Urutonde rw’abayoboye itorero ry’Abadiventisiti ku isi guhera 1863 kugeza ubu

Itorero ry’Abadiventisiti b’umunsi wa Karindwi ku isi, ni rimwe mu matorero bivugwa ko akurikiza inzira ya Demokarasi mu bijyanye n’ubuyobozi bwa ryo, nk’uko bikorwa mu zindi nzego. Muri iri torero, usanga abarigize bagira uruhare mu kwitorera ababayobora ndetse ubuyobozi bwa bo bukaba bukurikirana mu nzigo zirimo ibyiciro bikurikira. General Conference (General Conference) Diviziyo (Division) Iniyo […]

Dore ingaruka zigutegereje mu gihe uhagaritse gukora imibonano mpuzabitsina

Mu buzima tubamo bwa buri munsi hari ibintu twimenyereza rimwe narimwe ugasanga bibaye karande kubuzima bwa muntu, ni nayo mpamvu hari ingaruka ushobora kugira igihe cyose uhagaritse ikintu cyose wari warimenyereje gukora iyo utakigikora. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] uyu munsi turagaruka kubijyanye n’imibonano mpuzabitsina iyo wari usanzwe uyikora cyane nyuma ukaza kuyihagarika , iyo umuntu amenyereye gukora […]

Gicumbi: Abakozi 3 b’akarere bari mu maboko ya polisi

Abayobozi batatu b’Akarere ka Gicumbi bari mu maboko ya polisi, bakekwaho icyaha cyo gucura umugambi wo kunyereza umutungo wa Leta ndetse no gukoresha inyandiko mpimbano. Abayobozi batawe muri yombi ni Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akerere ka Gicumbi, Bihezande Bernard n’Umuyobozi ushinzwe imiyoborere myiza, Ntezurundi Jacques bafashwe ku mugoroba wo ku wa Gatatu Tariki 01 Ugushyingo 2017 . […]

RDC: Amaherezo Komisiyo y’Amatora yemeye gutangaza ingengabihe y’amatora ya perezida

Ingengabihe y’amatora muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo izatangazwa mbere y’impera z’iki cyumweru mu rwego rwo kubahiriza yo kuwa 31 Ukuboza 2016 nk’uko byatangajwe na Visi Perezida wa Komisiyo y’Amatora (CENI), Norbert Basengezi, kuri uyu wa gatatu I Kinshasa ubwo yabonanaga na Musenyeri Oscar Cantu, perezida wa komisiyo mpuzamahanga ishinzwe ubutabera n’amahoro muri Kiliziya Gaturika. […]

Nidukomeza gukora cyane, ndemeza 100% ko tuzabona n’abakina ku mugabane w’u Burayi- Rusheshangoga

Rusheshangoga Michel arasaba abakinnyi b’Abanyarwanda kwigirira icyizere, bagakora cyane ndetse ko ari byo bizabaha amahirwe yo kurambagizwa n’andi makipe akomeye yo ku yindi migabane. Rusheshangoga Michel ni myugariro w’ikipe y’igihugu “Amavubi”, akanakinira ikipe ya Singida FC yo muri Tanzania. Mu kiganiro yagiranye na Radio TV 10, bwiza.com ikesha iyi nkuru, yakomoje ku nkunga nk’abakinnyi baba […]

UEFA: Real Madrid irasabwa gutsinda imikino yose isigaye ngo ibone gukomeza irushanwa

Nyuma y’uko ikipe ya Tottenham itsindiye real Madrid ibitego 3-1 mu irushanwa ry’ibihugu byabaye ibya mbere iwa byo, UEFA yakomeje mu cyiciro gikurikiyeho na cyo gishobora kuzayihesha amahirwe yo gukira umukino urangiza mu gihe ikomeje kwitwara neza. Umukinnyi, Dele Alli ni ni we watsindiye ikipe ye ya Tottenham ibitego 2 mu gice cya mbere cy’umukino, […]

