Burundi: Imfungwa 2 zari zikurikiranweho kwica umupolisi zatorotse gereza

Tangishaka na mugenzi we Nijimbere bari bafunzwe bashinjwa kwica umupolisi, batorotse gereza ya Bubanza, ubu bakaba bashakishwa uruhindu. Aya makuru yemezwa n’umuvugizi wa Polisi, OP1 Pierre Nkurikiye, ko ahagana saa sita z’ijoro zo ku wa kabiri tariki ya 6 Ugushyingo 2017, aribwo aba bombi batorotse, ubwo imvura nyinshi yagwaga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umwirondoro wabo ni Tangishaka […]

Papa yafashe mama asambana n'undi mugabo, Papa yarapfuye, kubabarira mama byarananiye-NKORE IKI?

Muraho bavandimwe banyamakuru ba bwiza.com nifujeko mwangira inama mfite ikibazo giteye gutya; ndi umukobwa ufite imyaka 28 navukiye i Musanze mu majyaruguru ariko ubu mba Saudi Arabia niho nkorera. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikibazo cyanjye rero kuva mfite imyaka 11ans hari muri 2000 ababyeyi banjye baje gutandukana. byatewe nuko papa yafashe maman asambana maze kwihangana biramunanira ahitamo […]

Uganda: Polisi iri guhiga bukware umupolisi wacitse amaze kurasa umugore we

Umupolisi utatangajwe amazina mu gipolisi cya Uganda ari guhigishwa uruhindu nyuma yo kwivugana umugore we amurashe mu gahanga agahita acika. Uyu mupolisi wakoreraga mu karere ka Hoima, yishe umugore we, Hasifa Tumuhairwe w’imyaka 25amushinja kumuca inyuma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore ngo yari iwe aho asanzwe akodesha, mugoroba wo ku munsi w’ejo kuwa Kabiri tariki ya […]

U Bwongereza: Umugabo yavumbuye ishusho isa n’isura ya perezida Trump mu gutwi kw’imbwa ye

Umugabo witwa Jade Robinson w’imyaka 25 ukomoka mu mujyi wa Jarrow mu Bwongereza yashyize ahagaragara amafoto yafotoye mu gutwi kw’imbwa ye yerekana uburyo yabonyemo ishusho y’isura ya perezida w’Amerika Trump. Iyi foto yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga, aho bamwe bavuga ko ari ukwibasira umukuru w’igihugu cy’igihangange ku isi, abandi bakavuga ko ibyo yafotoye nta ho […]

Jacques Morel yasobanuye impamvu u Bufaransa butakwemera ko EX-FAR ari yo yahanuye indege ya Habyarimana

Umwanditsi Jacques Morel, wanditse igitabo “ La France au Coeur du gĂ©nocide ”, ugenekereje mu Kinyarwanda bishatse kuvuga “U Bufaransa mu mutima wa jenoside”, akaba ari impuguke ku Rwanda, amaze imyaka 12 yegeranya inyandiko zigaragaza uruhare rw’u Bufaransa mu Rwanda, aho yemeza ko impamvu buhakana ko indege ya Habyarimana yahanuwe n’ingabo ze zitifuzaga gusaranganya ubutegetsi, […]

Umuraperi P Diddy yongeye guhindura izina ry’ubuhanzi agira amazina 7

Umuhanzi w’umunyamerika wari umenyerewe ku izina ry’ubuhanzi rya P Diddy, yongeye gutungurana ubwo yavugaga ko izina rye rihindutse akaba atakitwa kuriya ahubwo ko bagomba kumumenya nka Brother love. Uyu muhanzi, ubusanzwe amazina ye nyakuri, Sean John Combs yagiye amenyekana ku mazina y’ubuhanzi atandukanye nka Puff Daddy, Puffy, P. Diddy, Diddy, Love, ubu akaba ageze ku […]

Inama igamije gushakira inkunga no kongerera ubushobozi ibigo bito n’ibiciriritse igiye guteranira I Kigali

Inama ya 4 y’ibigo bito n’ibiciriritse no kuzigama (SME & Banking Forum) yateguwe ku bufatanye bwa SFI/IFC, AfricSearch, Itsinda rya OCP, ESPartners, Afreximbank n’abandi igiye guteranira I Kigali. Ni inama izabera muri Kigali Convention Centre guhera kuwa 13 kugeza kuwa 15 Ugushyingo 2017. Iyi nama iba igenewe gushakira inkunga ibigo bito n’ibiciriritse byo muri Afurika, […]

Inkuba yakubise umugore ari guca umugabo we inyuma ahita apfa uwo bari kumwe arasigara

Umugore utatangajwe amazina, wo mu gace ka Mount Kenya aherutse gukubitwa n’inkuba ahita apfa ubwo yarimo asambana n’umuturanyi we wanaje kurokoka iyo nkuba. Ibitangazamakuru byo muri Kenya bivuga ko uyu mugore yari aryamanye n’umugabo baturanye ku gitanda cy’uwo mugore kuko umugabo we Atari ahari. Abantu benshi batangajwe n’uburyo iyo nkuba yakubise umugore, uwo bari kumwe […]

