Batanu bishwe, 9 bakomerekera mu bitero bikekwa ko ari ibya Twirwaneho na Gumino
Abantu batanu bishwe barashwe, abandi 9 bakomerekera mu gitero abarwanyi bakekwa kuba abo mu mutwe w’inyeshyamba za Gumino na Twirwaneho bagabye ku baturage bo mu Mikenke ho muri Teritware ya Mwenga intara ya Kivu y’epfo. Nk’uko Umuyobozi wa Societ civile yo mu Mikenke, Nixon Ecukwe, yatangarije Ijwi rya Amerika dukesha iyi nkuru, abo bantu bishwe […]
Amavubi yongeye gutsindirwa i Nairobi, asoza amajonjora y’Igikombe cy’Isi ku mwanya wa nyuma
Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’ yatsinzwe na Harambee Stars ya Kenya ibitego 2-1, isoza amajonjora y’Igikombe cy’Isi cya 2022 iri ku mwanya wa nyuma mu tsinda rya gatanu. Amavubi na Kenya bari bahuriye mu mukino wa nyuma wo mu tsinda E wabereye i Nairobi. Umunota wa kabiri w’umukino wari uhagije kugira ngo Kapiteni wa Kenya, Michael Olunga, […]
Les résultats des examens nationaux des sixième année 2020/21 publiés
Le ministère de l’Éducation a publiĂ© lundi les rĂ©sultats des examens nationaux 2020/21 du sixième annĂ©e , du Collège de formation des enseignants (TTC) et de l’Enseignement et formation techniques et professionnels (EFTP). Selon les rĂ©sultats, 98 pour cent des candidats ont rĂ©ussi. Il y a eu une baisse des performances en Senior Six, avec […]
Amafoto: Perezida Samia Suluhu mu mwambaro w’igisirikare

Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’ingabo z’iki gihugu, Samia Suluhu Hassan yagaragaye mu mwambaro w’igisirikare kuri uyu wa 15 Ugushyingo 2021. Yari muri gahunda yo gutangiza ku mugaragaro inama y’abayobozi bakuru mu gisirikare cya Tanzania bari barangajwe imbere n’Umugaba Mukuru, Gen. Venance Mabeyo, iri kubera mu gace ka Lugalo, yiga […]
Mu banyeshuri 10 ba mbere barangije mu cyiciro cy’ubumenyirusange harimo abakobwa 2 gusa
Kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Ugushyingo 2021 hatangajwe amanota yavuye mu bizamini bya leta by’abanyeshuri barangije umwaka wa gatandatu w’amashuri yisumbuye mu cyiciro cy’ubumenyi rusange, mu nderabarezi ndetse n’imyuga n’ubumenyingiro. Mu cyiciro cy’ubumenyirusange, nk’uko byashyizwe ahagaragara na Minisitiri w’Uburezi, Dr Valentine Uwamaliya, hiyandikishije abakandida 47,638. Ariko abakoze ibizamini ni 47,399, muri abo biyandikishije abatsinze […]
Four including expectant mother survive ambulance nasty accident in Musanze
An ambulance that was carrying four including an expectant mother who was on her way to give birth, survived an accident in Musanze District, Karwasa area. Information reaching our desk states that on 13 November at night, the ambulance hit the turning lorry, left four people including a driver with minor injuries. Those people were […]
Tanganyika: FARDC imaze kwigarurira ibice byinshi byagenzurwaga n’inyeshyamba
Ubuyobozi bwa Brigade ya 22 yo gutabara byihuse, n’ubuyobozi bw’ibikorwa bya gisirikare bya Usalama mu Ntara ya Tanganyika, buravuga ko bwishimiye imigendekere y’ibikorwa bigamije gukurikirana imitwe yitwaje intwaro ikorera mukarere. Kuva icyiciro cya gatatu cy’ibikorwa byatangira, ahantu henshi hahoze ari ibirindiro by’imitwe yitwaje intwaro higaruriwe n’ingabo za FARDC nk’uko iyi nkuru dukesha Radio Okapi ivuga. […]
U Rwanda rwasinyanye amasezerano n’ u Buhinde atavuzweho byinshi

U Rwanda n’u Buhinde bitangaza ko byiyemeje kongera ubufatanye mu nzego zitandukanye mu rwego rwo guteza imbere ubutwererane bw’ibihugu byombi mu masezerano yasinywe kuri uyu wa Mbere tariki 15 Ugushyingo 2021. Kuri Twitter, uretse uretse amafoto atari make, nta byinshi Ikigo cy’igihugu cy’Itangazamakuru (RBA) cyatangaje, gusa ngo ibi impande zombi zabyiyemeje mu nama yo ku […]
Bugesera: Batangiye kuhira imyaka nyuma y’aho imvura ikomeje kubura hakikangwa amapfa

