Uganda isobanura impamvu inama n’u Rwanda yakerewe
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Uganda, Sam Kuteesa asobanura impamvu inama ya kabiri yiga ku ishyirwamubikorwa ry’amasezerano ya Angola agamije kubyutsa umubano wayo n’u Rwanda yakerewe. Iyi nama yari kubera muri Uganda ku wa 16 Ukwakira 2019, kuko iya mbere yari yabereye i Kigali ku wa 16 Nzeri 2019. Mu myanzuro yafatiwe muri iyi nama ya […]
Impaka n’amarira mu rubanza rw’abari abayobozi mu nkambi y’impunzi ya Kiziba
Urukiko rukuru mu rugereko rwa Rusizi kuri uyu wa Kane tariki ya 7 Ugushyingo 2019, rwasubukuye urubanza rw’abari abayobozi b’impunzi z’abanyekongo mu Nkambi ya Kiziba, urubanza rwaranzwe n’impaka ndetse n’amarangamutima ku baturage bari mu cyumba cy’iburanisha. Abakomeje kwiregura barimo Madamu Clemence Mukeshimana wari visi Perezida w’iyo nkambi. We na bagenzi be baregwa ibyaha birimo kwigaragambya […]
Mabuja yaranyambuye anankubitira iwe, ese nihorere mutware umugabo?
Amahoro kuri mwese, nitwa Olive nkaba nari maze umwaka n’igice nkora muri Alimentation y’umukire ariko narambuwe ndanakubitwa. Muri icyo gihe cyose nagiye mpembwa nabi pe, uku kwezi nkahembwa ukundi bikanga, gusa ku ruhande rumwe mabuja akambwira ko nta mafaranga ahari kandi mbona business igenda neza. Databuja ntabwo akorera aho, yifitiye akandi kazi akunda kuhaca rimwe […]
Ibyamamare biratabariza Abanyamulenge bakomeje kwicwa

Ndabasuhuje nk’abavandimwe duhuje amaraso, ububabare mu bihe bikomeye, mu gihe cy’ibyishimo tukishima kimwe. Ubushize mugenzi wange yibazaga impamvu amahanga arebera Jenoside iri gukorerwa abanyamulenge. Yabahaye ubusobanuro bwa Jenoside nk’uko byemejwe n’imiryango mpuzamahanga, ari na byo yashingiyeho aha ubu bwicanyi inyito nk’iyi. Wenda nge simbitindaho nsobanura kuri iri jambo ndetse n’ubu bwicanyi bumaze gufata indi ntera […]
Uko mbibona: Impinduka muri guverinoma, umukoro ukomeye-Igice cya mbere
Mu ntangiriro z’iki cyumweru, umukuru w’igihugu yakoze impinduka zikomeye mu rwego rwa politiki n’urwa gisirikari. Muri ibyo bice byombi turagira ngo dutereremo ijisho turebe aho biganisha nubwo atari ihame, kuko tuticaranye ku meza amwe n’uwabikoze cyangwa ngo mbibwirwe n’uwagize uruhare muri icyo gikorwa. Igitekerezo ni igitekerezo nyine nkuko n’undi yatanga icye bwite kimeze cyangwa gihabanye […]
Nyamasheke: Abagore bo mu itorero ADEPR bashyikirije umuryango w’abana 5 b’imfubyi zibana inzu babamo

Nyuma yo gupfusha ababyeyi bombi babasize mu kazu gato,gashaje cyane kendaga kubagwaho, abana 5 bo mu mudugudu wa Kabuga,akagari ka Karengera,mu murenge wa Kirimbi mu karere ka Nyamasheke, bashyikirijwe n’abagore bo mu itorero ADEPR muri aka karere inzu nziza babubakiye,abana bishimira ko batazongera kuvirwa no kurarana ubwoba ko ubuzima bwabo bwaburira muri ako kazu kendaga […]
Rubavu: Bamwe mu baturage bamaze imyaka 5 badaca iryera amazi ya WASAC, ijerekani iragura 300

Abaturage batuye mu mirenge igize akarere ka Rubavu ba muri imwe mu mirenge igize akarere ka Rubavu, bavuga ko bahangayikishijwe n’ibura ry’amazi. Hari n’abaturage bavuga ko bamaze imyaka irenga itatu batabona amazi. Ubu muri tumwe mu duce dutandukanye tw’umujyi wa Rubavu bafite ikibazo cyo kubura amazi aho ijerekani igura amafaranga 300 mu duce twa Mbugangari […]
Video y’umwana wabyinnye ‘Kungola’ imaze kurebwa n’abasaga miliyoni 8

