Gisagara: Barashimwa kuba bafite ivuriro muri buri Kagari

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Gashumba Diane, yashimye Akarere ka Gisagara kugeza ubu gafite ivuriro muri buri kagari, ibi ngo bigaragaza ko kesheje umuhigo w’imyaka irindwi mu gihe gito. Mu bukangurambaga bwise ‘Bahoneza’, bwabaye kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Kamena 2019, mu Karere ka Gisagara, Minisitiri Dr Gashumba Diane wanafunguye ku mugaragaro amavuriro y’ibanze ane […]

Noherereje databuja ifoto yanjye nkenyeye isume none yayuririyeho ansaba igitsina- Nkore iki?

Nitwa Anita, nkaba ndi umukobwa w’imyaka 31, iwacu ni mu mujyi wa Kigali, akaba ari naho nkorera akazi ka buri munsi. Mu minsi ishize nibwo nagize ntya mba nikozeho mu bintu byabaye nta ruhare mbigizemo ariko ndabona bitanyorohera. Hari amafoto ajyanye n’akazi nari nafotoje telefoni yanjye, umukoresha wanjye ansabye ko nyamwoherereza nkora ikosa ryo koherezamo n’imwe […]

RDC: FARDC yigaruriye ibirindiro by’inyeshyamba mu mirwano yaguyemo abantu 19

Igisirikare cya Congo, FARDC, kuri uyu wa Gatatu, itariki 26 Kamena kigaruriye ishyamba rya Wago, ryari indiri y’abantu bitwaje intwaro muri Teritwari ya Djugu, mu Ntara ya Ituri. Biravugwa ko ingabo za Congo zigaruriye aha hantu nyuma y’imirwano ikaze yaguyemo abantu 19 barimo inyeshyamba 16 n’abasirikare bal eta batatu nk’uko imibare yatangajwe n’umuvugizi w’igisirikare muri […]

Perezida Kagame n'umufasha we muri Botswana- AMAFOTO

Perezida Kagame wari wagendereye igihugu cya Madagascar ari kumwe n’umufasha we, kuri uyu wa Kane tariki ya 27 Kamena 2019, bakomereje urugendo muri Botswana. Ku wa Gatatu Perezida Kagame ari kumwe n’umufasha we, basuye igihugu cya Madagascar bakirwa na Perezida w’iki gihugu, Andry Rajoelina n’umufasha we Mialy Rajoelina, ku kibuga cy’indege cy’i Antananarivo, banitabira ibirori […]

Tanzania: Umugabo washakanye n'Umunyarwandakazi yahaye Depite Jaguar ubutumwa bukakaye

Umugabo w’Umunyarwandakazi Umunyana Remy, AY yagize icyo atangariza Depite Charles Njagua uzwi nka Jaguar akaba n’umuhanzi wasabye ko abanyamahanga barimo Abanyatanzaniya bakwirukanwa mu gihugu cya Kenya. Jaguar muri iki cyumweru yumvikanye mu bitangazamakuru avuga ko Abashinwa, Abanya-Tanzania, Abanya-Uganda babuzwa gukorera ubucuruzi muri Kenya kuko ngo babangamira abenegihugu. Benshi bagaragaje ko batishimiye aya magambo ya Jaguar. […]

Rusizi/ Nkanka: Barishimira iterambere bamaze kugeraho

Abaturage bo mu Murenge wa Nkanka, mu karere ka Rusizi, bavuga ko ibyo bamaze kwigezaho ubwabo mu myaka 25 bamaze bibohoye  ari ntagereranywa binabereka byinshi bishoboka igihe bakomeza kubumbatira umutekano no gushishikarira umurimo banarinda ibyo bagezeho. Baganira na Bwiza.com ubwo muri uyu murenge haberaga imurika ry’ibikorwa by’ubuhinzi,ubwororozi,ubukorikori n’ibindi, banataha ibikorwa remezo birimo ivuriro ry’ibanze ( […]

Amafoto: Inyeshyamba nyinshi bivugwa ko ari iza Kayumba Nyamwasa zishwe izindi zirafatwa

