Igisubizo cya Gen. Kainerugaba ku wamubujije guhangara Col. Doumbouya wahiritse ubutegetsi bwa Guinea

doumbo.jpg

Umuhungu wa Perezida wa Uganda usanzwe ari Umugaba w’Ingabo zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, kuri uyu wa 15 Nzeri 2021 yatangaje ko se atanze amabwiriza, bitatwara igisirikare cyabo, UPDF, n’umunsi umwe ngo kibe cyashyize ku murongo abameze nk’abahiritse ubutegetsi bwa Guinea. Yagize ati: “Ati: “Umugaba w’Ikirenga wacu abidusabye, ntabwo UPDF byayisaba umunsi kugira […]

Bwa mbere mu mateka hagiye gukinwa umukino abakinnyi bazaba batemerewe gukinisha umutwe

Muri uku kwezi kwa Nzeri hateganyijwe umukino w’umupira w’amaguru abakinnyi bazaba batemerewemo gukinisha umutwe, mu gihe abashakashatsi barajwe ishinga no kumenya niba uyu mukino ushobora kuba hadakinishijwe imitwe nk’uburyo bwo kugabanya ibyago by’indwara y’ibisazi ku bakinnyi. Ni umukino uteganyijwe ku Cyumweru tariki ya 26 Nzeri, ukazabera ku kibuga cya Brewery Field mu mujyi wa Spennymoor. […]

Volley: Umukino wari ugiye guhuza u Rwanda na Sénégal urasubitswe, abakinnyi basabwa kuva mu kibuga

volley.jpg

Umukino wari ugiye guhuza ikipe y’u Rwanda y’abagore ikina Volleyball n’iya SĂ©nĂ©gal mu irushanwa rya African Volley Championship 2021, urasubitswe mu buryo butunguranye, abakinnyi bategekwa gusohoka mu kibuga. Abakinnyi b’amakipe yombi bari babukereye, bishyushya bitegura uyu mukino wari ugiye kubera muri Kigali Arena; ahari kubera iri rushanwa. Impamvu uyu mukino usubitswe ntabwo iramenyekana, gusa impuzamashyirahamwe […]

Huit autres Rwandais expulsĂ©s d’Ouganda

Huit Rwandais ont Ă©tĂ©, mercredi 15 septembre, expulsĂ©s par les autoritĂ©s ougandaises par la frontiĂšre de Kagitumba fait suite Ă  plusieurs autres dĂ©portĂ©s d’Ouganda ces derniĂšres semaines. Les derniers arrivĂ©s ont Ă©tĂ© identifiĂ©s comme Ă©tant Theogene Harerimana, 33 ans ; Gilbert Hakizimana, 36 ans, Emmanuel Manirakiza, 24 ans, Cyprien Maniriho, 28 ans, Bosco Nyandwi, 30 […]

Ni wowe ubitera-Umugore abwira umugabo we wamusanze asambanira mu rugo rwe

capture-59.png

Umugabo utaramenyekana amazina yakoresheje imbuga nkoranyambaga, avuga ko ubwo yagwaga gitumo umugore we asambana n’undi mugabo, yavuze ko ari we nyirabayazana. Uyu mugabo avuga ko ahubwo uyu mugore yahindukiye, agashinja umugabo we ko ari we umuca inyuma. Mu butumwa bwe, uyu mugabo yabazaga abandi niba haba hari impamvu ifatika umuntu yaha undi igihe yaba amusanze […]

Umucuruzi Rugemalira yarekuwe

Umucuruzi witwa James Rugemalira yarekuwe na Leta ya Tanzania nyuma y’aho umushinjacyaha mukuru, amuhanaguyeho ibyaha. Mu kwezi kwa Kamena 2017, Rugemalira na mugenzi we Seth, bagejejwe mu rukiko bashinjwa ibyaha bitandatu bifitanye isano n’ubucuruzi bukozwe bunyuranyije n’amategeko. Mu byaha bashinjwaga, harimo ko aba bacuruzi bahombeje Leta Tsh Miliyari 358. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza […]

Inkambi ya Gihembe yari icumbikiye impunzi z’Abanyekongo igiye gufungwa

U Rwanda rufatanyije n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) bigiye gufunga inkambi y’impunzi z’Abanyekongo ya Gihembe, iherereye mu Karere ka Gicumbi mbere y’uko uyu mwaka wa 2021 urangira. Mu itangazo rihuriweho ryashyizweho umukono na UNHCR na Minisiteri ifite ibibazo by’impunzi mu nshingano zayo (MINEMA) havuzwe ko impunzi zisigaye muri iyi nkambi zigiye kwimurirwa mu […]

