Uko abajura bashatse kwigiriza nkana kuri Gen Salim Saleh

Abantu bane batawe muri yombi bakurikiranweho gushaka kwiba miliyoni 43 z’amashilingi kuri konti ya murumuna wa Museveni, Caleb Akandwanaho bakunze kwita Salim Saleh. Konti ya Gen Saleh iri muri Stanbic Uganda niyo aba bagabyeho ibitero. Abo ni: Isima Katende, Mawejje Yahaya, Mukasa Tukiko na Steven Ssemwogere. Aba bakoresheje imeli, bandikira manaja (manager) wa Stanbic Bank […]

Hari imbogamizi mu gucungira umutekano abashobora gushinjura Kabuga bari mu Rwanda- Umwavoka

Umwunganizi wa FĂ©licien Kabuga, Me Altit yasabye urukiko rwa ONU/UN ikindi gihe cyo gutegura urubanza mu mizi rw’uwo yunganira, agaragaza ko hari imbogamizi ku ngingo yo gucungira umutekano abashobora gushinjura umukiliya we bari mu Rwanda. Iburanisha ryasubukuwe kuwa kabiri nimugoroba, nyuma y’amezi atandatu risubitswe bisabwe n’impande zombi ngo zitegure urubanza. Me Emmanuel Altit wunganira Kabuga […]

Le Rwanda a reçu un lot de 100,600 doses de vaccin Pfizer

e2ycfi5wyaur0rm.jpg

Le ministĂšre de la SantĂ© a annoncĂ© qu’il avait obtenu 100,600 nouvelles doses du vaccin Pfizer par le biais du programme COVAX, un mĂ©canisme soutenu par l’OMS pour un accĂšs Ă©quitable aux vaccins Ă  travers le monde. Les doses sont dĂ©jĂ  arrivĂ©es dans le pays et les mĂ©decins se prĂ©parent Ă  commencer Ă  vacciner davantage […]

Nyaruguru: Nta cyizere bafite cyo kubona isoko ry’amatoni y’ibigori na kawunga biri mu bubiko

img-20210601-wa0039_1.jpg

Abahinzi 346 bibumbiye muri Koperative “Jyambere Muhinzi” ihinga ikanatunganya umusaruro w’ibigori mu murenge wa Kibeho, akarere ka Nyaruguru, bavuga ko ubungubu, nta cyizere bafite cyo kubona isoko rya toni zisaga 65 za kawunga n’impungure z’ibigori bafite mu bubiko. Barasaba ko ubuyobozi bw’akarere ka Nyaruguru bwabavunyishiriza mu bigo by’amashuri afite gahunda yo kugaburira abana ku ishuri, […]

Huye: Umufungwa arashinjwa guhohotera mugenzi we warokotse jenoside

Umufungwa wo muri Gereza ya Huye wafunzwe azira icyaha cy’ingengabitekerezo ya Jenoside akurikiranweho n’ubushinjacyaha ikindi cyaha cyo guhohotera imfungwa mugenzi we wacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Icyaha uyu akurikiranweho cyabereye muri Gereza ya Huye iherereye mu Murenge wa Ngoma, Akarere ka Huye ku itariki ya 08 Werurwe 2021. Ubushinjacyaha Bukuru […]

U Rwanda rurateganya kwakira inkingo 3,500,000 za Pfizer muri uyu mwaka

Minisitiri w’Ubuzima, Dr Ngamije Daniel, yatangaje ko u Rwanda ruteganya kwakira doze miliyoni eshatu n’ibihumbi magana atanu (3,500,000) z’urukingo rw’icyorezo cya Covid-19 rwa Pfizer mbere y’uko uyu mwaka w’2021 urangira, bikazafasha iki gihugu gukingira abantu benshi nk’uko cyabyiyemeje. Dr Ngamije yabitangarije mu kiganiro cyatambutse kuri televiziyo y’igihugu kuri uyu wa 1 Kamena 2021, cyakurikiye ibyemezo […]