Abantu benshi bikekwa ko ari inyeshyamba z’Abanyarwanda bishwe abandi bafatwa ari bazima nyuma y’igikorwa cya gisirikare cy’ingabo za Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo, muri Kivu y’Amajyepfo. Ababashije kurokoka biravugwa ko bahungiye nko mu birometero 100 uvuye I Minembwe. Kuri uyu wa kane nibwo byatangajwe ko uwitwa Habib Mudasru (uri ku ifoto hasi), bivugwa ko ari […]

Madagascar: Abantu 16 bapfiriye mu mubyigano ku Munsi w'Ubwigenge

Abantu bagera kuri 16 bapfirye mu mubyigano wabaye kuri sitade muri Madagascar ubwo bari mu birori by’umunsi w’Ubwigenge kuri uyu wa Gatatu, itariki 25 Kamena. Nta makuru menshi aratangazwa, gusa abategetsi baremeza ko ibi byabaye ubwo abantu bageragezaga kuva muri sitade akarasisi karangiye maze polisi igafunga imiryango. Abantu babarirwa muri mirongo bakomerekeye aha kuri sitade […]

Umugore yashatse ko turyamana ndabyamga none anyanga urunuka- Umusore utuye ku Muhima

Umusore witwa  Julius Nsabimana (amazina yahinduwe nk’uko yabidusabye) yandikiye Bwiza.com avuga ko afite imyaka 28 akaba atuye mu Murenge wa Muhima ari nako asaba inama ku kibazo afitanye n’umugore wifuje ko baryamana yabyanga agahinduka umwanzi gica. Uyu musore yanditse agira ati “  Mba mu gipangu kibamo umugore ufite umugabo n’abana bane. Uyu mugabo arakuze n’ubwo […]

RDC: Abantu 16 baguye mu mirwano hagati ya FARDC n’inyeshyamba

Abantu cumi na batandatu baguye mu mirwano hagati ya FARDC n’inyeshyamba hatatangajwe umutwe zikomokamo mu majyaruguru y’uburasirazuba bw’iki gihugu nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri. Akarere kabereyemo imirwano biravugwa ko ari nako kapfiriyemo abagera ku 160 mu gihe abandi babarirwa mu bihumbi amagana bahunze mu byumweru bibiri bishije. Umuvugizi wa gisirikare, Lt Jules Ngongo yabwiye […]

Hon. Sebaba aribaza igihe azambukira umupaka!

Abantu batari bake bamaze kumpamagara ku simu yanjye ngendanwa bambaza icyo nabaye kuko nta gikoma nkaba ntacyumvikana. Bamwe bibazaga ko narwaye abandi bagakeka ko nahinduye umwuga wanjye. Buriya nuko banzi buke kuko burya mba nijijisha ngo mukumbure ariko ngaruke mfite icyo ngarukanye cyabagirira umumaro ntabasondetse cyangwa ngo mbapfunyikire ibirohwa. Ngaho re….ndatangiye byabindi byanjye byo gushweza […]

Ingabire Immaculée arasaba ko RIB yakurikirana abayobozi ba WASAC

Umuyobozi wa Transparency International Rwanda, Ingabire Marie Immaculée, ni umwe mu bagiye bagaragaza ko izamurwa ry’ibiciro by’amazi rikabije, nyuma y’aho bigaragariye ko byakoze mu manyanga, kuri ubu akaba asaba Urwego rw’igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) gukurikirana abayobozi ba WASAC babigizemo uruhare. Ibiciro bishya by’amazi mu Rwanda byatangajwe mu mpera y’ukwezi kwa mbere uyu mwaka, ariko abafatabuguzi batangiye […]

Abapolisi basezerewe basabwe gukomeza guharanira ko igihugu gikomeza gutekana

Umuyobozi wa Polisi y’u Rwanda, Inspector General of Police(IGP) Dan Munyuza, yasabye abasezerewe muri Polisi y’u Rwanda gukomeza kurangwa n’imyitwarire myiza no guharanira ko igihugu gikomeza kugira umutekano n’iterambere birambye. Ibi yabibasabye ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki ya 26 Kamena, mu muhango wo kubasezera no kubashimira wabereye ku cyicaro gikuru cya Polisi […]