Tanzaniya yatwitse inkoko zisaga ibihumbi 6 zavuye muri Kenya ari nzima

Leta yatanzania yategetse gutwika imishwi y’inkoko 6400 ivuga ko yakuwe mu gihugu cya Kenya mu buryo butemewe n’amategeko. Izi nkoko zifite agaciro ka Miliyoni 12.5 z’Amashilingi ya Tanzania zafatiwe ku mupaka wa Namanga mu karere ka Lodindo ku munsi wa Mbere w’iki cyumweru, leta ya Tanzania ihita itegeka ko zitwikitwa hafi aho ari nzima. Dr […]

Tariki ya 2 Ugushyingo: Abarasta bo ku Isi yose barizihiza iyimikwa ry’ umwami HaĂ ÂŻlĂ© SĂ©lassiĂ©

Ku itariki ya 2 Ugushyingo 1930, nibwo umwami w’ abami HaĂ ÂŻlĂ© SĂ©lassiĂ© I yimitswe kuba umwami wa Etiyopiya yahoze yitwa Abisiniya. Ibi byabaye ikimenyetso cy’ amateka akomeye y’ umurage w’ Imana ku mugabane wa Afurika kuko uyu HaĂ ÂŻlĂ© SĂ©lassiĂ© yagiye afatwa nka Mesiya mu gihugu cye ndetse no muri JamaĂ ÂŻque aho muvoma y’ abarasta yavukiye […]

Olusegun Obasanjo wahoze ayobora Nigeria yahishuye impamvu Boko Haram yashinzwe

Umukambwe Olusegun Obasanjo wahoze ari Perezida wa Nigeria yahishuye ku mugaragaro uburyo umutwe wa Boko Haram washinzwe. Ibi Obasanjo yabishimangiye ubwo yamurikiga igitabo cye cyo kurangiza amashuli ye yo mu rwego rwa Doctorat mu ishami ry’ Iyobokamana. Yagize ati : « Nakoze ubushakashatsi bwimbitse nsanga umutwe w’ intagondwa z’ Abayisilamu Boko Haram washingiwe mu Burasirazuba […]

Uganda: Abanyeshuri b’Abanyarwanda n’abanya-Uganda barwanye, 81 barirukanwa

Abanyeshuri b’Abanyarwanda barwanye n’abo muri Uganda, ku ishuri ryisumbuye rya Muntuyera High; 81 barahagarikwa. Ubuyobozi bw’iri shuri riherereye i Kitunga mu karere ka Ntungamo bwirukanye abagera kuri 81 bakekwaho kuba ba nyirabayazana b’iyo mirwano. Kuri iki kibazo hari abibaza isano cyaba gifitanye n’inkuru zimaze iminsi zisohoka ku kinyamakuru Chimpreports zivuga ku ntambara y’ubutita hagati y’u […]

Mu mafaranga 25,000 umunyeshuri wa UR ahabwa iyo akuyemo icumbi n’ibyo kurya asigarana 1,000

Umunyeshuri wa Kaminuza y’u Rwanda ngo atungwa n’amafaranga 600 ku munsi angina n’ibihumbi 18 ku kwezi mu gihe abahabwa inguzanyo yo kubatunga bahabwa amafaranga 25,000 bagasigarana 1000 gusa havuyemo n’icumbi ry’amafaranga 6,000. Ibi byatangarijwe mu kiganiro Komisiyo y’uburezi, umuco, urubyiruko n’ikoranabuhanga iri kugirana n’Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda, aho hari kurebwa uburyo ibyo yigisha bihuzwa […]

Ingabo za RDF zivuye mu butumwa n'izigiyeyo zirasabwa gukomera ku isura y'igihugu

Ingabo z’u Rwanda(RDF) zasimbuye abasirikare bazo bari mu butumwa bw’amahoro i Malakal muri Sudani y’Epfo. Batayo ya 89 niyo igiye gusimbura Batayo ya 75 irangije igihe cy’umwaka mu kazi mu Ngabo za Loni muri Sudani y’Epfo (UNMISS). Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 1 Ugushyingo 2017 nibwo abasirikare 266 ba Batayo ya 89 ku ikubitiro […]

Perezida Trump arasabira igihano cy’urupfu uwongeye kubariza nyuma y’iya 11 Nzeri

