Burundi: Imfungwa 2 zari zikurikiranweho kwica umupolisi zatorotse gereza
Tangishaka na mugenzi we Nijimbere bari bafunzwe bashinjwa kwica umupolisi, batorotse gereza ya Bubanza, ubu bakaba bashakishwa uruhindu. Aya makuru yemezwa nâumuvugizi wa Polisi, OP1 Pierre Nkurikiye, ko ahagana saa sita zâijoro zo ku wa kabiri tariki ya 6 Ugushyingo 2017, aribwo aba bombi batorotse, ubwo imvura nyinshi yagwaga. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umwirondoro wabo ni Tangishaka […]
Papa yafashe mama asambana n'undi mugabo, Papa yarapfuye, kubabarira mama byarananiye-NKORE IKI?
Muraho bavandimwe banyamakuru ba bwiza.com nifujeko mwangira inama mfite ikibazo giteye gutya; ndi umukobwa ufite imyaka 28 navukiye i Musanze mu majyaruguru ariko ubu mba Saudi Arabia niho nkorera. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Ikibazo cyanjye rero kuva mfite imyaka 11ans hari muri 2000 ababyeyi banjye baje gutandukana. byatewe nuko papa yafashe maman asambana maze kwihangana biramunanira ahitamo […]
Uganda: Polisi iri guhiga bukware umupolisi wacitse amaze kurasa umugore we
Umupolisi utatangajwe amazina mu gipolisi cya Uganda ari guhigishwa uruhindu nyuma yo kwivugana umugore we amurashe mu gahanga agahita acika. Uyu mupolisi wakoreraga mu karere ka Hoima, yishe umugore we, Hasifa Tumuhairwe wâimyaka 25amushinja kumuca inyuma. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Uyu mugore ngo yari iwe aho asanzwe akodesha, mugoroba wo ku munsi wâejo kuwa Kabiri tariki ya […]
Nyamasheke: Byinshi wamenya kuri Kigaga yo muri Shangi, ahabumbatiye amateka menshi yâu Rwanda
Kigaga ni agace gaherereye mu mudugudu wa Gasharu, akagari ka Shangi mu murenge wa Shangi ho mu karere ka Nyamasheke, habumbatiye amateka menshi yâu Rwanda kuko ariho hatuye Rezida wa mbere wâu Rwanda, Richard Kandt, haguye Bisangwa bya Rugombituri wafatwaga nkâintwari yâu Rwanda yâicyo gihe, akaba ari naho hasomewe misa ya mbere nâabapadiri bera ubwo […]
U Bwongereza: Umugabo yavumbuye ishusho isa nâisura ya perezida Trump mu gutwi kwâimbwa ye
Umugabo witwa Jade Robinson wâimyaka 25 ukomoka mu mujyi wa Jarrow mu Bwongereza yashyize ahagaragara amafoto yafotoye mu gutwi kwâimbwa ye yerekana uburyo yabonyemo ishusho yâisura ya perezida wâAmerika Trump. Iyi foto yateje impaka ku mbuga nkoranyambaga, aho bamwe bavuga ko ari ukwibasira umukuru wâigihugu cyâigihangange ku isi, abandi bakavuga ko ibyo yafotoye nta ho […]
Jacques Morel yasobanuye impamvu u Bufaransa butakwemera ko EX-FAR ari yo yahanuye indege ya Habyarimana
Umwanditsi Jacques Morel, wanditse igitabo â La France au Coeur du gĂ©nocide â, ugenekereje mu Kinyarwanda bishatse kuvuga âU Bufaransa mu mutima wa jenosideâ, akaba ari impuguke ku Rwanda, amaze imyaka 12 yegeranya inyandiko zigaragaza uruhare rwâu Bufaransa mu Rwanda, aho yemeza ko impamvu buhakana ko indege ya Habyarimana yahanuwe nâingabo ze zitifuzaga gusaranganya ubutegetsi, […]
