Igisubizo cya Gen. Kainerugaba ku wamubujije guhangara Col. Doumbouya wahiritse ubutegetsi bwa Guinea

Umuhungu wa Perezida wa Uganda usanzwe ari Umugaba wâIngabo zirwanira ku butaka, Lt. Gen. Muhoozi Kainerugaba, kuri uyu wa 15 Nzeri 2021 yatangaje ko se atanze amabwiriza, bitatwara igisirikare cyabo, UPDF, nâumunsi umwe ngo kibe cyashyize ku murongo abameze nkâabahiritse ubutegetsi bwa Guinea. Yagize ati: “Ati: âUmugaba wâIkirenga wacu abidusabye, ntabwo UPDF byayisaba umunsi kugira […]
Bwa mbere mu mateka hagiye gukinwa umukino abakinnyi bazaba batemerewe gukinisha umutwe
Muri uku kwezi kwa Nzeri hateganyijwe umukino w’umupira w’amaguru abakinnyi bazaba batemerewemo gukinisha umutwe, mu gihe abashakashatsi barajwe ishinga no kumenya niba uyu mukino ushobora kuba hadakinishijwe imitwe nk’uburyo bwo kugabanya ibyago by’indwara y’ibisazi ku bakinnyi. Ni umukino uteganyijwe ku Cyumweru tariki ya 26 Nzeri, ukazabera ku kibuga cya Brewery Field mu mujyi wa Spennymoor. […]
Volley: Umukino wari ugiye guhuza u Rwanda na Sénégal urasubitswe, abakinnyi basabwa kuva mu kibuga

Umukino wari ugiye guhuza ikipe yâu Rwanda yâabagore ikina Volleyball nâiya SĂ©nĂ©gal mu irushanwa rya African Volley Championship 2021, urasubitswe mu buryo butunguranye, abakinnyi bategekwa gusohoka mu kibuga. Abakinnyi bâamakipe yombi bari babukereye, bishyushya bitegura uyu mukino wari ugiye kubera muri Kigali Arena; ahari kubera iri rushanwa. Impamvu uyu mukino usubitswe ntabwo iramenyekana, gusa impuzamashyirahamwe […]
Huit autres Rwandais expulsĂ©s d’Ouganda
Huit Rwandais ont Ă©tĂ©, mercredi 15 septembre, expulsĂ©s par les autoritĂ©s ougandaises par la frontiĂšre de Kagitumba fait suite Ă plusieurs autres dĂ©portĂ©s d’Ouganda ces derniĂšres semaines. Les derniers arrivĂ©s ont Ă©tĂ© identifiĂ©s comme Ă©tant Theogene Harerimana, 33 ans ; Gilbert Hakizimana, 36 ans, Emmanuel Manirakiza, 24 ans, Cyprien Maniriho, 28 ans, Bosco Nyandwi, 30 […]
Ni wowe ubitera-Umugore abwira umugabo we wamusanze asambanira mu rugo rwe

Umugabo utaramenyekana amazina yakoresheje imbuga nkoranyambaga, avuga ko ubwo yagwaga gitumo umugore we asambana n’undi mugabo, yavuze ko ari we nyirabayazana. Uyu mugabo avuga ko ahubwo uyu mugore yahindukiye, agashinja umugabo we ko ari we umuca inyuma. Mu butumwa bwe, uyu mugabo yabazaga abandi niba haba hari impamvu ifatika umuntu yaha undi igihe yaba amusanze […]
Umucuruzi Rugemalira yarekuwe
Umucuruzi witwa James Rugemalira yarekuwe na Leta ya Tanzania nyuma y’aho umushinjacyaha mukuru, amuhanaguyeho ibyaha. Mu kwezi kwa Kamena 2017, Rugemalira na mugenzi we Seth, bagejejwe mu rukiko bashinjwa ibyaha bitandatu bifitanye isano n’ubucuruzi bukozwe bunyuranyije n’amategeko. Mu byaha bashinjwaga, harimo ko aba bacuruzi bahombeje Leta Tsh Miliyari 358. Kurikira ibiganiro nâamavidewo binyura kuri Bwiza […]
Inkambi ya Gihembe yari icumbikiye impunzi zâAbanyekongo igiye gufungwa
U Rwanda rufatanyije nâIshami ryâUmuryango wâAbibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) bigiye gufunga inkambi yâimpunzi zâAbanyekongo ya Gihembe, iherereye mu Karere ka Gicumbi mbere yâuko uyu mwaka wa 2021 urangira. Mu itangazo rihuriweho ryashyizweho umukono na UNHCR na Minisiteri ifite ibibazo byâimpunzi mu nshingano zayo (MINEMA) havuzwe ko impunzi zisigaye muri iyi nkambi zigiye kwimurirwa mu […]
Ingabo zâu Bufaransa zishe umuyobozi wa Islamic State muri Sahara
U Bufaransa buravuga ko igisirikare cyabwo kishe umuyobozi wa Islamic State muri Sahara, Adnan Abu Walid al-Sahrawi, washinjwaga gutegeka iyicwa ryâAbafaransa batandatu bakoraga mu bikorwa byâubutabazi nâumushoferi wabo mu 2020, ndetse uyu akaba yashakishwaga na Leta Zunze Ubumwe za Amerika kubera ibitero byo mu 2017 ku ngabo zazo muri Niger. âSahrawi yishwe nâingabo zâu Bufaransaâ, […]
