Leta ya Ethiopia iravuga ko TPLF yishe urubyiruko rurenga 100

Leta ya Ethiopia yatangaje ko abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa TPLF biciye mu gace ka Kombolcha mu Karere ka Amhara urubyiruko rurenga 100. Itangazo ryaturutse mu biro bya Guverinoma bishinzwe itumanaho kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2021, rigira riti: “Umutwe w’iterabwoba wa TPLF wishe urubyiruko rurenga 100 rwo muri Kombolcha mu duce winjiyemo. Umuryango mpuzamahanga […]

Minisitiri w’Intebe yitabiriye inama ya COP26 yavugiwemo amagambo akomeye

fdg8idwwqayjdcl.jpg

Minisitiri w’intebe w’u Rwanda, Dr Edouard Ngirente yitabiriye kuri uyu wa Mbere Inama Mpuzamahanga ya 26 ku Mihindagurikire y’Ikirere (COP26), i Glasgow. Muri Ecosse ahagarariye Perezida Paul Kagame, aho yakiriwe na Elizabeth Truss, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza na Patricia Espinosa, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Imihindagurikire y’Ikirere (UNFCCC), inama yavugiwemo amagambo akomeye cyane […]

Umweyo uravuza ubuhuha mu kipe ya Musanze FC

Ikipe ya Musanze FC yemeje ko yamaze gutandukana n’uwari Team Manager wayo akanaba umuvugizi wayo, Uwihoreye Ibrahim cyo kimwe na Makuza Rutishereka Jean wari Umunyamabanga Mukuru wayo. Perezida wa Musanze, FC Tuyishimire Placide, yabwiye BWIZA ko Uwihoreye wari Team Manager yasabye ko basesa amasezerano kubera “impamvu ze bwite.” Ku kibazo cy’umunyamabanga mukuru w’iriya kipe, Perezida […]

U Bwongereza bwahaye Abafaransa amasaha 48 yo kuba bavuye mu mazi yabwo

t0flmtm0ndq5nzu5.jpg

Igihugu cy’u Bwongereza kuri uyu wa Mbere cyahaye u Bufaransa amasaha 48 yo kuba bwavuye mu mazi yabwo buroberamo mu makimbirane ashingiye ku mafi ashobora kuvamo n’ashingiye ku bucuruzi amaze iminsi hagati y’ibihugu byombi bitaba ibyo bugafatirwa ibihano biteganywa mu masezerano y’ubucuruzi ajyanye no kwivana muri E.U kw’Abongereza (Brexit trade deal). U Bufaransa bushinja u […]

Mugiraneza Jean Baptiste ‘Migi’ ari mu gahinda

Mugiraneza Jean Baptiste wamenyekanye nka Migi mu kipe y’Igihugu ‘Amavubi’ no mu makipe atandukanye, ari mu gahinda gakomeye nyuma yo gupfusha nyina umubyara. Inkuru y’urupfu rw’umubyeyi wa Migi witabye Imana azize uburwayi yamenyekanye kuri uyu wa Mbere tariki ya 01 Ugushyingo. Migi asanzwe ari umuvandimwe wa RĂ©gis Mbonyingabo wa Kiyovu Sports, gusa na we yanyuze […]

Capt. Kwesiga wa CMI n’abandi babiri bafunzwe bazira gushimuta Mugabo Stephen

Capt. Kwesiga Apollo ukorera urwego rw’igisirikare cya Uganda rushinzwe ubutasi, CMI, Benon Arinaitwe na Patience Nsiime bafunzwe bazira gushimuta uwitwa Mugabo Stephen. Polisi ya Uganda ivuga ko mu masaa kumi y’urukerera rwo ku wa 30 Ukwakira 2021, ari bwo Mugabo yashimuswe avanwe iwe mu rugo mu gace ka Kamwezi kari mu Karere ka Rukiga, atwarwa […]

Kompanyi igiye kujya yishyura Frw asaga miliyoni ebyiri ku kwezi ku kazi ko kuryama gusa

Kompanyi rurangiranwa mu gukora imifariso ihenze (matera) yitwa Crafted Beds, mu gihugu cya Ghana yatangaje ko igiye kujya yishyura ama-Ghanaian Cedi (GHC) ibihumbi 17 ku kwezi ahwanye na 2786.90809 USD ( Frw 2,837,808) ku bantu bazajya bakora akazi ko kuryama gusa ku mifariso yakoze. Mu gihe kuryama bifatwa nk’ubunebwe, iyi kompanyi mu itangazo ryanyuze kuri […]

Arab states’ hand in political chaos in Sudan

BY THE EASTAFRICAN The Sudan coup leaders have shrugged off global pressure even as protesters dig in for confrontations to push for the reinstatement of a civilian administration in Khartoum. The generals, who engineered a coup to replace the transitional government of Prime Minister Abdalla Hamdok, seem to be savouring the benefits of divisions within […]

