Magufuli yari yarambwiye ko azanyigisha Igiswahili_Perezida Ramaphosa

Perezida wa Afurika yâEpfo, Cyril Ramaphosa yatangaje ko nyakwigendera Dr John Pombe Magufuli wayoboraga Tanzania yari yaramusezeranyije ko azamwigisha Igiswahili kugeza ubwo azabasha kukivuga neza. Ni ubuhamya uyu Mukuru wâIgihugu yatangiye kuri Sitade yâIgihugu ya Dodoma, mu muhango wo gusezera kuri Dr Magufuli, witabiriwe nâabayobobozi bakomeye muri Tanzania, abaturage, Abakuru bâIbihugu nâabahagarariye za guverinoma. Ramaphosa […]
Minisitiri Ngirente yashimye uruhare rwa Magufuli ku mubano wâu Rwanda na Tanzania
Minisitiri wâIntebe, Dr Edouard Ngirente kuri uyu wa 22 Werurwe 2021 yashimye uruhare nyakwigendera Dr John Pombe Magufuli yagize ku mubano wâu Rwanda na Tanzania. Ni ijambo yavugiye mu muhango wo gusezera kuri nyakwigendera wabereye kuri sitade y’igihugu ya Dodoma muri Tanzania, mu izina ryâUmukuru wâu Rwanda, Paul Kagame. Uyu muhango wari witabiriwe na bamwe […]
Umugabo yibasiye umukunzi we bikomeye bite we n’izina yanditse kuri nimero y’undi mugabo, we yaramwise ‘gitwe kinini’
Umugabo wo muri Nigeria utamenyekanye amazina yibasiye umukunzi we aramuzambya nyuma yo gusanga muri telefoni ye hari undi mugabo yanditse kuri nimero ye ngo ” My Love” bivuze ngo rukundo rwanjye. Uyu mugabo yarushijeho kurya karungu ubwo yasangaga kuri nimero ye iri muri telefoni y’umukunzi we, yaramwise ”Big Head” bivuze ngo ‘ Gitwe kinini’ Cyangwa […]
Muhanga: Uwafashe ku ngufu umugore akanatema abamutabaye yarakatiwe
Umugabo witwa Bikorimana Simeon wari ukurikiranweho icyaha cyo gusambanya umugore ku gahato akanatema abamutabaye mu mpera zâicyumweru gishize yakatiwe igihano cyâigifungo cyâimyaka 16 nâihazabu ya Miliyoni imwe nâigice yâAmanyarwanda (1,500,000 Frw) nyuma yâaho Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga rumuhamije ibyaha. Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Muhanga, bwari bwashyikirije Urukiko dosiye yâuwasambanyije umugore ku gahato, akamutema, akanatema […]
Le Rwanda a confirmé 12 cas de nouvelles variantes de la souche de Covid-19
Le Rwanda a confirmĂ© 12 cas de nouvelles variantes de la souche de Covid-19. Le Dr Daniel Ngamije, ministre de la SantĂ©, a rĂ©vĂ©lĂ© que tous les cas Ă©taient liĂ©s Ă des voyages internationaux dans le pays. Parmi les 12 cas, a-t-il soulignĂ©, 2 patients ont Ă©tĂ© dĂ©tectĂ©s avec la variante britannique, tandis que les […]
Dodoma: Amarira ku maso y’abarimo Janet Magufuli na Perezida Suluhu basezera Magufuli (Amafoto)

Ibikorwa byo gusezera kuri Perezida wa Tanzania, Dr John Pombe Magufuli uheruka kwitaba Imana mu cyumweru gishize, byakomereje mu mujyi wa Dodoma kuri uyu wa Mbere. Ibihumbi by’abaturage ba Tanzania batuye mu mujyi wa Dodoma bateraniye kuri Stade ya Uwanja wa Jamhuri aho basezereye kuri Perezida Magufuli. Mu bari bateraniye muri iriya Stade harimo Janet […]
Perezida Museveni yasezeye bwa nyuma Magufuli aciye muri ambasade â Amafoto

