Leta ya Ethiopia iravuga ko TPLF yishe urubyiruko rurenga 100
Leta ya Ethiopia yatangaje ko abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa TPLF biciye mu gace ka Kombolcha mu Karere ka Amhara urubyiruko rurenga 100. Itangazo ryaturutse mu biro bya Guverinoma bishinzwe itumanaho kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2021, rigira riti: âUmutwe wâiterabwoba wa TPLF wishe urubyiruko rurenga 100 rwo muri Kombolcha mu duce winjiyemo. Umuryango mpuzamahanga […]
Rusizi: Ababyeyi barerera mu ishuri rya Mihabura bashimiye abarezi bakomeje kurizana ku isonga mu mitsindire ku rwego rwâAkarere

Ubuyobozi nâababyeyi barerera mu ishuri ribanza rya Mihabura riri mu murenge wa Bugarama mu karere ka Rusizi baravuga ko iyi ari inshuro ya 10 uyu murenge uza ku isonga mu mitsindire mu bizamini bya Leta ku mashuri abanza ya Leta, muri izo nshuro, izigera ku 8 zose zikurikiranya iri shuri rikaba ari ryo ngo riza […]
Minisitiri wâIntebe yitabiriye inama ya COP26 yavugiwemo amagambo akomeye

Minisitiri wâintebe wâu Rwanda, Dr Edouard Ngirente yitabiriye kuri uyu wa Mbere Inama Mpuzamahanga ya 26 ku Mihindagurikire y’Ikirere (COP26), i Glasgow. Muri Ecosse ahagarariye Perezida Paul Kagame, aho yakiriwe na Elizabeth Truss, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza na Patricia Espinosa, Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâishami ryâUmuryango wâAbibumbye rishinzwe Imihindagurikire yâIkirere (UNFCCC), inama yavugiwemo amagambo akomeye cyane […]
Les pays en développement doivent bénéficier davantage de la facilité de réserve du FMI

Le prĂ©sident Paul Kagame a lancĂ© un appel de ralliement aux dirigeants mondiaux pour qu’ils s’engagent davantage dans la rĂ©affectation des droits de tirage spĂ©ciaux (DTS), en fonction des besoins. Le chef de l’Ătat s’exprimait lors d’une session sur le dĂ©veloppement durable lors du sommet du G20 qui vient de s’achever Ă Rome, en Italie. […]
Umweyo uravuza ubuhuha mu kipe ya Musanze FC
Ikipe ya Musanze FC yemeje ko yamaze gutandukana n’uwari Team Manager wayo akanaba umuvugizi wayo, Uwihoreye Ibrahim cyo kimwe na Makuza Rutishereka Jean wari Umunyamabanga Mukuru wayo. Perezida wa Musanze, FC Tuyishimire Placide, yabwiye BWIZA ko Uwihoreye wari Team Manager yasabye ko basesa amasezerano kubera “impamvu ze bwite.” Ku kibazo cy’umunyamabanga mukuru w’iriya kipe, Perezida […]
U Bwongereza bwahaye Abafaransa amasaha 48 yo kuba bavuye mu mazi yabwo

Igihugu cyâu Bwongereza kuri uyu wa Mbere cyahaye u Bufaransa amasaha 48 yo kuba bwavuye mu mazi yabwo buroberamo mu makimbirane ashingiye ku mafi ashobora kuvamo nâashingiye ku bucuruzi amaze iminsi hagati yâibihugu byombi bitaba ibyo bugafatirwa ibihano biteganywa mu masezerano yâubucuruzi ajyanye no kwivana muri E.U kwâAbongereza (Brexit trade deal). U Bufaransa bushinja u […]
Mugiraneza Jean Baptiste ‘Migi’ ari mu gahinda
Mugiraneza Jean Baptiste wamenyekanye nka Migi mu kipe yâIgihugu âAmavubiâ no mu makipe atandukanye, ari mu gahinda gakomeye nyuma yo gupfusha nyina umubyara. Inkuru yâurupfu rwâumubyeyi wa Migi witabye Imana azize uburwayi yamenyekanye kuri uyu wa Mbere tariki ya 01 Ugushyingo. Migi asanzwe ari umuvandimwe wa RĂ©gis Mbonyingabo wa Kiyovu Sports, gusa na we yanyuze […]