Mu mpera z’ukwezi gushize ni bwo hatangiye gusakara amashusho ya Bonane Joseph w’imyaka 5 y’amavuko abyinana na bagenzi be indirimbo ‘Kungola’ ya Bruce Melodie na Sunny. Bitewe n’impano uyu mwana w’i Kirehe yagaragaje, byatumye bamwe bajya kumusura, abandi basangiza aya mashusho bamusabira ubufasha, burimo kumurihira amashuri, akiga nk’abandi, kumugurira imyenda ndetse no gutera umuryango we […]
Inzego za Leta14 zatunzwe agatoki mu gutanga akazi mu buryo bw’uburiganya
Raporo ya Komisiyo y’Abakozi ba Leta n’Umurimo (NPSC) y’umwaka 2018/2019 igaragaza ko hari inzego za Leta 14 zatanze akazi mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Amakosa menshi nk’uko iyi raporo ibigaragaza, ni ayakozwe mu gushyira abakozi bashya mu myanya aho hari abatarabaga buzuje ibisabwa ariko bagahabwa akazi ndetse no gutanga amanota ku bapiganwa kandi batayakoreye. Ibi byagarutsweho […]
Mu Rwanda hari abana b’imyaka 6 bafite ivanguramoko- NURC
Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge (NURC) itangaza ko abana bo mu Rwanda bari hagati y’imyaka irandatu kugeza ku icumi bafite ivangura rishingiye ku moko (tribalism). Ibi ni ibyashyizwe hanze na Perezida w’iyi komisiyo, Rtd. Bishop John Rucyahana ubwo yagezaga ku nteko ishinga amategeko umutwe w’Abasenateri raporo y’uru rwego y’umwaka wa 2018/2019 kuri uyu wa 6 Ugushyingo […]
Bosco Ntaganda agiye gufungwa imyaka 24

Kuri uyu wa 7 Ugushyingo 2019, Urukiko Mpuzamahanga Mbanabyaha rwakatiye Bosco Ntaganda imyaka 30 y’igifungo izavanwaho itandatu yari amaze afunzwe. Ku wa 8 Nyakanga 2019, Bosco Ntaganda yahamwe n’ibyaha 18 birimo iby’intambara n’ibyibasiye inyokomuntu yakoreye mu ntara ya Ituri iri mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo kuva mu 2002 kugeza mu 2003. Urubanza […]
Canada: Umunyarwanda arashinjwa kwica umuturage amuteye icyuma

Umunyarwanda witwa Ignace Kayiranga w’imyaka 33 y’amavuko yatawe muri yombi na Polisi yo mu Mujyi wa Ottawa ashinjwa kwicisha icyuma umuturage wo muri iki gihugu witwa Austin Simon. Ikinyamakuru ici.radio-canada.ca gitangaza ko ubu bwicanyi bwabaye Ku wa Kane w’icyumweru gishize, Austin ajombagurirwa icyuma ku muhanda wa Murray, uri mu gace ka King Edward. Iki Kinyamakuru […]
Nyamasheke: Abarangije muri kaminuza ya Kibogora polytechnic basabwe kuba umusemburo w’impinduka mu iterambere

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke buvuga ko nubwo ikibazo cy’abakozi babishoboye mu nzego zinyuranye kigenda gikemuka ugereranije n’uko byari biri mu myaka ishize, hagikenewe byinshi byo gukorwa kugira ngo aka karere kakigaragaza ubukene cyane ugereranije n’utundi mu gihugu kabashe kubwikuramo, abarangiza kaminuza bagasabwa kuba umusemburo w’impinduka kugira ngo iterambere ryifuzwa ribashe kugerwaho. Ni bimwe mu byavuzwe […]
Gisozi: Ntibemerewe kubaka no kugurisha, bakavuga ko babuzwa uburenganzira ku butaka bwabo
Abaturage bo mu Mudugudu wa Nyakariba na Gashari, mu Kagari ka Musezero, Umurenge wa Gisozi, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, bavuga ko bafite ibibanza muri aka gace ariko nta gikorwa na kimwe bemerewe kubikoresha. Aba baturage bavuga ko batemerewe kuhubaka, ntibemerewe gusana cyangwa se kuhagurisha, ibintu bagaragaza ko ari ukubuzwa uburenganzira ku butaka […]
Nkunda iyi kipe ya Rayon, buri gihe mba niteguye kuba nayipfira -Sarpong

