Intambara yâamagambo hagati ya Leta yâu Burundi na Loni
Umuyobozi w’akanama ka Loni gashinzwe uburenganzira bwâikiremwamuntu, Michelle Bachelet yagaragaje ishavu nâagahinda yatewe nâuhagarariye u Burundi muri Loni ugereranya umukuru wâakanama gakora iperereza mu Burundi nkâigikoresho cyâabandi. Nkâuko bitangazwa na Reuters, uhagarariye u Burundi mu Loni, Albert Shingiro, avugira mu nama ya Loni, ku wa Gatatu tariki ya 24 Ukwakira 2018, yikomye raporo yashyizwe hanze […]
Nkombo: Abagore bigobotoye ingoyi y'ubujiji bagiye guhangana n'iy'ubukene
Abagore bo ku kirwa cya Nkombo, mu karere ka Rusizi bavuga ko bahagurukiye ikibazo cyâubukene gikomeje kubabera inzitizi nyuma yo guhangana nâicyâubujiji. Ubwo itorero ryâAbangilikani Diyoseze ya Cyangugu binyuze mu muryango uhuza abagore bâiri torero( Mothersâunion) ryashyikirizaga impamyabumenyi abagore 33 barangije amasomo yo gusoma no kwandika, bamwe muri bo baboneyeho umwanya yo kugaya ubuyobozi bubi […]
Dukwiriye kubanza gukira ibikomere ubwacu, kugira ngo dukize abato- Mme J. Kagame
Madamu Jeannette Kagame avuga ko hari abantu benshi bafite ibikomere byâamateka u Rwanda rwaciyemo bityo ko abakuze bakwiye kubanza kubikira kugira ngo bakize nâababyiruka. Madamu Jeannette Kagame yabitangarije i Rusororo mu karere ka Gasabo, umujyi wa Kigali, ku wa Gatanu tariki ya 26 Ukwakira 2018, ubwo yifatanyaga n’abanyamuryango ba Unity Club, Abarinzi b’Igihango bahawe “Igihembo […]
Menya icyatumye Kanye West yanga kuza mu Rwanda akajya muri Uganda
Nyuma yaho umuhanzi Kanye West akoreye amashusho ya alubumu ye muri Uganda, hari ibindi bihugu birimo U Rwanda uyu muhanzi yifuzaga gukoreramo iki gikorwa. Abagize uruhare muri iki gikorwa nkâuko Dailymonitor dukesha iyi nkuru  ibitangaza, bavuga ko Kanye West wari kumwe nâumugore we, Kim Kardashian  nâumwana wabo bashakaga kuza mu Rwanda ariko abakozi babo bashinzwe […]
Anita Pendo yateye imitoma Miss Chanel ku isabukuru ye yâamavuko
Umunyamakuru akaba nâumushyushyarugamba, Anita Pendo, yatatse ubwiza nâubuhanga umuhanzikazi Miss Channel  ku isabukuru ye yâamavuko. Kuri uyu wa 26 Ukwakira 1985, ubwo Nirere Chanel uzwi ku izina ryâubuhanzi rya Miss Chanel yizihizaga isabukuru yâamavuko, nibwo Anita Pendo yayimwifurije abicishije ku rukuta rwe rwa Instagram, akora mu nganzo amurata mu bwiza nâubuhanga. Anita yagize ati âijwi […]
Uganda: Umuminisitirikazi arashinjwa gukorera iyicarubozo umugore yatwariye umugabo
Umwe mu bagore bâabaminisitiri muri Uganda kuri uyu wa Gatanu arashyikirizwa urukiko ashinjwa guha amabwiriza abashinzwe umutekano yo gukorera iyicarubozo umugore mugenzi we ashinjwa guca inyuma akaryamana nâumugabo we. Uyu muminisitiri imyirondoro ye yabaye igizwe ibanga, aravugwaho kuba yararyamanaga nâumugabo wâumugore wamureze, yarangiza agafata nâicyemzo cyo kumutera ubwoba nyuma yâaho abavumburiye ibyabo. Ladislas Rwakafuzi uri […]
Miss Wema Sepetu wagaragaye asambana birangiye asabye imbabazi
Umukinnyi wa Filimi muri Tanzania, Wema Sepetu yasabye imbabazi nyuma yaho hagaragaye amashusho ye ari mu gikorwa cyâubusambanyi nâumusore witwa Patrick Christopher. Ku wa Kane tariki ya 25 Ukwakira 2018, mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru, Sepetu yasabye imbazi ku bwâaya mashusho, aho yasomanaga na Patrick Christopher, umunwa ku wundi, muri video yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga. Uyu […]
U Rwanda rwatangiye imyitozo yo gukumira icyorezo cya Ebola
Minisitiri wâUbuzima Dr Diane Gashumba nâUmugaba Mukuru wâIngabo zâu Rwanda Gen Patrick Nyamvumba ni bamwe mu bayobozi bakurikiranye imigendekere yâuyu mwitozo. Dr Zuberi Muvunyi ushinzwe ibikorwa byâubuvuzi nâubuzima rusange muri Minisiteri yâUbuzima avuga ko uyu mwitozo wagaragaje ubushobozi bwa RDF, ubwâIbitaro bya Gisirikari nâumutwe wâingabo ushinzwe ubuvuzi mu gukumira icyorezo cya Ebola. Yagize ati âBiragaragaye […]