Abaperezida bo muri Afurika baba bari gutegurira abahungu babo kuzabasimbura

biens-mal-acquis-le-fils-du-president-congolais-denis-sassou-nguesso-mis-en-examen.jpg

Abakuru b’ibihugu bamwe bo muri bo muri Afurika bamaze n’igihe kirekire ku butegetsi baravugwaho kuba baba barimo no gutegurira abahungu babo kuzabakorera mu ngata igihe bazaba babuvuyeho ubutegetsi bukamera nk’ubwami buhererekanwa mu muryango nk’aba tugiye kugarukaho banuganuzwe mu nkuru ya BBC yo kuri uyu wa Mbere. Perezida Denis Sassou-Nguesso wa Repubulika ya Congo, aherutse kugira […]

Umusimbura wa Zidane muri Real Madrid yamenyekanye

Umutaliyani Carlo Ancelotti watozaga ikipe ya Everton yo mu Bwongereza, ni we ugomba gusimbura Umufaransa Zinedine Zidane nk’umutoza wa Real Madrid. Mu mpera z’icyumweru gishize ni bwo umutoza Zidane yatandukanye na Real Madrid, mbere y’uko iyi kipe isigara ishakisha umusimbura we. Mu mazina yavugwaga harimo RaĂčl Gonzalez Blanco, Xabi Alonso na Antonio Conte uheruka gutandukana […]

Ishyaka RPD rirasaba ko Karasira Aimable arekurwa, ‘kuko arwaye’

Ishyaka RPD ritavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Rwanda Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), kurekura Karasira Aimable “kuko arwaye”, rukamukurikirana adafunzwe. Bigaragara mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa 1 Kamena 2021 n’umuyobozi w’iri shyaka wanarishinze, Dr Christopher Kayumba. Iri tangazo rigira riti: “N’ubwo twubaha RIB ko igomba gukora akazi kayo ko gukurikirana buri wese ukekwaho ibyaha, turayisaba kurekura […]

Aba yarashe mu kico izo ngurube- Museveni ku iraswa rya Gen Katumba Wamala

Perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni avuga ko umurinzi wa Gen Katumba Wamala, aba atiriwe arasa mu kirere, ko ahubwo yari kurasa mu kico abo ari kwita ”ingurube” barashe uyu mujenerali w’inyenyeri enye. Museveni avuga ko aba bari abantu bakora iterabwoba bityo ko uyu murinzi, aba yahise abarasa, aho kurasa mu kirere ngo bahunge. Avuga […]

Butaro: Batanu mu barwayi 20 baba bafite kanseri zifite aho zihuriye no kunywa itabi

Umuganga uvura Cancer mu Bitaro bya Butaro byo mu Karere ka Burera, Dr. John Butonzi, avuga ko uretse Cancer y’ibihaha, itabi ari intandaro ya Cancer z’amoko anyuranye mu bantu bari mu kigero cy’imyaka 35 na 70 y’amavuko. Ikigo cy’Igihugu gishinzwe ubuzima, RBC kivuga ko mu Rwanda abantu 12.8% banywa itabi biganjemo urubyiruko, naho abaganga bavura […]

Imana yampaye amahirwe ya kabiri_Gen Wamala nyuma yo kuraswa akarusimbuka

Gen Katumba Wamala usanzwe ari Minisitiri wa Uganda w’Umurimo n’ubwikorezi, yavuze ko kuba yarashwe akarusimbuka ari “amahirwe ya kabiri” Imana yamuhaye. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri ni bwo Gen Wamala wari kumwe n’umukobwa we Brenda Nantongo ndetse n’umushoferi we, Haruna Kayondo barasiwe mu gace ka Kisaasi mu majyaruguru y’Umujyi wa Kampala. Nantongo na […]

Abarenga 650 mu 1,146 bakekwaho uruhare muri jenoside bari mu mahanga bihishe mu bihugu 2 duhana imbibi

