Ese iyo Mutara III Rudahigwa atimikwa nâabazungu yari kwitwa irihe zina?
Nkuko amateka yâu Rwanda rwo hambere abisobanura neza, abami bâu Rwanda bari abo mu bwoko bwâabanyiginya, amabanga yâabiru niyo yamenyerwagamo umuhungu wâumwami wavukanye imbuto nâuko azazungura se ku ngoma igihe yatanze. Mbere yâumwami Kigeli III Nyamuheshera,umwami wimaga ingoma yahitaga afata izina ryâumwami ashaka nuko akongeraho iryo yiswe nâababyeyi. Ahasaga mu mwaka wa1576 ku ngoma yâumwami […]
Musanze: Munyentwari wicishije ibuye mugenzi we yahanishijwe igifungo cyâimyaka 25
Urukiko Rwisumbuye rwa Musanze rwahamije icyaha cyâubwicanyi umugabo witwa Munyentwari,  maze rumukatira igihano cyâigifungo cyâimyaka 25 nkâuko Ubushinjacyaha bwari bwakimusabiye. Ubushinjacyaha ku Rwego rwisumbuye bwari bukurikiranyeho Munyentwari Jean Baptiste icyaha cyo kwica mugenzi we witwaga Barahasanzwe amukubise ibuye mu mutwe. Mu iburanisha ryabereye aho icyaha cyakorewe mu Mudugudu wa Ruganda, Akagari ka Gatare, Umurenge wa […]
Iminsi irabarirwa ku ntoki ngo Mahoro Isaac ataramire abatuye i Nyamata
âShimwa Yesu, Live Concertâ , izina ryâigitaramo cyateguwe nâumuhanzi Mahoro Isaac kizabera i Nyamata mu karere ka Bugesera ku rusengero rwâAbadiventisite bâumunsi wa Karindwi, Iminsi isigaye irabarirwa ku ntoki ngo bataramirwe mu indirimbo zo guhimbaza. Igitaramo giteganyijwe Tariki ya 09 Kamena 2018, I Nyamata, kigamije gushimira Imana ku bwâibyiza nâibitangaza bitandukanye ikomeza gukorera u Rwanda […]
Kayonza: Abaturage bubatse Laboratwari muri G.S Gahini bamaze imyaka 5 batarishyurwa
Abaturage batuye mu murenge wa Gahini, mu karere ka Kayonza baratakamba basaba ubuyobozi bw’akarere kubishyuriza amafaranga yabo bambuwe na rwiyemezamirimo, bamaze imyaka itanu basaba kwishyurwa amafaranga yabo bakoreye ubwo bubakaga Laboratwari kuri G.s Gahini. Abo baturage bavuga ko kuba batarishyuwe amafaranga yabo byabagizeho ingaruka ku buryo byatumye bamwe bakomeza no kuba mu cyiciro cya mbere […]
Ntuzababare nusanga umugore wawe yarasambanye nâabagabo benshi, ahubwo bizabe ikibazo yaguciye inyuma
Iki ni igitekerezo cyatanzwe nâumusomyi wa Bwiza.com, aho avuga ko kuba umusore yabanye nâumugore ku munsi wa mbere bagiye gutera akabariro agasanga yarasambanye nâabagabo benshi. Uyu musomyi agira ati âNtabwo ari ngombwa, iyo usanze yarasambanye na benshi ntabwo biba bivuze ko atabasha kubaka urugo, urugo ni rugari, ntabwo ruba rushingiye ku buriri gusa, ashobora kuba […]
Kenya: Indege yaburiwe irengero itwaye abantu 10
Inzego zishinzwe ubutabazi muri Kenya ziri mu bikorwa byo gushakisha indege nto yaburiwe irengero ku mugoroba wo kuwa Kabiri tariki ya 5 Kamena 2018, itwaye abantu bagera ku 10 ikaba itaraboneka. Inzego zitandukanye muri kiriya gihugu zivuga ko iyi ndege yakoreraga muri sosiyete ya East African Safari Air Express ikaba yaburiwe irengero ubwo yari igeze […]
Min.wâIntebe, Dr Ngirente avuga ko Afurika itagira ubukungu buhamye hatitawe ku guhanga udushya
Minisitiri wâIntebe, Dr. Ngirente Edouard yavuze ko umugabane wa Afurika udashobora kugira ubukungu buhamye mu gihe hatitawe ku guhanga udushya tugomba gutanga ibisubizo Abanyafurika bafite. Ibi Minisitiri wâIntebe, Dr. Ngirente yabivuze kuri uyu wa Gatatu tariki ya 6 Kamena 2018, ubwo yatangizaga ku mugaragaro inama ya kabiri yiga ku guhanga udushya muri Afurika (Africa Innovation […]
