Uganda: Ese Gen. Kale Kayihura yaba ari kuzira inkomoko ye?
Amakuru atandukanye yagiye atangazwa yavuze ko uwahoze ari umukuru w’Igipolisi cya Uganda, Gen Kale Kayihura ku ikubitiro yari umusirikare mwiza kandi w’inyengamugayo, akavuga ko ibibazo bye byatangiye ubwo perezida Museveni yamwiyegerezaga, akamuzamura mu ntera ndetse akamugira umukuru w’igipolisi, ariko abasesenguzi bo muri Kampala bakavuga ko icyo gihe ari bwo kugwa kwa Kayihura kwari gutangiye ahanini […]
Zari yateye urujijo ababonye ubutumwa yageneye abagabo ku munsi mukuru wabo
Tariki 17 Kamena 2018 isi yose yizihije umunsi mukuru wahariwe ababyeyi babagabo kimwe n’abandi Zari Hassan umushoramari ukomeye ukomoka mu gihugu cya Uganda yagize icyo atangaza kuri uyu munsi nubwo nta mugabo bari kumwe magingo aya yafatanyije nawe kwizihiza uyu munsi. Mu magambo yashyize kurukuta rwe rwa Instagram Zari yagaragaje guha icyubahiro gikomeye ku wahoze […]
Dore urutonde rw’abakinnyi 10 bafite uburanga bukurura abagore muri uyu mwaka wa 2018
Kuri ubu abantu babarirwa muri za miliyoni bahanze amaso kuri za eclan kubera igikombi cy’isi kiri kuba. Ni mu gihe ibitangazamakuru bitandukanye na byo biba bireba hirya no hino bishakishiriza abakunzi ba ruhago ibyo bikunda haba ku mikinire, imiterere, imitsindire n’ibindi usanga akenshi bituma abantu bajya impaka. Uyu munsi rero urubuga wonderslist.com rwagerageje gukora urutonde […]
U Burundi bukomeje gushyira mu majwi u Rwanda mu mushinga wo kubuhungabanya witiriwe Reynders
Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza yasabye umuryango w’ubukungu uhuza ibihugu bya Afurika yo hagati, CEEAC, kugira icyo ukora kucyo yise umushinga ugamije guhungabanya akarere cyangwa Umushinga witiriwe Reynders/Soros/Mo Ibrahim/Katumbi-Bemba avuga ko ari umushinga uri gutegurirwa mu Rwanda ugamije guhungabanya umutekano w’u Burundi n’akarere. Biravugwa kuwa 08 Kamena ari bwo perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza, yakiriye […]
Umugabo wanjye yagurishije intebe na televiziyo amafaranga ayajyana muri betingi arashira- NKORE IKI?
Mbanje kubasuhuza nabagisha inama kubera ikibazo kinkomereye cyakuruwe n’umugabo wanjye wakoze icyo nakwita icyasha kuri we, ndetse numva gishobora no kugira ingaruka ku muryango. Ntuye mu mujyi wa Kigali, umugabo wanjye tubyaranye gatatu, umwa wacu wa mbere w’imfura yiga mu mwaka wa mbere muri segonderi, abandi biga muri pirimeri. Umugabo wanjye akora akazi ko gutera […]
Uganda: Gen Kale Kayihura yamaze gusubiza imbunda n’icyombo yari atunze
Uwahoze ri umukuru w’Igipolisi cya Uganda, uri mu maboko y’igisirikare arimo gukorwaho iperereza, Gen Kale Kayihura, yamaze gusubiza imbunda yari atunze nk’uko amakuru dukesha Chimpreports avuga. Ese ibi byaba bisobanuye ko atakiri umusirikare wa Uganda? Kuwa Gatatu ushize nibwo Gen Kale Kayihura yatawe muri yombi ubwo yakurwaga ku ifamu ye iherereye mu Karere ka Lyantonde […]
Guverinoma ya Sudani y’Epfo yateye utwatsi ibyo guhura kwa Salva kiir na Riek Mashar muri Ethiopia
Minisitiri ushinzwe gutanga amakuru akaba n’umuvugizi wa Guverinoma ya Sudami y’Epfo, Michael Makuei yatangaje ko umuhuro wa Perezida Salva kiir na mugenzi we Riek Mashar amaso ku maso bishobora kugorana uretse kuba bahurira mu gihugu kindi kitari icyabo. Ihuriro rigamije iterambere ry’ibihugu by’Afurika y’Iburasirazuba, “Igad” isaba ko aba bayobozi bakuru bahura kuwa 20 Kamena bagahurira […]
Dore moto 10 za mbere zihariye kandi zihenze kurusha izindi
