Kurerana nawe mu myaka mirongo ishize ni umugisha_ Jeannette Kagame abwira Perezida Kagame

Madamu wa Perezida Paul Kagame, Jeannette Kagame, avuga ko kuba yarareranye na Perezida Kagame abo babyaranye none bakaba bafatanyije urugendo rwo guhinduka ba sogokuru ari umugisha ukomeye. Ni ibikubiye mu butumwa Madamu Jeannette Kagame yageneye Umukuru w’Igihugu, mu rwego rwo kumwifuruza Umunsi mwiza w’abapapa wizihizwa kuri iyi tariki ya 20 Kamena. Abinyujije kuri Twitter ye […]

UN ihamya ko Twirwaneho ari umutwe witwaje intwaro

twirwan.png

Itsinda ry’impuguke z’akanama k’Umuryango w’Abibumbye gashinzwe umutekano (UN Security Council), ryatangaje ko ryakoze amaperereza risanga Twirwaneho yiganjemo abo mu bwoko bw’Abanyamulenge ari umutwe witwaje intwaro. Nk’uko bigaragara muri raporo iri tsinda ryashyize ahagaragara tariki ya 10 Kamena 2021, ryagize riti: “Amaperereza y’iri tsinda yasanze Twirwaneho ari umutwe witwaje intwaro wubakitse.” Iri tsinda ryanzuye ko Twirwaneho […]

Ifoto ya Perezida Kagame ari kurembera umwuzukuru we yatumye benshi bacika ururondogoro

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yatumye abenshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bacika ururondogoro, nyuma y’ifoto ye nshya yagiye hanze ari kurembera umwuzukuru we. Ni ifoto yashyizwe hanze bwa mbere n’umukobwa we Ingabire Ange Kagame, amwifuriza Umunsi mwiza wahariwe abapapa wizihizwa kuri iyi tariki ya 20 Kamena buri mwaka. Ange Kagame yashyize iriya foto kuri Twitter […]

Polisi ntivuga rumwe na bamwe mu bo ivuga ko bafashwe batwaye basinze

Polisi y’u Rwanda ntivuga rumwe na bamwe mu bantu yerekanye kuri iki Cyumweru ivuga ko bafashwe batwaye imodoka basinze ndetse barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19. Ni abantu 26 Polisi yerekaniye kuri Station yayo ya Rwezamenyo ivuga ko bafashwe ku itariki 16 Kamena ariko bamwe muri bo ntibemera ko bari basinze bakavuga ko ibipimo bya […]

Birababaje cyane kubona umuganga yamburwa ubuzima n’uwo yabuhaga_Dr Nshizirungu

mbere_yo_kunamira_no_gushyira_indabo_ku_mva_zibitse_imibiri_y_abatutsi_bishwe_muri_jenoside_bashyinguye_mu_rwibutso_rwa_kamembe_babanje_urugendo_rwo_kwibuka.jpg

Umuyobozi mukuru w’ibitaro bya Gihundwe biherereye mu Karere ka Rusizi, Dr Nshizirungu Placide avuga ko bibabaje cyane kubona hari abaganga bishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi, bishwe n’abo bahaga ubuzima nyamara bo bakabubambura batitaye kuri ako kamaro babagiriraga, bikaba byaratewe no kubura indagagaciro y’urukundo no guha agaciro ubuzima, akibutsa buri wese ko ashobora kugira ikibazo cy’ubuzima […]

Umunyapolitiki Martin Fayulu yagabye igitero kuri Ambasaderi wa Amerika

Umunyapolitiki, Martin Fayulu, Perezida w’ishyaka Engagement pour la CitoyennetĂ© et le dĂ©veloppement (ECide), mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku wa Gatanu ushize, itariki ya 18 Kamena 2021, yagabye igitero kuri Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika i Kinshasa amwibutsa ko Abanyekongo batagikolonijwe. Muri iki kiganiro Martin Fayulu yagize ati: “Niba hari Abanyaburengerazuba, cyane cyane Bwana […]

Rusizi: Abagore baragaya abagabo bigira ba ntibindeba mu mirerere y’abana

zawadiyamungu_esther_ushinzwe_imirire_ku_kigo_nderabuzima_cya_mashesha_avuga_ko_bafite_abana_101_bamaze_amezi_4_bakurikirana_bagwingiye.jpg

Kuba Akarere ka Rusizi kakirangwamo imibare iri hejuru y’igwingira ry’abana kandi muri rusange mu mirenge hafi ya yose hashobora kuboneka ibiribwa bihagije bitagatumye imirire mibi mu bana bato igaragara, bamwe mu bagore bavuga ko biterwa ahanini n’abagabo batita ku nshingano zabo zo kwita ku bana bakabiharira abagore kandi n’ikibonetse mu rugo bakagishora mu tubari no […]

Quatre officiers supérieurs promus colonel, un nommé secrétaire général adjoint du NISS

Le prĂ©sident Paul Kagame, en sa qualitĂ© de commandant en chef des Forces de dĂ©fense rwandaises (RDF), a promu quatre officiers du grade de lieutenant-colonel Ă  celui de colonel. Le lieutenant-colonel JP Nyirubutama a Ă©tĂ© nommĂ© colonel qui a Ă©galement Ă©tĂ© nommĂ© secrĂ©taire gĂ©nĂ©ral adjoint du Service national de renseignement et de sĂ©curitĂ© (NISS). Le […]