Umuraperi P Diddy yongeye guhindura izina ryâubuhanzi agira amazina 7
Umuhanzi wâumunyamerika wari umenyerewe ku izina ryâubuhanzi rya P Diddy, yongeye gutungurana ubwo yavugaga ko izina rye rihindutse akaba atakitwa kuriya ahubwo ko bagomba kumumenya nka Brother love. Uyu muhanzi, ubusanzwe amazina ye nyakuri, Sean John Combs yagiye amenyekana ku mazina yâubuhanzi atandukanye nka Puff Daddy, Puffy, P. Diddy, Diddy, Love, ubu akaba ageze ku […]
Umunyarwanda Kwizera Olivier ukina muri Afurika yâEpfo azamara amezi 3 adakandagira mu kibuga
Umunyezamu wâumunyarwanda ukinira ikipe âFree State Starsâ yo mu cyiciro cya mbere muri Afurika yâEpfo azamara amezi atatu adakora ku mupira kubera imvune ikomeye yo mu ivi yagize ubwo ikipe ye yakinaga umukino wa gicuti nâikipe ya Bidvest. Kwizera Olivier yavunitse mu ivi ryâiburyo ubwo ikipe â Free State Stars â yakinaga na Bidvest mu […]
Inama igamije gushakira inkunga no kongerera ubushobozi ibigo bito nâibiciriritse igiye guteranira I Kigali
Inama ya 4 yâibigo bito nâibiciriritse no kuzigama (SME & Banking Forum) yateguwe ku bufatanye bwa SFI/IFC, AfricSearch, Itsinda rya OCP, ESPartners, Afreximbank nâabandi igiye guteranira I Kigali. Ni inama izabera muri Kigali Convention Centre guhera kuwa 13 kugeza kuwa 15 Ugushyingo 2017. Iyi nama iba igenewe gushakira inkunga ibigo bito nâibiciriritse byo muri Afurika, […]
Inkuba yakubise umugore ari guca umugabo we inyuma ahita apfa uwo bari kumwe arasigara
Umugore utatangajwe amazina, wo mu gace ka Mount Kenya aherutse gukubitwa nâinkuba ahita apfa ubwo yarimo asambana nâumuturanyi we wanaje kurokoka iyo nkuba. Ibitangazamakuru byo muri Kenya bivuga ko uyu mugore yari aryamanye nâumugabo baturanye ku gitanda cyâuwo mugore kuko umugabo we Atari ahari. Abantu benshi batangajwe nâuburyo iyo nkuba yakubise umugore, uwo bari kumwe […]
Dore ubuhamya bwagufasha niba warabaswe no kwikinisha
Hari abantu benshi bafite ikibazo cyo kwikinisha ndetse abenshi bitwaza ko kubireka byabananiye ariko umukunzi wacu yahisemo kudusangiza ubuhamya bwe bw’ukuntu yabashije kubihagarika kandi bikagenda neza. Yatangiye agira ati: Muraho nifuzaga kubasangiza inzira nanyuzemo mu buzima ikangora yikibazo cyo “kwikinisha” ndibwirira abagabo cyangwa abasore bâurubyiruko rwâubu wenda hari abo byafasha bikabagirira akamaro. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] “Natangiye […]
Nyanza: Aborozi bababazwa nâuburyo icupa ryâinzoga rigura amafaranga 1500, amata akagura 180
Bamwe mu borozi bo mu murenge wa Busoro mu karere ka Nyanza, bavuga ko babangamirwa nâumusaruro wabo wâamata udahabwa agaciro, kandi kugaburira inka no kuyitaho ngo bibavuna cyane, bakaba batiyumvisha uburyo icupa ry’inzoga rigura 1500 ariko litiro yâamata ikagura 180 ku ikusanyirizo ryayo. Umworozi, Mukarutesi Laurence utuye mu kagari ka Gitovu, umurenge wa Busoro, avuga […]
Tanzania: Umutekano ku nkambi zâimpunzi zâAbarundi wakajijwe nyuma yo kwikanga ibitero