Sadate Munyakazi yihanangirije ‘abagome n’abanyeshyari ‘bashatse kwambura umugati Adil utoza APR FC
Uwahoze ari Perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yihanangirije abantu avuga ko bitwaje amatiku n’inzangano kugira ngo bambure umugati Mohamed Adil Erradi utoza APR FC, asaba ko inzangano nk’izi ziri mu mupira w’amaguru zahagarara. Ni nyuma y’amakuru yasakaye muri bimwe mu bitangazamakuru bya hano mu Rwanda avuga ko umutoza Adil nyuma yo kwangirwa gutoza APR […]
Ibitabo byanditswe mu Kinyarwanda byatwaye Leta akabakaba miliyari 2 Frw ‘bizapfa ubusa’
Raporo yâUmugenzuzi Mukuru wâImari ya Leta yo mu 2019/2020 igaragaza ko ibitabo byâImibare byanditswe mu rurimi rwâIkinyarwanda, byatwaye Leta amafaranga yâu Rwanda (Frw) arenga miliyari 1.8 bizapfa ubusa. Byatangajwe na komisiyo ishinzwe gukurikirana ikoreshwa ryâumutungo wa Leta mu Nteko Ishinga Amategeko, PAC, kuri uyu wa 15 Nzeri 2021, ubwo yasobanuzaga ikigo cyâigihugu gishinzwe guteza imbere […]
CMI ihora ishakisha impamvu zo guhangana nâu Rwanda, aho gukemura ibibazo â Andrew Mwenda
Umunyamakuru Andrew Mwenda, wo muri Uganda akaba nâumuyobozi wâikinyamakuru, The Independent akomeje kunenga imyitwarire ya Uganda ku mubano mubi uri hagati yâigihugu cye nâu Rwanda byâumwihariko ukuntu Abagande bafite inkomoko mu Rwanda bakomeje gutotezwa bitwa intasi nyamara ntihagire nâumwe ugezwa mu rukiko. âBiragaragara, ukurikije umubano mubi cyane n’u Rwanda, ko Kigali igomba kuba ifite intasi […]
Nyarugenge: Umusore âyasimbutseâ igorofa, ntiyapfa
Umusore witwa Mutabazi biravugwa ko yasimbutse igorofa rya kabiri ku nyubako ya La Bonne Addresse iherereye mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali, ntiyapfa. Amakuru agera kuri Bwiza avuga ko byabaye ahagana saa yine kuri uyu wa 16 Nzeri 2021, gusa ngo uyu musore yaba yabanje guhamagara mushiki we amubwira ko agiye kwiyahura kubera […]
Rwamagana: Abaturage basabwa gufatanya n’ubuyobozi gukemura ibibazo bibangamiye abana
Guverineri w’Intara y’Iburasirazuba, CG Gasana Emmanuel ku wa kabiri tariki ya 14 Nzeri 2021 yifatanyije n’abayobozi mu bukangurambaga bwiswe ‘Tujyanemo mu Kurengera Abana’ bugamije gukemura ibibazo bibangamiye abana. Guverineri yasabye abatuye mu Murenge wa Fumbwe ko bagomba guhagurukira gukemura ibibazo bibangamiye abana n’urubyiruko. Ati: “Igihugu cyacu gitanga amahirwe angana ku baturage bacu ndetse bagomba kugira […]
Rusizi:Umuhanda mubi watumye Musenyeri Edouard Sinayobye akora urugendo rwâibilometero birenga 8 nâamaguru

Ubwo yajyaga gufungura no guha umugisha santarali nshya ya Nyaruteja mu mudugudu wa Nyaruteja,mu kagari ka Rwambogo,mu murenge wa Butare mu karere ka Rusizi ku wa 13 Nzeri, Musenyeri Edouard Sinayobye,umushumba wa Diyoseze gatulika ya Cyangugu, yageze mu muhanda Ruhunde- Nyaruteja,abawukoresha bavuga ko ari uwâibilometero birenga 5,uturuka ku muhanda munini Butare- Bweyeye agenze urugendo rungana […]
Ndayishimiye agiye kugirira uruzinduko rwa mbere hanze ya Afurika nka Perezida
Perezida wa Repubulika yâu Burundi, Evariste Ndayishimiye agiye kugirira uruzinduko rwa mbere hanze yâumugabane wa Afurika, kuva yajya ku butegetsi tariki ya 18 Kamena 2020. Misiyo ihoraho yâu Burundi mu Muryango wâAbibumbye, UN, tariki ya 10 Nzeri 2021 yatangaje ko uyu Mukuru wâIgihugu azaba ari i New York muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ku […]
Abakobwa banjye bari bagiye kunyica mbere y’uko ngeza ku myaka 100, ubu ndatekanye_Museveni