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump arasabira igihano cy’urupfu ushinjwa kugaba igitero cy’iterabwoba mu mujyi wa New York. Iki gitero cyahitanye abantu 8, kirashinjwa umwimukirawo mu gihugu cya Uzbekistan. Perezida Trump ari kumwe na leta ye aho akorera, yavuze ko agiye gufata ingingo zihuta ku buryo abantu binjira muri icyo gihugu nkuko […]

Abayoboraga Intara Catalogne iherutse gutangaza ubwigenge bahamagajwe mu rukiko

Abayoboraga Intara ya Catalogne muri Espagne bari baherutse gutangaza ko iyo ntara ibonye ubwigenge bwuzuye bakavanwa ku mirimo yabo bahamagariwe kwitaba urukiko rw’ikirenga. Bimwe mu byaha bishinjwa abo bayobozi 14 birimo gushaka kwiyonkora no kugumuka, nyuma y’amatora ya kamarampaka yo mu kwezi kwa cumi yemeje ko iyi ntara igomba kwigenga byuzuye. Urukiko rw’Ikirenga rwa Madrid […]

Ubushinjacyaha bwasabye ko abayoboke 7 ba FDU-Inkingi bakomeza gufungwa by'agateganyo

Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwasabye urukiko kongera igihe cyo gukomeza gufunga abayoboke ba FDU Inkingi, ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda ndetse ritemerewe gukorera mu Rwanda, bakurikiranweho ibyaha byo gukorana n’imitwe irwanya ubutegetsi. Abaregwa uko ari barindwi kuri uyu wa gatatu bageze imbere y’urukiko bose bari mu mwambaro w’imfungwa, batanu muri bo bafite abunganizi mu gihe […]

Reka dusubizeho igihano cy'urupfu, abantu barakina n'urupfu mu kwicana-Perezida Mugabe

Perezida wa Zimbabwe Robert Mugabe ashaka ko igihano co gupfa gisubizwaho muri icyo gihugu. Ibyo yabitangaje nyuma y’aho umukozi umwe wo mu butabera avugiye ko abantu 50 bamaze gucibwa urubanza rwo gupfa. Igihano cyo gupfa giheruka gushirwa mu bikorwa mu mwaka w’ 2005 muri Zimbabwe nyuma y’aho uwagishyiraga mu bikorwa agiriye mu karuhuko cy’iza bukuru, […]

Nyuma yo kwihinduza isura, ashaka no kwikuzaho igitsina burundu akamera nk'ikivajuru (Amafoto)

Umusore witwa Vinny Ohh w’imyaka 23, amaze gukoresha asaga ibihumbi 60 by’Amadolari yibagisha uruhu ngo yihinduze nk’ikivajuru (Alien), nyuma yo kugera kuri ibi, akaba avuga ko ashaka gukora ibishoboka bakanamukuriraho igitsina kugira ngo agere ku ndoto ze neza. Uyu musore w’umunya California, avuga ko mu myaka 23 ishize yakuze yumva ashaka kugaragaza itandukaniro n’abandi bantu […]

Ibibazo bigaragara mu buhinzi byatumye Abadepite batumiza minisitiri ubushinzwe

Abadepite barasaba ko Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, Mukeshimana Geraldine yitaba inteko ishinga amategeko agasobanura ku bibazo bitandukanye bikiri muri uru rwego bituma intego yo kwihaza mu biribwa itaragerwaho 100%. Babigarutseho ku wa Gatatu tariki ya 1 Ugushyingo 2017, ubwo Komisiyo ishinzwe ubuhinzi ubworozi n’ibidukikije mu nteko ishinga amategeko y’u Rwanda yagezaga ku nteko rusange y’umutwe w’abadepite […]

Dore ibintu 7 wagenderaho wemeza ko umukobwa agukunda

Si buri muntu ubona amarenga y’urukundo ngo abashe kuyisobanurira, kutabasha kumenya niba umukobwa agufitiye amarangamutima byaba intandaro yo kwitinya no kudatera intambwe nk’umusore ngo usabe urukundo. Mu muco nyarwanda ntibyabaga byoroshye ko umusore yihitiramo umukunzi, ababyeyi bafataga iya mbere bagahuza imisango, bagahana inka ndetse bagasurana aho niho baheraga bahana abageni “ agasozi kazamutse inka kamanuka […]