Hanze aha hari abantu bakunda moto nziza kandi zihariye mu gihe hari inganda nazo zikora moto zigaragara ku buryo uzirebye yibaza uko yakozwe bikamushobera. Ni muri urwo rwego bwiza.com yifuje kubagezaho urutonde rwa moto 10 za mbere zihariye kandi zihenze kurusha izindi uhereye ku mwanya wa 10, aho ku mwanya wa mbere hari moto igura […]
Amerika: Abagore b’Abaperezida bahagurukiye icyarimwe bamagana ibikorwa bya Tump byo gutandukanya abimukira n’abana babo
Ntibyari bimenyerewe ko abagore b’abakuru b’ibihugu bagira icyo bavuga ku myanzuro y’abagabo babo ku kijyanye n’imiyoborere. Gusa muri iyi minsi bwo byabaye nk’ibihindika aho muri Amerika abagore b’abaperezida bari kuvuguruza zimwe mu ngamba zafashwe na perezida uri ku butegetsi, Donald Trump ku myanzuro ndakuka ibangamiye imbaga mu gihe we yumva ari bwo buryo bwiza bwo […]
Nyamasheke: Abana baranenga ababyeyi babo batabaha akanya ngo baganire
Bamwe mu bana bo mu karere ka Nyamasheke bavuga ko uburyo bitabwaho n’ababyeyi babona budahagije, ko hari abakumbura ababyeyi kandi babana mu nzu imwe, bakabasaba kwisubiraho. Baganira na Bwiza.com, bamwe mu bana bavuze ko kuba hari ubuzererezi no gutwara inda zitateganijwe bigenda byiyongera muri aka karere, ahanini biterwa no kubura uburere bw’ababyeyi kandi bahari. Akimana […]
Amafaranga yaguzwe Yannick Mukunzi ni ideni ry'umufana ritarishyurwa kugeza ubu
Nyuma y’imvururu zabaye muri Rayon Sports mu minsi ishize hari byinshi byagiye hanze bitari bizwi n’abenshi harimo n’ideni iyi kipe ifitiye umufana wayo uzwi nka mama Djihad ucururiza nyabugogo wabagurije amafaranga yo kugura Yannick Mukunzi ubwo yavaga muri APR FC. Imwe mu myanzuro yafatiwe mu nama rusange yabaye kuwa 17 Kamena 2018 harimo iyo kwishyura […]
Uganda: Impunzi 2 zo muri Sudani y’Epfo zaguye mu makimbirane yaturutse ku mukino w’Igikombe cy’Isi
Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Arua kiri gukora iperereza ku iyicwa ry’impunzi 2 zikomoka muri Sudani y’Epfo zo mu bwoko bwa Dinka zaguye mu bushyamirane bwadutse izi mpunzi ziri kureba umukino w’Igikombe cy’Isi. Ubu bushyamirane bwaje kuvamo ubw’amoko hagati y’ubwoko bwa Dinka na Nuer bwabereye mu mu gace ka Tika 4 mu nkambi y’impunzi […]
Burundi: Batatu babaye abakuru b’igihugu bamaze kwirukanwa muri Senat
Abagabo batatu bigeze kuyobora u Burundi, babarizwaga muri Senat y’u Burundi ari bo; Pierre Buyoya, Sylvestre Ntibantunganya ndetse na Domisien Ndayizeye, bamaze gukurwa muri senat nk’uko byatangajwe na visi perezida wa 2 w’inteko ishinga amategeko, Anicet Niyongabo wavuze ko ibi byakozwe mu rwego rwo kubaha ibiteganywa n’itegeko nshinga rishya Abarundi batoye kuwa 17 Gicurasi 2018. […]
Ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 10,6% mu gihembwe cya mbere cya 2018 – NISR
Mu gihembwe cya mbere cya 2018 ubukungu bw’u Rwanda bwazamutseho 10,6% bitewe n’ubwiyongere bw’umusaruro w’ubuhinzi, serivisi ndetse no kwiyongera kw’inganda nk’uko byemezwa n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR). Kuzamuka kw’ubukungu kwatewe no gukora neza mu rwego rw’ubuhinzi rwatanze 8%, urwego rw’inganda rwatanze 7%, n’urwego rwa serivisi rwatanze 12% nk’uko byemezwa n’imibare y’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare yashyizwe ahagaragara kuri […]
Amerika na Koreya y’Epfo byemeye guhagarika imyitozo ya gisirikare byafatanyaga muri Pasifike
Abayobozi b’ingabo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika no muri Koreya y’Epfo bumvikanye guhagarika imyitozo ya gisirikare ibihugu byombi bihuriyeho, yari iteganyijwe muri kanama. Umuvugizi wa minisiteri y’ingabo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Dana White, wemeje aya makuru kuri uyu wa Mbere, itariki 18 Kamena, yasobanuye ko imyitozo ya gisirikare mu karere ka Pasifike […]