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda yavuze ko yizeye kuzageza ku myaka 100, nyuma y’uko abakobwa be avuga ko bari bagiye gutuma atayigezaho bisubiyeho bakareka kotsa imisatsi yabo. Museveni yabigarutseho ejo ku wa Gatatu ubwo yizihizaga imyaka 77 y’amavuko. Ibi bivuze ko uyu mukuru w’Igihugu cya Uganda abura imyaka 23 akuzuza imyaka 100, ya yindi […]
Igisubizo ku bakemanga imibare ya NISR ko ubukungu bwiyongereyeho 20%
Ikigo cy’u Rwanda cy’ibarurishamibare cyatangaje ko umusaruro mbumbe (GDP/PIB) mu gihembwe cya kabiri (ukwezi kwa 4, 5,6) cy’uyu mwaka wazamutse ku kigero cya 20,6%. Ni igipimo cyo hejuru cyatumye hari abibaza impinduka zabayeho mu gihe gito gishize u Rwanda rutangiye gusohoka mu mabwiriza ahagarika ibikorwa byinshi by’ubukungu. Kuri iyi ngingo, Teddy Kaberuka, umusesenguzi mu bukungu […]
Abanyarwanda basaga 20 bamaze kwicirwa muri Uganda kuva muri Mata 2019
Abanyarwanda basaga 20 bamaze kwicirwa mu bice bitandukanye bya Uganda kuva muri Mata 2019 nkâuko byemezwa nâamakuru atandukanye arimo ayavuye mu bagize imiryango yâabishwe. Imirambo imwe yâAbanyarwanda bicwa yagiye ijugunywa ku mupaka mbere yâuko abayobozi ba Uganda bayishyikiriza u Rwanda. Iheruka nâiya Paul Bigirimana wâimyaka 47, wo mu Murenge wa Kaniga na Theoneste Dusabimana wâimyaka […]
Abadepite bashinjwa uruhare mu bwicanyi muri Masaka bongereweho iterabwoba
Ubushinjacyaha bwa Uganda bwashinje ibindi birego bishya byâiterabwoba abadepite babiri bo mu ishyaka NUP rya Bobi Wine, Mohammed Ssegirinya na Allan Ssewanyana, baherutse gutabwa muri yombi bashinjwa kugira uruhare mu bwicanyi bwâabantu bitwaje imihoro bwo muri Masaka, aho bareganwa nâabandi bantu bane. Imbere yâumucamanza wo mu rukiko rwa Masaka, Grace Wakoli kuri uyu wa Gatatu, […]
Bobi Wine aranenga amahanga na AU byanze kwamagana intsinzi ya Museveni
Umunyapolitiki Robert Kyagulanyi (Bobi Wine) utavuga rumwe nâubutegetsi bwa Uganda yanenze ibihugu byâamahanga bikomeye nâumuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU, byanze kwamagana intsinzi ya Perezida Yoweri Museveni mu matora yâUmukuru wâIgihugu yabaye muri Mutarama 2021. Bobi Wine mu kiganiro yagiranye nâumunyamakuru Marc Perelman wa France 24 mu minsi mike ishize, ashingiye ku byabaye mbere yâamatora, […]
Tuzabireba ubutaha_REB ku batarize uburezi bifuza kwigisha mu yisumbuye
Ikigo cyâigihugu gishinzwe guteza imbere uburezi bwâibanze, REB, cyaciye amarenga ko abantu batize uburezi bifuza kwigisha mu mashuri yisumbuye bashobora kuzahabwa aya mahirwe mu cyiciro kizakurikiraho cyo gushyira abarimu mu myanya irimo ibyuho. Tariki ya 10 Nzeri 2021 ni bwo REB yatangaje ko yashyize hanze imyanya mishya yâakazi yâabarimu, abayobozi bâibigo byâamashuri nâabandi bakozi mu […]
Ubwongereza, Amerika na Australia mu mugambi wo kuvira inda imwe ku Bushinwa
Ubwongereza, Amerika na Australia byatangaje ko byagiranye amasezerano yihariye yo mu rwego rw’umutekano yo gusaraganya ikoranabuhanga rigezweho mu bya gisirikare, mu muhate wo guhangana n’Ubushinwa. Ubu bufatanye buzatuma ku nshuro ya mbere Australia ishobora kubaka amato (ubwato) yo munsi y’inyanja akoreshwa n’ingufu za nikleyeri. Ubu bufatanye, buzitwa AUKUS, buzaba buri mu rwego rw’imashini zikoresha ubuhanga […]
UEFA CL: Messi na PSG bahawe urw’amenyo nyuma yo gufatwa ku gakanu na Club Brugge
Ikipe ya Paris Saint-Germain n’ibihangange byayo bahawe urw’amenyo, nyuma yo kunanirwa gutsinda Club Brugge yo mu Bubiligi mu mukino wa UEFA Champions league. Club Brugge yari yakiriye PSG mu mukino wa mbere wo mu tsinda A warangiye amakipe yombi aguye miswi igitego 1-1. Ni umukino PSG ku nshuro ya mbere yari yiyambajemo Lionel Messi, Neymar […]