Ibimenyetso bya Elluminati mu ndirimbo nshya ya Diamond
Mu isi yumuziki hari byinshi bigenda bivumburwa bimwe muri byo harimo imbaraga zidasanzwe bamwe mubahanzi bakoresha mu kwamamara kwabo, havuzwe benshi baba bakorana n’imbaraga z’umwijima izi zizwi nka Elluminati cyangwa se Elluminati, gusa abenshi mubabivugwaho barabyemeza abandi bakabihakana bavuga ko batayizi. Nkuko byagiye bishyirwa hanze n’ibinyamakuru binyuranye ku isi hari bimwe mubimenyetso by’ibanze byagiye bishyirwa […]
Ntugashingure imbago za kera, izo basogokuruza bashinze
“Ntugashingure imbago za kera, izo ba sogokuru bashinze”- Imigani 22: 28 Iyo dusomye iri jambo, dusanga umwanditsi yarakoresheje imvugo agereranya cyane ko ari igitabo cy’ imigani ariko hano imbago zisobanuye amategeko; Yesu yavuze ko ataje gukuraho amategeko ahubwo yaje kuyasohoza kuko muri we ariho byose byuzurira. Muri Matayo 5:17-47 havuga ngo kuko amategeko ya Mose […]
Perezida Kagame yerekanye akamaro k’isoko rihuriweho ku banyafurika
Perezida Paul Kagame, yabwiye abakuru b’ibihugu ndetse n’aba za guverinoma bitabriye inama Nyafurika ku Ishoramari iri kubera i Kigali kuri uyu wa Kabiri Tariki ya 21 Werurwe 2018, ko ishyirwaho ry’isoko rihuriweho(AfFTA, ) ryerekana impinduka mu buryo Abanyafurika batekereza ndetse n’uburyo bakora. Mu ijambo rye,Perezida Kagame yavuze ko Abanyafrika bakeneye kongera intumbero bagashyira umukono kuri […]
Weasel yashyize hanze amashusho y’indirimbo ya mbere akoze nyuma y’urupfu rwa Radio
Ku wa 19 Werurwe, umuhanzi w’umuganda uzwi ku izina rya Weazel yashyize hanze indirimbo “Tokyayitaba” yiganje ubutumwa buha icyubahiro umusangirangendo we bari mu itsinda rimwe uherutse gupfa, Mowzey Radio. Iyi ndirimbo igaragaza Weasel yicaye ku ntebe imwe, ku ruhande rwe hari indi ntebe iriho ifoto ya Radio. Si ibyo gusa kandi, hari amafoto menshi bagiye […]
Ibikorwaremezo bidahagije, imbogamizi ku buhahirane mu bihugu bya Afurika
I Kigali mu Rwanda hateraniye inama idasanzwe y’abakuru b’ibihugu bya Afurika . Aho biteganijwe ko kuwa 21 Werurwe 2018 bazasinya amasezereno y’ubuhahirane hagati y’ibihugu bya Afurika( AfCFTA: African Continental Free Trade Area). Aya masezerano yitezweho kongera ubuhahirane imbere muri Afurika aho bazagira isoko rusange rimwe mu baturage barenga milliyari 1.2 no kongera umusaruro mbumbe ungana […]
Amerika: Donald Trump arateganya gushyiraho igihano cy’urupfu
Perezida wa leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump arateganya gushyiraho itegeko rihana abacuruza ibiyobyabwenge kugeza ku gihano cyo gupfa. Ubwo yari muri leta ya Hampshire , mu ijambo yabagejejeho yabwiye abaturage ko agomba kurinda abana kunywa ibiyobyabwenge, kugira ngo abigereho agomba gukaza amategeko ahangana n’ababicuruza. Trump aranenga itegeko ririho ubu, ryemerera abantu gucuruza ibiyobyabwenge […]
Wizkid yafashe umwanzuro wo kutazongera gufatira Amashusho hanze ya Afurika