Ingabo z’u Bufaransa zishe umuyobozi wa Islamic State muri Sahara

U Bufaransa buravuga ko igisirikare cyabwo kishe umuyobozi wa Islamic State muri Sahara, Adnan Abu Walid al-Sahrawi, washinjwaga gutegeka iyicwa ry’Abafaransa batandatu bakoraga mu bikorwa by’ubutabazi n’umushoferi wabo mu 2020, ndetse uyu akaba yashakishwaga na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera ibitero byo mu 2017 ku ngabo zazo muri Niger. “Sahrawi yishwe n’ingabo z’u Bufaransa”, […]

Ibitabo byanditswe mu Kinyarwanda byatwaye Leta akabakaba miliyari 2 Frw ‘bizapfa ubusa’

Raporo y’Umugenzuzi Mukuru w’Imari ya Leta yo mu 2019/2020 igaragaza ko ibitabo by’Imibare byanditswe mu rurimi rw’Ikinyarwanda, byatwaye Leta amafaranga y’u Rwanda (Frw) arenga miliyari 1.8 bizapfa ubusa. Byatangajwe na komisiyo ishinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’umutungo wa Leta mu Nteko Ishinga Amategeko, PAC, kuri uyu wa 15 Nzeri 2021, ubwo yasobanuzaga ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere […]

CMI ihora ishakisha impamvu zo guhangana n’u Rwanda, aho gukemura ibibazo – Andrew Mwenda

Umunyamakuru Andrew Mwenda, wo muri Uganda akaba n’umuyobozi w’ikinyamakuru, The Independent akomeje kunenga imyitwarire ya Uganda ku mubano mubi uri hagati y’igihugu cye n’u Rwanda by’umwihariko ukuntu Abagande bafite inkomoko mu Rwanda bakomeje gutotezwa bitwa intasi nyamara ntihagire n’umwe ugezwa mu rukiko. “Biragaragara, ukurikije umubano mubi cyane n’u Rwanda, ko Kigali igomba kuba ifite intasi […]

Nyarugenge: Umusore ‘yasimbutse’ igorofa, ntiyapfa

Umusore witwa Mutabazi biravugwa ko yasimbutse igorofa rya kabiri ku nyubako ya La Bonne Addresse iherereye mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, ntiyapfa. Amakuru agera kuri Bwiza avuga ko byabaye ahagana saa yine kuri uyu wa 16 Nzeri 2021, gusa ngo uyu musore yaba yabanje guhamagara mushiki we amubwira ko agiye kwiyahura kubera […]

Rwamagana: Abaturage basabwa gufatanya n’ubuyobozi gukemura ibibazo bibangamiye abana

Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, CG Gasana Emmanuel ku wa kabiri tariki ya 14 Nzeri 2021 yifatanyije n’abayobozi mu bukangurambaga bwiswe ‘Tujyanemo mu Kurengera Abana’ bugamije gukemura ibibazo bibangamiye abana. Guverineri yasabye abatuye mu Murenge wa Fumbwe ko bagomba guhagurukira gukemura ibibazo bibangamiye abana n’urubyiruko. Ati: “Igihugu cyacu gitanga amahirwe angana ku baturage bacu ndetse bagomba kugira […]

Rusizi:Umuhanda mubi watumye Musenyeri Edouard Sinayobye akora urugendo rw’ibilometero birenga 8 n’amaguru

Kiliziya nshya yafunguwe ikanahabwa umugisha na Musenyeri Edouard Sinayobye.

Ubwo yajyaga gufungura no guha umugisha santarali nshya ya Nyaruteja mu mudugudu wa Nyaruteja,mu kagari ka Rwambogo,mu murenge wa Butare mu karere ka Rusizi ku wa 13 Nzeri, Musenyeri Edouard Sinayobye,umushumba wa Diyoseze gatulika ya Cyangugu, yageze mu muhanda Ruhunde- Nyaruteja,abawukoresha bavuga ko ari uw’ibilometero birenga 5,uturuka ku muhanda munini Butare- Bweyeye agenze urugendo rungana […]

Ndayishimiye agiye kugirira uruzinduko rwa mbere hanze ya Afurika nka Perezida

Perezida wa Repubulika y’u Burundi, Evariste Ndayishimiye agiye kugirira uruzinduko rwa mbere hanze y’umugabane wa Afurika, kuva yajya ku butegetsi tariki ya 18 Kamena 2020. Misiyo ihoraho y’u Burundi mu Muryango w’Abibumbye, UN, tariki ya 10 Nzeri 2021 yatangaje ko uyu Mukuru w’Igihugu azaba ari i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku […]