Perezida Yoweri Museveni wa Uganda kuri uyu wa Mbere yasezeye nyakwigendera Perezida John Pombe Magufuli ariko abinyujije muri Ambasade ya Tanzania i Kampala mu gihe hari abandi bakuru bâibihugu bagera mu 10 bagiye kumusezera muri Dodoma. Nkâuko bigaragara ku rukuta rwa twitter rwa Perezida Museveni, yavuze ko yasuye Ambasade ya Tanzania muri kampala ngo ashyire […]
Uwo mu ishyaka rya Dr Kayumba akekwaho kuba mu bashimuse umucuruzi
Jean Bosco Nkusi, ushinzwe ubukangurambaga mu ishyaka ryashinzwe na Dr Christopher Kayumba, Rwandese Platform for Democracy (RDP) ari mu bantu bane bafashwe na RIB bakurikiranweho gushimuta umucuruzi ku Gisozi mu Mujyi wa Kigali, bagahabwa ingurane ya Frw miliyoni ngo bamurekure. Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira Thierry avuga ko aba bantu bane bageze kuri uwo mucuruzi […]
Ijambo rya nyuma ryatumye Magufuli ahamagara Diamond kuri telefoni (videwo)

Umuhanzi Diamond Pltanumz avuga ko ijambo rya nyuma aheruka kuvugana na nyakwigendera Dr John Joseph Pombe Magufuli kuri telefoni ryari ryerekeye ikibazo cye bwite, ku kuri kwa nyako kuri Se umubyara. Mu ntangiro z’umwaka wa 2021, humvikanye amakuru yatanzwe na nyina wa Diamond, Sanura Sandra wavuze ko umugabo ubyara umuhungu we atari Abdul Juma nk’uko […]
Gen. Lecointre asanga ibiregwa Ingabo z’u Bufaransa zari mu Rwanda ari ubusazi
“Ni ubusazi gutekereza ko ingabo zari muri Turquoise zagiye gukora ikindi kintu kitari uguhagarika ubwicanyi bw’Abatutsi bwakorwaga n’Abahutu”, aya ni amagambo y’Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Bufaransa, Gen. François Lecointre wateye utwatsi ibirego bishinja ingabo zâigihugu cye zari mu Rwanda gufasha leta yashyize mu bikorwa jenoside. Ni mu kiganiro yagiranye na BFM TV, aho yatangaje ko […]
Gen. Numbi mu buhungiro/ Bamporiki ati ndi mu kazi Petit || Hirya no hino
Kurikira ibiganiro nâamavidewo binyura kuri Bwiza TV
Abakuru bâibihugu bemeje ko bazitabira gusezera Perezida Magufuli
Byibuze abayobozi 10 bo muri Afurika bemeje ko bazitabira umuhango wo gushyingura uwahoze ari Perezida wa Tanzania, John Magufuli, nk’uko byatangajwe nâumuvugizi wa guverinoma, Hassan Abbasi kuri iki Cyumweru. Abbasi yabwiye abanyamakuru ko umuhango wo gusezera mu rwego rwa leta ubera kuri uyu wa Mbere kuri Stade Jamhuri mu murwa mukuru Dodoma uzitabirwa nâabayobozi barimo […]
RIB iri gukurikirana Tidjara Kabendera
Umuvugizi wâUrwego rwâIgihugu rwâUbugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B. Thierry yatangaje ko uru rwego ruri gukurikirana umunyamakuru akaba nâumushoramari Tidjara Kabendera, nyuma yo kuregwa nâuwari umukozi we. Dr Murangira yabwiye Igihe ati: âNi byo ikirego twaracyakiriye, turi kugikurikirana.â Iki kirego uyu wahoze acururiza Tidjara yagejeje kuri RIB, gishingiye ku byo uyu munyamakuru aherutse gutangariza ku mbuga […]
Dr Kayumba avuga ko umuyobozi mu ishyaka yashinze âyafashweâ n’abatazwi

