Rihanna arigamba kuba Chris Brown akimutekereza
Umuririmbyi Rihanna akomeje kwigambako yumva atewe ishema no kuba Chris Brown akimutekereza kuko ngo yumva akunzwe kurushaho. Ibi Rihanna yabitangaje ubwo yashyiraga hanze ifoto igaragaza uburyo yabashije kugabanya ibiro yifashishije instagram. Umwe mu nshuti za hafi zâuyu muhanzi yatangarije ikinyamakuru Hollywoodlife.com ko basanzwe bazi ko Rihanna asanzwe yishimira uburyo abona Chris Brown akimutekereza. Yagize atiâ […]
Karongi:Imirenge yahize iyindi mu mihigo ya 2017/2018 yahawe ibihembo
Kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 14 Kanama 2018, ku Karere ka Karongi  habereye igikorwa cyo guhemba imirenge yahize iyindi mu mihigo ya 2017/2018, no guhigira imbere yâ Umuyobozi wâ Akarere imihigo ya 2018/2019. Ni igikorwa cyayobowe nâ umuyobozi wâ Akarere, Ndayisaba Franà §ois, wari kumwe na Visi Perezida wâ Inama Njyanama yâ Akarere, Bwana Basiime […]
Dr Chameleone arasaba Perezida Museveni kubabarira Bobi Wine
Umuhanzi Jose Chameleone yasabye Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni kubabarira Depite Robert Kyagulanyi Ssentamu uzwi ku izina rya Bobi Wine. Jose Chameleone avuga ko Museveni akwiriye kubabarira Bobi Wine mu rwego rwo gutanga urugero rwiza. Atiâ Umuvandimwe wacu, umuhungu wawe Bobi Wine ashobora kuba yatandukiriye mu gushyira mu bikorwa intekerezo ze. Nkâumuyobozi wâigihugu nâumusekuruza,ni […]
Kivu yâAmajyepfo: Guverineri Nyamugabo yagaragaje ibigiye gukorwa mu kugarura ituze mu Bijombo
Guverineri wa Kivu yâAmajyepfo, Claude Nyamugabo aremeza ko ubuyobozi bwa Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo bugiye gufata ingamba zigamije gucungira abaturage nâibyabo umutekano nyuma yâigihe ahitwa Bijombo muri iyi ntara havugwa amakimbirane ahanini ashingiye ku bwoko. Kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 14 Kanama nibwo Guverineri wa Kivu yâAmajyepfo, Claude Nyamugabo, yakiriye mu cyumba cyâinama […]
Ibyoherezwa mu mahanga byo kwambara biri kwiyongera kuva twafata ibyemezo byacu â Olivier Nduhungirehe
Umunyamabanga wa Leta muri minisiteri yâububanyi nâamahanga, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe aremeza ko umusaruro wâimyambaro ikorerwa mu Rwanda nâibyoherezwa hanze ugenda uzamuka kuva u Rwanda rwafata ibyemezo byo guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda. Ni mu kiganiro yagiranye na Radio Mpuzamahanga yâAbafaransa (RFI). Iyi nkuru itangira ivuga ko ibihugu byo mu Burayi nâu Bushinwa atari byo byonyine […]
Ikibuno kinini nâuburanga ntibizagushuke, dore ibimenyetso 10 bizakwereka umugore mwiza mu buriri
Abagabo benshi usanga bahanze amaso ku bagore bafite ikibuno kinini, ba bagore tubona inyuma haba mu maso nâindi miterere yâumubiri tukavuga ngo ni beza, ariko ibyo byose hari igihe usanga waribeshye iyo mugeze mu buriri. Umugabo nâumugore iyo bageze mu buriri, mu gikorwa cyâakabariro, mbere na mbere umwe aba agomba gusangira na mugenzi we mu […]
Herman Cohen arasanga Perezida Kabila ashaka gukina umukino nkâuwa Putin na Medvedev mu Burusiya
Herman Cohen, wahoze ari umudipolomate wâUmunyamerika ushinzwe Afurika, aravuga ko Perezida Joseph Kabila yemeye guhitamo Emmanuel Ramazani Shadary hari ikindi kibyihishe inyuma, agashimangira ko ashaka gukina umukino nkâuwa Putin na Medvedev mu Burusiya. Mu nyandiko ye yanyujije kuri blog ye, Herman Cohen yavuze ko nyuma yâamatora perezida Kabila azaba Senateri ubuzima bwe bwose, yaramuka agize […]