Capt. Kwesiga wa CMI nâabandi babiri bafunzwe bazira gushimuta Mugabo Stephen
Capt. Kwesiga Apollo ukorera urwego rwâigisirikare cya Uganda rushinzwe ubutasi, CMI, Benon Arinaitwe na Patience Nsiime bafunzwe bazira gushimuta uwitwa Mugabo Stephen. Polisi ya Uganda ivuga ko mu masaa kumi yâurukerera rwo ku wa 30 Ukwakira 2021, ari bwo Mugabo yashimuswe avanwe iwe mu rugo mu gace ka Kamwezi kari mu Karere ka Rukiga, atwarwa […]
Kompanyi igiye kujya yishyura Frw asaga miliyoni ebyiri ku kwezi ku kazi ko kuryama gusa
Kompanyi rurangiranwa mu gukora imifariso ihenze (matera) yitwa Crafted Beds, mu gihugu cya Ghana yatangaje ko igiye kujya yishyura ama-Ghanaian Cedi (GHC) ibihumbi 17 ku kwezi ahwanye na 2786.90809 USD ( Frw 2,837,808) ku bantu bazajya bakora akazi ko kuryama gusa ku mifariso yakoze. Mu gihe kuryama bifatwa nk’ubunebwe, iyi kompanyi mu itangazo ryanyuze kuri […]
Arab states’ hand in political chaos in Sudan
BY THE EASTAFRICAN The Sudan coup leaders have shrugged off global pressure even as protesters dig in for confrontations to push for the reinstatement of a civilian administration in Khartoum. The generals, who engineered a coup to replace the transitional government of Prime Minister Abdalla Hamdok, seem to be savouring the benefits of divisions within […]
Baby born at Kigeme Hospital named a monster
A 5 years old baby boy who was born at Kigeme Hospital, south western Rwanda is named a monster, a born with horns human being and four-nose creature, amongst his family neighbors due to the way he was born. Claudette, the mother to other four kids and to the extra ordinary baby says ” I […]
Umusigiti wa Macca ni yo nyubako ihenze ku Isi iyikurikira iyikubye inshuro hafi 10

Umusigiti wa Macca uzwi nka Masjid al-Haram muri Arabia Saoudite ni yo nyubako ya mbere ihenze ku Isi umuntu atatinya kuvuga ko ari nayo yâibihe byose kuko watwaye akayabo ka miliyari 100 zâAmadolari mu gihe inyubako iwukurikira mu guhenda yatwaye miliyari 15 $ zonyine nkâuko bigaragara ku rutonde rwâinyubako 10 zihenze ku Isi nkâuko tubikesha […]
Tottenham yirukanye umutoza nâabamwungirije nyuma yo kunyagirwa na Manchester United
Ubuyobozi bukuru bwa Tottenham Hotspur bumaze gufata icyemezo cyo kwirukana umutoza mukuru, Nuno Espirito Santo na babiri bari bamwungirije, Rui Barbosa na Antonio Dias bazira umusaruro mubi. Umuyobozi ushinzwe umupira wâamaguru muri Tottenham, Fabio Paratici yagize ati; âNuno ndamuzi neza, hamwe nâabamwungirije bifuzaga gutsinda, mbabajwe no kuba twafashe iki cyemezo.â Nuno nâabamwungirije birukanwe nyuma yâaho […]
Rubavu: Abana 4 bari bamaze imyaka itatu barabuze basanzwe mu buvumo barapfuye
Abana bane bo mu murenge wa Bugeshi ho mu karere ka Rubavu bari bamaze imyaka itatu baraburiwe irengero, kuri iki Cyumweru basanzwe mu buvumo barapfuye. Ku itariki ya 15 Nzeri 2018 ni bwo aba bana b’abahungu bari mu kigero cy’imyaka 10 na 14 baburiwe irengero icya rimwe. Hari amakuru yavugaga ko aba bana mbere yo […]