Umunyapolitiki Dr Christopher Kayumba kuri uyu wa 22 Werurwe 2021 yatangaje ko Umunyamabanga ushinzwe ubukangurambaga mu ishyaka RPD aherutse gushinga, Nkusi Jean Bosco yafashwe nâabantu bataramenyekana ejo hashize. Ni amakuru Dr Kayumba yatangarije BWIZA nyuma yâubutumwa bwâimpuruza iri shyaka ryari rimaze gutangira ku rubuga rwa Twitter, rigira riti: âEjo hashize twamenye ko Umunyamabanga wacu ushinzwe […]
Congo: Uwari uhatanye na Perezida Sassou Ngessou mu matora yabaye ejo yapfuye
Guy Brice Parfait Kolelas wari uhatanye na Perezida Denis Sassou Ngessou mu matora y’umukuru w’igihugu cya Congo-Brazzaville yabaye ejo ku cyumweru, yitabye Imana kuri uyu wa Mbere. Inkuru y’urupfu rwa Parfait Kolelas w’imyaka 61 y’amavuko, yemejwe na Christian Cyr Rodrigue Mayanda wari ukuriye ibikorwa bye byo kwiyamamaza. Uyu yabwiye AFP ko Kolelas yari yajyanwe mu […]
Super manager avuze igifaransa turumirwa, Jovin we ati igifaransa kirakomeye! #isanzure
Yaranyariwe aryamye ku makarito/Yize kwirwanaho yikura kumuhanda/Ubu ni umugabo witunze/Part 2
Min. w’Intebe w’ u Rwanda ategerejwe muri Tanzania
Minisitiri w’Intebe w’ u Rwanda, Dr Edouard Ngirente ategerejwe mu gihugu cya Tanzania mu muhango wo gusezera ku wahoze ayobora icyo gihugu, Dr John Joseph Pombe Magufuli uherutse kwitaba Imana azize umutima. BBC dukesha iyi nkuru ivuga ko abaperezida 10 b’ibihugu bya Afurika biteganyijwe ko bagera i Dodoma mu murwa mukuru wa Tanzania ahabera uyu […]
Jules Karangwa yamaganye inkuru CAF yamwitiriye bataravuganye
Umujyanama wa FERWAFA mu by’amategeko akanaba Umuvugizi wayo Wungirije, yamaganye inkuru yamwitiriwe iri ku rubuga rw’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’amaguru muri Afurika (CAF) ivuga ko shampiyona y’u Rwanda igiye gusubukurwa igakinwa mu buryo bw’amatsinda. Ni inkuru yabanje gutangazwa na bimwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda, mbere yo kwandikwa n’urubuga rwa CAF. Amakuru avuga ko FERWAFA yifuza […]
Burundi: Babiri bakekwaho gukorana nâabitwaje intwaro bavuga Ikinyarwanda, bafashwe
Urwego rwa gisirikare rushinzwe iperereza mu Burundi, rwataye muri yombi uwitwa Denis Uwimana nâundi witwa ClĂ©ment bakekwaho gukorana nâabitwaje intwaro bavuga Ikinyarwanda, bashinze ibirindiro mu ishyamba rya Kibira riri mu majyaruguru yâuburengerazuba bwâiki gihugu. Nkâuko SOS ibivuga, aba bombi baterewe muri yombi muri Komini Mabayi (yegereye u Rwanda) mu Ntara ya Cibitoke, tariki ya 18 […]
Hari ubwoko bushya bwa Covid-19 bwagaragaye mu Rwanda – Dr Ngamije
Amoko mashya ya Covid-19 yabonetse bwa mbere mu Bwongereza no muri Africa y’Epfo yabonetse no mu bipimo byafashwe mu Rwanda, nk’uko byemejwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel Ngamije. Inzobere mu buzima zivuga ko amoko mashya ya Covid-19 ariyo ari gutera ubwiyongere bw’abandura n’impfu ahatandukanye ku isi. Minisitiri w’Ubuzima, Dr Daniel Ngamije, yabwiye RBA ko ubu […]
Impinduka muri Guverinoma, urupfu rwa Magufuli nâishyaka rishya; mu nkuru nyamukuru zaranze icyumweru gishize
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 15 Werurwe 2021 cyaranzwe nâamakuru atandukanye, arimo arebana nâubuzima na politiki. Ni cyo cyumvikanyemo inkuru yâurupfu rwa Dr Magufuli wayoboye Tanzania, cyumvikanyemo koroshywa kwâingamba zo kwirinda Covid-19 nâimpinduka muri guverinoma yâu Rwanda. Izi ni inkuru nyamukuru zakiranze: Impinduka zikomeye muri Guverinoma Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame tariki ya […]