Kera kabaye Christa Kaneza yafunguwe nyuma y’umwaka ari muri gereza

Christa Kaneza wahoze ari umugore w’umuhanzi Thierry Kubwimana wamenyekanye mu muziki w’u Burundi, yafunguwe kuri uyu wa Gatatu nyuma y’umwaka afunze. Mu mwaka ushize ni bwo Kaneza yatawe muri yombi, ashinjwa gufatanya n’abandi bagabo babiri kugira uruhare mu rupfu rw’uriya wahoze ari umugabo we. Mu ijoro ryo ku wa 24 rishyira iya 25 Ugushyingo Umwaka […]

Les opérations contre les cosmétiques de blanchiment de la peau se sont intensifiées

L’unitĂ© de lutte contre la contrebande et le crime organisĂ© (ASOC) de la Police nationale rwandaise (RNP) a arrĂȘtĂ©, Lundi 29 novembre, cinq personnes dans le cadre d’opĂ©rations distinctes menĂ©es dans les districts de Nyarugenge, Gasabo et Kicukiro, qui vendaient des produits cosmĂ©tiques de blanchiment de la peau interdits communĂ©ment appelĂ©s Mukologo. Les personnes arrĂȘtĂ©es […]

Rayon Sports yarokokeye i Rusizi, Etoile de l’Est yisasira Gasogi United

Ikipe ya Rayon Sports yanganyije na Espoir FC ibitego 2-2, mu mukino w’umunsi wa gatandatu wa shampiyona. Ni umukino iyi kipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda yari yasuyemo Espoir i Rusizi, nyuma yo gutsinda Sunrise FC igitego 1-0 ku munsi wa gatanu wa shampiyona. Nk’ibisanzwe umunya-CamĂ©roun Essombe Willy Onana ni we wafunguriye Rayon Sports amazamu, […]

Ramaphosa yavuze ko ibihugu byakumiriye abava mu majyepfo byabikoze nk’abahoze ari abakoloni ba Afurika

Perezida Cyril Ramaphosa wa Afurika y’Epfo yanenze ibihugu bya Africa gukora “nk’abari abakoroni bacu” bifunga ingendo kuri icyo gihugu kubera ubwoko bwa Covid bwitwa Omicron. Ibihugu bine bya Africa; u Rwanda, Mauritius, Seychelles na Misiri byiyongereye ku bihugu birimo iby’Iburayi na Amerika bifunga ingendo ziva n’izijya mu bihugu by’Africa y’amajyepfo. Ramaphosa yavuze ibyo kuwa Kabiri […]

Mu rubanza rwa Twagirayezu hari abasabye kurindirwa umutekano bitewe n’ibyigeze gukorwa n’Abacengezi

Ubushinjacyaha bwatanze urutonde rw’abatangabuhamya 10 bwifuza ko bazaza mu rukiko gushinja jenoside Wenceslas Twagirayezu, busaba ko bamwe barindirwa umutekano kuko hari abagizweho n’ingaruka mu ntambara y’Abacengezi bitewe n’ubuhamya bari baratanze. Ubushinjacyaha bwavuze ko hari abamushinja bifuza gutanga ubuhamya imbonankubone mu rukiko, n’abifuza kurindirwa umutekano kuko ngo hari uwatanze ubuhamya muzindi manza zisa nk’uru maze umugore […]

Centrafrica: Abasivili 30 n’abasirikare babiri biciwe mu bitero by’inyeshyamba

Abasivili 30 n’abasirikare babiri biciwe mu majyaruguru y’uburengerazuba bwa Repubulika ya Centrafrique, mu mirwano hagati y’inyeshyamba n’ingabo za leta, umubare munini w’abantu bapfuye kuva perezida Faustin Archange TouadĂ©ra yatangaza ihagarikwa ry’imirwano hagati mu Kwakira. “Ku cyumweru, abasivili bagera kuri 30 hamwe n’abasirikare babiri mu Ngabo za Centrafrica bishwe mu bitero bibiri icya rimwe mu midugudu […]

Tanzania: Abaganga bahagaritswe ku kazi nyuma y’urusaku rw’akabariro bateje mu bitaro

Abaganga babiri; umwe wakoraga sitaje n’umuforomo babaye bahagritswe ku kazi bwa bimwe mu bitaro biri i Tabora muri Tanzania bitewe n’ibirego by’abarwayi bavuga ko baterera akabariro mu cyumba babamo ari nako induru umugore aba yayihaye umunwa muri icyo gikorwa. Ibi bitaro biri mu Karere ka Kaliua, bitangaza ko byakiriye ibirego by’abaganga babiri bari bamaze igihe […]

