Urutonde rwâabayoboye itorero ryâAbadiventisiti ku isi guhera 1863 kugeza ubu
Itorero ryâAbadiventisiti bâumunsi wa Karindwi ku isi, ni rimwe mu matorero bivugwa ko akurikiza inzira ya Demokarasi mu bijyanye nâubuyobozi bwa ryo, nkâuko bikorwa mu zindi nzego. Muri iri torero, usanga abarigize bagira uruhare mu kwitorera ababayobora ndetse ubuyobozi bwa bo bukaba bukurikirana mu nzigo zirimo ibyiciro bikurikira. General Conference (General Conference) Diviziyo (Division) Iniyo […]
Dore ingaruka zigutegereje mu gihe uhagaritse gukora imibonano mpuzabitsina
Mu buzima tubamo bwa buri munsi hari ibintu twimenyereza rimwe narimwe ugasanga bibaye karande kubuzima bwa muntu, ni nayo mpamvu hari ingaruka ushobora kugira igihe cyose uhagaritse ikintu cyose wari warimenyereje gukora iyo utakigikora. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] uyu munsi turagaruka kubijyanye n’imibonano mpuzabitsina iyo wari usanzwe uyikora cyane nyuma ukaza kuyihagarika , iyo umuntu amenyereye gukora […]
Gicumbi: Abakozi 3 bâakarere bari mu maboko ya polisi
Abayobozi batatu bâAkarere ka Gicumbi bari mu maboko ya polisi, bakekwaho icyaha cyo gucura umugambi wo kunyereza umutungo wa Leta ndetse no gukoresha inyandiko mpimbano. Abayobozi batawe muri yombi ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâAkerere ka Gicumbi, Bihezande Bernard nâUmuyobozi ushinzwe imiyoborere myiza, Ntezurundi Jacques bafashwe ku mugoroba wo ku wa Gatatu Tariki 01 Ugushyingo 2017 . […]
RDC: Amaherezo Komisiyo yâAmatora yemeye gutangaza ingengabihe yâamatora ya perezida
Ingengabihe yâamatora muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo izatangazwa mbere yâimpera zâiki cyumweru mu rwego rwo kubahiriza yo kuwa 31 Ukuboza 2016 nkâuko byatangajwe na Visi Perezida wa Komisiyo yâAmatora (CENI), Norbert Basengezi, kuri uyu wa gatatu I Kinshasa ubwo yabonanaga na Musenyeri Oscar Cantu, perezida wa komisiyo mpuzamahanga ishinzwe ubutabera nâamahoro muri Kiliziya Gaturika. […]
Nidukomeza gukora cyane, ndemeza 100% ko tuzabona nâabakina ku mugabane wâu Burayi- Rusheshangoga
Rusheshangoga Michel arasaba abakinnyi bâAbanyarwanda kwigirira icyizere, bagakora cyane ndetse ko ari byo bizabaha amahirwe yo kurambagizwa nâandi makipe akomeye yo ku yindi migabane. Rusheshangoga Michel ni myugariro wâikipe yâigihugu âAmavubiâ, akanakinira ikipe ya Singida FC yo muri Tanzania. Mu kiganiro yagiranye na Radio TV 10, bwiza.com ikesha iyi nkuru, yakomoje ku nkunga nkâabakinnyi baba […]
UEFA: Real Madrid irasabwa gutsinda imikino yose isigaye ngo ibone gukomeza irushanwa
Nyuma yâuko ikipe ya Tottenham itsindiye real Madrid ibitego 3-1 mu irushanwa ryâibihugu byabaye ibya mbere iwa byo, UEFA yakomeje mu cyiciro gikurikiyeho na cyo gishobora kuzayihesha amahirwe yo gukira umukino urangiza mu gihe ikomeje kwitwara neza. Umukinnyi, Dele Alli ni ni we watsindiye ikipe ye ya Tottenham ibitego 2 mu gice cya mbere cyâumukino, […]
Tanzaniya yatwitse inkoko zisaga ibihumbi 6 zavuye muri Kenya ari nzima