Muri uyu mwaka ubukungu bw’u Rwanda buzazamukaho 5,2% aho kuba 6,2% — IMF

Ikigega Mpuzamahanga cy’imari, IMF, cyisubiyeho gitangaza ko ubukungu bw’u Rwanda muri uyu mwaka wa 2017 buzazamuka ku rugero rwa 5,2% aho kuba 6.2% nk’uko cyabiteganyaga, ariko kikavuga ko buzongera kuzamuka mu 2018. Uku kwisubiraho mu mibare y’uko iki kigega cyateganyaga ko ubukungu bw’u Rwanda buzazamuka muri uyu mwaka, ngo kukaba gukurikira uko ubukungu bwazamutse bitari […]

Uruhare abasenyeri Classe na Perraudin bagize mu kuvangura Abanyarwanda

Uruhare rw’ abazungu mu gucamo ibice Abanyarwanda rwatangiye kugaragara kuva ku mwaduka w’ umukoloni kugeza kuri jenoside yakorewe Abatutsi ibaye mu mwaka wa 1994 . Gusa aha igitangaje ni uko idini gakondo ry’ abakurambere ritigeze rishyirwa mu majwi ndetse ngo rivugwe mu bindi biganiro mpaka ku ruhare rw’ amadini mu kubiba inzangano n’ amacakubiri mu […]

U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu basinye amasezerano y'ubufatanye

U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu bashyize umukono ku masezerano ajyanye n’ishoramari n’imisoro. Ni amasezerano yashyizweho umukono n’umuyobozi mukuru wungirije ushinze ibikorwa mu kigo k’igihugu gishinzwe iterambere RDB Emmanuel hategeka. Iki gikorwa kikaba cyakozwe mu gihe i Dubai hakomeje ibikorwa by’inama ihuje abakuru b’ibihugu by’Afurika ku bucuruzi Afurika ikorana na Dubai. Aya n’amasezerano ajyanye […]

Abahatanira igihembo cy'umukinnyi mwiza wa Afurika 2017 bamenyekanye

Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF yatangaje urutonde rw’abakinnyi 30 ishaka ko hazavamo uzegukana igihembo cy’umukinnyi mwiza w’umunyafurika n’umukinnyi mwiza w’umunyafurika ukinira ku mugabane wa Afurika. Umunya Gabon, Pierre-Emerick Aubameyang, wegukanye icyo gihembo muri 2015 ari kumwe kuri urwo rutonde n’abandi bakinnyi bakomeye bakina ku mugabane w’Uburayi nka Sadio Mane wo muri Senegal waje ku […]

Perezida Museveni yatangaje ko abaganga nibigaragambya bazafungwa

Umukuru w’igihugu cya Uganda, Yoweri Museveni, ngo yaba yarabwiye abari mu ishyirahamwe ry’abaganga muri icyo gihugu ko azashyiraho amategeko y’ibihe bidasanzwe anafunge abaganga, nibaramuka bagiye mu myigaragambyo iteganijwe mu cyumweru gitaha. Umukuru w’iryo shyirahamwe yabwiye BBC ko ibyo byavugiye mu nama barimo kuwa kabiri. Ariko ushinzwe amakuru mu biro bya Perezida Museveni yabihakanye. Amakuru aravuga […]

Biravugwa ko Umunyamakuru Ndahayo ‘yahunze’, Polisi na RMC barabivugaho iki?

Abazi Ndahayo Obed uyobora ikinyamakuru Intambwe bavuga ko badaheruka kumubona muri iyi minsi, mu butumwa buri gucishwa ku mbuga nkoranyambaga, avuga ko ngo yahungiye mu gihugu kitatangazwa kubera impamvu z’umutekano we. Amakuru ari ku mbuga nkoranyambaga agaragaza inyandiko yanditswe mu izina rya Ndahayo, avuga ko ari mu mu buhungiro mu gihugu atatangaza kubera impamvu z’umutekano […]