Mukobwa ugiye gushyingirwa, dore ibintu bitanu bizagufasha kunezeza umugabo mu buriri
Kera bavugaga ko umukobwa mbere yo gushyingira abanza kuganira na ba nyirasenge bakamuhanura uko bafata umugabo, ariko ubu usanga abenshi bagenda bafite amasomo make cyane ku rugo, ahubwo ahanini barangamiye imitungo ariko si ko byakabaye, kuko umugore mwiza aba agomba kurangwa no kumenya inshingano. Dore ibintu bitanu umukobwa aba agomba kuba azi mbere yâuko ashaka […]
Impamvu Ariana Grande Butera  yatandukanye nâumukunzi we
Umuhanzikazi Ariana Grande Butera mu ntangiro zâUkwakira 2018 yatandukanye nâumukunzi we, Pete Davidson gusa impamvu ikomeza kuba urujijo. Kuri ubu byamaze kumenyekana ko uyu mukobwa yatandukanye nâumukunzi we mu rwego rwo kwiha amahoro  nyuma yâurupfu rwâuwo bahoze bakundana, Mac Miller. Imwe mu nshuti za hafi yabwiye, Entertainment Tonight dukesha iyi nkuru itiâ Yashatse kuba yajya […]
Burundi: Abanyarwanda babiri batawe muri yombi nâurwego rwâubutasi, SNR
Abanyarwanda babiri ndetse nâumwe mu bayoboke bâihuriro Amizero yâAbarundi kuri uyu wa Kane batawe muri yombi nâurwego rushinzwe ubutasi mu Burundi (SNR). Abatawe muri yombi ni; Fabien Ngerageze, wo mu ihuriro ryâabatavuga rumwe nâubutegetsi, Amizero yâAbarundi, ndetse nâAbanyarwanda babiri, Callixte Mpozenzi na Juvenal Mundane. Bafatiwe muri Komini Bukinanyana, mu Ntara ya Cibitoke, kuri uyu wa […]
U Rwanda rwiyemeje kurushaho guteza imbere ikoreshwa ryâIgifaransa
U Rwanda rwatangiye ubukangurambaga bugamije gukomeza ikoreshwa ryâururimi rwâIgifaransa mu gihugu nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kane na minisitiri ushinzwe imirimo yâinama yâabaminisitiri Marie Solange Kayisire. Ikoreshwa ryâururimi rwâIgifaransa mu Rwanda ryari ryaragabanyije umurego bitewe nâuko abantu benshi bakoresha Icyongereza kurusha Igifaransa nubwo izi ndimi zombie ari indimi zikoreshwa mu buyobozi nkâuko Kayisire yabitangarije mu […]
Ni iki gikubiye mu butumwa budasanzwe Perezida Museveni yoherereje Perezida Kagame?
Perezida Yoweri Museveni wa Uganda kuri uyu wa Kane, itariki 25 Ukwakira yoherereje ubutumwa bufatwa nkâubudasanzwe mugenzi we wâu Rwanda, Paul Kagame mu gihe ibihugu byombi bikomeje kutarebana neza muri dipolomasi yabyo kubera impamvu zitandukanye. Ni ubutumwa Perezida Paul Kagame yashyikirijwe na Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wa Uganda, Sam Kutesa, wabonanye nâumukuru wâigihugu kuri uyu wa […]
Nyamasheke/Shangi: Barasaba ko hakongerwa ibyumba byâamashuri yâincuke
Ababyeyi barerera mu mashuri yâincuke mu murenge wa Shangi, akarere ka Nyamasheke, bashimira ubuyobozi bwâakarere  nâumuryango VSO ubafasha mu burezi, bagasaba ko nâikibazo cyâibyumba byâamashuri bike bifuza ko cyakemuaka vuba. Ni bimwe mu byo batangarije umuterankunga wabo akaba nâumuyobozi wâumuryango âDubai Caresâ, Tariq Al Gurg ubwo yabasuraga, akaba yishimiye uburyo abana bato biga mu mashuri […]
Amakosa akomeye yatumye abayobozi bâibigo 4 bya leta birukanwa burundu
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame, yirukanye muri Guverinoma abayobozi bane bazira imyitwarire mibi nyuma yâamezi hafi abiri yirukanye itsinda ryo muri minisiteri yâubuzima rizira gukoresha nabi umutungo wa rubanda. Kuri iyi nshuro, inama yâabaminisitiri yateranye kuri uyu wa gatatu ushize, itariki 24 Ukwakira iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, hashingiwe ku iteka rya minisitiri […]
RDC: Monusco yasubije inyuma igitero cya ADF ku birindiro byayo
Kuri uyu wa Gatatu ushize, itariki 24 Ukwakira nyuma ya saa sita, ingabo za Monusco zasubije inyuma igitero cyitiriwe inyeshyamba za ADF ku birindiro byayo biri hafi yâikiraro cya Semuliki ku muhanda Mbau-Kamango muri Teritwari ya Beni. Umuyobozi wâIbiro bya Monusco mu majyaruguru ya Kivu, Karna Soro, wemeje aya makuru, yatangaje ko hitabajwe kajugujugu 2 […]