Inkambi zâimpunzi zâAbarundi zigiye kurushaho gucungirwa umutekano nkâuko byemejwe mu cyumweru gishize mu rugendo uhagarariye HCR yagiriye mu nkambi ya Nduta. Uyu akaba yaragejeje ubu butumwa ku bahagarariye impunzi mu nama bakoranye kuwa 02 Ugushyingo, aho yabahumurije akababwira ko yagiranye ibiganiro na minisiteri zigera muri 3 muri Tanzania byâumwihariko ku kibazo cyâumutekano wâimpunzi zâAbarundi. Ni […]
ADEPR: Korali Shaloom yakuye isomo ryiza mu gitaramo yakoze kikitabirwa ku bwinshi
Korali shaloom yo muri ADEPR Nyarugenge, yakoze igitaramo kitabirwa nâabantu benshi kugera nâaho bamwe batashye batagize amahirwe yo kwinjira kubera imyanya yari yashize ntaho banabona ho guhagarara, gusa ngo cyabasigiye isomo ryiza ko Imana ibari inyuma. Iki gitaramo cyabaye ku cyumweru tariki ya 5 Ugushyingo 2017, muri Kigali Serena Hotel, kitabirwa nâimbaga yâabakunzi babo, ariko […]
U Bwongereza: Umuminisitiri uherutse kweguzwa ku buyobozi yasanzwe yapfuye
U Bwongereza: mUmuminisitiri uherutse kweguzwa ku buyobozi yasanzwe yapfuye Umwe mu banyepolitiki bakomeye mu gihugu cyâu Bwongereza, Carl Sargeant yasanzwe yapfuye nyuma yâiminsi micye ahagaritswe ku kazi kubera ibyaha bitandukanye birimo nâibyâubusambanyi. Carl Sargeant wâimyaka 49 akaba yarahoze ari Minisitiri wâumurimo, yirukanywe mu minsi ishize kugira ngo hakorwe iperereza ku byaha yashinjwaga bitandukanye birimo no […]
RDC: Ibiro byâuhagarariye inyungu za Norvege byagabweho igitero
Ibiro byâuhagarariye inyungu za Norvege biherereye mu gace ka Gombe ko mu murwa mukuru wa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, byataewe nâabantu bitwaje intwaro bambaye impuzankano za gisirikare. Ibi bikaba byarabaye kuwa Gatandatu ushize saa munani zâijoro, aho abo bagabo bamennye ibirahure byâinyubako, ndetse bakinjira mu biro bya ambasaderi ariko nta kintu batwaye nkâuko […]
Hamisa Mobetto wabyaranye na Diamond yamusabye indezo ya Miliyoni 8 zâamashiringi ya Uganda buri kwezi
Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzaniya arasabwa miliyoni umunani zâamashiringi ya Uganda nkâindezo y’umwana yabyaranye n’umunyamideli, Hamisa Mobetto, yakoresheje mu mashusho y’indirimbo Salome. Mu kwezi gushize nibwo uyu munyamideli Hamisa Mobetto yajyanye ikirego mu rukiko, avuga ko Diamond atubahiriza inshingano nkâumubyeyi. Iki kirego cyasomwe ku tariki ya 2 Ugushyingo 2017, yakaga Diamond miliyoni umunani zirengaho […]
Nyamagabe: Uwari ukurikiranweho ubwicanyi nâubujura bwitwaje intwaro yakatiwe igifungo cya burundu
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyamagabe, imbere yâimbaga yâabaturage mu Mudugudu wa Mwoya, Akagari ka Mwoya, Umurenge wa Nyagisozi, Akarere ka Nyaruguru aho rwari rwimuriye iburanisha (Itinerance) mu mpera zâicyumweru gishize rwasomeye mu ruhame urubanza, maze rwemeza ko ikirego cyâUbushinjacyaha gifite ishingiro, ruhamya ibyaha byo kwica nâUbujura bwitwaje intwaro umugabo witwa KABALISA Boniface bahimba KIGOMERO, rumuhanisha igihano […]