Umupilote wâUmunyatanzaniya amaze iminsi aburiwe irengero nâindege yari atwaye
Umupilote wâindege wâUmunyatanzaniya yaburiwe irengero nâindege yari atwaye ubwo yari ari mu butumwa agana muri Pariki ya Selous Game Reserve. Uyu mupilote witwa Samwel Gibuyi, ukorera umuryango ushinzwe kubungabunga inyamanswa zo muri pariki witwa Pams Foundation yabuze ku itariki 18 Ukwakira 2021 ubwo yari mu ndege ava mu mudugudu wa Matemanga, muri Ruvuma agana kuri […]
Dr Mutua ntiyumva ukuntu peteroli mu Rwanda ihenduka kurusha muri Kenya kandi ruyikura i Mombasa
Guverineri wa Machakos muri Kenya, Dr Alfred Mutua uteganya kwiyamamariza kuyobora iki gihugu, ntabwo yumva ukuntu peteroli yo mu Rwanda ihenduka kurusha iyâiwabo kandi ari yo ituruka. Yabitangarije ku rubuga rwa Twitter guhera tariki ya 28 Ukwakira 2021 nyuma yâuruzinduko aherutse kugirira mu Rwanda. Dr Mutua yasuye sitasiyo yâibikomoka muri peteroli mu mujyi wa Kigali […]
Umwana wavukiye ku Bitaro bya Kigeme bamwita igikoko, ufite amahembe n’amazuru ane
Umwana w’amezi atanu wavukiye mu Bitaro bya Kigeme mu Karere ka Nyamagabe mu mezi atanu ashize, abaturage bamwita amazina arimo igikoko, uwavukanye amazuru ane n’amahembe bitewe n’uko ateye. Nyina witwa Claudette avuga ko na we byamutunguye gusanga yabyaye umwana umeze gutyo ndetse bigateza impagarara mu baturanyi bavuga ko ashobora kuba yaragiye mu bintu by’amarozi. Uyu […]
Burundi: Intara ya Cibitoke iranze ibaye irimbi ryâAbarundi bicwa nâabataramenyekana
Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru muri Komini Rugombo mu Ntara ya Cibitoke, hongeye kugaragara imirambo itatu yâabagabo nâumwe wâumugore bishwe ku muhanda wa gatatu mu mudugudu wa Mparambo 2 muri metero byibuze 500 uvuye ku Ruzi rwa Rusizi., aho abayobozi bavuga ko hataramenyekana imyorondoro yâabapfuye. Ahagana saa tatu zâigitondo nibwo abashumba babonye iyi mirambo […]
Lt Col Guido Rugumire yitabye Imana
(Rtd) Lieutenant Colonel Dr Guido Rugumire wigeze kuba mu buyobozi bukuru bwâIbitaro bya Gisirikare by’i Kanombe, amaze iminsi ine yitabye Imana. Kuri uyu wa Mbere ni bwo Lt Col Rugumire ari bushyingurwe. Amakuru y’urupfu rwe yemejwe n’umugore we, Teddy Gacinya, wavuze ko yitabye Imana ku wa Gatatu w’icyumweru gishize nyuma y’iminsi yari amaze arwaye. Teddy […]
Rulindo: Abaganga babwiye umugore ko umwana atwite yapfuye ageze ku bindi bitaro abyara umwana muzima
Umubyeyi witwa Mukankusi Penninah avuga ko yagiye kuri kimwe mu bigo nderabuzima byo mu Murenge wa Ntarabana mu Karere ka Rulindo, avuga ko yagiye kubyara, ageze ku kigo nderabuzima abaganga bakamubwira ko umwana atwite yapfuye, bamwohereza ku Bitaro bya Kibagabaga, akabyara umwana muzima. Aganira na RBA ati ”Mu masaha ya nimugoroba akenshi mu bigo nderabuzima […]
Procurement and Planning Officer at FERWAFA
Vacancy Announcement â Job Opportunities FERWAFA would like to request interested candidates to apply for the below listed positions by fulfilling the respective mentioned requirements: Procurement and Planning Officer Report to: The Secretary General Duties and Responsibilities: Prepare strategies and plans; Collect the data and evidence for elaboration of strategies and plans; Establish the performance […]