Ingabo za Ethiopia zisubije imijyi myinshi yari yarigaruriwe na TPLF

Leta ya Ethiopia kuri uyu wa Gatatu, yatangaje urutonde rw’imijyi myinshi ingabo z’iki gihugu zisubije nyuma y’igihe yarigaruriwe n’inyeshyamba za TPLF. Ibiro bya Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia kuri Twitter byavuze ko ingabo z’iki gihugu zambuye TPLF imijyi ya Kasagita, Burqa, Waiima, Chifra, Chiftu, Dire Ruqa na Alele Sulula; sisubizaho ubutegetsi bwa Leta ndetse hanahita hatangira […]

Imana yangize umugore wawe sinzemera gatanya-Uwari umugore wa Past. Bugingo

Paisteri Teddy Naluswa, wari umugore wa Pasiteri Bugingo yavuze ko atazigera yemera gatanya ku mugabo we Pasiteri Aloysius Bugingo, wamaze kwaka gatanya ngo yibanire n’uwari umukozi we, Suzan Makula Nantaba, kuko Imana ariyo yamugize umugore w’uwo mugabo. Mama Pasiteri Teddy wari umaranye na Bugingo imyaka 19, batandukanye mu 2019, bagana inkiko ngo batandukane. Suzan Makula […]

Gen. Kainerugaba na Muhanga ni bo bayoboye ibitero biri kugabwa kuri ADF

Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen Muhoozi Kainerugaba na Komanda wa Diviziyo y’izirwanira mu misozi miremire, Maj. Gen. Kayanja Muhanga ni bo bayoboye ibitero byahawe izina rya ‘Shujaa’ biri kugabwa ku mutwe w’iterabwoba wa ADF mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru na Ituri zo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC). Mu gitondo […]

NATO yahaye gasopo u Burusiya bukomeje kurunda ingabo n’ibikoresho hafi ya Ukraine

211126-premin-sg.jpg

Abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga bo mu bihugu bigize umuryango wa NATO kuri uyu wa Kabiri bahamagariye u Burusiya kurekera aho ubushotoranyi babuha gasopo bavuga ko bari kumwe na Ukraine. Avugira mu Mujyi wa Riga wo muri Latvia, ahateraniye inama y’abaminisitiri b’ububanyi n’amahanga b’ibihugu bigize NATO kuva kuri uyu wa Kabiri isoza kuri uyu wa Gatatu, itariki […]

Abakoresha imbuga nkoranyambaga mu kubiba ingengabitekerezo ya jenoside bari kuvugutirwa umuti

ffdhtuxxeawcemc.png

Abakoresha imbuga nkoranyambaga (youtube, twitter, facebook,..) mu guhakana jenoside no kubiba ingengabitekerezo ya yo harimo gushakwa uko habaho ubufatanye n’ubuyobozi bw’izi mbuga bakajya bakurikiranwa. Inteko Rusange ya Sena yabimenyeshejwe kuri uyu wa Kabiri ubwo yasuzumaga raporo ya Komisiyo y’Ububanyi n’Amahanga, Ubutwererane n’Umutekano ku gikorwa cyo kungurana ibitekerezo n’uhagarariye Guverinoma ku ruhare rwa Ambasade mu kurwanya […]

Umukuru w’inyeshyamba zishe MarĂ©chal DĂ©by arasaba ko abarwanyi be bafungurwa nk’abandi

Umuyobozi mukuru w’umutwe witwaje intwaro wa FACT (Front pour l’Alternance et la Concorde au Tchad) wishe uwari Perezida, MarĂ©chal Idris DĂ©by Itno, Mahamat Mahdi Ali yasabye ko abarwanyi be bafungurwa nk’abandi bahawe imbabazi, hatabayemo ivangura. Ubu butumwa Mahdi yabutanze kuri uyu wa 30 Ugushyingo 2021 nyuma y’aho Leta ya Tchad itangarije icyemezo kigamije guha imbabazi […]

Business Development Manager at RICEM

BUSINESS DEVELOPMENT MANAGER Background RICEM was launched in June 2014 as Vocational Technical Institute for the three pillars namely Cooperatives, Microfinance, and Entrepreneurship. From its initial inception, RICEM has had the mission to provide capacity building and other business advisory services to Cooperatives, SMEs, and Microfinance Institutions through training, skills transfer, consultancy, research, and technical […]

Chorale Pastor Bonus yashyize hanze indirimbo ya mbere y’amajwi n’amashusho

dsc_5406.jpg

Chorale Pastor Bonus igizwe n’abanyeshuri biga muri Kaminuza y’u Rwanda Ishami rya Nyarugenge yashyize hanze indirimbo yayo ya mbere ikoze mu buryo bw’amajwi n’amashusho yitwa” Birakomeye Gusobanukirwa’’ igamije guhumuriza abantu bihebye ibumvisha ko bazabona umunani wabo ubwo Yezu azaba agarutse. Pastor Bonus ikorera ubutumwa bwo kuririmba indirimbo zihimbaza Imana muri Communaute Catholique Saint Paul-UR-CST-Nyarugenge Campus […]