Igisubizo ku bakemanga imibare ya NISR ko ubukungu bwiyongereyeho 20%

Ikigo cy’u Rwanda cy’ibarurishamibare cyatangaje ko umusaruro mbumbe (GDP/PIB) mu gihembwe cya kabiri (ukwezi kwa 4, 5,6) cy’uyu mwaka wazamutse ku kigero cya 20,6%. Ni igipimo cyo hejuru cyatumye hari abibaza impinduka zabayeho mu gihe gito gishize u Rwanda rutangiye gusohoka mu mabwiriza ahagarika ibikorwa byinshi by’ubukungu. Kuri iyi ngingo, Teddy Kaberuka, umusesenguzi mu bukungu […]

Abanyarwanda basaga 20 bamaze kwicirwa muri Uganda kuva muri Mata 2019

Abanyarwanda basaga 20 bamaze kwicirwa mu bice bitandukanye bya Uganda kuva muri Mata 2019 nk’uko byemezwa n’amakuru atandukanye arimo ayavuye mu bagize imiryango y’abishwe. Imirambo imwe y’Abanyarwanda bicwa yagiye ijugunywa ku mupaka mbere y’uko abayobozi ba Uganda bayishyikiriza u Rwanda. Iheruka n’iya Paul Bigirimana w’imyaka 47, wo mu Murenge wa Kaniga na Theoneste Dusabimana w’imyaka […]

Abadepite bashinjwa uruhare mu bwicanyi muri Masaka bongereweho iterabwoba

Ubushinjacyaha bwa Uganda bwashinje ibindi birego bishya by’iterabwoba abadepite babiri bo mu ishyaka NUP rya Bobi Wine, Mohammed Ssegirinya na Allan Ssewanyana, baherutse gutabwa muri yombi bashinjwa kugira uruhare mu bwicanyi bw’abantu bitwaje imihoro bwo muri Masaka, aho bareganwa n’abandi bantu bane. Imbere y’umucamanza wo mu rukiko rwa Masaka, Grace Wakoli kuri uyu wa Gatatu, […]

Bobi Wine aranenga amahanga na AU byanze kwamagana intsinzi ya Museveni

Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) utavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Uganda yanenze ibihugu by’amahanga bikomeye n’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU, byanze kwamagana intsinzi ya Perezida Yoweri Museveni mu matora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri Mutarama 2021. Bobi Wine mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Marc Perelman wa France 24 mu minsi mike ishize, ashingiye ku byabaye mbere y’amatora, […]

Tuzabireba ubutaha_REB ku batarize uburezi bifuza kwigisha mu yisumbuye

Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere uburezi bw’ibanze, REB, cyaciye amarenga ko abantu batize uburezi bifuza kwigisha mu mashuri yisumbuye bashobora kuzahabwa aya mahirwe mu cyiciro kizakurikiraho cyo gushyira abarimu mu myanya irimo ibyuho. Tariki ya 10 Nzeri 2021 ni bwo REB yatangaje ko yashyize hanze imyanya mishya y’akazi y’abarimu, abayobozi b’ibigo by’amashuri n’abandi bakozi mu […]

Ubwongereza, Amerika na Australia mu mugambi wo kuvira inda imwe ku Bushinwa

Ubwongereza, Amerika na Australia byatangaje ko byagiranye amasezerano yihariye yo mu rwego rw’umutekano yo gusaraganya ikoranabuhanga rigezweho mu bya gisirikare, mu muhate wo guhangana n’Ubushinwa. Ubu bufatanye buzatuma ku nshuro ya mbere Australia ishobora kubaka amato (ubwato) yo munsi y’inyanja akoreshwa n’ingufu za nikleyeri. Ubu bufatanye, buzitwa AUKUS, buzaba buri mu rwego rw’imashini zikoresha ubuhanga […]

UEFA CL: Messi na PSG bahawe urw’amenyo nyuma yo gufatwa ku gakanu na Club Brugge

Ikipe ya Paris Saint-Germain n’ibihangange byayo bahawe urw’amenyo, nyuma yo kunanirwa gutsinda Club Brugge yo mu Bubiligi mu mukino wa UEFA Champions league. Club Brugge yari yakiriye PSG mu mukino wa mbere wo mu tsinda A warangiye amakipe yombi aguye miswi igitego 1-1. Ni umukino PSG ku nshuro ya mbere yari yiyambajemo Lionel Messi, Neymar […]