Green Party: Uko kwiyamamaza ku munsi wa Gatatu i Kayonza byari byifashe mu mafoto
Uko byari byifashe mu mafoto mu kwiyamamaza kw’abakandida Depite ba Green Party ku munsi wa Gatatu. Ku wa Kane ni ikiruhuko, ibikorwa byo kwiyamamaza by’iri shyaka bikazasubukurwa ku Gatanu tariki ya 17/08/2018 i Rubavu mu Ntara yâIburengerazuba. George Kyotera/bwiza.com
Urwego rwâIgihugu rwâindege za gisivili na IATA mu bufatanye mu bijyanye nâumutekano mu ngendo zo mu kirere
Urwego rwâIgihugu rushinzwe Indege za Gisivili (CAA) ndetse nâIshyirahamwe Mpuzamahanga ryâUbwikorezi bwo mu Kirere (IATA) byemeranyije gufatanya mu bijyanye nâumutekano, mu rwego rwâubukangurambaga bwagutse bugamije gushaka uburyo bwose kompanyi zose zâindege zakwiyandikisha mu rwego rushinzwe umutekano rwa IATA ruzwi mu Cyongereza nka IATA Operational Safety Audit. Nk âuko byatangarijwe i Abuja mu 2015, guverinoma zâibihugu bya […]
Kanye West avuga ko yigeze kwifuza kuryamana nâabavandimwe bâumugore we
Umuraperi Kanye West abinyujije mu ndirimbo ye nshya yavuze ko yigeze kugira ibitekerezo byo kuba yaryamana nâabavandimwe bâumugore we, Kim Kadarshian. Aya ni amagambo agaragara mu ndirimbo yâuyu muhanzi yasohotse ku wa 11 Kanama 2018, ayita XTCY. Muri iyi ndirimbo yiganjemo ubutumwa buganisha ku bijyanye nâimibonano mpuzabitsina, Kanye West avuga ko yagize ibitekerezo bisa nkâibyâabarwayi […]
Amahugurwa yâabagore biyamamaza ntiyibagiwe abonsa
Impuzamiryango profemme-twese hamwe yageneye amahugurwa abagore bose 262 bemejwe ku rutonde rwâabiyayamamariza kuba abadepite muri manda itaha. Mu kutarobanura abatanzwe nâimitwe ya politiki yose, abafite ubumuga, urubyiruko nâabashaka kujya muri 30% iteganywa nâitegeko nshinga; iyi mpuzamiryango yanitaye ku bakandida batwite ndetse nâabonsa. Bose bahugurwa ku miyoborere, gutegura imbwirwaruhame no kuyitanga, nâuburyo bwo kwakira ibivuye mu […]
Kampala: Umurundi mu bantu 3 bakekwaho kwica abantu babiri babarasiye muri Juba Hotel
Igipolisi cya Uganda muri Kampala cyataye muri yombi abantu batatu barimo umuzamu (Security Guard) bakurikiranweho kwica abantu babiri babarasiye muri hotel yitwa Juba Hotel mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, itariki 15 Kanama. Mu batawe muri yombi bakekwaho ubu bwicanyi harimo nâUmurundi. Umuvugizi wâigipolisi muri Kampala, Luke Owoyesigire, avuga ko Mohammed Abdullah wâimyaka 30 […]
Uwagabye igitero mu Bwongereza ni umwirabura ukomoka muri Sudani
Polisi y’u Bwongereza yatangaje ko umugabo wari utwaye imodoka akayahuranya mu nzitiro z’umutekano hanze y’ahakorera inteko ishingamategeko y’iki gihugu i Westminster mu murwa mukuru London, yitwa Salih Khater akaba ari umwirabura. Polisi yavuze ko afite imyaka 29 y’amavuko, akaba ari Umwongereza ufite inkomoko mu gihugu cya Sudani, iki kigorwa akaba yaragikoze ku wa Kabiri tariki […]
Iyo abantu bakoreye hamwe batera imbere kuko buri wese icyo azi agisangiza mugenzi we- Meya Mushabe
Ubwo ku wa 13 Kanama, mu karere ka Nyagatare hateraniraga inama yâumutekano yaguye yitabiriwe nâabanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge n’utugari, abagize njyanama yâakarere, abahagarariye abikorera nâabandi bafatanyabikorwa b’Akarere ndetse nâinzego zâumutekano, umuyobozi w’akarere, Mushabe David, yabasabye gukorera hamwe. Iyi nama yarebeye hamwe uko umutekano wifashe mu karere muri rusange, urwego aka karere kagezeho mu kurwanya ibiyobyabwenge nâibindi […]