwo bwashariraga uruhande rumwe. Maze amezi 5 gusa nshakanye n’umugabo nkunda kandi twasezeranye ko tuzabana ariko aho bigeze numva nabivamo kuko kubana na we iteka numva ntazabishobora kubera ibihe naciyemo. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] […]

Ethiopia: Abanyarwanda bizihije Umuganura

Umuryango w’Abanyarwanda batuye muri Ethiopia, bahuriye mu birori byo kwizihiza umunsi w’Umuganura wabereye ku cyicaro cya Ambassade y’u Rwanda i Addis Ababa. Ni igikorwa cyabaye ku mugoroba wo kuwa Gatandatu tariki 2 Nzeli 2017. Uwo muhango ukaba. Muri uwo muhango, Ambasaderi w’u Rwanda muri Ethiopia, Hope Tumukunde, yashimiye Abanyarwanda ubwitange n’ubushake bagaragaza mu kwitabira gahunda […]

Kenya :Odinga ntazitabira amatora niba komisiyo y'Amatora idahinduwe

Umukuru w’ihuriro ry’amashyaka ritavuga rumwe na leta muri Kenya(NASA), Raila Odinga yatangaje ko atiteguye kwitaba amatora y’umukuru w’igihugu agiye gusubirwamwo muri icyo gihugu. Odinga yavuze ko yifuza ko hafatwa ingingo zijyanye n’amategeko hamwe n’ Itegeko Nshinga mbere y’uko yemera kwitaba ayo matora. Uyu mugabi asaba ko haba impinduka muri Komisiyo Ishinzwe Amatora muri icyo gihugu, […]

Burundi :Komisiyo ya Loni yasabye ICC kwihutira gukora Iperereza ku bwicanyi bwahakorewe

Komisiyo yigenga ya Loni ku byaha byakorewe mu Burundi yasabye urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha kwihutira gukora iperereza muri iki gihugu ku bwicanyi bwahakorewe ndetse n’ibyibasiye inyokomuntu. Babisabye ubwo bamurikaga iyo raporo ku wa Mbere tariki ya 4 Nzeri 2017, Geneve mu Busuwisi. Perezida w’iyi komisiyo Fatsah Ouguergouz yavuze ko hari ubwicanyi budasanzwe bwagiye bukorerwa abasivili. Iyo […]

Nigeria: Akurikiranweho kwica umupasitoro akamurya, akanamugaburira abandi

Umugabo wo muri Nigeria yatawe muri yombi akurikiranweho icyaha cyo kwica umupasitoro yarangiza akamurya akanamugaburira abashyitsi be. Uyu witwa Roland Peter w’imyaka 47 yatawe muri yombi ari mu gikoni nyuma yo gukora ubwicanyi. Umukuru w’igipolisi muri River State, Zaki Ahmed, yatangaje ko pasitoro Samuel Okpara yishwe nyuma yo gushimutwa mu byumweru bibiri bishize. Nyuma aza […]

Reba mafoto atangaje y’abakirisitu basoma ibirenge by’umuvugabutumwa wa bo

Nyuma y’amafoto yavugishije benshi ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umupasiteri yicaye abayoboke be bari kumusoma ku birenge, uyu mupasiteri yagarutse asobanura impamvu ya byo. Uyu muvugaburtumwa witwa Elvis Mbonye yasobanuye ko ibyo abayoboke be bamukorera baba bigana umugore wubamye agasoma ibirenge bya Yesu uvugwa muri Bibiliya bityo na we akaba agomba kubikorerwa kuko ari umuhanuzi n’intumwa […]

Wari uzi ko hari indwara zivurwa no gusomana? Menya byinshi kuri zo

Abantu benshi basanzwe bazi ko gusomana ari igikorwa kijyanye no kwishimisha hagati y’abakundana nyamara hari n’indwara bishobora kukuvura iyo bikozwe neza. Niba utajya usomana n’umukunzi wawe rero aha, hari impamvu 4 zagaragajwe n’abashakashatsi zikwiye gutuma uzajya usomana n’umukunzi wawe ndetse ukanabikora kenshi. Nubwo kandi abantu bafata ugusomana mu buryo butandukanye, bamwe bagasomana bitabari ku mutima, […]

Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyongeye kuzamuka

Guhera kuri uyu wa kabiri, itariki 05 Nzeri, igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyahindutse litiro igera kuri 993 naho mazutu ijya kuri 954. Ni nyuma y’uko muri Nyakanga igiciro cyari cyagabanutse litiro ikava ku mafaranga 1022 ikagera kuri 964. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Itangazo ry’urwego ngenzuramikorere (RURA) ryashyizweho umukono kuri uyu wa Mbere, itariki 04 Nzeri, riravuga ko […]

Urubanza rwa Miss Sepetu rwasubitswe n’ibizamini by’inkari ze yatanze biteshwa agaciro