Baby born at Kigeme Hospital named a monster

A 5 years old baby boy who was born at Kigeme Hospital, south western Rwanda is named a monster, a born with horns human being and four-nose creature, amongst his family neighbors due to the way he was born. Claudette, the mother to other four kids and to the extra ordinary baby says ” I […]

Umusigiti wa Macca ni yo nyubako ihenze ku Isi iyikurikira iyikubye inshuro hafi 10

gettyimages-147113763-2048x2048.jpg

Umusigiti wa Macca uzwi nka Masjid al-Haram muri Arabia Saoudite ni yo nyubako ya mbere ihenze ku Isi umuntu atatinya kuvuga ko ari nayo y’ibihe byose kuko watwaye akayabo ka miliyari 100 z’Amadolari mu gihe inyubako iwukurikira mu guhenda yatwaye miliyari 15 $ zonyine nk’uko bigaragara ku rutonde rw’inyubako 10 zihenze ku Isi nk’uko tubikesha […]

Tottenham yirukanye umutoza n’abamwungirije nyuma yo kunyagirwa na Manchester United

Ubuyobozi bukuru bwa Tottenham Hotspur bumaze gufata icyemezo cyo kwirukana umutoza mukuru, Nuno Espirito Santo na babiri bari bamwungirije, Rui Barbosa na Antonio Dias bazira umusaruro mubi. Umuyobozi ushinzwe umupira w’amaguru muri Tottenham, Fabio Paratici yagize ati; “Nuno ndamuzi neza, hamwe n’abamwungirije bifuzaga gutsinda, mbabajwe no kuba twafashe iki cyemezo.” Nuno n’abamwungirije birukanwe nyuma y’aho […]

Rubavu: Abana 4 bari bamaze imyaka itatu barabuze basanzwe mu buvumo barapfuye

Abana bane bo mu murenge wa Bugeshi ho mu karere ka Rubavu bari bamaze imyaka itatu baraburiwe irengero, kuri iki Cyumweru basanzwe mu buvumo barapfuye. Ku itariki ya 15 Nzeri 2018 ni bwo aba bana b’abahungu bari mu kigero cy’imyaka 10 na 14 baburiwe irengero icya rimwe. Hari amakuru yavugaga ko aba bana mbere yo […]

Umupilote w’Umunyatanzaniya amaze iminsi aburiwe irengero n’indege yari atwaye

Umupilote w’indege w’Umunyatanzaniya yaburiwe irengero n’indege yari atwaye ubwo yari ari mu butumwa agana muri Pariki ya Selous Game Reserve. Uyu mupilote witwa Samwel Gibuyi, ukorera umuryango ushinzwe kubungabunga inyamanswa zo muri pariki witwa Pams Foundation yabuze ku itariki 18 Ukwakira 2021 ubwo yari mu ndege ava mu mudugudu wa Matemanga, muri Ruvuma agana kuri […]

Dr Mutua ntiyumva ukuntu peteroli mu Rwanda ihenduka kurusha muri Kenya kandi ruyikura i Mombasa

Guverineri wa Machakos muri Kenya, Dr Alfred Mutua uteganya kwiyamamariza kuyobora iki gihugu, ntabwo yumva ukuntu peteroli yo mu Rwanda ihenduka kurusha iy’iwabo kandi ari yo ituruka. Yabitangarije ku rubuga rwa Twitter guhera tariki ya 28 Ukwakira 2021 nyuma y’uruzinduko aherutse kugirira mu Rwanda. Dr Mutua yasuye sitasiyo y’ibikomoka muri peteroli mu mujyi wa Kigali […]

Umwana wavukiye ku Bitaro bya Kigeme bamwita igikoko, ufite amahembe n’amazuru ane

Umwana w’amezi atanu wavukiye mu Bitaro bya Kigeme mu Karere ka Nyamagabe mu mezi atanu ashize, abaturage bamwita amazina arimo igikoko, uwavukanye amazuru ane n’amahembe bitewe n’uko ateye. Nyina witwa Claudette avuga ko na we byamutunguye gusanga yabyaye umwana umeze gutyo ndetse bigateza impagarara mu baturanyi bavuga ko ashobora kuba yaragiye mu bintu by’amarozi. Uyu […]

Burundi: Intara ya Cibitoke iranze ibaye irimbi ry’Abarundi bicwa n’abataramenyekana

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru muri Komini Rugombo mu Ntara ya Cibitoke, hongeye kugaragara imirambo itatu y’abagabo n’umwe w’umugore bishwe ku muhanda wa gatatu mu mudugudu wa Mparambo 2 muri metero byibuze 500 uvuye ku Ruzi rwa Rusizi., aho abayobozi bavuga ko hataramenyekana imyorondoro y’abapfuye. Ahagana saa tatu z’igitondo nibwo abashumba babonye iyi mirambo […]