Kuri uyu wa Mbere, itariki 15 Ugushyingo, minisitiri w’ubuhinzi, Dr Gerardine Mukeshimana, afatanyije n’inzego z’umutekano n’umuyobozi w’agateganyo w’akarere ka Bugesera, Mugiraneza David batangije igikorwa cyo kuhira imyaka kuri site y’ubuhinzi ifite hegitari 70, nyuma y’aho imvura ikomeje kubura muri aya mezi y’impera z’umwaka ubusanzwe yagwagamo imvura iringaniye yatumaga imyaka ikura neza. Aba bayobozi barimo gufatanya […]
Sales Representative at Bonjour Hygiene Products Ltd
Company Introduction Bonjour Hygiene Products Ltd is a professional modern manufacturer in the sanitary field located in Prime economic zone, Gasabo, Kigali. it is specialized in manufacturing and marketing health care sanitary products for babies and woman, its products mainly include baby diapers, hold the brands are Bonjour and Mami love, and Rosemary. Sales Representative […]
Umuherwe Aliko Dangote yapfushije murumuna we
Murumuna w’umuherwe Aliko Dangote utunze kurusha abandi ku mugabane wa Afurika, Sani Dangote yapfiriye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuri uyu wa 14 Ugushyingo 2021 azize uburwayi. Inkuru y’urupfu rwa Sani yemejwe n’ikigo Dangote Group cy’uyu muherwe mu butumwa cyashyize ku mbuga nkoranyambaga. Cyagize kiti: “N’umutima uremereye ariko rwemeranya na Allah ushobora byose, turabika […]
Accounts Payable Accountant at One&Only Gorilla’s Nest
Job Description – Colleague This is a summary of the key duties and responsibilities related to the position below and include the skills, experience, and educational background required by the employee, as well as the competencies and behaviors that are expected at this level. Please take your time to read through it, sign the acknowledgment […]
EAC free movement of labor and services under scrutiny as Kenya blocks Rwanda, Burundi lawyers
Implementation of the East African Community (EAC) Common Market, which provides for free movement of labour and services in the bloc, has come under scrutiny after Kenyan MPs blocked Rwandan and Burundian legal professionals from practising in the country. Kenya has blocked lawyers from the two EAC partner states from practising until its advocates are […]
Imyaka 4 irashize u Rwanda rubuze Ndikumana Katauti na Gangi
Mu ijoro rya tariki ya 15 Ugushyingo 2017 ni bwo humvikanye inkuru y’akababaro y’urupfu rwa Ndikumana Hamad wamenyekanye nka Katauti na Hategekimana Bonaventure wamenyekanye nka Gangi, bombi bakiniye amakipe akomeye mu Rwanda nka Rayon Sports n’iy’igihugu, Amavubi mu bwugarizi. Mu ijoro ry’uwo munsi, umusore wabanaga na Katauti yatabaje muganga wa Rayon Sports, Mugemana Charles amubwira […]
Yikase amaguru yombi ngo ahabwe ubwishingizi ahubwo akatirwa gufungwa imyaka ibiri
Umugabo wo muri Hongiriya witwa Sandor Cs w’imyaka 54, yishoye muri gariyamoshi mu 2014, acibwa amaguru abiri mu byavuzwe ko yari agamijwe guhabwa amafaranga y’ubwishingizi, ariko ubu yakatiwe gufungwa imyaka ibiri. Uyu mugabo urukiko rwa Pest Central kuwa 9 Ugushyingo, rwanzuye ko ari we wicishije amaguru gamijwe guhabwa ÂŁ2,400,000 (Frw 3,281,956,204,8) y’ubwishingizi. Nyuma yo kugongwa […]
Amafoto: Akamwenyu kari kose ubwo Abiy Ahmed yakiraga Perezida Kenyatta i Addis Abeba