Nyuma y’imyaka 27 Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda irangiye, mu bantu 1,146 bakekwaho kuba baragize uruhare muri jenoside bavuzwe mu mahanga, 23 ni bo baburanishijwe, naho 23 boherezwa mu gihugu. Kubera uko kubakurikirana kwatinze, ubushinjacyaha bw’u Rwanda burahamagarira amahanga kongera ingufu mu gukurikirana abo bakekwaho icyaha imbere y’uko abatangabuhamya, abahohotewe, ndetse n’abo bakekwaho kuba abajenosideri […]

RDC: Abantu 55 bishwe n’inyeshyamba mu munsi umwe

Abantu bagera kuri 55 baguye mu bitero byabereye mu ntara ya Ituri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Leta y’iki gihugu igashyira mu majwi Inyeshyamba zo mu mutwe wa ADF. Imibare yashyizwe ahagaragara n’akanama gashinzwe umutekano muri Kivu y’Amajyaruguru, yerekanye ko abantu 28 biciwe mu gace k’icyaro kitwa Boga mu gihe 22 biciwe muri Tchabi […]

Umukobwa wa Gen. Katumba yishwe yari amaze igihe gito avuye kwiga muri USA

brenda1.jpg

Mu gitondo cy’uyu wa 1 Kamena 2021 ni bwo imodoka yari itwaye Gen. Katumba Wamala wabaye Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, ubu akaba ari Minisitiri w’Umurimo n’Ubwikorezi akanahagararira ingabo z’igihugu mu nteko ishinga amategeko, yarashwe amasasu menshi n’abagizi ba nabi bataramenyekana. Gen. Katumba yakomerekeye muri iki gitero, umukobwa we witwa Brenda Nantongo Wamala n’umushoferi wari […]

Amafoto: Uburanga bw’Umunyamideri Didi Stone, umukobwa wa Koffi Olomide

191407631_1413001019060751_7950381897318586067_n.jpg

Ku myaka 20, Didi-Stone Olomide, umukobwa w’icyamamare Koffi Olomide nawe akomeje kubaka izina mu buryo bwe nk’umunyamideri, aho kuri ubu akurikirwa n’abantu bagera kuri miliyoni kuri Instagram akaba akunze kumurika imyenda y’abadozi b’abahanga mu Bufaransa nka Olivier Rousteing cyangwa Jean-Paul Gaultier. Uyu mukobwa w’uburanga wiga ibijyanye n’ubucuruzi mu by’imyambarire (business de la mode) i Paris, […]

Nyamasheke: Barasabwa guhindura imyumvire, bakarwanya ubukene bw’akarande

Umuyobozi w’Akarere ka Nyamasheke wungirije ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Mukamana Claudette asanga kugira ngo ubukene bw’akarande bwakomeje kuvugwa mu batuye aka karere buranduke, bo ubwabo bagomba gufata iya mbere bakumva ko kwiteza imbere ari bo mbere na mbere bireba ibibagezeho bakabibyaza umusaruro ufatika. Ni bimwe mu byo uyu muyobozi yabwiye abaturage b’akagari ka Shara mu […]

Burundi: Ibiro by’Intumwa idasanzwe ya Loni byafunzwe ku mugaragaro

Kuri uyu wa Mbere, itariki 31 Gicurasi 2021, nyuma ya saa sita, Loni yafunze ku mugaragaro ibiro by’intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye mu Burundi, ivuga ko iki gihugu cyo muri Afurika y’iburasirazuba cyateye intambwe nini mu bwiyunge. Uyu muhango witabiriwe n’abayobozi b’u Burundi, abayobozi ba Loni n’abadipolomate bemewe mu Burundi wabereye ku biro by’Umuryango […]

Amagambo Gen Katumba Wamala yatangaje mbere yo kuraswa

e2yg7qwwqam0ft_.jpg

Gen Katumba Edward Wamala uri mu basirikare bakomeye mu gisirikare cya Uganda (UPDF) mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 1 Kamena 2021 yarashwe n’abagizi ba nabi bataramenyekana ubwo yari amaze akanya gato yifurije abaturage kwirinda Coronavirus no kugira ukwezi kwa Kamena kwiza. Gen Wamala yari akimara kwandika ubwo butumwa kuri Twitter nibwo byahise […]

