Dore ibintu by’ibanze ugomba kwitondera byatuma umukunzi wawe akuzinukwa burundu
Abagabo benshi bashaka kandi bagakunda ko abo bashakanye babatega amatwi ndetse rimwe na rimwe bitaba ngombwa ko babumva bikaba byateza amakimbirane hagati yabo bitewe n’impamvu. Icyo gihe rero, haba hagomba kurebwa ku mpamvu zombi kuko ushobora gusanga uko kutumvwa byaturutse ku makosa y’umugabo ndetse no ku mugore cyangwa se rimwe na rimwe na none bigaturuka […]
Da Queen ukubutse muri Zambiya azanye ingamba nshya mu muziki Nyarwanda
Umuhanzikazi Da Queen, wamenyekanye mu ndirimbo “Akandiko”, yakoranye na Riderman, aratangaza ko agarukanye imbaraga nyinshi muri muzika ahanini ashingiye ku bunararibonye avanye mu gihugu cya Zambiya, aho asigaye atuye we n’umuryango we. Da Queen amaze imyaka itatu muri Zambia, avuga ko byabaye ngombwa ko we n’umuryango we bakomereza ubuzima muri iki gihugu, kuri we ngo […]
RDC: Imvura idasanzwe ikomeje gutikiza imbaga muri Kivu y’Amajyaruguru
Guhera ku wa 20 Nzeri 2017, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, hakomeje kugwa imvura idasanzwe ari nako ihitana benshi abandi bakazimira. Urugero rwa hafi ni ahitwa Bihambwe,mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru , ku birometero 50 uvuye mu mujyi wa Goma , ku wa 20 Nzeri, imvura zateje imyuzure n’inkangu zikaze. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuryango w’Abaganga […]
Minisitiri Kaboneka yababajwe n’inzoga z’utuyuki

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Francis Kaboneka yababajwe n’ubwoko bw’inzoga yasanze ahitwa mu Gashingiriro I mu Murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze. Ubwo yageraga muri uwo murenge avuye gutangiza igihembwe cy’ihinga 2018A, mu murenge wa Nyange muri aka karere ka Musanze, yafashe iyo nzoga abaza iyo ari yo. Uyicuruza yamubwiye ko ari icyayi. Nyuma yo kuyitegereza […]
Urukiko rwategetse ko Bishop Sibomana Jean arekurwa
Urukiko Rukuru rutegetse ko Bishop Sibomana Jean wayoboraga Itorero ADEPR ahita afungurwa kubera impamvu zirimo n’uburwayi bukomeye yagaragaje mu gihe amaze aburana. Sibomana we na bagenzi be bari kumwe mu buyobozi bwa komite nyobozi ya ADEPR yasimbuwe ubwo bari bafunze, bashinjwaga kunyereza asaga miliyari ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda yatanzwe nk’imisanzu y’abagize iri torero. Ubushize yari […]
Zari uhisha agahinda yatewe na Diamond, avuga ko atahungabanyijwe n’uko yamuciye inyuma
Hashize iminsi mu binyamakuru bitandukanye humvikana inkuru z’uko urukundo rwa Diamond n’umugore Zari rwajemo agatotsi, Diamond yemera ko yaciye inyuma umugore we, kuri ubu na we yagize icyo abivugaho. Amakimbirane hagati ya Zari na Diamond, atangiye nyuma yaho yemereye ko yabyaranye n’umunyamideli Hamisa. Umwana nyina yanamwise amazina ya se “Diamond Platnumz” nk’uko bwiza.com ibikesha Clouds […]
Tugomba gaharanira kuzasigira abazadusimbura Isi n’ibiyiriho bigifite uburyohe, bitarakamutse- Padiri Hodari
Abapadiri basaga 50 Kiliziya Gatorika iherutse kunguka bashya bahuguwe ku kunoza icungangamutungo rya kinyamwuga, basabwa gucunga neza umutungo wa Kiliziya Gatorika ukazaragwa n’abazaza nyuma yabo. Yabisabye aba bapadiri bahawe iri sakaramentu tariki ya 22 Nyakanga 2017 bamaze iminsi itatu i Mbare mu Karere ka Muhanga muri Paruwasi ya Kabgayi mu cyumweru gishize, bahugurwa kuri iri […]
Rubavu: Abakoraga uburaya barishimira intambwe ishimishije bateye nyuma yo kubureka
Abakoraga uburaya muri imwe mu mirenge igize akarere ka Rubavu, bavuga ko babuvuyemo bibumbira muri koperative, ubu barishimira intambwe bamaze gutera mu kwiteza imbere. Umurenge wa Nyundo, Kanama na Rugerero, ni imwe mu mirenge y’akarere ka Rubavu yakunze kuvugwamo ikibazo cy’uburaya, cyane ko muri iyi mirenge uhasanga udusanteri tw’ubucuruzi dukomeye kandi duhurirwamo n’abantu benshi. Kuri […]
Gasabo: Abayobozi basabye ruswa bavuga ko bagabana n’ababakuriye
Abayobozi mu nzego z’ibanze mu murenge wa Ndera basabye ruswa umuturage washakaga kubaka, bamubwira ko bagomba kugabana n’ababakuriye mu nzego, maze bagubwa gitumo. Ruswa mu myubakire ikomeje kuba akarande mu karere ka Gasabo, mu mujyi wa Kigali ndetse no mu tundi turere. Kuri sitasiyo ya Polisi i Ndera mu karere ka Gasabo, hafungiye abayobozi babiri […]