Perezida wa Kenya, Uhuru Kenyatta yageze muri Ethiopia mu gihe amahanga akomeje gushyira ingufu mu gusaba ko imirwano yahagarara kubera ko intumwa y’umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe (AU) Olusegun Obasanjo yagaragaje ko yizeye ko ibiganiro bishobora guhagarika amakimbirane ariko akavuga ko ibiganiro bitaba hatabanje kubaho guhagarika imirwano bidatinze . Amezi arenga 12 y’imirwano hagati yingabo […]
Cabo Delgado: Mozambique yoherejeyo ingabo zidasanzwe zizatozwa na RDF
Leta ya Mozambique yohereje ingabo zidasanzwe zigizwe n’abasirikare n’abapolisi mu ntara ya Cabo Delgado yibasirwa n’ibitero by’iterabwoba, byitezwe ko zizasimbura iz’amahanga ziriyo mu butumwa bw’amahoro mu gihe zazaba zarasubiye mu bihugu byazo. Umuvugizi wa Polisi ya Mozambique, Bernardino Rafael yemeje aya makuru, avuga ko izi ngabo zizajya zitozwa n’iz’u Rwanda zagezeyo kuva muri Nyakanga 2021 […]
Uruhare rwa RDC ku mudugudu w’icyitegererezo uzubakwa na Perezida Kagame
Ku wa 13 Ugushyingo 2021 byatangajwe ko Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yemereye uwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi kuzubakira abimuwe n’iruka ry’ikirunga cya Nyiragongo umudugudu w’icyitegererezo. Iri ni isezerano bivugwa ko Umukuru w’Igihugu yahaye Tshisekedi muri Kamena 2021 ubwo yagiriraga uruzinduko i Goma, asura ahangijwe n’iruka ry’iki kirunga. Uru ruzinduko […]
Burkina-Faso: Igitero cy’intagondwa cyahitanye abajandarume bagera kuri 19
Kuri iki Cyumweru, itariki 14 Ugushyingo, intagondwa zishe Abajandarume bagera kuri 19 n’umusivili umwe mu majyaruguru ya Burkina Faso. Umuyobozi w’ibiro bikuru bya gisirikare yavuze ko iki gitero cyagabwe ku birindiro bya polisi biherereye ahitwa Inata, mu gihe minisitiri w’umutekano, Maxime Kone nawe yavuze ko bamwe mu barokotse hamenyekanye aho bari abandi bagishakishwa. Ibitero by’intagondwa […]
USA: Gen. Mancino uyoboye ingabo 10.000 yateye utwatsi itegeko ryo kwikingiza Covid-19
Komanda mushya w’umutwe w’ingabo za National Guard muri Leta ya Oklahoma muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Brig. Gen. Thomas Mancino, yateye utwatsi itegeko ryo kwikingiza icyorezo cya Covid-19 ku basirikare bose. Iri tegeko ryaturutse mu bikuru bikuru cy’igisirikare, Pentagon, rivuga ko umusirikare wese, mu mutwe yaba abarizwamo wose, agomba kwikingiza iki cyorezo, yirinda ubwe, […]
Icyo Ubusesenguzi bwerekana: PM Abiy ari mu nzira ava kubutegetsi?TPLF iri kumwotsa igitutu gikomeye
M23 i Rutshuru, Gen. Mbala i Kigali, Mpayimana ahabwa akazi, Cyuma asubizwa gereza; inkuru z’icyumweru
Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 8 Ugushyingo 2021 cyaranzwe n’inkuru nyamukuru ziganjemo izirebana n’umutekano, ubutabera na politiki. Eshanu muri zo ni izikurikira: M23 yongeye kuvugwa muri RDC Igisirikare cya Repubulika ya Demukarasi ya Congo kizwi nka FARDC cyatangaje ko umutwe wari wararambitse intwaro wa M23 wagabye igitero muri Teritwari ya Rutshuru mu ijoro ryo ku […]
Mwene Gaddafi agiye kwiyamamariza kuyobora Libya

Umuhungu w’uwahoze ari perezida wa Libya Muammar al-Gaddafi witwa Saif al-Islam Gaddafi, yatanze kandidatire ye mu matora ya perezida ya mbere ataziguye muri iki gihugu ateganyijwe kuba mu kwezi gutaha. Saif al-Islam Gaddafi yigeze kuba abonwa nk’uwari gusimbura se ku butegetsi, ariko kuba mu myaka 10 ishize yarashyigikiye itoteza ririmo urugomo ryakorewe abigaragambya byahindanyije isura […]
Ibihugu 9 muri 32 bizakina igikombe cy’Isi cya 2022 bimaze kumenyekana
Ikipe y’igihugu ya Espagne n’iya SĂ©rbie ziri mu makipe yaraye akatishije itike y’Igikombe cy’Isi cya 2022 kizabera muri Qatar, nyuma yo kwitwara neza mu mikino y’amajonjora yo ku mugabane w’u Burayi. SĂ©rbie yari yasuye Portugal zanganyaga amanota mu mukino wa nyuma wo mu tsinda A Portugal yasabwaga kunganya igahita ikatisha itike y’Igikombe cy’Isi cya 2022. […]