Ba GĂ©nĂ©ral bayoboye Kivu yâAmajyaruguru na Ituri barasabwa kwegura
Abadepite bahagarariye intara ya Kivu yâAmajyaruguru na Ituri muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), barasabira abasirikare babiri bayoboye izi ntara kwegura kuri iyi nshingano kuko batabashije gukemura ikibazo cyâumutekano muke nkâuko babyitezeho. Aba basirikare ni Lieutenant-GĂ©nĂ©ral Ndima Constant Kongba uyoboye Kivu yâAmajyaruguru na Lieutenant-GĂ©nĂ©ral Luboya NâKashama Johnny uboye Ituri, bahawe iyi nshingano na Perezida […]
Uganda: Guhera kuri uyu wa Mbere nta wemerewe kwinjira mu nteko atarikingije
Guhera kuri uyu wa Mbere, itariki 1 Ugushyingo, abadepite, abakozi nâabasura inteko ishinga amategeko bikingije Covid-19 nibo bemerewe kuyinjiramo gusa nkâuko byatangajwe na Guverinoma ya Uganda. Mu itangazo rigenewe abadepite bose nâabakozi bâinteko ryasohowe na Waiswa Henry Yoweri mu izina ryâumwanditsi mukuru wâinteko, Adolf Mwesigye, abadepite nâabakozi bamenyeshejwe ko aya mabwiriza yatanzwe na visi perezida […]
Ethiopia: TPLF ivuga ko yafashe Umujyi wa Kombolcha isatira Addis Abeba
Ingabo za TPLF ziharanira ukwishyura ukizana kwâIntara ya Tigray mu majyaruguru ya Ethiopia ziravuga ko kuri iki Cyumweru gishize zafashe undi mujyi wâingenzi nyuma yâifatwa ryâUmujyi wa Dessie. Abarwanyi bâuyu mutwe bivugwa ko bafashe Umujyi wa Kombolcha nâikibuga cyâindege cyawo nkâuko byatangajwe nâumuvugizi, Getachew Reda. Ifatwa rya Kombolcha kimwe na Dessie ngo nâingenzi cyane ku […]
Nta kipe nkuru n’imwe yigeze itungurwa ku munsi wa mbere wa shampiyona y’u Rwanda
Imikino umunani yose yakinwe ku munsi wa mbere wa shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, yasize amakipe makuru yose yegukanye amanota atatu y’umunsi wa mbere wayo. Ku wa Gatandatu tariki ya 30 Ukwakira ni bwo shampiyona yatangiye, mu rugendo rwo gushaka ikipe isimbura APR FC ifite igikombe cy’umwaka w’imikino ushize. Mu mikino yari itegerejwe na […]
Perezida Kagame yatanze inshingano aranirukana, Rashid muri yombi, Senateri Evode arasezerana; inkuru zâicyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 25 Ukwakira 2021 cyaranzwe nâinkuru nyamukuru ziganjemo izerekeye politiki, ubutabera nâumutekano. Harimo ko: Perezida Kagame yatanze inshingano aranirukana Perezida wa Repubulika yâu Rwanda, Paul Kagame tariki ya 27 Ukwakira 2021 yahinduriye inshingano uwari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâUbutegetsi bwâIgihugu (MINALOC) ushinzwe imibereho myiza yâabaturage, Nyirarukundo Ignatienne. Nyirarukundo yagizwe umujyanama […]
Rusizi: Komite nyobozi yâAkarere isize ihinduye abakozi mu tugari mu buryo benshi bise agahomamunwa

Nkâuko byagaragaye mu myanzuro yâinama ya komite nyobozi yâaka karere yateranye ku wa 12 Ukwakira uyu mwaka, ikaba yaragiye hanze ku wa 29 Ukwakira na Bwiza.com ikayibonera kopi, harimo nâiyimurwa ryâabanyamabanga nshingwabikorwa na ba SEDO bâutugari bose hamwe 36, bagomba kuvanwa mu two bakoreraragamo bajyanwa mu tundi, bigateganywa ko amabaruwa bazayahabwa ku wa 1 Ukuboza […]