Julianna Kanyomozi niwe mutumirwa mukuru mu gitaramo cyo kumurika Album ya charly na Nina
Julianna Kanyomozi, umuhanzi ukomoka muri Uganda, byamaze kwemezwa ko ari we uzafatanya na Charly na Nina mu gitaramo cyo kumurika umuzingo (album) wa mbere ku wa 1 Ukuboza 2017, muri Camp Kigali. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Nkuko byatangajwe n’umujyanama w’iri tsinda rya Charly na Nina, Alex Muyoboke yemeje ko uyu muhanzi Julianna ari we uzaturuka hanze y’igihugu […]
Nyamasheke: Hubatswe igorofa bwa mbere mu mateka y’umurenge wa Rangiro
Abanyamuryango ba Wisigara-SACCO yo mu murenge wa Rangiro mu karere ka Nyamasheke, batewe ishema no gukorera mu nyubako y’igorofa y’agaciro ka miliyoni 73 bavuye mu nzu ishaje bakodeshaga, iyi nyubako ikaba ibaye iy’amateka muri uyu murenge na Cyato bituranye. Umurenge wa Rangiro ni umwe mu mirenge y’aka karere igikennye cyane, iyi nyubako yubatswemo ikaba ari […]
Umusore duteganya kurushinga yampishuriye ko yasambanye n’abakobwa 13, byanteye guhangayika- Nkore iki?
Muraho neza, iwacu ni mu karere ka Rwamagana, ariko nkorera mu ntara y’Amajyepfo. nifuza ko mwangira inama, kuko ndahangayitse, sinifuza ko umugabo wanjye yazansha inyuma ariko natekereza ko bakobwa bagera kuri 13 ngo baryamanye nkumva nkutse umutima. Ntavuze byinshi rero, umwaka utaha mu kwa kabiri mfite ubukwe ariko umusore tugiye kurushinga twaganiriye ku bijyanye n’igikorwa […]
Bidasubirwaho, u Burundi bwivanye mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC
Nyuma y’igihe gisaga umwaka, u Burundi bwanditse ibaruwa isaba ko bwava mu banyamuryango b’urukiko mpuzamahanga mpanabyaha, ICC, kuri ubu bwamaze gutangaza ko butakibarizwamo. Ibi ni ibyatangajwe na minisitiri w’ubutabera mu Burundi, Aimee Laurentine Kanyana n’abandi banyepolitiki batandukanye aho yavuze ko kuva bakwandikira uru rukiko basaba ko bakurwamo mu banyamuryango ba rwo rutigeze rubasubiza cyangwa ngo […]
Burundi: U Bufaransa bwashatse gutabara Ndadaye Amerika iritambika — Deo Ngendahayo
Ngo kuwa 21 Ukwakira 1993 igihugu cy’u bufaransa cyashatse gutabara uwari perezida w’u Burundi, Merchior Ndadaye ariko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zikabyitambika nk’uko byatangajwe na Deo Ngendahayo wahoze mu nzego z’ubutasi za perezida wa mbere wari utowe mu nzira ya demokarasi mu Burundi. Uyu wahoze akora ibijyanye n’ubucuruzi mu 1993 ariko anakorera ubutasi bwa […]
Kuba Kabuga na bagenzi be batarafatwa ntibyaba biterwa n’ubushake bukeya bw’ibihugu bahungiyemo?