Kabale: Amaradiyo yabujijwe kujya atangaza amatariki yo gushyinguriraho abapfa

Umuyobozi w’urwego rushinzwe kurwanya icyorezo cya Covid-19 mu Karere ka Kabale muri Uganda, Darius Nandinda yabujije amaradiyo yose kuvuga amatariki yo gushyinguriraho abapfa, mu gihe asoma amatangazo yo kubika. Nk’uko bigaragara mu itangazo Nandinda yageneye amaradiyo yose akorera muri aka Karere tariki ya 18 Kamena 2021, bigomba gukorwa mu rwego rwo kwirinda ko abantu benshi […]

Abarwayi bahunze ibitaro nyuma y’aho abakozi babyo basaga 10 basanzwemo Covid-19

Abarwayi bari binjiye mu Bitaro bikuru bya Kagadi, mu Karere ka Kagadi, mu burengerazuba bwa Uganda, batangiye kubisohokamo babihunga batinya kwandura COVID-19 nyuma y’aho abakozi 14 bakora muri ibi bitaro basanzwe baranduye iki cyorezo. Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 19 Kamena nibwo Uganda Radio Network (URN) yasuye ibi bitaro isanga ibitanda byinshi byari byarafashwe n’abarwayi […]

Umufasha wa Perezida Ndayishimiye yavuze ko yabaye umusirikare w’ipeti rya ‘Lieutenant’

Umufasha wa Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Angeline Ndayishimiye yatangaje ko yabaye umusirikare, asubira mu buzima bwa gisivile ubwo yari afite ipeti rya ‘Lieutenant’. Angeline yabitangarije mu kiganiro Iragi cyatambutse ku rubuga rwa YouTube rw’ibiro by’Umukuru w’u Burundi tariki ya 8 Kamena 2021, kirebana n’urwibutso kuri Pierre Nkurunziza wayoboye iki gihugu. Muri iki kiganiro, Angeline […]

G.S Sainte Famille: Abanyeshuri baherutse gukora urugomo birukanwe

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyarugenge bwatangaje ko abanyeshuri 20 biga mu mwaka wa gatatu w’amashuri yisumbuye mu Rwunge rw’Amashuri rwa Sainte Famille, bamaze kwirukanwa bazira gukora urugomo rwo gutera amabuye mu kirere. Umuyobozi Nshingwabikorwa w’aka Karere, Ngabonziza Emmy yatangarije The New Times ati: “Ibihano twabahaye birimo gusana buri cyose cyangiritse, icya kabiri abanyeshuri bari inyuma y’ibi […]

RDC: Abasenateri barashinjwa gushaka kwitambika ubutabera

Ibyemezo bitavugwaho rumwe mu Nteko ishinga Amategeko ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagati y’abadepite ku ruhande rumwe, bemeye ko abayigize bajya kuburanishwa n’inkiko, ku rundi ruhande, Abasenateri banze gukuraho ubudahangarwa bwa bamwe muri bagenzi babo, byazamuye amajwi yumvikanisha kwamagana imyitwarire y’abo basenateri bamwe basanga bagamije kubangamira ubutabera. Ku wahoze ari minisitiri w’ubutabera, Luzolo Bambi […]

U Burundi bwasubije ko umupaka ubuhuza n’u Rwanda utafungurwa, ibibazo bihari bitarakemuka

Leta y’u Burundi yasabye abayisaba ko yafungura umupaka wa Ruhwa uhuza igihugu cyabo n’u Rwanda, ko bategereza ibibazo ibihugu byombi bifitanye bikabanza gukemuka. Mu kiganiro yagiranye na Radio Isanganiro, Umuvugizi wa Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga y’u Burundi, InĂšs Sonia Niyubahwe yavuze ko icyemezo cyo gufungura umupaka gifatwa n’inzego ziri hejuru. Yabamenyesheje ko ubu ibihugu byombi biri […]

Uganda-Rwanda: Habaye imyigaragambyo, amakamyo atwara ibicuruzwa ahera ku mupaka

Abakozi ba Uganda bashinzwe gupima icyorezo cya Covid-19 abatwara amakamyo y’ibicuruzwa ku mupaka wa Mirama Hills uhuza iki gihugu n’u Rwanda, mu gitondo cyo ku wa 18 Kamena 2021 bahagaritse akazi nk’uburyo bwo kwigaragambya. Nk’uko NTV dukesha aya makuru ibitangaza, icyatumye aba bakozi bigaragambya ni uko kuva muri Nyakanga 2020 kugeza muri uku kwezi 2021, […]

Marines FC yari yaruhuye abakinnyi ku mukino wayihuje na APR FC

Kuri uyu wa 19 Kamena 2021, APR FC yanyagiye Marines FC ibitego 6-0 mu minota 33, biyongerera amahirwe menshi yo kwegukana igikombe cya shampiyona y’u Rwanda, icyiciro cya mbere. Ni amakipe yabanje kugorana, ku buryo igice cya mbere cy’umukino cyarangiye anganya ubusa ku busa (0-0), ariko APR FC igaruka mu gice cya kabiri ifite imbaraga […]