Human Resource Assistant at Rwandamotor

Rwandamotor is the official representative of ABC Contracting in Rwanda. ABC has operations in a big part of the continent. Their offices in Abidjan, Bangui,Brazzaville, Bujumbura, Kigali, Kinshasa,Lubumbashi, Nouakchott and Pointe-Noire are complemented by a network of efficient and available agents. ABC Contracting produces and distributes electricity even in the most remote villages. Therefore, we […]

Lightning kills 12 cows in Nyagatare

Lightning has struck dead twelve cows and two sheep in Nyagatare district. The incident took place on Tuesday 30th November 2021 in Rubira village, Rutungu cell of Rwimiyaga sector when the livestock sought shelter under a tree in grassland. The executive secretary of Rwimiyaga sector, Sam Gatunge has told IGIHE that lightning struck dead these […]

Abatumiye Koffi Olomide basubije abasabye ko igitaramo cye i Kigali cyaburizwamo

Ikigo Intore Entertainment cyatumiye umuhanzi Koffi OlomidĂ© ngo aze gutaramira i Kigali, cyatangaje ko kitari mu mwanya mwiza wo kumucira urubanza ku byaha ashinjwa byatumye aba ‘Feminists’ basaba ko igitaramo cye cyaburizwamo. Ku wa 04 Ukuboza ni bwo Koffi uri mu bahanzi bubashywe mu muziki wa Congo Kinshasa azataramira i Kigali, mu gitaramo kizabera muri […]

Uganda: Umupolisi ufite ipeti rya Seargent yishwe yibwa imbunda

Igipolisi cya Uganda mu Mujyi wa Soroti kiri gukora iperereza ku rupfu rw’umupolisi wishwe akanibwa imbunda kuri uyu wa Kabiri. Umupolisi wapfuye ni Sgt Emuria Gideon, bivugwa ko yarashwe saa moya z’ijoro n’abantu bataramenyekana ubwo yerekezaga ku kazi aho yakoraga uburinzi ku rugo rw’umucamanza Alex Makayi Ajiji, wo mu Rukiko Rukuru rwa Gulu. Umuvugizi wa […]

Women activists request ban of Koffi Olomide’s Kigali concert

Several women activists are up in arms calling for the ban of a forthcoming show of Congolese singer and soukous maestro Koffi Olomide, accusing him of abusing or mistreating women in the past, arguing that performing in Rwanda will set a bad precedent. The legendary singer, who in recent years has been facing a backlash […]

Abiy Ahmed yasabye inyeshyamba za TPLF kuyamanika

Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia, Dr Abiy Ahmed, yasabye intambara za TPLF kuyamanika zikemera ko zatsinzwe, ashimangira ko ingabo za Leta ye ziri gukoza imitwe y’intoki ku ntsinzi. Ni nyuma y’icyumweru kimwe uyu mutegetsi arahiriye kujya kuyobora ingabo za Ethiopia mu rugamba zihanganyemo n’inyeshyamba. Minisitiri Abiy mu ijambo rye ryatambukijwe kuri Televiziyo y’Igihugu, yavuze ko “Urubyiruko […]

Gen. Muganga avuga ko APR FC ifite amahirwe menshi yo gusezerera R.S Berkane

Umuyobozi Mukuru wa APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga yatangaje ko afite icyizere cy’uko iyi kipe izasezerera R.S Berkane yo muri Maroc, ikabona itike yo kujya mu matsinda ya CAF Confederations Cup. Nk’uko urubuga rw’iyi kipe rubivuga, uyu muyobozi yabitangaje ubwo yari amaze gukurikirana imyitozo y’abakinnyi bitegura kujya muri Maroc, mu mukino wo kwishyura. Mu […]

USA n’u Burusiya byubuye intambara y’amagambo

Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA) n’iy’u Burusiya zubuye intambara y’amagambo bishingiye ku gihugu cya Ukraine kiri mu burasirazuba bw’umugabane w’Uburayi. Iyi ntambara ishingiye ku makuru yatangajwe n’urwego rw’ubutasi rwa USA na Leta ya Ukraine avuga ko ingabo z’u Burusiya ziri kwitegura kongera gutera Ukraine, bikanavugwa ko haba hari umugambi wo guhirika ubutegetsi bw’iki gihugu, […]

Abahanga ibihumbi 70 bava muri Afurika buri mwaka bakajya gukora ahandi

Imibare igaragaza ko buri mwaka abahanga b’abanyafrika bagera ku 70,000, bajya gukoresha ubwenge bwaho hanze y’uyu mugabane. Abashinzwe imicungire y’abakozi mu bigo binyuranye mu bihugu 6 byo mu karere, basanga abakozi bafashwe neza bagahabwa ibyangombwa bakeneye mu kazi, batanga umusaruro mwinshi ndetse bikanatuma batekana. Ibi ngo byanatuma abahanga b’abanyafrika batajya ku yindi migabane mu gihe […]