Urwego rwashyiriweho kurangiza imanza z’abagize uruhare muri jenoside zitarangijwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha ku Rwanda (ICTR) rufite inshingano zo guhiga, guta muri yombi no kuburanisha abakekwaho ibyaha bya jenoside. Mu bantu 90 bashakishwaga na ICTR, abagera ku munani ntibarafatwa. Batatu muri aba, biteganyijwe ko bazaburanishwa na MICT: Felicien Kabuga, Protais Mpiranya na Augustin Bizimana, mu gihe […]
Ese ni ngombwa ko ababyeyi bivanga mu rukundo rw’abana babo b’ingimbi n’abangavu
Urukundo ni nk’igitabo, buri rupapauro rugira inkuru yarwo, hamwe usoma inkuru inogeye amatwi urenga urupapuro rumwe ufite unyota yo gusoma urundi, ntabwo uba uzi ibyanditswe ku rundi rupapuro , niba bishimishije cyangwa bibabaje bityo bikagutera amatsiko yo gukomeza gusoma umunsi ku wundi, n’abagenze mu bugimbi n’ubwangavu baba bafite ayo matsiko. Abahanga mu myitwarire ya kiremwamuntu […]
Rulindo: Basezeranije Guverineri Gatabazi kuba aba mbere mu mihigo 2017/2018
Nyuma yo kuba aba 29 mu mihigo y’umwaka ushize 2016/ 2017, akarere ka Rulindo kahigiye kuza imbere ubwo kasurwaga na Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru, Gatabazi JMV. Ku wa 14 Ukwakira 2017, nibwo abakozi bose b’akarere ka Rulindo babonanye na Guverineri Gatabazi, barinenga bafata n’ingamba nshya zo kuzesa imihigo muri uyu mwaka w’imihigo. Bimwe mu byasubije akarere […]
Ibintu 9 wamenya ku buzima bwa rutahizamu w’Umwongereza, Harry Kane
Rutahizamu mu ikipe ya Tottenham w’imyaka 24, ukomoka mu gihugu cy’u Bwongereza, umwe muri barutahizamu bakomeye cyane amakipe yo muri Espagne ari kwifuza, yagize byinshi atangaza bitari bizwi na benshi ku buzima bwe. Harry Kane yabonye izuba ku wa 28 Nyakanga 1993, mu mujyi wa Chingford wo mu Bwongereza, yatangiriye umupira w’amaguru mu ikipe yo […]
Australia: Minisitiri w’Intebe Wungirije yahagaritswe azira kugira ubwenegihugu bubiri
Urukiko muri Australia rwemeje ko Minisitiri w’Intebe wungirije, Barnaby Joyce ndetse n’abandi banyapolitiki bane batorewe imyanya barimo mu buryo bunyuranyije n’amategeko kuko bafite ubwenegihugu bubiri bitemewe. Icyemezo cy’Urukiko Rukuru muri Australia kikaba gisobanuye ko batatu muri aba banyapolitiki, barimo Joyce, batakemerewe gukomeza imirimo bari bashinzwe, mu gihe abandi babiri bazava mu mirimo yabo muri Nyakanga. […]
Rulindo: Rwiyemezamirimo yateye imigano 48 kuri 3000 yari mu masezerano, Gitifu yanga gusinya
Rutikanga Jean Paul, Gitifu w’akagari ka Kigarama mu murenge wa Masoro, yabereye ibamba rwiyemezamirimo washakaga ko amusinyira ko yateye imigano 3000 kandi ku musozi hariho 48 gusa. Ni mu nama y’akarere ka Rulindo ihuje abayobozi bose b’inzego z’ibanze, abakozi bose b’akarere, abafatanyabikorwa na Guverineri w’intara y’Amajyaruguru Gatabazi JMV. Rutikanga Jean Paul, ahaguruka adakangwa na bagenzi […]
Dukomeze ubudasa mu cyerekezo twahisemo maze twubake u Rwanda twifuza- Jeannette Kagame
Madamu Jeannette Kagame yasabye abanyamuryango ba Unity Club kwimakaza ubumwe mu Banyarwanda kuko bizagira uruhare rukomeye mu iterambere ry’ igihugu. Ibi yabitangaje kuri uyu wa Gatanu tariki ya 27 Ukwakira 2017, ku munsi wa kabiri w’ ihuriro rya 10 ry’abanyamuryango ba ‘Unity Club’ by’ umwihariko barushaho kugira ubumwe bityo bikamurikira n’ Abanyarwanda bose muri rusange. […]
Canada: Umwana w’umukobwa abira ibyuya birimo amaraso
Umwana w’umukobwa w’imyaka 21 uba mu gihugu cya Canada akaba afite inkomoko mu Butaliyani, aravugwaho kuba arwaye indwara idakunze kuboneka hose, iyi ndwara ikaba ituma uko umubiri we uhumetse haza n’ibyuya by’amaraso. Uyu mwana w’umukobwa atangaza ko amaze imyaka igera kuri 3 ibi bitangiye kumubaho, gusa abaganga bakaba bavuga ko iyi ndwara bigoye kuyivura nubwo […]