Lt Col Guido Rugumire yitabye Imana

(Rtd) Lieutenant Colonel Dr Guido Rugumire wigeze kuba mu buyobozi bukuru bw’Ibitaro bya Gisirikare by’i Kanombe, amaze iminsi ine yitabye Imana. Kuri uyu wa Mbere ni bwo Lt Col Rugumire ari bushyingurwe. Amakuru y’urupfu rwe yemejwe n’umugore we, Teddy Gacinya, wavuze ko yitabye Imana ku wa Gatatu w’icyumweru gishize nyuma y’iminsi yari amaze arwaye. Teddy […]

Procurement and Planning Officer at FERWAFA

Vacancy Announcement – Job Opportunities FERWAFA would like to request interested candidates to apply for the below listed positions by fulfilling the respective mentioned requirements: Procurement and Planning Officer Report to: The Secretary General Duties and Responsibilities: Prepare strategies and plans; Collect the data and evidence for elaboration of strategies and plans; Establish the performance […]

Ba GĂ©nĂ©ral bayoboye Kivu y’Amajyaruguru na Ituri barasabwa kwegura

Abadepite bahagarariye intara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), barasabira abasirikare babiri bayoboye izi ntara kwegura kuri iyi nshingano kuko batabashije gukemura ikibazo cy’umutekano muke nk’uko babyitezeho. Aba basirikare ni Lieutenant-GĂ©nĂ©ral Ndima Constant Kongba uyoboye Kivu y’Amajyaruguru na Lieutenant-GĂ©nĂ©ral Luboya N’Kashama Johnny uboye Ituri, bahawe iyi nshingano na Perezida […]

Uganda: Guhera kuri uyu wa Mbere nta wemerewe kwinjira mu nteko atarikingije

Guhera kuri uyu wa Mbere, itariki 1 Ugushyingo, abadepite, abakozi n’abasura inteko ishinga amategeko bikingije Covid-19 nibo bemerewe kuyinjiramo gusa nk’uko byatangajwe na Guverinoma ya Uganda. Mu itangazo rigenewe abadepite bose n’abakozi b’inteko ryasohowe na Waiswa Henry Yoweri mu izina ry’umwanditsi mukuru w’inteko, Adolf Mwesigye, abadepite n’abakozi bamenyeshejwe ko aya mabwiriza yatanzwe na visi perezida […]

Ethiopia: TPLF ivuga ko yafashe Umujyi wa Kombolcha isatira Addis Abeba

Ingabo za TPLF ziharanira ukwishyura ukizana kw’Intara ya Tigray mu majyaruguru ya Ethiopia ziravuga ko kuri iki Cyumweru gishize zafashe undi mujyi w’ingenzi nyuma y’ifatwa ry’Umujyi wa Dessie. Abarwanyi b’uyu mutwe bivugwa ko bafashe Umujyi wa Kombolcha n’ikibuga cy’indege cyawo nk’uko byatangajwe n’umuvugizi, Getachew Reda. Ifatwa rya Kombolcha kimwe na Dessie ngo n’ingenzi cyane ku […]

Nta kipe nkuru n’imwe yigeze itungurwa ku munsi wa mbere wa shampiyona y’u Rwanda

Imikino umunani yose yakinwe ku munsi wa mbere wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, yasize amakipe makuru yose yegukanye amanota atatu y’umunsi wa mbere wayo. Ku wa Gatandatu tariki ya 30 Ukwakira ni bwo shampiyona yatangiye, mu rugendo rwo gushaka ikipe isimbura APR FC ifite igikombe cy’umwaka w’imikino ushize. Mu mikino yari itegerejwe na […]

Perezida Kagame yatanze inshingano aranirukana, Rashid muri yombi, Senateri Evode arasezerana; inkuru z’icyumweru

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 25 Ukwakira 2021 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru ziganjemo izerekeye politiki, ubutabera n’umutekano. Harimo ko: Perezida Kagame yatanze inshingano aranirukana Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame tariki ya 27 Ukwakira 2021 yahinduriye inshingano uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu (MINALOC) ushinzwe imibereho myiza y’abaturage, Nyirarukundo Ignatienne. Nyirarukundo yagizwe umujyanama […]

Rusizi: Komite nyobozi y’Akarere isize ihinduye abakozi mu tugari mu buryo benshi bise agahomamunwa

Gitifu w'Akarere ka Rusizi ukayobora ubu by'agateganyo, Mutesi Priscah asanga na we bitumvikana kwimurira ahandi udatanga umusaruro nubwo na we inama yabikoze yari ayirimo.

Nk’uko byagaragaye mu myanzuro y’inama ya komite nyobozi y’aka karere yateranye ku wa 12 Ukwakira uyu mwaka, ikaba yaragiye hanze ku wa 29 Ukwakira na Bwiza.com ikayibonera kopi, harimo n’iyimurwa ry’abanyamabanga nshingwabikorwa na ba SEDO b’utugari bose hamwe 36, bagomba kuvanwa mu two bakoreraragamo bajyanwa mu tundi, bigateganywa ko amabaruwa bazayahabwa ku wa 1 Ukuboza […]