Leta yatanzania yategetse gutwika imishwi yâinkoko 6400 ivuga ko yakuwe mu gihugu cya Kenya mu buryo butemewe nâamategeko. Izi nkoko zifite agaciro ka Miliyoni 12.5 zâAmashilingi ya Tanzania zafatiwe ku mupaka wa Namanga mu karere ka Lodindo ku munsi wa Mbere wâiki cyumweru, leta ya Tanzania ihita itegeka ko zitwikitwa hafi aho ari nzima. Dr […]
Tariki ya 2 Ugushyingo: Abarasta bo ku Isi yose barizihiza iyimikwa ryâ umwami HaĂ ÂŻlĂ© SĂ©lassiĂ©
Ku itariki ya 2 Ugushyingo 1930, nibwo umwami wâ abami HaĂ ÂŻlĂ© SĂ©lassiĂ© I yimitswe kuba umwami wa Etiyopiya yahoze yitwa Abisiniya. Ibi byabaye ikimenyetso cyâ amateka akomeye yâ umurage wâ Imana ku mugabane wa Afurika kuko uyu HaĂ ÂŻlĂ© SĂ©lassiĂ© yagiye afatwa nka Mesiya mu gihugu cye ndetse no muri JamaĂ ÂŻque aho muvoma yâ abarasta yavukiye […]
Olusegun Obasanjo wahoze ayobora Nigeria yahishuye impamvu Boko Haram yashinzwe
Umukambwe Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria yahishuye ku mugaragaro uburyo umutwe wa Boko Haram washinzwe. Ibi Obasanjo yabishimangiye ubwo yamurikiga igitabo cye cyo kurangiza amashuli ye yo mu rwego rwa Doctorat mu ishami ryâ Iyobokamana. Yagize ati : « Nakoze ubushakashatsi bwimbitse nsanga umutwe wâ intagondwa zâ Abayisilamu Boko Haram washingiwe mu Burasirazuba […]
Uganda: Abanyeshuri bâAbanyarwanda nâabanya-Uganda barwanye, 81 barirukanwa
Abanyeshuri bâAbanyarwanda barwanye nâabo muri Uganda, ku ishuri ryisumbuye rya Muntuyera High; 81 barahagarikwa. Ubuyobozi bwâiri shuri riherereye i Kitunga mu karere ka Ntungamo bwirukanye abagera kuri 81 bakekwaho kuba ba nyirabayazana bâiyo mirwano. Kuri iki kibazo hari abibaza isano cyaba gifitanye n’inkuru zimaze iminsi zisohoka ku kinyamakuru Chimpreports zivuga ku ntambara y’ubutita hagati y’u […]
Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo akuyemo icumbi nâibyo kurya asigarana 1,000
Umunyeshuri wa Kaminuza yâu Rwanda ngo atungwa nâamafaranga 600 ku munsi angina nâibihumbi 18 ku kwezi mu gihe abahabwa inguzanyo yo kubatunga bahabwa amafaranga 25,000 bagasigarana 1000 gusa havuyemo nâicumbi ryâamafaranga 6,000. Ibi byatangarijwe mu kiganiro Komisiyo yâuburezi, umuco, urubyiruko nâikoranabuhanga iri kugirana nâUbuyobozi bwa Kaminuza yâu Rwanda, aho hari kurebwa uburyo ibyo yigisha bihuzwa […]
Rusizi: Barashinja RBA kwigarurira ubutaka bwabo ikabwubakamo umunara, ntibahe ingurane kuva mu 1982
Bamwe mu baturage bo mu karere ka Rusizi, Intara yâIburengerazuba baravuga ko RBA yigaruriye ubutaka bwabo, ikabwubakamo umunara mu mwaka wa 1982 kandi ntibahe ingurane. Ni mu gihe ubuyobozi bwâakarere ka Rusizi, bwo buvuga ko bamaze kuyihabwa, ibintu abaturage bahakana ndetse na RBA. Aba baturage bavuga ko mu mwaka wa 1982 aribwo icyahoze ari ORINFOR, […]
Ingabo za RDF zivuye mu butumwa n'izigiyeyo zirasabwa gukomera ku isura y'igihugu
Ingabo zâu Rwanda(RDF) zasimbuye abasirikare bazo bari mu butumwa bwâamahoro i Malakal muri Sudani yâEpfo. Batayo ya 89 niyo igiye gusimbura Batayo ya 75 irangije igihe cyâumwaka mu kazi mu Ngabo za Loni muri Sudani yâEpfo (UNMISS). Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Ugushyingo 2017 nibwo abasirikare 266 ba Batayo ya 89 ku ikubitiro […]