Umunya Ghana Michael Sarpong ukinira ikipe y’abafana ya Rayon Sports Fc yasabye imbabazi ku makosa aheruka gukora ubwo bakinaga na Sunrise, yemeza ko Rayon Sports ari iipe akunda kd yanapfira. Hari mu mukino w’umunsi wa 5 bakiriwemo na Sunrise FC, tariki ya 26 Ukwakira 2019 kuri Golgotha Stadium (Izina yahawe n’abafana), ubwo yari amaze guhabwa […]
Rubavu: Isoko (Cross border Market) ryuzuye ritwaye miliyoni 3 z’amadorari, amezi abaye 8 ryarabuze abarigana
Abacururiza mu isoko rya Cross Border Market bararira ayo kwarika kubera igihombo baterwa no kubura abaguzi mu gihe abahawe imyanya muri iri soko, abenshi batigeze baza kuyikoreramo ari nayo mpamvu nta muguzi ugana iri soko kuko akenshi n’abaje basanga nta bacuruzi barimo, ubuyobozi bw’Akarere buvuga ko mu gukemura iki kibazo n’uko bazaka imyanya abayifashe batayikoreramo. […]
DRC: Umugore yafatanwe, amasasu n’imyenda y’abajepe abishyiriye inyeshyamba zikomoka mu Rwanda

Polisi ya Congo- Kinshasa yataye muri yombi Umugore witwa Nzigira Aimerance wari ugemuriye inyeshyamba zikomoka mu Rwanda FPP-ABAJYAMUGAMBI amasasu y’ubwoko bw’imbunda ya mashinigani (machine gun) ndetse n’imyambaro ibiri y’abarinda umukuru w’iki gihugu. Amakuru agera kuri Rwandatribune.com dukesha iyi nkuru, umwe mu bayobozi ba Polisi mu gace ka Kiwanja muri Teritwari ya Rutshuru aravuga ko kuri […]
Burundi: Abaturage basaga miliyoni zirindwi barwaye Malariya
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima (OMS) ishami rya Afurika ritangaza ko abaturage basaga miliyoni zirindwi mu Burundi barwaye Malariya. Imibare mishya y’icyumweru cya 44 cy’uyu mwaka ni ukuvuga kuva kuwa 28/10 kugeza 03/11/2019) igaragaza ko Malariya yazamutse ikagera kuri 49% mu Burundi hagereranyijwe n’icyumweru cya 39 cyo 2018. OMS iravuga ko kuva mu kwezi […]
Igice cya Gatatu: Kunyaza umugore muri pozisiyo yo kwicara
Nk’uko tumaze kubona uburyo bubori bwa Pozisiyo wanyarizamo umugore neza akanyurwa, ubwa gatatu ni ukuba muri pozisiyo yo kwicara. Nk’uko twari twabisobanuye, benshi uko babivuga cyangwa baba bashaka kubikora siko bibahira, ariko mu by’ukuri Ubundi kunyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni igihe umugore abasha gusohora amavangingo aturuka mu myanya myibarukiro ye biturutse ku byiyumviro aba […]
Akarere ka Ngororero kaza ku isonga mu kugira imfu nyinshi z’iseru
Imibare y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) igaragaza ko Akarere ka Ngororero kaza imbere mu kugira imfu nyinshi z’iseru ugereranyije n’utundi turere two mu Rwanda. Ubushakashatsi bwa OMS bwo mu kwezi kwa Kamena na Nyakanga 2019 bugaragaza ko mu Karere ka Ngororero hapfuye abagera kuri bane bazize iyi ndwara. Mu Rwanda hose, mu bantu […]
Muhanga: Abashinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu mirenge yose bimuriwe icyarimwe bitunguranye
Umunyabanga Nshingwabikorwa w’Akarere ka Muhanga, Kanyangira Ignace yatanze amabwiriza ko nenze abakozi bashinzwe ubuhinzi n’ubworozi mu mirenge igize aka karere bimurwa bakava mu mirenge bakoreragamo bitewe n’icyo yise ko biraye. Iki ni icyemezo cyafaswe nk’icyatunguranye kuko byatangarijwe mu nama yahuje abashinzwe Ubuhinzi, ubworozi n’ubuvuzi bw’amatungo mu Karere ka Muhanga kuwa 6 Ugushyingo 2019. Ni nyuma […]