Urukiko rwo muri Tanzaniya rwatesheje agaciro ibimenyetso byatanzwe na Wema Sepetu, birimo inkari yatumwe, mu rubanza ashinjwamo icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge. Ibi bibaye nyuma y’aho mu kwezi gushize umucamanza uburanisha urubanza ruregwamo Wema Sepetu, yatangaje ko urubanza rw’uyu nyampinga rusubikwa hakabanza gupimwa inkari ze ngo hazarebwe niba akoresha ibiyobyabwenge koko. Mu gihe ubushinjacyaha bwavugaga ko […]

Rubavu: Uwahoze ari umuyobozi w’akarere wungirije ntatewe ipfunwe no gusubira mu burezi

Uwahoze ari umuyobozi w’akarere ka Rubavu wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Nyirasafari Rusine Rachel, ubu akaba ari umurezi mu ishuri ribanza, avuga ko bitigeze bimutera ipfunwe. Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com, Nyirasafari avuga ko yabaye umuyobozi mu karere mu gihe cy’imyaka hafi itandatu, ariko biba ngombwa ko hamwe na bagenzi be bahagarikwa ku mirimo yabo […]

Dore imijyi 7, aho gupfa cyangwa kurwara bifatwa nk'icyaha

Ubusanzwe, umuntu aravuka akabaho agasaza agapfa ndetse rimwe na rimwe hari n’abapfa bakivuka cyangwa bataravuka. Mu yandi magambo nta wujya inama n’urupfu cyangwa indwara kuko nta wuhora yiteguye. Ibi rero ntibikuraho kuba hari imijyi imwe n’imwe ku isi mu bihugu bitandukanye usanga itifuza ko hari umuturage wapfa cyangwa ngo arware, yemwe hakaba n’aho usanga umuryango […]

Suede: Umukecuru w’imyaka isaga 100 agiye gusubizwa iwabo nyuma yo kwimwa ubuhungiro

Umukecuru Bibihal Uzbeki w’imyaka 106 ukomoka muri Afghanistan bikekwa ko ari we mpunzi ikuze kurusha izindi ku isi, agiye gusubizwa mu gihugu cye nyuma yo kwimwa ubuhungiro mu gihugu cya Suede. Umuhungu w’uyu mukecuru n’umwuzukuru we ngo bamuhunganye bamuhetse ku migongo yabo ubwo bahungaga bava Kunduz mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Afghanistan, banyura muri Iran no […]

Mbega ikimayibobo cyashokonkoye!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!

Umwana w’i Kigali yajyanye n’ababyeyi be gusura kwa sekuru mu cyaro. Agezeyo abona umusaza basanze muri urwo rugo bari bagiyemo yambaye imyambaro yo gukorana(ni ko mu cyaro bita imyenda isa nabi). Ni uko umwana ariyamira ati Daddy, Mummy, mbega ikimayibobo cyakuze, cyarashokonkoye. Ni uko umusaza agwa mu kantu. Ababyeyi batangira gukomakoma uwo mwana, bamubwira ko […]

USA: Umunyarwandakazi ukekwaho uruhare muri jenoside azoherezwa mu Rwanda nasoza imyaka 10 yakatiwe

Guverinoma y’u Rwanda yishimiye icyemezo cy’ubutabera bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyo kwanga kwakira ubujurire bw’Umunyarwandakazi, Beatrice Munyenyezi wakatiwe gufungwa imyaka 10 azira kubeshya ku ruhare rwe muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu akaba azohererezwa u Rwanda nasoza igihano yahaweazira kubeshya ngo ahabwe ubwenegihugu. Ubujurire bwa Munyenyezi bwatewe utwatsi mu cyumweru gishize nyuma […]

RDC: Abandi bagororwa 119 batorotse Gereza ya Kabinda

Abagororwa 119 muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo batorotse Gereza ya Kabinda iherereye mu Ntara ya Lomami mu mpera z’icyumweru gishize nk’uko amakuru aturuka aha avuga. Ni nyuma y’aho kuva muri Gicurasi muri iki gihugu hagiye havugwa gutoroka kw’abagororwa muri gereza zitandukanye Nk’uko byemejwe n’umuyobozi w’iyi gereza, Nyongoli Mutanade, ngo mbere yo gutoroka kuri iki […]

Umukobwa wa Patrick Karegeya yavuze icyo umutima we uteganyiriza abishe se

Umukobwa wa Patrick Karegeya, avuga ko nyuma y’imyaka 3 ishize se yiciwe muri Afurika y’Epfo, amenye abamwishe yabaha imbabazi. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru mu muhango wo kwibuka se umaze imyaka 3 apfuye, ku wa 18 Gashyantare 2017 mu Bubiligi, Portia Karegeya umukobwa wa Karegeya yabajijwe icyo umunsi wo kwibuka se umusigira mu mutima. Mu gusubiza […]