Dore ubuhamya bwagufasha niba warabaswe no kwikinisha

Hari abantu benshi bafite ikibazo cyo kwikinisha ndetse abenshi bitwaza ko kubireka byabananiye ariko umukunzi wacu yahisemo kudusangiza ubuhamya bwe bw’ukuntu yabashije kubihagarika kandi bikagenda neza. Yatangiye agira ati: Muraho nifuzaga kubasangiza inzira nanyuzemo mu buzima ikangora yikibazo cyo “kwikinisha” ndibwirira abagabo cyangwa abasore b’urubyiruko rw’ubu wenda hari abo byafasha bikabagirira akamaro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] “Natangiye […]

Nyanza: Aborozi bababazwa n’uburyo icupa ry’inzoga rigura amafaranga 1500, amata akagura 180

Bamwe mu borozi bo mu murenge wa Busoro mu karere ka Nyanza, bavuga ko babangamirwa n’umusaruro wabo w’amata udahabwa agaciro, kandi kugaburira inka no kuyitaho ngo bibavuna cyane, bakaba batiyumvisha uburyo icupa ry’inzoga rigura 1500 ariko litiro y’amata ikagura 180 ku ikusanyirizo ryayo. Umworozi, Mukarutesi Laurence utuye mu kagari ka Gitovu, umurenge wa Busoro, avuga […]

Tanzania: Umutekano ku nkambi z’impunzi z’Abarundi wakajijwe nyuma yo kwikanga ibitero

Inkambi z’impunzi z’Abarundi zigiye kurushaho gucungirwa umutekano nk’uko byemejwe mu cyumweru gishize mu rugendo uhagarariye HCR yagiriye mu nkambi ya Nduta. Uyu akaba yaragejeje ubu butumwa ku bahagarariye impunzi mu nama bakoranye kuwa 02 Ugushyingo, aho yabahumurije akababwira ko yagiranye ibiganiro na minisiteri zigera muri 3 muri Tanzania by’umwihariko ku kibazo cy’umutekano w’impunzi z’Abarundi. Ni […]

ADEPR: Korali Shaloom yakuye isomo ryiza mu gitaramo yakoze kikitabirwa ku bwinshi

Korali shaloom yo muri ADEPR Nyarugenge, yakoze igitaramo kitabirwa n’abantu benshi kugera n’aho bamwe batashye batagize amahirwe yo kwinjira kubera imyanya yari yashize ntaho banabona ho guhagarara, gusa ngo cyabasigiye isomo ryiza ko Imana ibari inyuma. Iki gitaramo cyabaye ku cyumweru tariki ya 5 Ugushyingo 2017, muri Kigali Serena Hotel, kitabirwa n’imbaga y’abakunzi babo, ariko […]

U Bwongereza: Umuminisitiri uherutse kweguzwa ku buyobozi yasanzwe yapfuye

U Bwongereza: mUmuminisitiri uherutse kweguzwa ku buyobozi yasanzwe yapfuye Umwe mu banyepolitiki bakomeye mu gihugu cy’u Bwongereza, Carl Sargeant yasanzwe yapfuye nyuma y’iminsi micye ahagaritswe ku kazi kubera ibyaha bitandukanye birimo n’iby’ubusambanyi. Carl Sargeant w’imyaka 49 akaba yarahoze ari Minisitiri w’umurimo, yirukanywe mu minsi ishize kugira ngo hakorwe iperereza ku byaha yashinjwaga bitandukanye birimo no […]

RDC: Ibiro by’uhagarariye inyungu za Norvege byagabweho igitero

Ibiro by’uhagarariye inyungu za Norvege biherereye mu gace ka Gombe ko mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, byataewe n’abantu bitwaje intwaro bambaye impuzankano za gisirikare. Ibi bikaba byarabaye kuwa Gatandatu ushize saa munani z’ijoro, aho abo bagabo bamennye ibirahure by’inyubako, ndetse bakinjira mu biro bya ambasaderi ariko nta kintu batwaye nk’uko […]

Hamisa Mobetto wabyaranye na Diamond yamusabye indezo ya Miliyoni 8 z’amashiringi ya Uganda buri kwezi

Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzaniya arasabwa miliyoni umunani z’amashiringi ya Uganda nk’indezo y’umwana yabyaranye n’umunyamideli, Hamisa Mobetto, yakoresheje mu mashusho y’indirimbo Salome. Mu kwezi gushize nibwo uyu munyamideli Hamisa Mobetto yajyanye ikirego mu rukiko, avuga ko Diamond atubahiriza inshingano nk’umubyeyi. Iki kirego cyasomwe ku tariki ya 2 Ugushyingo 2017, yakaga Diamond miliyoni umunani zirengaho […]

Nyamagabe: Uwari ukurikiranweho ubwicanyi n’ubujura bwitwaje intwaro yakatiwe igifungo cya burundu

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyamagabe, imbere y’imbaga y’abaturage mu Mudugudu wa Mwoya, Akagari ka Mwoya, Umurenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyaruguru aho rwari rwimuriye iburanisha (Itinerance) mu mpera z’icyumweru gishize rwasomeye mu ruhame urubanza, maze rwemeza ko ikirego cy’Ubushinjacyaha gifite ishingiro, ruhamya ibyaha byo kwica n’Ubujura bwitwaje intwaro umugabo witwa KABALISA Boniface bahimba KIGOMERO, rumuhanisha igihano […]