Urutonde rwâabakobwa bâAbanyafurika begukanye ikamba rya nyampinga wâIsi (Miss World) kuva mu 1950
Buri mwaka, niko ibihugu bitandukanye byo ku Isi bitegura amarushanwa yo gutora umukobwa uhiga abandi mu bwiza, akambikwa ikamba rya nyampinga. Ni muri urwo rwego uyu muhango unakorwa ku rwego rw’Isi, abakobwa bagaturuka imihanda yose bagatoranywamo umwe uhiga abandi akambikwa ikamba rya nyampinga wâIsi âMiss Worldâ. Ni muri urwo rwego Bwiza.com, yabakusanyirije amakuru yâabegukanye iri […]
Huye: Meya Muzuka yahererekanyije ububasha na Veneranda Musabyemariya
Mu gitondo cyo kuri uyu wa 6 Kamena 2016, Meya wa Huye, Kayiranga Muzuka Eugene yahereje igitabo gikubiyemo ibikorwa byâakarere, Veneranda Musabyemariya wamusimbuye kuri uyu mwanya byâagategayo nyuma yo kwegura. Muri uyu muhango wayobowe na Guverineri wâIntara yâAmajyepfo, Mureshyankwano Marie Rose, yasabye umuyobozi mushya gukoresha imbaraga nyinshi kugira ngo akarere katazasubira inyuma. Yagize atiâUhawe inshingano […]
Perezida Salva Kiir yemeye kugirana ibiganiro na Riek Mashar
Perezida wa Sudani yâEpfo, Salva Kiir yemeye ibiganiro na Riek Mashar aho biteganyijwe ko agomba guhura nâitsinda ryâabayobozi boherejwe na Riek Mashar riyobowe na Minisitiri wâububanyi nâamahanga, al-Dirdiri Mohamed Ahmed hamwe na Minisitiri wâibikomoka kuri peteroli Minister Azhary Abdel Gader ndetse nâumuyobozi wâishami rishinzwe ubutasi Salah Gosh. Umuvugizi wa perezidansi ya Sudani yâEpfo, Ateny Wek […]
Abasaza 2 bâimyaka 83-88 bakatiwe igifungo cya burundu bashinjwa gusambanya umwana
Urukiko rukuru rwa Nakuru muri Kenya rwakatiye abasaza 2 bâimyaka 83 na 88 igifungo cya burundu nyuma yo guhamwa nâicyaha cyo gusambanya ku ngufu umwana wâimyaka 10 Aba basaza barimo Mureithi Mungai wâimyaka 83 ndetse na mugenzi we Mureithi Ngari 88 bashinjwa kuba barasambanyije umwana wâumukobwa wâimyaka 10 muri 2015 gusa bakaba barabikoze mu bihe […]
Inkomoko yâumugani âakâi Muhana kaza imvura ihiseâ
Uyu mugani waciwe nâumwami wâamahoro, iterambere, nâumutuzo Yuhi IV Gahindiro wayoboye u Rwanda ahayinga mu mwaka wa 1746, akaba mwene Mibambwe III Mutabazi II Sentabyo na Nyiratunga. Gahindiro ubwo yari mu rugo rwe rwâi Sheri na Butera ho muri Runda na Gihara [ubu ni mu karere ka kamonyi], yari afite akamenyero ko kuzenguruka urugo rwe […]
Zimwe mu mpamvu zituma abagabo benshi bubatse baryamana nâabakozi babo bo mu rugo
Ikibazo cyâabagabo baryamana nâabakozi bo mu rugo, ni ikibazo cyugarije hafi isi yose kandi kikaba ari ikibazo gisa nâigikomeye kuko bituma ingo nyinshi zisenyuma. Ku rundi ruhande ariko, biranagoye ko cyacika burundu kuko uko bukeye nâuko bwije humvikana amakuru ku bagabo bafashwe nâabagore babo basambana nâabakozi, abagore bahukana nâabata ingo, abicanye bapfa umugabo, abarwana ndetse […]
Burera: Abantu batanu barimo nâabayobozi bâakarere batawe muri yombi
Abantu batanu barimo nâabayobozi bâakarere ka Burera batawe muri yombi, aho bakurikiranweho gukoresha nabi umutungo wa Leta. Aba bagabo batanu bafashwe ku wa Kabiri tariki ya 5 Kamena 2018, bashinjwa gukoresha nabi umutungo wa Leta, itonesha n’icyenewabo. Abatawe muri yombi bari barasezeye ku kazi, ni Sembagare Samuel wahoze ari umuyobozi wâakarere, Zaraduhaye Joseph wahoze ari […]