Nyuma y’ubwumvikane buke yagiranye na Drake ntagaragare mu mashusho y’indirimbo bakoranye, Wizkid yafashe umwanzuro gukorera indirimbo k’umugaba w’Afurika gusa. Umuhanzi w’umunyanigeria, Wizkid yakoranye indirimbo na Drake yitwa “Come Closer” ariko ageze muri Amerika ngo bakore amashusho yayo ntibaza kumvikana. Nyuma y’ibi ngibi aza gufata umwanzuro wo kujya akorera indirimbo muri Afurika ngo kuko ni ho […]
Impamvu Perezida Museveni atitabiriye inama mu Rwanda yamenyekanye
Perezida Yoweli Kaguta Museveni yasubitse byihuse urugendo yagombaga kugirira mu Rwanda ndetse agahita anategeka abarinzi be bari bamaze kugera mu Rwanda guhita basubira muri Uganda. Ibi byabaye mu gihe Museveni yari ategerejwe I Kigali mu bakuru b’ibighugu 26 bari byitezwe ko bitabira Inama idasanzwe y’Afurika yunze Ubumwe (AU) yatangiye kuri uyu wa mbere tariki 19 […]
Clement yongeye kunezeza umugore we asubiza ibyifuzo bye
Umuhanzikazi ukunzwe hano mu Rwanda ahanini bitewe n’ijwi rye Knowless Butera yafashe rutemikirere ari kumwe n’umugabo we Ishimwe Clemnt ndetse n’umwana wabo w’Umfura bise Ishimwe Butera Or berekeza ku mugabane w’Uburayi. Nyuma yaho uyu Butera aciye kurukuta rwe rwa Instagram akagaragariza umugabo we Cleament ko anyotewe no gusubira mu biruhuko doreko hari haciye igihe kitari […]
Witerwa ipfunwe n'uburyo utera akabariro, Dore ingingo zizagufasha ukahacana umucyo
Gukora imibonano mpuzabitsina ni kimwe no kuryoherwa nayo ni ikindi gusa makuruki.rw twagerageje kubakusanyiriza uburyo mwajya mwifashisha mukanyurwa nigikorwa cyo gutera akabariro kuburyo budasanzwe. 1.Sigarana byibuza akenda kimbere mugihe ugiye gukora imibonano Ubundi niba mugeze mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina ugomba kugenda uko wambaye ubundi mu gihe mwatangiye gukoranaho,ari nako musomana buri umwe agatangira […]
France: Nicolas Sarkozy yatawe muri yombi
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa Nicolas Sarkozy yatawe muri yombi na polisi y’icyo gihugu kugira ngo abazwe ku bijyanye n’amafaranga yakoresheje mu matora ya 2007 ayahawe na Muammar Gaddafi mu buryo butemewe n’amategeko. Sarkozy w’imyaka 63 yayoboye Ubufaransa kuva 2007 kugeza muri 2012. Gusa.ahakana ibyaha byose aregwa avuga ko atigeze yakira amafaranga yo kumufasha mu […]
Nyamasheke: Kutagira murandasi (internet) mu bigo by’amashuli, ni kimwe mu bibangamiye ireme ry’uburezi
Ababyeyi barerera mu ishuri ryisumbuye rya Tyazo riri mu murenge wa Kanjongo mu karere ka Nyamasheke, kimwe n’abana babo, bavuga ko kuba mu kigo cyabo batagira murandasi (internet) bibangamira imyigire yabo. Mu nama y’inteko rusange y’ababyeyi barerera muri iri shuri iheruka kuhabera, ababyeyi beretswe uburyo abana babo bakoresha mudasobwa, bishimira ko hari byinshi abana bamaze […]
Diamond Platnumz yaciye agahigo ko kwinjira mu bahanzi 10 bakurikirwa cyane kuri You tube
Umuhanzi wo muri Tanzaniya Diamond Platnumz yamaze guca agahigo ko kwinjira ku rutonde rw’abahanzi bo muri Afurika bakurikirwa cyane ku rubuga rwa You tube. Kugeza ubu, Diamond ku rukuta rwe rwa You Tube amaze kugira abamukurikira(Subscribers) barenga milliyoni 1. Akaba ari umuhanzi wa 10 muri Afurika ugize abamukurikira barenga milliyoni 1 kuri You Tube. Dore […]
Safi yasohoye indirimbo ye nshya yitwa ‘My Hero’