Gen Katumba Wamala yarashwe, umukobwa we n’umushoferi barapfa

katumba_xclsv.jpg

Gen Katumba Edward Wamala uri mu basirikare bakomeye mu gisirikare cya Uganda (UPDF) mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 1 Kamena 2021 yarashwe n’abagizi ba nabi bataramenyekana ajyanwa kwa muganga ikitaraganya mu gihe umushoferi n’umukobwa we bo bahasize ubuzima. Gen Wamala asanzwe ari Minisitiri w’Umurimo n’Ubwikorezi muri Uganda; ndetse akaba anahagarariye UPDF mu […]

Ku nshuro ya mbere drone yihaye amabwiriza yo gukurikirana umuntu ishaka kumwica

Raporo y’Umuryango w’Abibumbye yabonwe na New Scientist iravuga ko drone “yica” yari iriho intwaro “yahize umuntu” itabibwiwe bwa mbere. Ikinyamakuru Daily Star cyatangaje ko ibi byabaye muri Werurwe 2020 ubwo iyi drone yitwa KARGU-2 yateraga umuntu ku giti cyayo mu gihe cy’amakimbirane hagati y’ingabo za leta ya Libya n’inyeshyamba za Gen. Khalifa Haftar. Ikinyamakuru kivuga […]

Kinshasa: Pasiteri yateye icyuma umugore n’abana 3, babiri barapfa

Pasiteri witwa Jean Pierre Mangwangasa (yambaye isengeri itukura) utuye muri Komini Kalamu mu mujyi wa Kinshasa wo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo, tariki ya 29 Gicurasi 2021 yateye icyuma abantu bane bo mu muryango we, babiri barapfa. Radio Top Congo dukesha aya makuru, yatangaje ko uburakari bw’uyu pasiteri bwatumye atera icyuma aba bantu, yabutewe […]

Perezida wa Kenya yagabiye uw’u Burundi inka 50

Perezida wa Repubulika wa Kenya, Uhuru Kenyatta, kuri uyu wa 31 Gicurasi 2021 yagabiye mugenzi we w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye inka zigezweho 50. Ni igikorwa Perezida Uhuru yakoze ubwo Ndayishimiye yari amaze kugera muri Kenya, yitabiriye ubutumire bwe bwo kwifatanya n’Abanyakenya kwizihiza umunsi wa Madaraka Day, kuri uyu wa 1 Kamena 2021. Ubwo Perezida Ndayishimiye […]

Nahawe ‘warning’ ko ntagomba kuzongera kuvuga kuri jenoside-Karasira mbere yo gutabwa muri yombi

Aimable Karasira wahoze ari umwalimu wa kaminuza ubu uzwi mu biganiro bikunze guteza impaka kuri YouTube kuri ubu yafunzwe ashinjwa “guhakana no guha ishingiro jenoside yakorewe Abatutsi” nyamara ngo yari yaraburiwe, asabwa kutazagira icyo yongera kuvuga kuri jenoside. Ku cyumweru, kuri ‘channel’ ye ya YouTube yise Ukuri Mbona, Karasira, yavuze ko yari yarahawe “‘warning’ [kuburirwa] […]

Imihango yo gusaba no kwiyakira yagiye iraza abageni muri sitade yakomorewe

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa 31 Gicurasi 2021, yakomoreye imihango y’ubukwe yo gusaba no kwiyakira (reception), yagiye iraza abarimo abageni muri sitade mu bihe bitandukanye. Iyi nama yatanze uburenganzira bwo gukora iyi mihango, gusa ishyiraho umubare ntarengwa w’abagomba kuyitabira, mu gihe yabereye ahasanzwe cyangwa ahandi habugenewe. Mu gihe irabera ahasanzwe, ntigomba kurenze abantu 30 […]