Capt. Kamurari Nicodeme wamanuye idarapo ry’u Bubiligi, u Burundi bubona ubwigenge yashyinguwe
Uwahoze mu gisirikare cy’u Burundi Capt. Kamurari Nicodeme , unazwiho kuba ari we wamanuye ibendera ry ’ u Bubiligi ubwo u Burundi bwari bumaze kubona ubwigenge, yashyiguwe. Capt. Kamurari Nicodeme, yashyinguwe mu cyubahiro, nk’umusirikare wubashye w’igihugu ku wa 21 Nzeri 2017. Ubwo yamanuraga ibendera ry’u Bubiligi, hari mu birori byaberaga i Burundi byitabiriwe n’umwami Mwambutsa […]
Prof. Lwakabamba yasezeye ku buyobozi bwa Kaminuza ya Kibungo cyangwa yatakarijwe icyizere? (Yavuguruwe)
Prof. Silas Lwakabamba wabaye Minisitiri w’Uburezi ndetse n’uw’Ibikorwa Remezo biravugwa ko yasezeye ku buyobozi bwa Kaminuza ya Kibungo(UNIK/INATEK) kubera impamvu ze bwite, ayandi makuru avuga ko yatakarijwe icyizere n’ubuyobozi bw’iyi kaminuza nyuma yo kuyisezeranya impinduka ariko ntabigereho bikubitiyeho n’akayabo yahembwaga, icyenewabo n’ingengabitekerezo ya Jenoside, ariko byose yemeza ko ari ibinyoma. Amakuru y’isezera rye yasabagiye mu […]
Ese gukorana imibonano mpuzabitsina n’umugabo ufite igitsina kinini byaba bigira impinduka ku cy’umugore?
Abantu benshi bakunze kwibaza ibibazo bitandukanye ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina hagati y’umugore, n’umugabo ufite igitsina kinini. Umushakashatsi akaba inzobere n’umwanditsi ku bijyanye n’imibonano mpuzabitsina Lauren Streicher ukorera muri kaminuza y’ubuganga ya Feinberg yamaze amatsiko abibaza ibibazo nk’ibi. Lauren Streicher ajya gusubiza iki kibazo hari umwe mu nshuti ze wari wabajije niba umugore aramutse aryamanye inshuro […]
Arabia Saudite :Abaturage bakomorewe gukoresha Whatsapp na Skype mu guhamagarana
Guverinoma ya Saudi Arabia yafashe umwanzuro wo gukomorera abaturage bayo mu bijyanye no gukoresha ikoranabuhanga rigezweho mu itumanaho, bahamagarana mu buryo bw’amashusho n’amajwi. Ubusanzwe abaturage ba Saudi Arabia bemerewe gukoresha imbuga nkoranyambaga nka Whatsapp , Viber , Facebook mu buryo ariko bwo kwandikirana ubutumwa busanzwe, nkuko byemejwe n’umuvugizi wa Leta ya Saudi Arabia ariko ubu […]
Nyamasheke: Hatoraguwe gerenade 2 mu murima w’umuturage
Mu mudugudu wa Kadobogo, akagari ka Jarama mu murenge wa Gihombo mu karere ka Nyamasheke, abaturage bahingaga batoraguye ibisasu 2 byo mu bwoko bwa gerenade. Ni abaturage bagera kuri 30 bahingaga umurima ugera kuri hegitari 3, nyirawo ashaka kuwuhingamo inanasi na Marakuja, baguye ku bisasu 2 bahita batabaza inzego z’umutekano zabiteguye mu masaha y’umugoroba yo […]
Uganda: Abadepite mu myigaragambyo, umwe mu banyeshuri we yapfuye arashwe
Ku wa Kane tariki ya 21 Nzeri 2017, umwe mu banyeshuri muri Uganda yishwe arashwe mu gihe bari mu myigaragambyo yamagana impinduka mu Itegekonshinga. Ni mu gihe Abadepite batavuga rumwe na Leta babyukiye mu myigaragambyo bambaye udutambaro mu gahanga mu rwego rwo kugaragaza ko badashyigikiye ikurwaho ry’ingingo ya 102 igena imyaka ntarengwa y’ugomba kwiyamamariza kuyobora […]
Abayobozi batandukanye basanisha imiyoborere n’intambwe u Rwanda rwateye
Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, Donatille Mukabalisa avuga ko nta gihugu cyagera ku iterambere rirambye kitimakaje umuco w’amahoro nituze mu bagituye, mu gihe Musenyeri John Rucyahana avuga ko ubuyobozi bwiza u Rwanda rufite bwatumye abarutuye babasha kongera kubana mu mahoro nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi. Ibi byagarautsweho kuri uyu wa kane ubwo u Rwanda […]
1990: Uko Leta ya Habyarimana Juvenal yikanze Inkotanyi, ikagabanya abaturage muri Kigali- Ubuhamya
Mu kiganiro cyihariye, Ndagijimana Inosenti, w’i Cyumba mu Murenge wa Muganza mu Karere ka Gisagara yagiranye na Bwiza.com yavuze uko mu mwaka wa 1990 leta ya Habyarimana Juvenal yafashe icyemezo cyo kugabanya abaturage mu mujyi wa Kigali kugira ngo babashe kujya bamenya abaje batumwe n’ingabo za RPA Inkotanyi (bitwaga ibyitso). Mu mwaka wa 1990 abatuye […]