Nyaruguru: Ubushinjacyaha bwifashishije video n’amajwi gusobanura ibirego bushinja Ntaganzwa
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwarangije gusobanura ikirego cyabwo mu rubanza buregamo Ladislas Ntaganzwa ibyaha bya Jenoside n’ibyibasiye inyokomuntu. Mu iburanisha ryo kuri uyu wa kane, bukaba bwaragaragaje amajwi n’amashusho bwafatiye aho bikekwa ko ushinjwa yakoreye ibyaha. Kuri uyu munsi wa nyuma ubushinjacyaha bwari bufite ngo busobanure ikirego cyabwo, muri uru rubanza buregamo Ladislas Ntaganzwa, wahoze ari […]
Icyo wakwigira kuri Musa uvugwa muri Bibiliya ku bijyanye n’umugambi w’Imana ku muntu
Musa ubugwa mu Isezerano rya cyera muri Bibiliya, ni umwe mu bantu bafite amateka akomeye n’uburyo babayeho kuva bavutse kugeza bashaje, ndetse n’ibintu yagiye akora ahanini bitandukanye n’iby’abandi bavugwa mu gitabo cyo Kuva. Iyo usomye neza mu Kuva 1:15-22, uhasanga amakuru avuga kuri Musa, ibi bikagaragaza uburyo Imana yakundaga ubwoko bwa yo bw’Abisirayeli nubwo bari […]
Kenya: Bane bamaze kugwa mu bikorwa by'imyigaragambyo, abasaga 30 bakomeretse
Mu gihugu cya Kenya, ibikorwa by’amatora bikomeje kurangwa n’imvururu zirimo ibikorwa by’imyigaragambyo yamagara ibi bikorwa, kugeza ubu, abagera kuri 4 bakaba bamaze kubigwamo, mu gihe abandi babarirwa muri 30 bakomeretse bikomeye. Ku munsi w’ejo tariki ya 26 Ukwakira, ni bwo muri Kenya habaye amatora ku nshuro ya 2, gusa abo ku ruhande rwa Raila Odinga […]
Umunyarwanda Butare Esdras niwe ushinzwe ubucuruzi no kwinjiza Interahamwe mu ngabo z’ u Burundi
Abarundi baba hanze y’igihugu ndetse n’abatuye mu gihugu bakomeje kwibaza ku bwenegihugu ndetse n’ inshingano z’ Umunyarwanda Butare Esdras wakomeje gutungwa agatoki ko akorana na Perezida Pierre Nkurunziza. Esdras Butare ufite ubwenegihugu bw’ Ubunyarwanda ndetse n’ ubw’ ubuholandi, ngo ni umwishwa wa Kabuga Felicien uregwa kugira uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu mwaka […]
Mali: Abasirikare 3 ba MINUSMA bishwe abandi barakomereka
Abasirikare batatu b’Umuryango w’Abibumbye bakomoka muri Tchad biciwe mu gihugu cya Mali abandi babiri barakomereka ubwo imodoka bari barimo yaturitswaga n’igisasu mu majyaruguru y’iki gihugu nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye ndetse n’akanama k’umutekano bamaganye iki gitero cyakorewe ku muhanda uhuza Tessalit na Aguelhok. Abakomeretse bajyanywe kuvurirwa mu mujyi wa Kidal […]
Dore uburyo buhebuje wakoresha usoma umukunzi wawe akanyurwa
Ku muntu utarasomanaho na rimwe yumva gusomana bigoye, Ariko kandi ni byo. Gusoma umugore, umukobwa, umuhungu cyangwa umugabo bwa mbere ntibyoroshe. Kubibona mu mashusho biroroshye ariko kubishyira mu bikorwa ni ikindi kibazo. Aha twaguhitiyemo uburyo wakwitwara mu buryo bwo gusomana. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 1.Ntabwo ugomba gusoma umukunzi wawe gusa ari uko mugiye guhuza igitsina gusa . […]
Kurayo amaso mugihe ubona umukobwa mukundana akora ibi
Hari ibintu by’ingenzi umukobwa ukunda agukorera bikaba byahita bikwereka ko atagukeneye na gato mu rukundo. Igitsina gore mu miterere ya cyo kirihariye cyane kuko usanga rimwe na rimwe badapfa kugaragaza amarangamutima yabo ku kintu batishimiye gusa hari bimwe bisa nk’ibyo bahuriyeho ari na byo tugiye kurebera hamwe. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] 1.Ngufata nk’umuvandimwe. Nta na rimwe umukobwa […]