Perezida Trump arasabira igihano cyâurupfu uwongeye kubariza nyuma yâiya 11 Nzeri
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump arasabira igihano cyâurupfu ushinjwa kugaba igitero cyâiterabwoba mu mujyi wa New York. Iki gitero cyahitanye abantu 8, kirashinjwa umwimukirawo mu gihugu cya Uzbekistan. Perezida Trump ari kumwe na leta ye aho akorera, yavuze ko agiye gufata ingingo zihuta ku buryo abantu binjira muri icyo gihugu nkuko […]
Abayoboraga Intara Catalogne iherutse gutangaza ubwigenge bahamagajwe mu rukiko
Abayoboraga Intara ya Catalogne muri Espagne bari baherutse gutangaza ko iyo ntara ibonye ubwigenge bwuzuye bakavanwa ku mirimo yabo bahamagariwe kwitaba urukiko rwâikirenga. Bimwe mu byaha bishinjwa abo bayobozi 14 birimo gushaka kwiyonkora no kugumuka, nyuma y’amatora ya kamarampaka yo mu kwezi kwa cumi yemeje ko iyi ntara igomba kwigenga byuzuye. Urukiko rwâIkirenga rwa Madrid […]
Ubushinjacyaha bwasabye ko abayoboke 7 ba FDU-Inkingi bakomeza gufungwa by'agateganyo
Ubushinjacyaha bwâu Rwanda bwasabye urukiko kongera igihe cyo gukomeza gufunga abayoboke ba FDU Inkingi, ishyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi bwâu Rwanda ndetse ritemerewe gukorera mu Rwanda, bakurikiranweho ibyaha byo gukorana nâimitwe irwanya ubutegetsi. Abaregwa uko ari barindwi kuri uyu wa gatatu bageze imbere yâurukiko bose bari mu mwambaro wâimfungwa, batanu muri bo bafite abunganizi mu gihe […]
Reka dusubizeho igihano cy'urupfu, abantu barakina n'urupfu mu kwicana-Perezida Mugabe
Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe ashaka ko igihano co gupfa gisubizwaho muri icyo gihugu. Ibyo yabitangaje nyuma y’aho umukozi umwe wo mu butabera avugiye ko abantu 50 bamaze gucibwa urubanza rwo gupfa. Igihano cyo gupfa giheruka gushirwa mu bikorwa mu mwaka wâ 2005 muri Zimbabwe nyuma y’aho uwagishyiraga mu bikorwa agiriye mu karuhuko cy’iza bukuru, […]
Nyuma yo kwihinduza isura, ashaka no kwikuzaho igitsina burundu akamera nk'ikivajuru (Amafoto)
Umusore witwa Vinny Ohh wâimyaka 23, amaze gukoresha asaga ibihumbi 60 byâAmadolari yibagisha uruhu ngo yihinduze nkâikivajuru (Alien), nyuma yo kugera kuri ibi, akaba avuga ko ashaka gukora ibishoboka bakanamukuriraho igitsina kugira ngo agere ku ndoto ze neza. Uyu musore wâumunya California, avuga ko mu myaka 23 ishize yakuze yumva ashaka kugaragaza itandukaniro nâabandi bantu […]
Ibibazo bigaragara mu buhinzi byatumye Abadepite batumiza minisitiri ubushinzwe
Abadepite barasaba ko Minisitiri wâUbuhinzi nâUbworozi, Mukeshimana Geraldine yitaba inteko ishinga amategeko agasobanura ku bibazo bitandukanye bikiri muri uru rwego bituma intego yo kwihaza mu biribwa itaragerwaho 100%. Babigarutseho ku wa Gatatu tariki ya 1 Ugushyingo 2017, ubwo Komisiyo ishinzwe ubuhinzi ubworozi nâibidukikije mu nteko ishinga amategeko yâu Rwanda yagezaga ku nteko rusange yâumutwe wâabadepite […]
Dore ibintu 7 wagenderaho wemeza ko umukobwa agukunda
Si buri muntu ubona amarenga yâurukundo ngo abashe kuyisobanurira, kutabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no kudatera intambwe nkâumusore ngo usabe urukundo. Mu muco nyarwanda ntibyabaga byoroshye ko umusore yihitiramo umukunzi, ababyeyi bafataga iya mbere bagahuza imisango, bagahana inka ndetse bagasurana aho niho baheraga bahana abageni â agasozi kazamutse inka kamanuka […]