Umuhanzi Niyibikora Safi uzwi cyane ku mazina ya Safi Madiba yamaze gushyira hanze indirimbo ye nshya . Iyi ndirimbo akaba yarayise “My Hero’’. Iyi ndirimbo ikaba yaratunganijwe na producer Madebeat mu buryo bw’amajwi naho amashusho yayo akaba azajya hanze mu minsi iri imbere. Nyuma yo gutandukana na Urban Boyz Safi Madiba amaze gushyira hanze indirimbo […]
Burundi : Amatora ya Referandum muri Gicurasi
Amatora ya Referandum mu gihugu cy’u Burundi azaba tariki ya 17 Gicurasi 2018. Akaba ari amatora agamije guhindura itegeko nshinga ry’iki gihugu. Ibi bishobora gutuma perezida Nkurunziza aguma ku butegetsi kugeza 2034. Perezida Pierre Nkurunziza yagiye anengwa ko ashaka kuguma kubutegetsi kugeza apfuye dore ko yagiye ku butegetsi muri 2005. Mu Ukwakira 2017 guverinoma yari […]
Urutonde rw’amakipe 16 yakomeje muri CCL (CAF Champions League)
CAF( Confederation d’Afrique de Football) imaze gusohora urutonde rw’amakipe 16 azakomeza mu mikino ya 1/16, nyuma y’imikino yabaye ku wa 18 Werurwe 2018 harimo n’uwahuje Mamelodi Sundowns na Rayon Sports FC. Muri Afurika y’iburasirazuba habashije gukomeza ikipe imwe rukumbi. KCCA yo muri Uganda ni yakomeje uru rugendo nyuma y’uko amakipe nka Gormahia yo muri Kenya […]
Rwamagana: Barinubira uburyo bivuriza kure kandi barubakiwe Poste de santé zidakorerwamo
Abaturage batuye mu kagari ka Bwiza mu murenge wa Kigabiro mu karere ka Rwamagana, bavuga ko barwara bakivuriza kure kandi barubakiwe poste de santé hafi yabo. Bavuga ko hashize imyaka itatu bubakiwe poste de santé mu kagari kabo ariko ubu bakaba bivuriza kure ku buryo bakora urugendo rw’ibirometero bisaga 5 kugirango bagere ku kigo nderabuzima. […]
Petero Nkurunziza yacaguwe n’Imana, nta muntu ushobora kumukura ku butegetsi- Denise Nkurunziza
Umufasha wa Perezida w’u Burundi, Denise Nkurunziza, atangaza ko umugabo we (Petero Nkurunziza) yagiye ku butegetsi ashyizweho n’Imana, ko no kuvaho kwe bizaba ku bushake bwayo. Video yashyizwe kuri youtube ndetse benshi bakaba bakomeje kuyihanahana, Denise Nkurunziza avuga ko nta muntu uzakura Perezida Nkurunziza ku butegetsi. Ati “Yacaguwe n’Imana, si abantu bamutoye, ni Imana yonyine […]
Iyo ndi kumwe na Wema, mba numva meze nk’uri mu ijuru- Diamond Platnumz
Umuhanzi Diamond ukomoka mu gihugu cya Tanzania yashyize agira icyo atangaza ku ugutandukana kwe n’uwahoze ari umukunzi we Miss Sepetu, by’umwihariko avuga byinshi kuri we. Aganira na Radio Citizen yo mu gihugu cya Kenya, Diamond yeruye avuga ko nta wundi munyamideli wo muri Tanzania yiyumvamo uretse Wema Sepetu, baba bari kumwe akumva ameze nkuri mu […]
Kigali: Abivuriza ku bitaro bya Kacyiru basabwe kutitiranya serivisi zo kwa muganga n’iza banki
Mu gihe hari abarwayi bavuga ko babangamirwa na serivisi bahabwa n’ibitaro bya Kacyiru, umurwayi akahagera mbere ariko abaje nyuma ye bakaba bakwakirwa mbre ye, abashinzwe serivisi muri ibi bitaro bavuga ko bitagomba kubangamira ababigana. Umwe mu bayobozi b’ibi bitaro biri mu Mujyi wa Kigali, avuga ko umubare w’ababyakirirwagaho wavuye ku 2100 ubu bakaba bakira abagera […]