Muri uyu mwaka ubukungu bwâu Rwanda buzazamukaho 5,2% aho kuba 6,2% â IMF
Ikigega Mpuzamahanga cyâimari, IMF, cyisubiyeho gitangaza ko ubukungu bwâu Rwanda muri uyu mwaka wa 2017 buzazamuka ku rugero rwa 5,2% aho kuba 6.2% nkâuko cyabiteganyaga, ariko kikavuga ko buzongera kuzamuka mu 2018. Uku kwisubiraho mu mibare yâuko iki kigega cyateganyaga ko ubukungu bwâu Rwanda buzazamuka muri uyu mwaka, ngo kukaba gukurikira uko ubukungu bwazamutse bitari […]
Uruhare abasenyeri Classe na Perraudin bagize mu kuvangura Abanyarwanda
Uruhare rwâ abazungu mu gucamo ibice Abanyarwanda rwatangiye kugaragara kuva ku mwaduka wâ umukoloni kugeza kuri jenoside yakorewe Abatutsi ibaye mu mwaka wa 1994 . Gusa aha igitangaje ni uko idini gakondo ryâ abakurambere ritigeze rishyirwa mu majwi ndetse ngo rivugwe mu bindi biganiro mpaka ku ruhare rwâ amadini mu kubiba inzangano nâ amacakubiri mu […]
U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu basinye amasezerano y'ubufatanye
U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe zâAbarabu bashyize umukono ku masezerano ajyanye nâishoramari nâimisoro. Ni amasezerano yashyizweho umukono nâumuyobozi mukuru wungirije ushinze ibikorwa mu kigo kâigihugu gishinzwe iterambere RDB Emmanuel hategeka. Iki gikorwa kikaba cyakozwe mu gihe i Dubai hakomeje ibikorwa byâinama ihuje abakuru b’ibihugu byâAfurika ku bucuruzi Afurika ikorana na Dubai. Aya nâamasezerano ajyanye […]
Abahatanira igihembo cy'umukinnyi mwiza wa Afurika 2017 bamenyekanye
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF yatangaje urutonde rw’abakinnyi 30 ishaka ko hazavamo uzegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umunyafurika n’umukinnyi mwiza w’umunyafurika ukinira ku mugabane wa Afurika. Umunya Gabon, Pierre-Emerick Aubameyang, wegukanye icyo gihembo muri 2015 ari kumwe kuri urwo rutonde n’abandi bakinnyi bakomeye bakina ku mugabane w’Uburayi nka Sadio Mane wo muri Senegal waje ku […]
Perezida Museveni yatangaje ko abaganga nibigaragambya bazafungwa
Umukuru w’igihugu cya Uganda, Yoweri Museveni, ngo yaba yarabwiye abari mu ishyirahamwe ry’abaganga muri icyo gihugu ko azashyiraho amategeko y’ibihe bidasanzwe anafunge abaganga, nibaramuka bagiye mu myigaragambyo iteganijwe mu cyumweru gitaha. Umukuru w’iryo shyirahamwe yabwiye BBC ko ibyo byavugiye mu nama barimo kuwa kabiri. Ariko ushinzwe amakuru mu biro bya Perezida Museveni yabihakanye. Amakuru aravuga […]
Biravugwa ko Umunyamakuru Ndahayo âyahunzeâ, Polisi na RMC barabivugaho iki?
Abazi Ndahayo Obed uyobora ikinyamakuru Intambwe bavuga ko badaheruka kumubona muri iyi minsi, mu butumwa buri gucishwa ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko ngo yahungiye mu gihugu kitatangazwa kubera impamvu zâumutekano we. Amakuru ari ku mbuga nkoranyambaga agaragaza inyandiko yanditswe mu izina rya Ndahayo, avuga ko ari mu mu buhungiro mu gihugu atatangaza kubera impamvu z’umutekano […]